• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Abadepite basabye ko inzego zirindwi zakoresheje amafaranga mu buryo budasobanutse zikurikiranwa   |   05 Aug 2026

  • Nyuma y’imyaka 28 Rayon Sports isubiye ku mukino wa nyuma wa CECAFA Kagame Cup   |   05 Aug 2026

  • Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe   |   05 Aug 2026

  • Ingoma Ibihumbi u Rwanda ruticaranye ku meza n’abaruhekuye bashaka kwambara Uruhu rwera kandi ari ibirura   |   04 Aug 2026

  • Omar Artan witegura gusifura UEFA Super Cup izahuza PSG na Aston Villa, azasifura umumukino wa nyuma wa CECAFA KAGAME Cup 2026   |   03 Aug 2026

  • Rayon Sports, Gor Mahia, Jamus na Al Hilal zageze muri ½ cy’Imikino ya CECAFA Kagame Cup 2026   |   02 Aug 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Umuhanzi Bonhomme arimbanyije imyiteguro yo gutaramira abanyarwanda mu ijoro rishyira umunsi wo Kwibohora 26

Umuhanzi Bonhomme arimbanyije imyiteguro yo gutaramira abanyarwanda mu ijoro rishyira umunsi wo Kwibohora 26

Ubwanditsi 01 Jul 2020 Mu Rwanda, SHOWBIZ

Mu gihe u Rwanda rwizihiza isabukuru yo Kwibohora ku nshuro ya 26, umuhanzi Jean de Dieu Rwamihare uzwi nka Bonhomme mu ndirimbo zo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, Usanzwe utegura ibitaramo ngarukamwaka yise ‘Inkotanyi ni Ubuzima’, agamije gushimira  abasirikare b’Inkotanyi bagiye barokora Abatutsi bicwaga mu gihe cya Jenoside yakorerwaga Abatutsi 1994.

Ni igitaramo gisanzwe kibera Kigali Conference and Exhibition Village (Camp Kigali) buri Tariki ya 3 Nyakanga dore ko ubu kizaba kibaye ubwa 3 ariko kubera Ingamba zo kurwanya  no kwirinda Icyorezo cya Covid 19 giterwa na Coronavirus ntabwo kizabera aho gisanzwe kibera, iki gitaramo kizatambuka indorane (Live concert) kuri BTN TV saa mbiri kugeza saa sita (20h00-00h00) ni ibitaramo asanzwe akorera n’iburayi

Umwaka ushize Bonhomme yapfukamye imbere y’abamugariye ku rugamba mu rwego rwo guha agaciro Inkotanyi zahagaritse Jenoside

Mu kiganiro na Rushyashya News, Umuhanzi Bonhomme  yashishikarije abanyarwanda kuzitabira icyo gitaramo bakumva ubutumwa yabateguriye mu ndirimbo zishima inkotanyi nk’uko bisanzwe, yakomeje abaza abanyarwanda by’Umwihariko abarokotse Jenoside ati “Inkotanyi iyo zikererwaho amasaha abiri,byari kugenda bite?” Ni igitaramo azafashwamo n’abandi bahanzi batandukanye

Mu ndirimbo Bonhomme asanzwe aririmba harimo izakunzwe cyane ziririmbwa no mu bindi bikorwa bishima Inkotanyi nk’ Inkotanyi ni ubuzima, Ijambo rya mbere inkotanyi zakubwiye,Urugamba rwo guhagarika Jenoside,Ya mbunda y’Inkotanyi n’izindi nyinshi

Massamba Intore azaba yabukereye                          Cyusa n’Inkera nabo bazabanza mu ngamba

Ku musozo twababwira ko atari Bonhomme gusa wahagurukiye gukora ibitaramo bigamije guha agaciro no kwishimira isabukuru yo kwibohora bizanyura ku mbuga nkoranyambaga nka Youtube  cyangwa Televiziyo kuko mu ijoro rya Tariki ya 4 Nyakanga 2020 Umuhanzi usanzwe ataramira cyane kuri Hotel Grand Legacy  ariwe Cyusa Ibrahim n’itsinda rye Cyusa n’Inkera bazataramira kuri Youtube live (Cyusa Ibrahim) guhera saa 7PM-9PM

Umuhanzi Massamba Icyogere mu nkuba nawe wagiye umenyekana kandi umenyerewe mu ndirimbo zitandukanye cyane nka Jenga Taifa,Nyeganyega,Rwagihuta,Rwanda itajengwa n’izindi nyinshi yaririmbye akiri mu itorero Indahemuka n’ahandi,Binyijijwe mu gitaramo Iwacu Muzika (Susurukira mu rugo) bitegurwa na EAP, Massamba ari kumwe n’Itorero Urukerereza  na Pascal Hakuzweyezu bazataramira kuri Televiziyo y’Igihugu (RTV) Tariki ya 4 Nyakanga guhera saa 20H45 kuwa gatandatu.

2020-07-01
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Therese wari umugore wa Evangeliste KWIZERA Emmanuel yitabye Imana. Ni urupfu rwashenguye benshi

Therese wari umugore wa Evangeliste KWIZERA Emmanuel yitabye Imana. Ni urupfu rwashenguye benshi

Ubwanditsi 07 Aug 2017
Abagize Guverinoma y’u Rwanda batangajwe

Abagize Guverinoma y’u Rwanda batangajwe

Ubwanditsi 24 Jul 2025
Nyanza: Polisi ifunze umugabo ukekwaho kwiyita umukozi wa WASAC

Nyanza: Polisi ifunze umugabo ukekwaho kwiyita umukozi wa WASAC

Ubwanditsi 30 Sep 2017
Nyamagabe: Perezida Kagame yagabiye umukecuru w’imyaka 109 inka

Nyamagabe: Perezida Kagame yagabiye umukecuru w’imyaka 109 inka

Ubwanditsi 27 Feb 2019

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Umujyi wa Kigali urasabwa asaga miliyoni 800 z’Amafaranga y’u Rwanda ngo ikipe ya AS Kigali ikomeze ibeho, bitaba ibyo igasenyuka
Amakuru

Umujyi wa Kigali urasabwa asaga miliyoni 800 z’Amafaranga y’u Rwanda ngo ikipe ya AS Kigali ikomeze ibeho, bitaba ibyo igasenyuka

Ubwanditsi 05 Jun 2024
Ko uriye umusaza aruka imvi, ibigarasha byariye umwana “Djibril” byo bizaruka iki?
Amakuru

Ko uriye umusaza aruka imvi, ibigarasha byariye umwana “Djibril” byo bizaruka iki?

Ubwanditsi 17 Sep 2024
Impinduka  zitunguranye mu buyobozi bw’Itorero  ‘ZION TEMPLE’
Mu Mahanga

Impinduka zitunguranye mu buyobozi bw’Itorero ‘ZION TEMPLE’

Ubwanditsi 07 Feb 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru