• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Umuhanzi Bonhomme arimbanyije imyiteguro yo gutaramira abanyarwanda mu ijoro rishyira umunsi wo Kwibohora 26

Umuhanzi Bonhomme arimbanyije imyiteguro yo gutaramira abanyarwanda mu ijoro rishyira umunsi wo Kwibohora 26

Ubwanditsi 01 Jul 2020 Mu Rwanda, SHOWBIZ

Mu gihe u Rwanda rwizihiza isabukuru yo Kwibohora ku nshuro ya 26, umuhanzi Jean de Dieu Rwamihare uzwi nka Bonhomme mu ndirimbo zo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, Usanzwe utegura ibitaramo ngarukamwaka yise ‘Inkotanyi ni Ubuzima’, agamije gushimira  abasirikare b’Inkotanyi bagiye barokora Abatutsi bicwaga mu gihe cya Jenoside yakorerwaga Abatutsi 1994.

Ni igitaramo gisanzwe kibera Kigali Conference and Exhibition Village (Camp Kigali) buri Tariki ya 3 Nyakanga dore ko ubu kizaba kibaye ubwa 3 ariko kubera Ingamba zo kurwanya  no kwirinda Icyorezo cya Covid 19 giterwa na Coronavirus ntabwo kizabera aho gisanzwe kibera, iki gitaramo kizatambuka indorane (Live concert) kuri BTN TV saa mbiri kugeza saa sita (20h00-00h00) ni ibitaramo asanzwe akorera n’iburayi

Umwaka ushize Bonhomme yapfukamye imbere y’abamugariye ku rugamba mu rwego rwo guha agaciro Inkotanyi zahagaritse Jenoside

Mu kiganiro na Rushyashya News, Umuhanzi Bonhomme  yashishikarije abanyarwanda kuzitabira icyo gitaramo bakumva ubutumwa yabateguriye mu ndirimbo zishima inkotanyi nk’uko bisanzwe, yakomeje abaza abanyarwanda by’Umwihariko abarokotse Jenoside ati “Inkotanyi iyo zikererwaho amasaha abiri,byari kugenda bite?” Ni igitaramo azafashwamo n’abandi bahanzi batandukanye

Mu ndirimbo Bonhomme asanzwe aririmba harimo izakunzwe cyane ziririmbwa no mu bindi bikorwa bishima Inkotanyi nk’ Inkotanyi ni ubuzima, Ijambo rya mbere inkotanyi zakubwiye,Urugamba rwo guhagarika Jenoside,Ya mbunda y’Inkotanyi n’izindi nyinshi

Massamba Intore azaba yabukereye                          Cyusa n’Inkera nabo bazabanza mu ngamba

Ku musozo twababwira ko atari Bonhomme gusa wahagurukiye gukora ibitaramo bigamije guha agaciro no kwishimira isabukuru yo kwibohora bizanyura ku mbuga nkoranyambaga nka Youtube  cyangwa Televiziyo kuko mu ijoro rya Tariki ya 4 Nyakanga 2020 Umuhanzi usanzwe ataramira cyane kuri Hotel Grand Legacy  ariwe Cyusa Ibrahim n’itsinda rye Cyusa n’Inkera bazataramira kuri Youtube live (Cyusa Ibrahim) guhera saa 7PM-9PM

Umuhanzi Massamba Icyogere mu nkuba nawe wagiye umenyekana kandi umenyerewe mu ndirimbo zitandukanye cyane nka Jenga Taifa,Nyeganyega,Rwagihuta,Rwanda itajengwa n’izindi nyinshi yaririmbye akiri mu itorero Indahemuka n’ahandi,Binyijijwe mu gitaramo Iwacu Muzika (Susurukira mu rugo) bitegurwa na EAP, Massamba ari kumwe n’Itorero Urukerereza  na Pascal Hakuzweyezu bazataramira kuri Televiziyo y’Igihugu (RTV) Tariki ya 4 Nyakanga guhera saa 20H45 kuwa gatandatu.

2020-07-01
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Icyizere cy’uko Jenoside itazongera kubaho mu Rwanda, nticyivuze ko abayigizemo uruhare cyangwa ababashyigikiye, baretse umugambi wo kurimbura u Rwanda

Icyizere cy’uko Jenoside itazongera kubaho mu Rwanda, nticyivuze ko abayigizemo uruhare cyangwa ababashyigikiye, baretse umugambi wo kurimbura u Rwanda

Ubwanditsi 07 Apr 2025
Kayonza: Umuturage yafatanywe ibiro 12 by’urumogi mu nzu iwe

Kayonza: Umuturage yafatanywe ibiro 12 by’urumogi mu nzu iwe

Ubwanditsi 14 Aug 2017
Itangazo ry’Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo kuwa 4 Ukwakira 2017

Itangazo ry’Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo kuwa 4 Ukwakira 2017

Ubwanditsi 05 Oct 2017
Polisi yishimiye ko amatora ya Perezida wa Repubulika yabaye mu mutekano

Polisi yishimiye ko amatora ya Perezida wa Repubulika yabaye mu mutekano

Ubwanditsi 05 Aug 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

“Gusaba u Rwanda urutonde rw’abo ufunze kugira ngo ubafungure ni ukwigiza nkana”
HIRYA NO HINO

“Gusaba u Rwanda urutonde rw’abo ufunze kugira ngo ubafungure ni ukwigiza nkana”

Ubwanditsi 13 Nov 2019
U Buyapani: Abasaga 100 bishwe n’umwuzure, abandi benshi baburirwa irengero
HIRYA NO HINO

U Buyapani: Abasaga 100 bishwe n’umwuzure, abandi benshi baburirwa irengero

Ubwanditsi 09 Jul 2018
Liverpool yatsinze Tottenham, yegukana UEFA Champions League ku nshuro ya gatandatu (Amafoto)
HIRYA NO HINO

Liverpool yatsinze Tottenham, yegukana UEFA Champions League ku nshuro ya gatandatu (Amafoto)

Ubwanditsi 02 Jun 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru