• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Prudence Nsengumukiza akomeje kuba umuyoboro w’interahamwe mu gushaka amaronko   |   20 Apr 2026

  • Perezida Kagame yashimiye amakipe afitanye ubufatanye na Visit Rwanda kubwo kugera muri 1/2 cya Champions League   |   16 Apr 2026

  • Diamond aritegura gutaramira i Kigali mu mpeshyi, mu gitaramo yise ‘Retro Tour’   |   15 Apr 2026

  • Amaherezo y’urubanza rwa Agathe Kanziga azaba ayahe? Azapfa adashyikirijwe ubutabera nk’umugabo we?   |   15 Apr 2026

  • Umutindi ku mutima aba arogoye ijambo rya Perezida Kagame mu Kwibuka, ati “Muribuka ibiki harya?”   |   11 Apr 2026

  • Valens Pappy na DC Clement babere Urugero abandi biyita abanyamakuru babaho ubuzima bw’ikinyoma   |   09 Apr 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Mahanga»Ababyeyi b’abasore bivugwako bajyanywe i Wawa barakeka ko abana babo baba batakiriho

Ababyeyi b’abasore bivugwako bajyanywe i Wawa barakeka ko abana babo baba batakiriho

Ubwanditsi 25 Aug 2016 Mu Mahanga

Aba babyeyi bavugako abana babo bafunzwe mu buryo bunyuranyije n’amategeko kuko batigeze bashyirwa imbere y’Urukiko ngo rubakatire,ahubwo batunguwe no kumva ko bajyanywe i Wawa

Icyi ni ikibazo cyatangiye mu kwezi kwakarindwi nyuma yaho ikigo cy’ishuri cya Kiyanza kibwemo mudasobwa maze hagafatwa abakekwaga bose,gusa icyaje gusa nigitungurana nuko abafunzwe bageraga kuri 7 batigeze bashyikirizwa inkiko ahubwo bajyanywe gufungirwa mu bigo bisanzwe bishyirwamo abana binzererezi bakavanwa muri Rurido bakazanwa I Kigali mukigo giherereye mu karere ka Kicukiro ,bakaza gukurwa muri iki kigo bakajyanwa i wawa nkuko mwarimu Bucyibaruta Kabera Samso ndetse na Tuyisenge Aniseth bamwe mubagaruriwe mu nzira bataragezwayo babitangarije Rushyashya

”Twe baradufashe batujyana kudufungira kuri sitasiyo ya Police iri Kacyiru,badukurayo batujyana i Gikondo ahasanzwe hashyirwa inzererezi,icyaje kudutungura nuko saa saba zijoro baje bakadushyira mu modoka bakatujyana i Wawa.gusa twe batugejeje i rubavu badukura mo batugarura i Gikondo,abandi 5 barakomeza ubu bivugwako bari ku kirwa cya i Wawa”.

Kuri uyu wa gatatu ubuyobozi bw’umurenge wa ntarabana bwari bwatumiye ababyeyi babana boherejwe iwawa,ndetse naba bagaruriwe munzira bataragerayo, ngo iyi nama ikaba yarigamije kurebera hamwe uburyo iki kibazo cyakemuka doreko uburyo bajyanywe iwawa budasobanutse,umunyamabanga nshingwa bikorwa w’umurenge wa Ntarabana akaba yavuzeko bashaka ko hagaruka ubwumvikane mu kagari ka Kiyanza bivugwako abahatuye bari gukekako aba bantu baba barashimuswe, Mutuyeyezu Miliyani yagize ati”Twa’ri twatumije aba babyeyi ndetse naba bafunguwe kugirango tureba uko twagarura umwuka wiza muri kariya kagari kuko hari urwikekwe hagati yabaturage nabayobozi b’ikigo cya Kiyanza bari gucyeka ko abana babo bashimuswe,tukaba twanasoje tubijeje ko mugihe kitarenze ukwezi bazaba bagarutse”.

Urwikekwe nirwose hagati yaba baturage nubuyobozi bw’uyu murenge ndetse nubwikigo kishuri cya Kiyanza aho bavugako batiyumvisha ukuntu umuntu ukurikiranyweho kwiba ajyanwa iwawa.

Jacqueline Mukakalimba we avugako ntakizere afite cyuko umuhungu we yaba akiriho kuko yamusuye inshuro 3 zose atamubona,”Njye nagiye i Gikondo kumusura mpageze banga kumunyereka,kandi abandi babonaga abana babo,ubwo nakwemezwa niki ko umwana wanjye akiriho?

-3833.jpg

Naho kuruhande rw’ubuyobozi bw’ikigo kishuri bivugwako kibwemo mudasobwa buvugako bwamaze kubona 2 bibye izi mudasobwa ndetse nabaziguze bakaba bari gukurikiranwa ninzego zumutekano,ariko igisa nurujijo nuburyo ababakozi biki kigo bajyanywe mu bigo byinzererezi kugeza ubwo bajyanwa iwawa,kandi ntarukiko rubahamije icyaha,icyindi abaturage bafata nkaho harimo akagambane ni uburyo 2 muri 7 bafunguwe abandi 5 bakajyanwa iwawa.

Ntakirutimana Alfred

2016-08-25
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Perezida Robert Mugabe yageze i Kigali

Perezida Robert Mugabe yageze i Kigali

Ubwanditsi 14 Jul 2016
Bombori bombori hagati y’ingabo za Congo na Wazalendo

Bombori bombori hagati y’ingabo za Congo na Wazalendo

Ubwanditsi 10 Sep 2024
Interahamwe mu burayi zishyize hamwe ngo zishyigikire Victoire Ingabire

Interahamwe mu burayi zishyize hamwe ngo zishyigikire Victoire Ingabire

RUSHYASHYA 15 Jan 2026
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo Ikennye itunze Cobalt nyinshi ku Isi: Ubundi izira iki?

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo Ikennye itunze Cobalt nyinshi ku Isi: Ubundi izira iki?

Ubwanditsi 03 Aug 2025

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Senateri Tito yavuze ku budasa bwagaruriye u Rwanda umucyo nyuma ya Jenoside
POLITIKI

Senateri Tito yavuze ku budasa bwagaruriye u Rwanda umucyo nyuma ya Jenoside

Ubwanditsi 17 Apr 2018
“Icyegeranyo RWANDA CLASSIFIED, ni urukozasoni umuntu wese ushyira mu gaciro akwiye kwirinda.”- Impuguke mu itangazamakuru n’amateka.
Amakuru

“Icyegeranyo RWANDA CLASSIFIED, ni urukozasoni umuntu wese ushyira mu gaciro akwiye kwirinda.”- Impuguke mu itangazamakuru n’amateka.

Ubwanditsi 07 Jun 2024
RWANDAIR YAMAZE KUGARAGAZA AMAFOTO Y’INDEGE NSHYA YA AIRBUS.
Mu Mahanga

RWANDAIR YAMAZE KUGARAGAZA AMAFOTO Y’INDEGE NSHYA YA AIRBUS.

Ubwanditsi 04 Jun 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru