• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»IMIKINO»Abakinnyi b’Amavubi basuye abamugariye ku rugamba, babagenera impano mbere yo gukina na RDC

Abakinnyi b’Amavubi basuye abamugariye ku rugamba, babagenera impano mbere yo gukina na RDC

Editorial 28 Jan 2016 IMIKINO

Mu gihe bakomeje kwitegura umukino wa ¼ uzabahuza na Leopards du Congo, ikipe y’igihugu ya Congo Kinshasa kuwa Gatandatu mu irushanwa rya CHAN, abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, basuye abamugariye kurugamba rwo kubohora igihugu bagera kuri 52 babagenera impano.

-1935.jpg

Ikipe y’igihugu, Amavubi, yasuye koperative Impuhwe kuri uyu wa Gatatu

Amavubi y’u Rwanda yabonye tike ya ¼ muri CHAN nyuma yo gutsinda imikino ibiri ibanza yo mu itsinda rya mbere bahuyemo na Cote d’ivoire na Gabon mu gihe umukino wa gatatu wo mu itsinda, batsinzwe na Maroc ibitego 4-1.

Kuri uyu wa Gatatu, abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, bari kumwe n’abatoza ndetse n’umuyobozi wa Ferwafa wungirije, Kayiranga Vedaste, basuye abahoze mu ngabo z’u Rwanda bamugariye ku rugamba, bibumbiye muri koperative Impuhwe, baba Nyarugunga ho mu karere ka Kicukiro.

Kayiranga Vedaste, visi perezida wa Ferwafa, yashimiye aba babohoje u Rwanda ku bwitange bagize, akomeza avuga ko abakinnyi b’Amavubi bagomba kubafatiraho urugero.

“Twishimiye kuba turi kumwe namwe kuri uyu munsi. Uyu munsi dufite u Rwanda nko mu rugo kubera ubwitange mwagize mu gihe cyo kubohoza igihugu. Iyo hataba imbaraga zanyu, ntabwo tuba dufite igihugu cy’umugisha kimeze gutya.”

“Twazanye hano n’aba basore bato b’ikipe y’igihugu ngo babafatireho amasomo azabafasha kwitwara neza muri CHAN nk’uko namwe mwabigezeho mu rugamba rwo kubohoza igihugu.”

John Ndekezi uyobora koperative Impuhwe, ihuriwemo n’aba bahoze mu ngabo z’u Rwanda na we akaba yashimiye ikipe y’igihugu ndetse ababwira ko bagomba guharanira ishema ry’igihugu bakurikiza inama umutoza Johnny MckInstry abagira, bakirinda amakosa ayo ariyo yose mu kibuga nk’uko nabo bayobowe na Perezida Kagame mu rugamba rwo kubohoza igihugu.

Jacques Tuyisenge, kapiteni w’Amavubi ari gukina CHAN, yashimiye abagize koperative impuhwe ubwitange bagize mu rugamba, avuga ko bahisemo kubasura mu gihe tariki ya 1 Gashyantare u Rwanda ruzaba ruzirikana intwari z’igihugu na bo barimo, kandi ko bashakaga kubigiraho amasomo azabafasha kwitwara neza.

Jacques yahaye koperative Impuhwe igizwe n’abagabo ndetse n’abagore 2, impano y’540,000 by’amafaranga y’u Rwanda mu izina rya bagenzi be ahagarariye mu ikipe y’igihugu.

Kayiranga Vedaste, visi perezida wa Ferwafa, yashimiye aba babohoje u Rwanda ku bwitange bagize, akomeza avuga ko abakinnyi b’Amavubi bagomba kubafatiraho urugero.

“Twishimiye kuba turi kumwe namwe kuri uyu munsi. Uyu munsi dufite u Rwanda nko mu rugo kubera ubwitange mwagize mu gihe cyo kubohoza igihugu. Iyo hataba imbaraga zanyu, ntabwo tuba dufite igihugu cy’umugisha kimeze gutya.”

“Twazanye hano n’aba basore bato b’ikipe y’igihugu ngo babafatireho amasomo azabafasha kwitwara neza muri CHAN nk’uko namwe mwabigezeho mu rugamba rwo kubohoza igihugu.”

John Ndekezi uyobora koperative Impuhwe, ihuriwemo n’aba bahoze mu ngabo z’u Rwanda na we akaba yashimiye ikipe y’igihugu ndetse ababwira ko bagomba guharanira ishema ry’igihugu bakurikiza inama umutoza Johnny MckInstry abagira, bakirinda amakosa ayo ariyo yose mu kibuga nk’uko nabo bayobowe na Perezida Kagame mu rugamba rwo kubohoza igihugu.

Jacques Tuyisenge, kapiteni w’Amavubi ari gukina CHAN, yashimiye abagize koperative impuhwe ubwitange bagize mu rugamba, avuga ko bahisemo kubasura mu gihe tariki ya 1 Gashyantare u Rwanda ruzaba ruzirikana intwari z’igihugu na bo barimo, kandi ko bashakaga kubigiraho amasomo azabafasha kwitwara neza.

Jacques yahaye koperative Impuhwe igizwe n’abagabo ndetse n’abagore 2, impano y’540,000 by’amafaranga y’u Rwanda mu izina rya bagenzi be ahagarariye mu ikipe y’igihugu.

Kayiranga Vedaste, visi perezida wa Ferwafa, yashimiye aba babohoje u Rwanda ku bwitange bagize, akomeza avuga ko abakinnyi b’Amavubi bagomba kubafatiraho urugero.

“Twishimiye kuba turi kumwe namwe kuri uyu munsi. Uyu munsi dufite u Rwanda nko mu rugo kubera ubwitange mwagize mu gihe cyo kubohoza igihugu. Iyo hataba imbaraga zanyu, ntabwo tuba dufite igihugu cy’umugisha kimeze gutya.”

“Twazanye hano n’aba basore bato b’ikipe y’igihugu ngo babafatireho amasomo azabafasha kwitwara neza muri CHAN nk’uko namwe mwabigezeho mu rugamba rwo kubohoza igihugu.”

John Ndekezi uyobora koperative Impuhwe, ihuriwemo n’aba bahoze mu ngabo z’u Rwanda na we akaba yashimiye ikipe y’igihugu ndetse ababwira ko bagomba guharanira ishema ry’igihugu bakurikiza inama umutoza Johnny MckInstry abagira, bakirinda amakosa ayo ariyo yose mu kibuga nk’uko nabo bayobowe na Perezida Kagame mu rugamba rwo kubohoza igihugu.

Jacques Tuyisenge, kapiteni w’Amavubi ari gukina CHAN, yashimiye abagize koperative impuhwe ubwitange bagize mu rugamba, avuga ko bahisemo kubasura mu gihe tariki ya 1 Gashyantare u Rwanda ruzaba ruzirikana intwari z’igihugu na bo barimo, kandi ko bashakaga kubigiraho amasomo azabafasha kwitwara neza.

Jacques yahaye koperative Impuhwe igizwe n’abagabo ndetse n’abagore 2, impano y’540,000 by’amafaranga y’u Rwanda mu izina rya bagenzi be ahagarariye mu ikipe y’igihugu.


Rushyashya

2016-01-28
Editorial

IZINDI NKURU

Brazil irakicaye ku mwanya wa mbere mu kuyobora urutonde rw’amakipe y’ibihugu rushyirwaho na FIFA, u Rwanda ruri ku mwanya wa 137 ku Isi na 40 muri Afurika

Brazil irakicaye ku mwanya wa mbere mu kuyobora urutonde rw’amakipe y’ibihugu rushyirwaho na FIFA, u Rwanda ruri ku mwanya wa 137 ku Isi na 40 muri Afurika

Editorial 06 Oct 2022
Cecafa: U Rwanda ruracakirana na Tanzania mbere yo kugaruka i Kigali

Cecafa: U Rwanda ruracakirana na Tanzania mbere yo kugaruka i Kigali

Editorial 09 Dec 2017
Rayon Sports yatsinze AS Kigali ikomeza gusatira APR FC (Amafoto)

Rayon Sports yatsinze AS Kigali ikomeza gusatira APR FC (Amafoto)

Editorial 31 May 2018
Imvura nyinshi yabujije umukino w’ikirarane wa APR FC na Mukura VS gukomeza, Ikipe y’ingabo yari imaze gutsindwa 1-0

Imvura nyinshi yabujije umukino w’ikirarane wa APR FC na Mukura VS gukomeza, Ikipe y’ingabo yari imaze gutsindwa 1-0

Editorial 31 Jan 2022

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Kigali: Reba Amafoto Y’umuhango Wo Gusezeraho Bwa Nyuma CSP Gashagaza
INKURU NYAMUKURU

Kigali: Reba Amafoto Y’umuhango Wo Gusezeraho Bwa Nyuma CSP Gashagaza

Editorial 21 Sep 2018
Hifujwe ko Anne na Diane baburana ukwabo na nyina ukwe
Mu Rwanda

Hifujwe ko Anne na Diane baburana ukwabo na nyina ukwe

Editorial 13 Oct 2017
Kwigerera mu Rwanda byahise bihindura byinshi ku mitekerereze ye
Mu Mahanga

Kwigerera mu Rwanda byahise bihindura byinshi ku mitekerereze ye

Editorial 25 Oct 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru