• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana   |   01 Aug 2026

  • APR FC, Rayon Sports, Police FC na Kiyovu SC zizakina FERWAFA Super Cup 2026 yari isanzwe ikinwa n’amakipe abiri   |   01 Aug 2026

  • Rutahizamu Byiringiro Lague agiye kwerekeza muri Afurika y’Epfo aho yitegura gutangira akazi mu ikipe ya Durban City FC   |   31 Jul 2026

  • Senateri Mukabalisa Donatille yitabye Imana azize Uburwayi   |   30 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’u Rwanda batrengeje imyaka 18 begukanye igikombe cya Zone V   |   29 Jul 2026

  • Bwa mbere mu mateka u Rwanda rwabonye umudali mu Mikino ya Commonwealth   |   29 Jul 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Abakinnyi b’Amavubi basuye abamugariye ku rugamba, babagenera impano mbere yo gukina na RDC

Abakinnyi b’Amavubi basuye abamugariye ku rugamba, babagenera impano mbere yo gukina na RDC

Ubwanditsi 28 Jan 2016 IMIKINO

Mu gihe bakomeje kwitegura umukino wa ¼ uzabahuza na Leopards du Congo, ikipe y’igihugu ya Congo Kinshasa kuwa Gatandatu mu irushanwa rya CHAN, abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, basuye abamugariye kurugamba rwo kubohora igihugu bagera kuri 52 babagenera impano.

-1935.jpg

Ikipe y’igihugu, Amavubi, yasuye koperative Impuhwe kuri uyu wa Gatatu

Amavubi y’u Rwanda yabonye tike ya ¼ muri CHAN nyuma yo gutsinda imikino ibiri ibanza yo mu itsinda rya mbere bahuyemo na Cote d’ivoire na Gabon mu gihe umukino wa gatatu wo mu itsinda, batsinzwe na Maroc ibitego 4-1.

Kuri uyu wa Gatatu, abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, bari kumwe n’abatoza ndetse n’umuyobozi wa Ferwafa wungirije, Kayiranga Vedaste, basuye abahoze mu ngabo z’u Rwanda bamugariye ku rugamba, bibumbiye muri koperative Impuhwe, baba Nyarugunga ho mu karere ka Kicukiro.

Kayiranga Vedaste, visi perezida wa Ferwafa, yashimiye aba babohoje u Rwanda ku bwitange bagize, akomeza avuga ko abakinnyi b’Amavubi bagomba kubafatiraho urugero.

“Twishimiye kuba turi kumwe namwe kuri uyu munsi. Uyu munsi dufite u Rwanda nko mu rugo kubera ubwitange mwagize mu gihe cyo kubohoza igihugu. Iyo hataba imbaraga zanyu, ntabwo tuba dufite igihugu cy’umugisha kimeze gutya.”

“Twazanye hano n’aba basore bato b’ikipe y’igihugu ngo babafatireho amasomo azabafasha kwitwara neza muri CHAN nk’uko namwe mwabigezeho mu rugamba rwo kubohoza igihugu.”

John Ndekezi uyobora koperative Impuhwe, ihuriwemo n’aba bahoze mu ngabo z’u Rwanda na we akaba yashimiye ikipe y’igihugu ndetse ababwira ko bagomba guharanira ishema ry’igihugu bakurikiza inama umutoza Johnny MckInstry abagira, bakirinda amakosa ayo ariyo yose mu kibuga nk’uko nabo bayobowe na Perezida Kagame mu rugamba rwo kubohoza igihugu.

Jacques Tuyisenge, kapiteni w’Amavubi ari gukina CHAN, yashimiye abagize koperative impuhwe ubwitange bagize mu rugamba, avuga ko bahisemo kubasura mu gihe tariki ya 1 Gashyantare u Rwanda ruzaba ruzirikana intwari z’igihugu na bo barimo, kandi ko bashakaga kubigiraho amasomo azabafasha kwitwara neza.

Jacques yahaye koperative Impuhwe igizwe n’abagabo ndetse n’abagore 2, impano y’540,000 by’amafaranga y’u Rwanda mu izina rya bagenzi be ahagarariye mu ikipe y’igihugu.

Kayiranga Vedaste, visi perezida wa Ferwafa, yashimiye aba babohoje u Rwanda ku bwitange bagize, akomeza avuga ko abakinnyi b’Amavubi bagomba kubafatiraho urugero.

“Twishimiye kuba turi kumwe namwe kuri uyu munsi. Uyu munsi dufite u Rwanda nko mu rugo kubera ubwitange mwagize mu gihe cyo kubohoza igihugu. Iyo hataba imbaraga zanyu, ntabwo tuba dufite igihugu cy’umugisha kimeze gutya.”

“Twazanye hano n’aba basore bato b’ikipe y’igihugu ngo babafatireho amasomo azabafasha kwitwara neza muri CHAN nk’uko namwe mwabigezeho mu rugamba rwo kubohoza igihugu.”

John Ndekezi uyobora koperative Impuhwe, ihuriwemo n’aba bahoze mu ngabo z’u Rwanda na we akaba yashimiye ikipe y’igihugu ndetse ababwira ko bagomba guharanira ishema ry’igihugu bakurikiza inama umutoza Johnny MckInstry abagira, bakirinda amakosa ayo ariyo yose mu kibuga nk’uko nabo bayobowe na Perezida Kagame mu rugamba rwo kubohoza igihugu.

Jacques Tuyisenge, kapiteni w’Amavubi ari gukina CHAN, yashimiye abagize koperative impuhwe ubwitange bagize mu rugamba, avuga ko bahisemo kubasura mu gihe tariki ya 1 Gashyantare u Rwanda ruzaba ruzirikana intwari z’igihugu na bo barimo, kandi ko bashakaga kubigiraho amasomo azabafasha kwitwara neza.

Jacques yahaye koperative Impuhwe igizwe n’abagabo ndetse n’abagore 2, impano y’540,000 by’amafaranga y’u Rwanda mu izina rya bagenzi be ahagarariye mu ikipe y’igihugu.

Kayiranga Vedaste, visi perezida wa Ferwafa, yashimiye aba babohoje u Rwanda ku bwitange bagize, akomeza avuga ko abakinnyi b’Amavubi bagomba kubafatiraho urugero.

“Twishimiye kuba turi kumwe namwe kuri uyu munsi. Uyu munsi dufite u Rwanda nko mu rugo kubera ubwitange mwagize mu gihe cyo kubohoza igihugu. Iyo hataba imbaraga zanyu, ntabwo tuba dufite igihugu cy’umugisha kimeze gutya.”

“Twazanye hano n’aba basore bato b’ikipe y’igihugu ngo babafatireho amasomo azabafasha kwitwara neza muri CHAN nk’uko namwe mwabigezeho mu rugamba rwo kubohoza igihugu.”

John Ndekezi uyobora koperative Impuhwe, ihuriwemo n’aba bahoze mu ngabo z’u Rwanda na we akaba yashimiye ikipe y’igihugu ndetse ababwira ko bagomba guharanira ishema ry’igihugu bakurikiza inama umutoza Johnny MckInstry abagira, bakirinda amakosa ayo ariyo yose mu kibuga nk’uko nabo bayobowe na Perezida Kagame mu rugamba rwo kubohoza igihugu.

Jacques Tuyisenge, kapiteni w’Amavubi ari gukina CHAN, yashimiye abagize koperative impuhwe ubwitange bagize mu rugamba, avuga ko bahisemo kubasura mu gihe tariki ya 1 Gashyantare u Rwanda ruzaba ruzirikana intwari z’igihugu na bo barimo, kandi ko bashakaga kubigiraho amasomo azabafasha kwitwara neza.

Jacques yahaye koperative Impuhwe igizwe n’abagabo ndetse n’abagore 2, impano y’540,000 by’amafaranga y’u Rwanda mu izina rya bagenzi be ahagarariye mu ikipe y’igihugu.


Rushyashya

2016-01-28
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Nshimiyimana Amran wari umaze imyaka ibiri muri Rayon Sports yerekeje muri Musanze FC, Umutoza Nshimiyimana Maurice uzwi nka Maso agirwa umutoza wungirije

Nshimiyimana Amran wari umaze imyaka ibiri muri Rayon Sports yerekeje muri Musanze FC, Umutoza Nshimiyimana Maurice uzwi nka Maso agirwa umutoza wungirije

Ubwanditsi 26 Aug 2021
Police FC yatangaje ubuyobozi bwayo bushya buyobowe na CP Yahaya na Ben Mussa nk’umutoza mukuru

Police FC yatangaje ubuyobozi bwayo bushya buyobowe na CP Yahaya na Ben Mussa nk’umutoza mukuru

Ubwanditsi 03 Jul 2025
Abangavu b’u Rwanda begukanye igikombe cy’irushanwa ry’Akarere ka Gatanu muri Handball basesekaye i Kigali

Abangavu b’u Rwanda begukanye igikombe cy’irushanwa ry’Akarere ka Gatanu muri Handball basesekaye i Kigali

Ubwanditsi 02 May 2023
Mukura VS yasezerewe mu marushanwa ya CAF nubwo yatsindiye Al-Hilal i Huye

Mukura VS yasezerewe mu marushanwa ya CAF nubwo yatsindiye Al-Hilal i Huye

Ubwanditsi 20 Jan 2019

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Denmark: Urukiko rwemeje ko Twagirayezu ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi yoherezwa mu Rwanda
INKURU NYAMUKURU

Denmark: Urukiko rwemeje ko Twagirayezu ukekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi yoherezwa mu Rwanda

Ubwanditsi 11 Apr 2018
Euro 2016: Portugal ikatishije itike yo gukina 1/2 kirangiza
IMIKINO

Euro 2016: Portugal ikatishije itike yo gukina 1/2 kirangiza

Ubwanditsi 01 Jul 2016
Cambridge Analytica ishinjwa ko yakoranye na Donald Trump mu kwiyamamaza yafunze imiryango
IKORANABUHANGA

Cambridge Analytica ishinjwa ko yakoranye na Donald Trump mu kwiyamamaza yafunze imiryango

Ubwanditsi 03 May 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru