• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

  • Ububabare bwa RPA/F bwashibutsemo icyizere n’agaciro; Mufulukye Fred   |   05 Jul 2026

  • Ukwiyubaka kudasanzwe kwa APR FC na Rayon Sports zitegura CECAFA Kagame Cup izabera i Kigali mu mpera za Nyakanga 2026   |   05 Jul 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Abakinnyi b’Amavubi basuye abamugariye ku rugamba, babagenera impano mbere yo gukina na RDC

Abakinnyi b’Amavubi basuye abamugariye ku rugamba, babagenera impano mbere yo gukina na RDC

Ubwanditsi 28 Jan 2016 IMIKINO

Mu gihe bakomeje kwitegura umukino wa ¼ uzabahuza na Leopards du Congo, ikipe y’igihugu ya Congo Kinshasa kuwa Gatandatu mu irushanwa rya CHAN, abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, basuye abamugariye kurugamba rwo kubohora igihugu bagera kuri 52 babagenera impano.

-1935.jpg

Ikipe y’igihugu, Amavubi, yasuye koperative Impuhwe kuri uyu wa Gatatu

Amavubi y’u Rwanda yabonye tike ya ¼ muri CHAN nyuma yo gutsinda imikino ibiri ibanza yo mu itsinda rya mbere bahuyemo na Cote d’ivoire na Gabon mu gihe umukino wa gatatu wo mu itsinda, batsinzwe na Maroc ibitego 4-1.

Kuri uyu wa Gatatu, abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, bari kumwe n’abatoza ndetse n’umuyobozi wa Ferwafa wungirije, Kayiranga Vedaste, basuye abahoze mu ngabo z’u Rwanda bamugariye ku rugamba, bibumbiye muri koperative Impuhwe, baba Nyarugunga ho mu karere ka Kicukiro.

Kayiranga Vedaste, visi perezida wa Ferwafa, yashimiye aba babohoje u Rwanda ku bwitange bagize, akomeza avuga ko abakinnyi b’Amavubi bagomba kubafatiraho urugero.

“Twishimiye kuba turi kumwe namwe kuri uyu munsi. Uyu munsi dufite u Rwanda nko mu rugo kubera ubwitange mwagize mu gihe cyo kubohoza igihugu. Iyo hataba imbaraga zanyu, ntabwo tuba dufite igihugu cy’umugisha kimeze gutya.”

“Twazanye hano n’aba basore bato b’ikipe y’igihugu ngo babafatireho amasomo azabafasha kwitwara neza muri CHAN nk’uko namwe mwabigezeho mu rugamba rwo kubohoza igihugu.”

John Ndekezi uyobora koperative Impuhwe, ihuriwemo n’aba bahoze mu ngabo z’u Rwanda na we akaba yashimiye ikipe y’igihugu ndetse ababwira ko bagomba guharanira ishema ry’igihugu bakurikiza inama umutoza Johnny MckInstry abagira, bakirinda amakosa ayo ariyo yose mu kibuga nk’uko nabo bayobowe na Perezida Kagame mu rugamba rwo kubohoza igihugu.

Jacques Tuyisenge, kapiteni w’Amavubi ari gukina CHAN, yashimiye abagize koperative impuhwe ubwitange bagize mu rugamba, avuga ko bahisemo kubasura mu gihe tariki ya 1 Gashyantare u Rwanda ruzaba ruzirikana intwari z’igihugu na bo barimo, kandi ko bashakaga kubigiraho amasomo azabafasha kwitwara neza.

Jacques yahaye koperative Impuhwe igizwe n’abagabo ndetse n’abagore 2, impano y’540,000 by’amafaranga y’u Rwanda mu izina rya bagenzi be ahagarariye mu ikipe y’igihugu.

Kayiranga Vedaste, visi perezida wa Ferwafa, yashimiye aba babohoje u Rwanda ku bwitange bagize, akomeza avuga ko abakinnyi b’Amavubi bagomba kubafatiraho urugero.

“Twishimiye kuba turi kumwe namwe kuri uyu munsi. Uyu munsi dufite u Rwanda nko mu rugo kubera ubwitange mwagize mu gihe cyo kubohoza igihugu. Iyo hataba imbaraga zanyu, ntabwo tuba dufite igihugu cy’umugisha kimeze gutya.”

“Twazanye hano n’aba basore bato b’ikipe y’igihugu ngo babafatireho amasomo azabafasha kwitwara neza muri CHAN nk’uko namwe mwabigezeho mu rugamba rwo kubohoza igihugu.”

John Ndekezi uyobora koperative Impuhwe, ihuriwemo n’aba bahoze mu ngabo z’u Rwanda na we akaba yashimiye ikipe y’igihugu ndetse ababwira ko bagomba guharanira ishema ry’igihugu bakurikiza inama umutoza Johnny MckInstry abagira, bakirinda amakosa ayo ariyo yose mu kibuga nk’uko nabo bayobowe na Perezida Kagame mu rugamba rwo kubohoza igihugu.

Jacques Tuyisenge, kapiteni w’Amavubi ari gukina CHAN, yashimiye abagize koperative impuhwe ubwitange bagize mu rugamba, avuga ko bahisemo kubasura mu gihe tariki ya 1 Gashyantare u Rwanda ruzaba ruzirikana intwari z’igihugu na bo barimo, kandi ko bashakaga kubigiraho amasomo azabafasha kwitwara neza.

Jacques yahaye koperative Impuhwe igizwe n’abagabo ndetse n’abagore 2, impano y’540,000 by’amafaranga y’u Rwanda mu izina rya bagenzi be ahagarariye mu ikipe y’igihugu.

Kayiranga Vedaste, visi perezida wa Ferwafa, yashimiye aba babohoje u Rwanda ku bwitange bagize, akomeza avuga ko abakinnyi b’Amavubi bagomba kubafatiraho urugero.

“Twishimiye kuba turi kumwe namwe kuri uyu munsi. Uyu munsi dufite u Rwanda nko mu rugo kubera ubwitange mwagize mu gihe cyo kubohoza igihugu. Iyo hataba imbaraga zanyu, ntabwo tuba dufite igihugu cy’umugisha kimeze gutya.”

“Twazanye hano n’aba basore bato b’ikipe y’igihugu ngo babafatireho amasomo azabafasha kwitwara neza muri CHAN nk’uko namwe mwabigezeho mu rugamba rwo kubohoza igihugu.”

John Ndekezi uyobora koperative Impuhwe, ihuriwemo n’aba bahoze mu ngabo z’u Rwanda na we akaba yashimiye ikipe y’igihugu ndetse ababwira ko bagomba guharanira ishema ry’igihugu bakurikiza inama umutoza Johnny MckInstry abagira, bakirinda amakosa ayo ariyo yose mu kibuga nk’uko nabo bayobowe na Perezida Kagame mu rugamba rwo kubohoza igihugu.

Jacques Tuyisenge, kapiteni w’Amavubi ari gukina CHAN, yashimiye abagize koperative impuhwe ubwitange bagize mu rugamba, avuga ko bahisemo kubasura mu gihe tariki ya 1 Gashyantare u Rwanda ruzaba ruzirikana intwari z’igihugu na bo barimo, kandi ko bashakaga kubigiraho amasomo azabafasha kwitwara neza.

Jacques yahaye koperative Impuhwe igizwe n’abagabo ndetse n’abagore 2, impano y’540,000 by’amafaranga y’u Rwanda mu izina rya bagenzi be ahagarariye mu ikipe y’igihugu.


Rushyashya

2016-01-28
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Ibikorwaremezo, Guteza imbere umukino n’impano, ishoramari ryagutse ku gihugu – inyungu ku Rwanda mu kwakira BAL

Ibikorwaremezo, Guteza imbere umukino n’impano, ishoramari ryagutse ku gihugu – inyungu ku Rwanda mu kwakira BAL

Ubwanditsi 24 May 2025
Ndorimana Jean François Régis yagizwe Perezida w’agateganyo w’Umuryango Kiyovu Sports, Mvukiyehe Juvénal yahawe kuyobora ikigo kizajya gicunga iyo kipe

Ndorimana Jean François Régis yagizwe Perezida w’agateganyo w’Umuryango Kiyovu Sports, Mvukiyehe Juvénal yahawe kuyobora ikigo kizajya gicunga iyo kipe

Ubwanditsi 09 Jan 2023
Amakipe ya Ntagengwa na Gatsinzi ndetse n’iya Munezero na Benita begukanye irushanwa rya Beach Volleybal

Amakipe ya Ntagengwa na Gatsinzi ndetse n’iya Munezero na Benita begukanye irushanwa rya Beach Volleybal

Ubwanditsi 05 Nov 2024
Tuyisenge Jacques wifuzwaga na Police FC yerekeje muri AS Kigali, Shaban Shabalala yongereye amasezerano , APR FC yihariye ibikombe by’abakinnyi bitwaye neza

Tuyisenge Jacques wifuzwaga na Police FC yerekeje muri AS Kigali, Shaban Shabalala yongereye amasezerano , APR FC yihariye ibikombe by’abakinnyi bitwaye neza

Ubwanditsi 01 Aug 2022

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Burundi – Uganda: Mafia  no kunyereza Amafranga Ya Leta Hagati Ya Museveni Na Nkurunziza, Umusaraba K’umutekano W’Africa Muri Rusange
ITOHOZA

Burundi – Uganda: Mafia no kunyereza Amafranga Ya Leta Hagati Ya Museveni Na Nkurunziza, Umusaraba K’umutekano W’Africa Muri Rusange

Ubwanditsi 18 Sep 2018
Minisitiri Hakuziyaremye yahize kugabanya icyuho mu byo u Rwanda rutumiza n’ibyo rwohereza mu mahanga
UBUKUNGU

Minisitiri Hakuziyaremye yahize kugabanya icyuho mu byo u Rwanda rutumiza n’ibyo rwohereza mu mahanga

Ubwanditsi 23 Oct 2018
Ufitiye umwenda leta agiye gukomanyirizwa [ gushyirwa mu kato ]
UBUKUNGU

Ufitiye umwenda leta agiye gukomanyirizwa [ gushyirwa mu kato ]

Ubwanditsi 27 Apr 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru