• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Mahanga»Abanyarwanda bagize icyo bavuga ku irushanwa rya CHAN ryabereye mu Rwanda

Abanyarwanda bagize icyo bavuga ku irushanwa rya CHAN ryabereye mu Rwanda

Editorial 08 Feb 2016 Mu Mahanga

Profesa Pacifique MALONGA Umushakashatsi muby’Indimi yagize ati : Abakunda umupira w’amaguru ndizera neza ko imikino y’amakipe y’ibihugu n’imyiteguro u Rwanda rushoje ya CHAN yabanejeje kandi bayigiyemo byinshi.

Abakunda Perezida KAGAME nabo ndetse n’abatamukunda babonye ko ari umuntu udasanzwe ureba kure kandi wahesheje ishema rikomeye u Rwanda mukuzana iriya mikino mu Rwanda, kuyishyigikira no kuyisoza neza by’intangarugero kurusha ibindi bihugu n’abandi ba Perezida.

Abakunda kubaho neza, umuprofesa witwaga Conficius yagize ati:

Jya wiga icyo utazi;

Wigishe icyo uzi;

Unoze icyo ukunda/ wemera.

Arongera ati: Biteye isoni gushakisha ubukire cyangwa gusahura igihugu kiyobowe nabi ati kandi biteye isoni gukenera mu gihugu kiyobowe neza.

Umunyeshuli we amubajije icyo atekereza kubijyanye no kugirira neza uwakugiriye nabi, yamushubije agira ati: ubwo se uwakugiriye nabi n’umwitura ineza, uwakugiriye neza uzamwitura iki? Igisubizo nuko uwakugiriye neza ugomba kumugirira neza aribyo twita “Gira so yiturwa indi” naho uwakugiriye nabi ukamushyikiriza ubutabera!

Abantu rero nibashaka kubaho neza bajye bubaha abakuru nk’umukinnyi w’umupira, umuntu nakurusha umwubahe, umukunde kandi umushyigikire unezerewe.

Bisobanuye ko umuto yubahe umukuru kugirango nawe naba mukuru azizere ko bamwubaha, abana bubahe ababyeyi kuko nabo bazifuza ko abana babubaha igihe bazaba babaye ababyeyi.

Abakuru bahe abato, abayobozi bahe umutekano abayoborwa, abayoborwa bahe icyubahiro abayobozi, bombi bifurizanye ibyiza. Mukurangiza mbajyane mu mvugo y’Ikinyarwanda.

Mu Kinyarwanda mbaze icyo mutekereza kuri aya magambo:
Uwajya yandika:

1. Isoko (aho bahahira)

Isooko (aho amazi ava)

2. Gusaza (gutera ibisazi)

Gusaaza (kugera muzabukuru)

3. Gukura (Kuba mukuru)

Gukuura (Kuvana)

4. Gusabana (kwakana)

Gusaabana (gukora ubusabaane)

5. Uruugi (?)

Mu Kinyarwanda twize kumenya ibyo dukurura mu mvugo nibyo dukurura mu mibereho myiza, dukunde bagenzi bacu tububahe kuko na General Jean Claude wayoboraga Operation Turquoises yitabye ubutabera aramanjirwa. Ibyiza biracyari imbere.

Profesa Pacifique MALONGA
Umushakashatsi muby’Indimi

2016-02-08
Editorial

IZINDI NKURU

Arabia Saoudite yemeye ko umunyamakuru Khashoggi yapfiriye muri ambasade yayo

Arabia Saoudite yemeye ko umunyamakuru Khashoggi yapfiriye muri ambasade yayo

Editorial 20 Oct 2018
Abayobozi b’ibigo by’amashuri bane bafunzwe bakekwaho kunyereza arenga miliyoni 50

Abayobozi b’ibigo by’amashuri bane bafunzwe bakekwaho kunyereza arenga miliyoni 50

Editorial 11 Jan 2017
Kamonyi: CPCs bakanguriwe gukomeza kwicungira umutekano

Kamonyi: CPCs bakanguriwe gukomeza kwicungira umutekano

Editorial 14 Mar 2016
Human Rights Watch ikomeje kwifashisha nkana abatangabuhamya b’ibicupuri mu guharabika u Rwanda

Human Rights Watch ikomeje kwifashisha nkana abatangabuhamya b’ibicupuri mu guharabika u Rwanda

Editorial 10 Oct 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Kweguza Trump birasaba iki?
POLITIKI

Kweguza Trump birasaba iki?

Editorial 06 Dec 2019
Mu Rwanda : Ibiciro bya Essence na Mazutu byongeye kuzamuka
Mu Mahanga

Mu Rwanda : Ibiciro bya Essence na Mazutu byongeye kuzamuka

Editorial 04 Jan 2017
Icy’ingenzi si imyaka 14 y’igifungo yahawe umujenosideri Claude Muhayimana, igikuru ni ubutumwa bukomeje guhabwa abajenosideri bibwira ko bacitse ubutabera
Amakuru

Icy’ingenzi si imyaka 14 y’igifungo yahawe umujenosideri Claude Muhayimana, igikuru ni ubutumwa bukomeje guhabwa abajenosideri bibwira ko bacitse ubutabera

Editorial 18 Dec 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru