• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Perezida Kagame yakurikiye umukino wa UEFA Super Cup wahuje amakipe ya PSG na Aston Villa yamamaza u Rwanda   |   12 Aug 2026

  • Myugariro Imanishimwe Emmanuel watandukanye na AEL Limassol yo muri Chypre yerekeje mu ikipe ya Chennaiyin FC yo mu Buhinde   |   11 Aug 2026

  • Rayon Sports yaguze myugariro w’Umunya-Côte d’Ivoire, Mohamed Ouattara wakiniye Wydad Casablanca, Simba SC na Al Hilal   |   10 Aug 2026

  • Kuki Jean Bosco Gasasira yapfuye umuryango we ukabimenya nyuma y’icyumweru?     |   09 Aug 2026

  • Inganda z’inzoga zitujuje ubuziranenge nk’Ibyuma zarimo ibibazo byinshi bigira ingaruka ku buzima bw’abaturage   |   09 Aug 2026

  • AMAFOTO: Amateka aranditswe, bisabye imyaka 28 ngo Rayon Sports itware CECAFA Kagame Cup ya kabiri mu mateka yayo   |   07 Aug 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Mahanga»Abanyarwanda bagize icyo bavuga ku irushanwa rya CHAN ryabereye mu Rwanda

Abanyarwanda bagize icyo bavuga ku irushanwa rya CHAN ryabereye mu Rwanda

Ubwanditsi 08 Feb 2016 Mu Mahanga

Profesa Pacifique MALONGA Umushakashatsi muby’Indimi yagize ati : Abakunda umupira w’amaguru ndizera neza ko imikino y’amakipe y’ibihugu n’imyiteguro u Rwanda rushoje ya CHAN yabanejeje kandi bayigiyemo byinshi.

Abakunda Perezida KAGAME nabo ndetse n’abatamukunda babonye ko ari umuntu udasanzwe ureba kure kandi wahesheje ishema rikomeye u Rwanda mukuzana iriya mikino mu Rwanda, kuyishyigikira no kuyisoza neza by’intangarugero kurusha ibindi bihugu n’abandi ba Perezida.

Abakunda kubaho neza, umuprofesa witwaga Conficius yagize ati:

Jya wiga icyo utazi;

Wigishe icyo uzi;

Unoze icyo ukunda/ wemera.

Arongera ati: Biteye isoni gushakisha ubukire cyangwa gusahura igihugu kiyobowe nabi ati kandi biteye isoni gukenera mu gihugu kiyobowe neza.

Umunyeshuli we amubajije icyo atekereza kubijyanye no kugirira neza uwakugiriye nabi, yamushubije agira ati: ubwo se uwakugiriye nabi n’umwitura ineza, uwakugiriye neza uzamwitura iki? Igisubizo nuko uwakugiriye neza ugomba kumugirira neza aribyo twita “Gira so yiturwa indi” naho uwakugiriye nabi ukamushyikiriza ubutabera!

Abantu rero nibashaka kubaho neza bajye bubaha abakuru nk’umukinnyi w’umupira, umuntu nakurusha umwubahe, umukunde kandi umushyigikire unezerewe.

Bisobanuye ko umuto yubahe umukuru kugirango nawe naba mukuru azizere ko bamwubaha, abana bubahe ababyeyi kuko nabo bazifuza ko abana babubaha igihe bazaba babaye ababyeyi.

Abakuru bahe abato, abayobozi bahe umutekano abayoborwa, abayoborwa bahe icyubahiro abayobozi, bombi bifurizanye ibyiza. Mukurangiza mbajyane mu mvugo y’Ikinyarwanda.

Mu Kinyarwanda mbaze icyo mutekereza kuri aya magambo:
Uwajya yandika:

1. Isoko (aho bahahira)

Isooko (aho amazi ava)

2. Gusaza (gutera ibisazi)

Gusaaza (kugera muzabukuru)

3. Gukura (Kuba mukuru)

Gukuura (Kuvana)

4. Gusabana (kwakana)

Gusaabana (gukora ubusabaane)

5. Uruugi (?)

Mu Kinyarwanda twize kumenya ibyo dukurura mu mvugo nibyo dukurura mu mibereho myiza, dukunde bagenzi bacu tububahe kuko na General Jean Claude wayoboraga Operation Turquoises yitabye ubutabera aramanjirwa. Ibyiza biracyari imbere.

Profesa Pacifique MALONGA
Umushakashatsi muby’Indimi

2016-02-08
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

U Rwanda rwihanganishije Israel yabuze Shimon Peres wayiyoboye

U Rwanda rwihanganishije Israel yabuze Shimon Peres wayiyoboye

Ubwanditsi 28 Sep 2016
Rutahizamu Harry Kane yafashije ikipe y’u Bwongereza gusanga u Butaliyani ku Mukino wa Nyuma wa Euro 2020

Rutahizamu Harry Kane yafashije ikipe y’u Bwongereza gusanga u Butaliyani ku Mukino wa Nyuma wa Euro 2020

Ubwanditsi 08 Jul 2021
Prof. Shyaka asanga itangazamakuru mu Rwanda ryigenga kandi rigerageza gukora kinyamwuga

Prof. Shyaka asanga itangazamakuru mu Rwanda ryigenga kandi rigerageza gukora kinyamwuga

Ubwanditsi 07 Nov 2016
Perezida Kagame yagiriye ikizere abagore bazamufasha gutanga umusaruro muri AU

Perezida Kagame yagiriye ikizere abagore bazamufasha gutanga umusaruro muri AU

Ubwanditsi 22 Oct 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

RDC: Abaturage baracyari mu rujijo ku hazaza ha Joseph Kabila
POLITIKI

RDC: Abaturage baracyari mu rujijo ku hazaza ha Joseph Kabila

Ubwanditsi 06 Aug 2018
Abakobwa biga muri INES –RUHENGERI batewe n’abagizi ba nabi barabakomeretsa
Mu Rwanda

Abakobwa biga muri INES –RUHENGERI batewe n’abagizi ba nabi barabakomeretsa

Ubwanditsi 07 May 2018
Perezida Paul Kagame yakiriye abakanyujijeho mu ikipe ya Arsenal Robert Pires na Ray Parlour basozaga uruzinduko rwabo mu Rwanda
Amakuru

Perezida Paul Kagame yakiriye abakanyujijeho mu ikipe ya Arsenal Robert Pires na Ray Parlour basozaga uruzinduko rwabo mu Rwanda

Ubwanditsi 10 Feb 2022

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru