• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Mukura VS yakiriye umutoza mushya ukomoka muri Serbia   |   06 Aug 2026

  • Abadepite basabye ko inzego zirindwi zakoresheje amafaranga mu buryo budasobanutse zikurikiranwa   |   05 Aug 2026

  • Nyuma y’imyaka 28 Rayon Sports isubiye ku mukino wa nyuma wa CECAFA Kagame Cup   |   05 Aug 2026

  • Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe   |   05 Aug 2026

  • Ingoma Ibihumbi u Rwanda ruticaranye ku meza n’abaruhekuye bashaka kwambara Uruhu rwera kandi ari ibirura   |   04 Aug 2026

  • Omar Artan witegura gusifura UEFA Super Cup izahuza PSG na Aston Villa, azasifura umumukino wa nyuma wa CECAFA KAGAME Cup 2026   |   03 Aug 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Mahanga»Amatora : Hari abaturage batarabona ikarita y’itora

Amatora : Hari abaturage batarabona ikarita y’itora

Ubwanditsi 06 Feb 2016 Mu Mahanga

Bamwe mu baturage bavuga ko batarabona amakarita y’Itora bakavuga ko batazi niba bazabona uko bazatora abayobozi batayafite.

Mugisha Emmanuel umuyobozi w’umudugudu w’Amahoro akagari ka Nonko umurege wa Nyarugunga akarere ka Kicukiro avuga ko hari amakarita y’itora bagifite kuko abaturage bataza kuyafata, kandi amaze igihe yarasohote ariko atazi impamvu bataza kuyafata kandi bazi neza aho aho bibarurije.

Mugisha akomeza avugako ko iyo habaye umuganda turayitwaza kugirago utaraje kuyifata ayihabwe ariko bikaba ibyubusa kuko hakiri amakarita meshi cyane kuburyo nka 54% ari bamaze kufata, kandi imisi yashize kugirago igihe cyo kudusimbura kigere hakiri abatarayafata, gewe byaranyobeye rwose kuko jya mubiro byacu by’Umudugudu nkasanga amakarita ahari nimeshi cyane.

Mugisha ati: niba banyirayo barimutse bakaba baribaruje ahandi agasohokera ahantu hatandukanye byaranyobeye, no kumatora yubushize ya Referendumu twayatwaye aho bagombaga gutorere kuri (site yitora) ariko abaje kuyafata nibake cyane, twagerageje kuyagabana gewe nabagezi bage dukorana ariko byaba ibyubusa abaturage ntibaza kuyafata kuburyo ducishamo nazamikoro tubashishikariza kuza kureba amakarita yabo ariko byabaye ibyubusa ubu twarabaretse uzaza azayifata utazaza ibyo biramureba.

Kamugisha Robert umwe mubabuze ikarita y’itora utuye mu mudugudu w’Amahoro yavuze ko amaze kwihinduza kuri lisite y’itora inshuro nyishi ariko ariko ikarita ye atarayibona atazi impamvu idasohokera mu mumudugudu yibarujemo, kandi yaragiye ku kagari akibaruza ndetse akanibaruza akoresheje itumanaho nko Komisoyo yamatora yabitangaje kurubuga rwayo ndetse no mubinyamakuru bitandukanye.

Robert akomeza avuga ko igihe cyo gutora Referandumu yagiye ntakarita afite akerekana indangamuntu gusa bakamureka agatora ariko atazi niba no mugutora abayobozi bo munzego zibanze bazamwemerera kuko ikarita ye atarayibona kandi yaribaruje.

Rusagara Cleophas avuga ko ikarita ye yitora yayibonye byamuruhije cyane kuko yagiye kuyisha kumukuru w’umudugudu akamubwira ko amakarita y’itora yose yayahaye ushizwe umutekano kuko we atajya abona umwanya kubera akazi keshi agira, agiye kureba ushizwe umutekano nawe asanga adahari inshuro zigera kuri 3. Ati byaragoye ariko narayibonye kabisa nyuma yigihe kirekire narayobewe aho nzakura ikarita yage rwose.

-2009.jpg

Prof Kalisa Mbanda Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora

Bokasa Moses ushize itangazamakuru muri komisiyo y’Amatora avuga ko umuntuwe wese wemerewe gutora agomba kuba yujuje ibyagobwa bisabwa namategeko naho abo batarafata amakarita yabo cyagwa abataragize ubushake bwo kujya kuyashaka kandi ahari kumidugudu yaba bibaruhejo bitazaboruhera kugira uruhare mu kwitorera abayobozi baba kandi ubundi mubyukuri bari bakwiye kuba bafite ubwo burengazira.

Safi Emmanuel

2016-02-06
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Luxembourg: Ntwari yabonetse yapfuye nyuma y’iminsi icyenda aburiwe irengero

Luxembourg: Ntwari yabonetse yapfuye nyuma y’iminsi icyenda aburiwe irengero

Ubwanditsi 17 Jan 2019
Bugesera: Polisi yafashe moto yibwe i Kigali igiye kugurishwa i Burundi

Bugesera: Polisi yafashe moto yibwe i Kigali igiye kugurishwa i Burundi

Ubwanditsi 23 Jan 2017
Brazil yageze ku mukino wa nyuma wa Copa America 2020, itegereje ko Argentina cyangwa Colombia yayisangayo

Brazil yageze ku mukino wa nyuma wa Copa America 2020, itegereje ko Argentina cyangwa Colombia yayisangayo

Ubwanditsi 06 Jul 2021
Amakuru y’ingenzi ya Polisi y’u Rwanda yaranze icyumweru gishize

Amakuru y’ingenzi ya Polisi y’u Rwanda yaranze icyumweru gishize

Ubwanditsi 06 Feb 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Impanuro y’Umukuru w’Igihugu Perezida Paul Kagame i Musanze
Mu Mahanga

Impanuro y’Umukuru w’Igihugu Perezida Paul Kagame i Musanze

Ubwanditsi 02 Sep 2016
Minisitiri w’Intebe yarahije Lt. Col Déo Rusizana, Visi-Perezida w’Urukiko rwa Gisirikare
Mu Rwanda

Minisitiri w’Intebe yarahije Lt. Col Déo Rusizana, Visi-Perezida w’Urukiko rwa Gisirikare

Ubwanditsi 26 Jun 2017
Amafoto – Jimmy Gatete yahuriye i Kinshasa n’abakinnyi ndetse n’abayobozi ba AS Kigali abona n’umwanya wo kuganira nabo bitegura guhura n’ikipe ya DCMP
Amakuru

Amafoto – Jimmy Gatete yahuriye i Kinshasa n’abakinnyi ndetse n’abayobozi ba AS Kigali abona n’umwanya wo kuganira nabo bitegura guhura n’ikipe ya DCMP

Ubwanditsi 21 Oct 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru