• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26   |   31 May 2026

  • Baker Byatsi yafungiwe ubujura imyaka ine afungurwa kuko yisiramuje nabi muri gereza bikamugwa nabi-Mushiki wa Byatsi byose yabivuze   |   28 May 2026

  • AMAFOTO – Mu mukino wakurikiwe na Perezida Kagame, RSSB Tigers BBC yageze ku mukino wa nyuma wa BAL 2026 itsinze AL Ahyly yo mu Misiri   |   28 May 2026

  • Stephen Constantine yatangaje urutonde rw’abakinnyi 24 bazifashishwa mu mikino ibiri ya gicuti mpuzamahanga izahuza u Rwanda na Comoros ndetse na Tanzania   |   27 May 2026

  • Agapfa kaburiwe ni impongo; Abagura Indaya bahawe imbuzi   |   27 May 2026

  • Ambassadeur Thérence Ntahiraja yemeje ko u Rwanda rugomba guterwa   |   27 May 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Mahanga»Amatora : Hari abaturage batarabona ikarita y’itora

Amatora : Hari abaturage batarabona ikarita y’itora

Ubwanditsi 06 Feb 2016 Mu Mahanga

Bamwe mu baturage bavuga ko batarabona amakarita y’Itora bakavuga ko batazi niba bazabona uko bazatora abayobozi batayafite.

Mugisha Emmanuel umuyobozi w’umudugudu w’Amahoro akagari ka Nonko umurege wa Nyarugunga akarere ka Kicukiro avuga ko hari amakarita y’itora bagifite kuko abaturage bataza kuyafata, kandi amaze igihe yarasohote ariko atazi impamvu bataza kuyafata kandi bazi neza aho aho bibarurije.

Mugisha akomeza avugako ko iyo habaye umuganda turayitwaza kugirago utaraje kuyifata ayihabwe ariko bikaba ibyubusa kuko hakiri amakarita meshi cyane kuburyo nka 54% ari bamaze kufata, kandi imisi yashize kugirago igihe cyo kudusimbura kigere hakiri abatarayafata, gewe byaranyobeye rwose kuko jya mubiro byacu by’Umudugudu nkasanga amakarita ahari nimeshi cyane.

Mugisha ati: niba banyirayo barimutse bakaba baribaruje ahandi agasohokera ahantu hatandukanye byaranyobeye, no kumatora yubushize ya Referendumu twayatwaye aho bagombaga gutorere kuri (site yitora) ariko abaje kuyafata nibake cyane, twagerageje kuyagabana gewe nabagezi bage dukorana ariko byaba ibyubusa abaturage ntibaza kuyafata kuburyo ducishamo nazamikoro tubashishikariza kuza kureba amakarita yabo ariko byabaye ibyubusa ubu twarabaretse uzaza azayifata utazaza ibyo biramureba.

Kamugisha Robert umwe mubabuze ikarita y’itora utuye mu mudugudu w’Amahoro yavuze ko amaze kwihinduza kuri lisite y’itora inshuro nyishi ariko ariko ikarita ye atarayibona atazi impamvu idasohokera mu mumudugudu yibarujemo, kandi yaragiye ku kagari akibaruza ndetse akanibaruza akoresheje itumanaho nko Komisoyo yamatora yabitangaje kurubuga rwayo ndetse no mubinyamakuru bitandukanye.

Robert akomeza avuga ko igihe cyo gutora Referandumu yagiye ntakarita afite akerekana indangamuntu gusa bakamureka agatora ariko atazi niba no mugutora abayobozi bo munzego zibanze bazamwemerera kuko ikarita ye atarayibona kandi yaribaruje.

Rusagara Cleophas avuga ko ikarita ye yitora yayibonye byamuruhije cyane kuko yagiye kuyisha kumukuru w’umudugudu akamubwira ko amakarita y’itora yose yayahaye ushizwe umutekano kuko we atajya abona umwanya kubera akazi keshi agira, agiye kureba ushizwe umutekano nawe asanga adahari inshuro zigera kuri 3. Ati byaragoye ariko narayibonye kabisa nyuma yigihe kirekire narayobewe aho nzakura ikarita yage rwose.

-2009.jpg

Prof Kalisa Mbanda Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora

Bokasa Moses ushize itangazamakuru muri komisiyo y’Amatora avuga ko umuntuwe wese wemerewe gutora agomba kuba yujuje ibyagobwa bisabwa namategeko naho abo batarafata amakarita yabo cyagwa abataragize ubushake bwo kujya kuyashaka kandi ahari kumidugudu yaba bibaruhejo bitazaboruhera kugira uruhare mu kwitorera abayobozi baba kandi ubundi mubyukuri bari bakwiye kuba bafite ubwo burengazira.

Safi Emmanuel

2016-02-06
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Polisi yafashe amakarito 80 y’inzoga zitemewe

Polisi yafashe amakarito 80 y’inzoga zitemewe

Ubwanditsi 08 Jul 2016
Kirehe: Uwaretse ibiyobyabwenge arakangurira abandi kubyirinda

Kirehe: Uwaretse ibiyobyabwenge arakangurira abandi kubyirinda

Ubwanditsi 05 Feb 2016
Uganda: Batangiye gusaba Museveni kuzahatanira manda ya 7

Uganda: Batangiye gusaba Museveni kuzahatanira manda ya 7

Ubwanditsi 04 Dec 2018
Clare Akamanzi yasimbuye Gatare ku buyobozi bwa RDB

Clare Akamanzi yasimbuye Gatare ku buyobozi bwa RDB

Ubwanditsi 04 Feb 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Inshoreke Ya Nyamwasa Joseline Muhorakeye, Irashaka Umutwe Wa Lea Karegaya Ku Isahani
INKURU ZAKUNZWE CYANE

Inshoreke Ya Nyamwasa Joseline Muhorakeye, Irashaka Umutwe Wa Lea Karegaya Ku Isahani

Ubwanditsi 01 Apr 2020
Habuze Ticket ngo Padiri Tomas Nahimana  atahe aze kwiyamamaza kuyobora u Rwanda 2017.
POLITIKI

Habuze Ticket ngo Padiri Tomas Nahimana atahe aze kwiyamamaza kuyobora u Rwanda 2017.

Ubwanditsi 28 Jan 2016
Kenya yambuye Abakongomani amahirwe yo kwinjira muri icyo gihugu badasabye visa.
Amakuru

Kenya yambuye Abakongomani amahirwe yo kwinjira muri icyo gihugu badasabye visa.

Ubwanditsi 29 Aug 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru