• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2026, APR FC izatangira ihura na Gor Mahia, Rayon Sports izisobanura na KVZ SC yo muri Zanzibar   |   11 Jul 2026

  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Mahanga»Amatora : Hari abaturage batarabona ikarita y’itora

Amatora : Hari abaturage batarabona ikarita y’itora

Ubwanditsi 06 Feb 2016 Mu Mahanga

Bamwe mu baturage bavuga ko batarabona amakarita y’Itora bakavuga ko batazi niba bazabona uko bazatora abayobozi batayafite.

Mugisha Emmanuel umuyobozi w’umudugudu w’Amahoro akagari ka Nonko umurege wa Nyarugunga akarere ka Kicukiro avuga ko hari amakarita y’itora bagifite kuko abaturage bataza kuyafata, kandi amaze igihe yarasohote ariko atazi impamvu bataza kuyafata kandi bazi neza aho aho bibarurije.

Mugisha akomeza avugako ko iyo habaye umuganda turayitwaza kugirago utaraje kuyifata ayihabwe ariko bikaba ibyubusa kuko hakiri amakarita meshi cyane kuburyo nka 54% ari bamaze kufata, kandi imisi yashize kugirago igihe cyo kudusimbura kigere hakiri abatarayafata, gewe byaranyobeye rwose kuko jya mubiro byacu by’Umudugudu nkasanga amakarita ahari nimeshi cyane.

Mugisha ati: niba banyirayo barimutse bakaba baribaruje ahandi agasohokera ahantu hatandukanye byaranyobeye, no kumatora yubushize ya Referendumu twayatwaye aho bagombaga gutorere kuri (site yitora) ariko abaje kuyafata nibake cyane, twagerageje kuyagabana gewe nabagezi bage dukorana ariko byaba ibyubusa abaturage ntibaza kuyafata kuburyo ducishamo nazamikoro tubashishikariza kuza kureba amakarita yabo ariko byabaye ibyubusa ubu twarabaretse uzaza azayifata utazaza ibyo biramureba.

Kamugisha Robert umwe mubabuze ikarita y’itora utuye mu mudugudu w’Amahoro yavuze ko amaze kwihinduza kuri lisite y’itora inshuro nyishi ariko ariko ikarita ye atarayibona atazi impamvu idasohokera mu mumudugudu yibarujemo, kandi yaragiye ku kagari akibaruza ndetse akanibaruza akoresheje itumanaho nko Komisoyo yamatora yabitangaje kurubuga rwayo ndetse no mubinyamakuru bitandukanye.

Robert akomeza avuga ko igihe cyo gutora Referandumu yagiye ntakarita afite akerekana indangamuntu gusa bakamureka agatora ariko atazi niba no mugutora abayobozi bo munzego zibanze bazamwemerera kuko ikarita ye atarayibona kandi yaribaruje.

Rusagara Cleophas avuga ko ikarita ye yitora yayibonye byamuruhije cyane kuko yagiye kuyisha kumukuru w’umudugudu akamubwira ko amakarita y’itora yose yayahaye ushizwe umutekano kuko we atajya abona umwanya kubera akazi keshi agira, agiye kureba ushizwe umutekano nawe asanga adahari inshuro zigera kuri 3. Ati byaragoye ariko narayibonye kabisa nyuma yigihe kirekire narayobewe aho nzakura ikarita yage rwose.

-2009.jpg

Prof Kalisa Mbanda Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora

Bokasa Moses ushize itangazamakuru muri komisiyo y’Amatora avuga ko umuntuwe wese wemerewe gutora agomba kuba yujuje ibyagobwa bisabwa namategeko naho abo batarafata amakarita yabo cyagwa abataragize ubushake bwo kujya kuyashaka kandi ahari kumidugudu yaba bibaruhejo bitazaboruhera kugira uruhare mu kwitorera abayobozi baba kandi ubundi mubyukuri bari bakwiye kuba bafite ubwo burengazira.

Safi Emmanuel

2016-02-06
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

“Nta gihe ntabwiye Perezida Tshisekedi ko gushinja u Rwanda ibinyoma ari uguhunga inshingano ze nk’Umukuru w’Igihugu”. – Perezida Paul Kagame.

“Nta gihe ntabwiye Perezida Tshisekedi ko gushinja u Rwanda ibinyoma ari uguhunga inshingano ze nk’Umukuru w’Igihugu”. – Perezida Paul Kagame.

Ubwanditsi 23 Jun 2022
Polisi y’u Rwanda irakangurira abaturage bo mu karere ka Nyamagabe kurwanya  ubwambuzi bushukana

Polisi y’u Rwanda irakangurira abaturage bo mu karere ka Nyamagabe kurwanya ubwambuzi bushukana

Ubwanditsi 13 Jan 2016
Ubushakashatsi  bwa Never Again Rwanda burashimangira ubwa RGB mu  kunenga uruhare rw’Abaturage mu bibakorerwa ( Yavuguruwe )

Ubushakashatsi bwa Never Again Rwanda burashimangira ubwa RGB mu kunenga uruhare rw’Abaturage mu bibakorerwa ( Yavuguruwe )

Ubwanditsi 26 Aug 2016
CAN2023: U Rwanda rwisanze mu itsinda rimwe na Mozambique,  Benin na  Senegal mu guhatanira itike y’igikombe cya Afurika 2023

CAN2023: U Rwanda rwisanze mu itsinda rimwe na Mozambique,  Benin na  Senegal mu guhatanira itike y’igikombe cya Afurika 2023

Ubwanditsi 19 Apr 2022

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Amafoto – Minisitiri wa Siporo na Komite Nyobozi ya FERWAFA basuye ibikorwa by’inyubako n’ibibuga biri kubakwa
Amakuru

Amafoto – Minisitiri wa Siporo na Komite Nyobozi ya FERWAFA basuye ibikorwa by’inyubako n’ibibuga biri kubakwa

Ubwanditsi 28 Oct 2025
Ndayishimiye yisamye yasandaye?
Amakuru

Ndayishimiye yisamye yasandaye?

Ubwanditsi 03 Mar 2025
Ndimbati Aloys washakishwaga ku byaha bya Jenoside, yarapfuye
Amakuru

Ndimbati Aloys washakishwaga ku byaha bya Jenoside, yarapfuye

Ubwanditsi 14 Nov 2023

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru