• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Prudence Nsengumukiza akomeje kuba umuyoboro w’interahamwe mu gushaka amaronko   |   20 Apr 2026

  • Perezida Kagame yashimiye amakipe afitanye ubufatanye na Visit Rwanda kubwo kugera muri 1/2 cya Champions League   |   16 Apr 2026

  • Diamond aritegura gutaramira i Kigali mu mpeshyi, mu gitaramo yise ‘Retro Tour’   |   15 Apr 2026

  • Amaherezo y’urubanza rwa Agathe Kanziga azaba ayahe? Azapfa adashyikirijwe ubutabera nk’umugabo we?   |   15 Apr 2026

  • Umutindi ku mutima aba arogoye ijambo rya Perezida Kagame mu Kwibuka, ati “Muribuka ibiki harya?”   |   11 Apr 2026

  • Valens Pappy na DC Clement babere Urugero abandi biyita abanyamakuru babaho ubuzima bw’ikinyoma   |   09 Apr 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Mahanga»Amatora : Hari abaturage batarabona ikarita y’itora

Amatora : Hari abaturage batarabona ikarita y’itora

Ubwanditsi 06 Feb 2016 Mu Mahanga

Bamwe mu baturage bavuga ko batarabona amakarita y’Itora bakavuga ko batazi niba bazabona uko bazatora abayobozi batayafite.

Mugisha Emmanuel umuyobozi w’umudugudu w’Amahoro akagari ka Nonko umurege wa Nyarugunga akarere ka Kicukiro avuga ko hari amakarita y’itora bagifite kuko abaturage bataza kuyafata, kandi amaze igihe yarasohote ariko atazi impamvu bataza kuyafata kandi bazi neza aho aho bibarurije.

Mugisha akomeza avugako ko iyo habaye umuganda turayitwaza kugirago utaraje kuyifata ayihabwe ariko bikaba ibyubusa kuko hakiri amakarita meshi cyane kuburyo nka 54% ari bamaze kufata, kandi imisi yashize kugirago igihe cyo kudusimbura kigere hakiri abatarayafata, gewe byaranyobeye rwose kuko jya mubiro byacu by’Umudugudu nkasanga amakarita ahari nimeshi cyane.

Mugisha ati: niba banyirayo barimutse bakaba baribaruje ahandi agasohokera ahantu hatandukanye byaranyobeye, no kumatora yubushize ya Referendumu twayatwaye aho bagombaga gutorere kuri (site yitora) ariko abaje kuyafata nibake cyane, twagerageje kuyagabana gewe nabagezi bage dukorana ariko byaba ibyubusa abaturage ntibaza kuyafata kuburyo ducishamo nazamikoro tubashishikariza kuza kureba amakarita yabo ariko byabaye ibyubusa ubu twarabaretse uzaza azayifata utazaza ibyo biramureba.

Kamugisha Robert umwe mubabuze ikarita y’itora utuye mu mudugudu w’Amahoro yavuze ko amaze kwihinduza kuri lisite y’itora inshuro nyishi ariko ariko ikarita ye atarayibona atazi impamvu idasohokera mu mumudugudu yibarujemo, kandi yaragiye ku kagari akibaruza ndetse akanibaruza akoresheje itumanaho nko Komisoyo yamatora yabitangaje kurubuga rwayo ndetse no mubinyamakuru bitandukanye.

Robert akomeza avuga ko igihe cyo gutora Referandumu yagiye ntakarita afite akerekana indangamuntu gusa bakamureka agatora ariko atazi niba no mugutora abayobozi bo munzego zibanze bazamwemerera kuko ikarita ye atarayibona kandi yaribaruje.

Rusagara Cleophas avuga ko ikarita ye yitora yayibonye byamuruhije cyane kuko yagiye kuyisha kumukuru w’umudugudu akamubwira ko amakarita y’itora yose yayahaye ushizwe umutekano kuko we atajya abona umwanya kubera akazi keshi agira, agiye kureba ushizwe umutekano nawe asanga adahari inshuro zigera kuri 3. Ati byaragoye ariko narayibonye kabisa nyuma yigihe kirekire narayobewe aho nzakura ikarita yage rwose.

-2009.jpg

Prof Kalisa Mbanda Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora

Bokasa Moses ushize itangazamakuru muri komisiyo y’Amatora avuga ko umuntuwe wese wemerewe gutora agomba kuba yujuje ibyagobwa bisabwa namategeko naho abo batarafata amakarita yabo cyagwa abataragize ubushake bwo kujya kuyashaka kandi ahari kumidugudu yaba bibaruhejo bitazaboruhera kugira uruhare mu kwitorera abayobozi baba kandi ubundi mubyukuri bari bakwiye kuba bafite ubwo burengazira.

Safi Emmanuel

2016-02-06
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Umuyobozi muri Polisi ya Uganda yagonzwe ahita apfa

Umuyobozi muri Polisi ya Uganda yagonzwe ahita apfa

Ubwanditsi 17 May 2018
APR BBC yabaye ikipe ya mbere mu Rwanda igeze ku mwanya wa Gatatu mu irushanwa rya Basketball Africa League (BAL)

APR BBC yabaye ikipe ya mbere mu Rwanda igeze ku mwanya wa Gatatu mu irushanwa rya Basketball Africa League (BAL)

Ubwanditsi 13 Jun 2025
Abaturiye n’abakoresha ibiyaga n’inzuzi barishimira serivisi bahabwa n’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu mazi

Abaturiye n’abakoresha ibiyaga n’inzuzi barishimira serivisi bahabwa n’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu mazi

Ubwanditsi 21 Sep 2016
Ferwafa irahakana amakuru avuga ko mu Rwanda habereye inama yo guhigika Issa Hayatou

Ferwafa irahakana amakuru avuga ko mu Rwanda habereye inama yo guhigika Issa Hayatou

Ubwanditsi 25 Oct 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Ubwiza bw’u Rwanda bukomeje kureshya ibihangange, umunyabigwi wa FC Barcelona Jose Bakero ndetse n’inyarubuga za Arsenal Robert Pires, David Seaman na Ray Parlour bari mu Rwagasabo
Amakuru

Ubwiza bw’u Rwanda bukomeje kureshya ibihangange, umunyabigwi wa FC Barcelona Jose Bakero ndetse n’inyarubuga za Arsenal Robert Pires, David Seaman na Ray Parlour bari mu Rwagasabo

Ubwanditsi 06 Feb 2022
Amerika : Congo yahejwe mu nama yigaga ku bibazo byayo, menya impamvu zabyo
Uncategorized

Amerika : Congo yahejwe mu nama yigaga ku bibazo byayo, menya impamvu zabyo

Ubwanditsi 19 Nov 2017
Perezida Kagame azayobora inama y’abakuru b’ibihugu yiga ku kibazo cya RDC
POLITIKI

Perezida Kagame azayobora inama y’abakuru b’ibihugu yiga ku kibazo cya RDC

Ubwanditsi 16 Jan 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru