• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Benshi barakajwe n’uburyo itangazamakuru ryahangayikiye Oprah Winfrey mu mpanuka y’ibyondo yahitanye 13

Benshi barakajwe n’uburyo itangazamakuru ryahangayikiye Oprah Winfrey mu mpanuka y’ibyondo yahitanye 13

Editorial 20 Jan 2018 HIRYA NO HINO

Mu mujyi wa California ahitwa Montecito hatuye ibyamamare bitandukanye birimo na Oprah Winfrey uhafite urugo rufite agaciro ka miliyoni 50 z’amadolari, habaye impanuka ikomeye y’ibyondo yahitanye abantu bagera kuri 13, benshi barakazwa n’uburyo itangazamakuru ryivugiraga Oprah.
Nyuma y’uko haguye imvura nyinshi yuzuyemo imiyaga yangije byinshi mu bikorwa remezo muri California, ubu noneho ibyindo ni byo byibasiye aka gace aho habaye ibimeze nk’inkangu byamanuye ibyondo byinshi cyane bikuzura mu mazu y’abantu, mu mihanda ku buryo byari bigoye kuhikura bamwe bagatabarwa na kajugujugu.

At least 25 people were injured in the mudslides and others were unaccounted for as of Tuesday. Pictured above, emergency personnel rescued a young woman from a collapsed house in Montecito

Ibyondo byahitanye abantu

Santa Barbara County Firefighters work amid flood waters and debris flow during heavy rains in Montecito, California, on Tuesday

Ibyondo Byahubutse mu misozi byuzura muri rubanda

Ibi byondo byagiye birengera bamwe bigahitana ubuzima bwabo, abamaze kwemezwa bahitanywe nabyo ni 13. Mu nkuru zanditswe, hibandwaga cyane kuri Oprah Winfrey ufite inzu y’agaciro ka miliyoni 50 z’amadolari muri aka gace, abasomyi bakaba barakazwaga n’uburyo hahangayikiwe uyu muherwe utagize ikibazo na kimwe, dore ko uru rugo ari rumwe mu ngo 6 afite hirya no hino muri Amerika.

Heavy rains overnight combined with large areas burned by the Thomas Fire combined for flash flooding and mudslide risk. Pictured above, a debris cluttered street in Montecito

Firefighters rescue a 14-year-old girl who was trapped for hours inside a destroyed home in Montecito on Tuesday. Rescue crews worked for six hours using the jaws of life and other tools to free her from the mangled wreckage, but she walked away

US 101 was completely impassable at the Olive Mill Road overpass after it flooded with runoff water from Montecito Creek. The critical coastal highway has been completely shut down for 30 miles between Ventura and Santa Barbara

Bamwe bagize bati “Oprah nta n’ibyondo byamugeze ku birenge, ikindi kandi afite ubwishingizi bw’iyo nzu ku buryo bazamwishyura, mwirengagije rubanda rugufi rwahasize ubuzima, abo batagira aho bahungira ibyo biza nibo mwagakwiye kuvuganira ariko muri kutubwira inzu ya Oprah”. Undi yagize ati “Iki ni ikimenyetso cy’uko ayoboye Amerika yagwirwa n’akaga.”

Oprah Winfrey yavuze ijambo muri Golden Globes ryatumye benshi bamuha ikizere cyo kuba yayobora Amerika muri 2020

Ibi bije mu gihe Oprah Winfrey yavuze ijambo ku bijyanye n’ihohoterwa rikorerwa abagore mu birori bya Golden Globes benshi bakanyurwa ndetse bakemeza ko akwiye kuba perezida wa Amerika muri 2020. Ibi ariko Donald Trump yavuze ko atabyizera ngo kuko Oprah Winfrey ari umuntu azi neza, bityo ngo n’iyo bahanganira umwanya wa perezida yamutsinda.

2018-01-20
Editorial

IZINDI NKURU

Abandi bantu barindwi bakize Coronavirus, umubare w’abanduye mu Rwanda ugera ku 126

Abandi bantu barindwi bakize Coronavirus, umubare w’abanduye mu Rwanda ugera ku 126

Editorial 13 Apr 2020
Samantha Power arifuza gutegeka Afrika nk’uko ategeka USAID yagize igikangisho.

Samantha Power arifuza gutegeka Afrika nk’uko ategeka USAID yagize igikangisho.

Editorial 01 Jun 2023
Umunyarwanda warekuwe na Uganda yatanze ubuhamya bw’ubucakara yakoreshejwe n’uko hari abishwe n’uburozi

Umunyarwanda warekuwe na Uganda yatanze ubuhamya bw’ubucakara yakoreshejwe n’uko hari abishwe n’uburozi

Editorial 16 Sep 2019
Raporo ishinja Ubufaransa uruhare rutaziguye muri Jenoside yakorewe Abatutsi yakiriwe neza, ariko irimo inenge kuko hari ibyagizwe ubwiru

Raporo ishinja Ubufaransa uruhare rutaziguye muri Jenoside yakorewe Abatutsi yakiriwe neza, ariko irimo inenge kuko hari ibyagizwe ubwiru

Editorial 28 Mar 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Dr. Rose Mukankomeje umuyobozi wa REMA yatawe muri yombi
Mu Mahanga

Dr. Rose Mukankomeje umuyobozi wa REMA yatawe muri yombi

Editorial 21 Mar 2016
Jean-Pierre Bemba yasubije amerwe mu isaho ntakiri Minisitiri w’Ingabo
Amakuru

Jean-Pierre Bemba yasubije amerwe mu isaho ntakiri Minisitiri w’Ingabo

Editorial 29 May 2024
RPF- Inkotanyi :  Perezida Kagame yiyamye  Abayobozi  basinda kwirirwa baratwa bakagera aho biyitiranya n’igihugu
POLITIKI

RPF- Inkotanyi : Perezida Kagame yiyamye Abayobozi basinda kwirirwa baratwa bakagera aho biyitiranya n’igihugu

Editorial 14 Dec 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru