• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • AMAFOTO – Girumugisha yabaye umukinnyi w’umwaka muri Shampiyona y’u Rwanda ahembwa imodoka ya miliyoni 15 Frw   |   13 Jul 2026

  • Iperereza ku rupfu rwa ruharwa Kabuga Félicien: Yapfiriye mu cyumba cye nyuma yo guhabwa ifunguro, yazize umutima   |   13 Jul 2026

  • Perezida Kagame arasezera Sheikh Hamad wagize Qatar igihangange   |   13 Jul 2026

  • Mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2026, APR FC izatangira ihura na Gor Mahia, Rayon Sports izisobanura na KVZ SC yo muri Zanzibar   |   11 Jul 2026

  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»CECAFA : Amavubi yatsinze umukino wa mbere, atsinze Tanzania ntibyayabuza gusezererwa

CECAFA : Amavubi yatsinze umukino wa mbere, atsinze Tanzania ntibyayabuza gusezererwa

Ubwanditsi 09 Dec 2017 IMIKINO

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yarangije imikino y’amatsinda ya CECAFA itsinda Tanzania. Ibitego bibiri byatsinzwe na ba rutahizamu Nshuti Innocent na Biramahire Abeddy, ariko ntabwo byari bihagije ngo Amavubi akomeze muri ½.

Bizimana Djihad niwe wari kapiteni w'Amavubi

Bizimana Djihad niwe wari kapiteni w’Amavubi

Rwanda Nziza ishobora iririmbwa ku nshuro ya nyuma muri CECAFA 2017

U Rwanda rukinnye na Tanzania inshuro eshatu mu mezi atanu ashize

U Rwanda rukinnye na Tanzania inshuro eshatu mu mezi atanu ashize

Abakinnyi bake badasanzwe babanza mu kibuga bahawe umwanya ngo bamenyerane na bagenzi babo

Abakinnyi bake badasanzwe babanza mu kibuga bahawe umwanya ngo bamenyerane na bagenzi babo

Abanyacyubahiro batandukanye bitabiriye uyu mukino, barimo Moussa Hakizimana (wa gatatu uvuye ibumoso) noneho yambaye imyenda y'Amavubi

Abanyacyubahiro batandukanye bitabiriye uyu mukino, barimo Moussa Hakizimana (wa gatatu uvuye ibumoso) noneho yambaye imyenda y’Amavubi

11 bahesheje Amavubi intsinzi ya mbere muri CECAFA 2017

11 bahesheje Amavubi intsinzi ya mbere muri CECAFA 2017Abakinnyi babanje mu kibuga
Rwanda: Nzarora Marcel, Mbogo Ali, Kayumba Soter, Ombolenga Fitina, Eric Rutanga, Nshimiyimana Amran, Bizimana Djihad, Hakizimana Muhadjili, Mico Justin na Nshuti Innocent
Tanzania: Aishi Salum Manula, Erasto Edward Nyoni, Kennedy Wilson Juma, Jonas Gellard Mkude, Raphael Daud Loth, Ibrahim Ajibu Migomba, Hamid Mao Mkami, Daniel Reuben Lyanga, Yahya Zayd Omary, Abdul Hilary Hassan, Mohamed Hussein Mohamed.

Tanzania ntabwo irabona amanota atatu

Tanzania ntabwo irabona amanota atatu

Uyu mwari amazen kumenyekana kubera gushyigikira Amavubi aho ajya hose

Uyu mwari amazen kumenyekana kubera gushyigikira Amavubi aho ajya hose

Umukinnyi wo hagati Himid Mao n'umunyezamu Aishi Manula bari mu bafite inararibonye mu ikipe y'igihugu ya Tanzania

Umukinnyi wo hagati Himid Mao n’umunyezamu Aishi Manula bari mu bafite inararibonye mu ikipe y’igihugu ya Tanzania

Wari umukino w'imbaraga

Wari umukino w’imbaraga

Umukino wabereye kuri stade Kenyata yo mu mujyi wa Machakos

Umukino wabereye kuri stade Kenyata yo mu mujyi wa Machakos

Nshuti Innocent yishimira igitego cya mbere mu Amavubi

Nshuti Innocent yishimira igitego cya mbere mu Amavubi

Muhadjiri Hakizimana yakoresheje imbaraga nyinshi ariko ahusha uburyo butandukanye bwabazwe

Muhadjiri Hakizimana yakoresheje imbaraga nyinshi ariko ahusha uburyo butandukanye bwabazwe

Mu gice cya mbere Amavubi yahushije ibitego bine byabazwe

Mu gice cya mbere Amavubi yahushije ibitego bine byabazwe

Mu gice cya kabiri Tanzania yakoze amakosa menshi, aha bari bateze Bizimana Djihad

Mu gice cya kabiri Tanzania yakoze amakosa menshi, aha bari bateze Bizimana Djihad

Nkuko umutoza yabivuze mbere, umunyezamu wa gatatu Nzarora Marcel nawe yabonye umwanya wo gukina

Nkuko umutoza yabivuze mbere, umunyezamu wa gatatu Nzarora Marcel nawe yabonye umwanya wo gukina

Mu bafana bake baza ku kibuga harimo n'aba

Mu bafana bake baza ku kibuga harimo n’aba

Mouhamed Hussein wa Tanzania yari afite akazi gakomeye

Mouhamed Hussein wa Tanzania yari afite akazi gakomeye

Mico Justin ntabwo yahiriwe n'imikino ya CECAFA

Mico Justin ntabwo yahiriwe n’imikino ya CECAFA

Ibrahim Ajibu Mugoma ukina hagati yahaye akazi abakina hagati mu Rwanda

Ibrahim Ajibu Mugoma ukina hagati yahaye akazi abakina hagati mu Rwanda

Himid Mao usanzwe akina hagati mu kibuga uyu munsi yakinnye nka myugariro

Himid Mao usanzwe akina hagati mu kibuga uyu munsi yakinnye nka myugariro

Fitina Ombolenga yatowe nk'umukinnyi w'umukino

Fitina Ombolenga yatowe nk’umukinnyi w’umukino

Fitina mbere yo gutanga umupira wavuyemo igitego cya kabiri

Fitina mbere yo gutanga umupira wavuyemo igitego cya kabiri

Djihad wari ufite inshingano zo kuyobora bagenzi be yitwaye neza

Djihad wari ufite inshingano zo kuyobora bagenzi be yitwaye neza

Bishimira impozamarira yatsinzwe na Daniel Reuben Lyanga

Bishimira impozamarira yatsinzwe na Daniel Reuben Lyanga

Biramahire Abeddy yishimira igitego cya kabiri muri Camera y'Umuseke

Biramahire Abeddy yishimira igitego cya kabiri muri Camera y’Umuseke

Aishi Manula urindira Tanzania na Simba SC yakoze akazi gakomeye

Aishi Manula urindira Tanzania na Simba SC yakoze akazi gakomeye

 

 

2017-12-09
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Kigali : CAF yasinyanye  amasezerano  y’imyaka ine n’ ishyirahamwe ryo muri Asia

Kigali : CAF yasinyanye amasezerano y’imyaka ine n’ ishyirahamwe ryo muri Asia

Ubwanditsi 15 Jan 2016
Amafoto – Mu mukino ubanza wa gishuti, ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yatsinze Central Africa ibitego 2-0.

Amafoto – Mu mukino ubanza wa gishuti, ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yatsinze Central Africa ibitego 2-0.

Ubwanditsi 04 Jun 2021
U Burusiya bwafunguye Igikombe cy’Isi bwandagaza Arabia Saoudite

U Burusiya bwafunguye Igikombe cy’Isi bwandagaza Arabia Saoudite

Ubwanditsi 15 Jun 2018
Zabyaye amahari hagati ya Rayon Sports na Ferwafa kubera umukinnyi wo muri Brésil

Zabyaye amahari hagati ya Rayon Sports na Ferwafa kubera umukinnyi wo muri Brésil

Ubwanditsi 12 Dec 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Kuki hari ibigo bya Leta bikorera ahantu hatorohereza Abafite Ubumunga
Mu Rwanda

Kuki hari ibigo bya Leta bikorera ahantu hatorohereza Abafite Ubumunga

Ubwanditsi 27 Jun 2018
Uganda: Abantu 45 barimo Abanyarwanda 36 bashinjwa iterabwoba bagumijwe muri gereza
ITOHOZA

Uganda: Abantu 45 barimo Abanyarwanda 36 bashinjwa iterabwoba bagumijwe muri gereza

Ubwanditsi 23 Jan 2018
Ubutumwa bw’Ishyaka PL bwo kwibuka Jenoside kunshuro ya 24
Mu Rwanda

Ubutumwa bw’Ishyaka PL bwo kwibuka Jenoside kunshuro ya 24

Ubwanditsi 07 Apr 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru