• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26   |   31 May 2026

  • Baker Byatsi yafungiwe ubujura imyaka ine afungurwa kuko yisiramuje nabi muri gereza bikamugwa nabi-Mushiki wa Byatsi byose yabivuze   |   28 May 2026

  • AMAFOTO – Mu mukino wakurikiwe na Perezida Kagame, RSSB Tigers BBC yageze ku mukino wa nyuma wa BAL 2026 itsinze AL Ahyly yo mu Misiri   |   28 May 2026

  • Stephen Constantine yatangaje urutonde rw’abakinnyi 24 bazifashishwa mu mikino ibiri ya gicuti mpuzamahanga izahuza u Rwanda na Comoros ndetse na Tanzania   |   27 May 2026

  • Agapfa kaburiwe ni impongo; Abagura Indaya bahawe imbuzi   |   27 May 2026

  • Ambassadeur Thérence Ntahiraja yemeje ko u Rwanda rugomba guterwa   |   27 May 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»CECAFA : Amavubi yatsinze umukino wa mbere, atsinze Tanzania ntibyayabuza gusezererwa

CECAFA : Amavubi yatsinze umukino wa mbere, atsinze Tanzania ntibyayabuza gusezererwa

Ubwanditsi 09 Dec 2017 IMIKINO

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yarangije imikino y’amatsinda ya CECAFA itsinda Tanzania. Ibitego bibiri byatsinzwe na ba rutahizamu Nshuti Innocent na Biramahire Abeddy, ariko ntabwo byari bihagije ngo Amavubi akomeze muri ½.

Bizimana Djihad niwe wari kapiteni w'Amavubi

Bizimana Djihad niwe wari kapiteni w’Amavubi

Rwanda Nziza ishobora iririmbwa ku nshuro ya nyuma muri CECAFA 2017

U Rwanda rukinnye na Tanzania inshuro eshatu mu mezi atanu ashize

U Rwanda rukinnye na Tanzania inshuro eshatu mu mezi atanu ashize

Abakinnyi bake badasanzwe babanza mu kibuga bahawe umwanya ngo bamenyerane na bagenzi babo

Abakinnyi bake badasanzwe babanza mu kibuga bahawe umwanya ngo bamenyerane na bagenzi babo

Abanyacyubahiro batandukanye bitabiriye uyu mukino, barimo Moussa Hakizimana (wa gatatu uvuye ibumoso) noneho yambaye imyenda y'Amavubi

Abanyacyubahiro batandukanye bitabiriye uyu mukino, barimo Moussa Hakizimana (wa gatatu uvuye ibumoso) noneho yambaye imyenda y’Amavubi

11 bahesheje Amavubi intsinzi ya mbere muri CECAFA 2017

11 bahesheje Amavubi intsinzi ya mbere muri CECAFA 2017Abakinnyi babanje mu kibuga
Rwanda: Nzarora Marcel, Mbogo Ali, Kayumba Soter, Ombolenga Fitina, Eric Rutanga, Nshimiyimana Amran, Bizimana Djihad, Hakizimana Muhadjili, Mico Justin na Nshuti Innocent
Tanzania: Aishi Salum Manula, Erasto Edward Nyoni, Kennedy Wilson Juma, Jonas Gellard Mkude, Raphael Daud Loth, Ibrahim Ajibu Migomba, Hamid Mao Mkami, Daniel Reuben Lyanga, Yahya Zayd Omary, Abdul Hilary Hassan, Mohamed Hussein Mohamed.

Tanzania ntabwo irabona amanota atatu

Tanzania ntabwo irabona amanota atatu

Uyu mwari amazen kumenyekana kubera gushyigikira Amavubi aho ajya hose

Uyu mwari amazen kumenyekana kubera gushyigikira Amavubi aho ajya hose

Umukinnyi wo hagati Himid Mao n'umunyezamu Aishi Manula bari mu bafite inararibonye mu ikipe y'igihugu ya Tanzania

Umukinnyi wo hagati Himid Mao n’umunyezamu Aishi Manula bari mu bafite inararibonye mu ikipe y’igihugu ya Tanzania

Wari umukino w'imbaraga

Wari umukino w’imbaraga

Umukino wabereye kuri stade Kenyata yo mu mujyi wa Machakos

Umukino wabereye kuri stade Kenyata yo mu mujyi wa Machakos

Nshuti Innocent yishimira igitego cya mbere mu Amavubi

Nshuti Innocent yishimira igitego cya mbere mu Amavubi

Muhadjiri Hakizimana yakoresheje imbaraga nyinshi ariko ahusha uburyo butandukanye bwabazwe

Muhadjiri Hakizimana yakoresheje imbaraga nyinshi ariko ahusha uburyo butandukanye bwabazwe

Mu gice cya mbere Amavubi yahushije ibitego bine byabazwe

Mu gice cya mbere Amavubi yahushije ibitego bine byabazwe

Mu gice cya kabiri Tanzania yakoze amakosa menshi, aha bari bateze Bizimana Djihad

Mu gice cya kabiri Tanzania yakoze amakosa menshi, aha bari bateze Bizimana Djihad

Nkuko umutoza yabivuze mbere, umunyezamu wa gatatu Nzarora Marcel nawe yabonye umwanya wo gukina

Nkuko umutoza yabivuze mbere, umunyezamu wa gatatu Nzarora Marcel nawe yabonye umwanya wo gukina

Mu bafana bake baza ku kibuga harimo n'aba

Mu bafana bake baza ku kibuga harimo n’aba

Mouhamed Hussein wa Tanzania yari afite akazi gakomeye

Mouhamed Hussein wa Tanzania yari afite akazi gakomeye

Mico Justin ntabwo yahiriwe n'imikino ya CECAFA

Mico Justin ntabwo yahiriwe n’imikino ya CECAFA

Ibrahim Ajibu Mugoma ukina hagati yahaye akazi abakina hagati mu Rwanda

Ibrahim Ajibu Mugoma ukina hagati yahaye akazi abakina hagati mu Rwanda

Himid Mao usanzwe akina hagati mu kibuga uyu munsi yakinnye nka myugariro

Himid Mao usanzwe akina hagati mu kibuga uyu munsi yakinnye nka myugariro

Fitina Ombolenga yatowe nk'umukinnyi w'umukino

Fitina Ombolenga yatowe nk’umukinnyi w’umukino

Fitina mbere yo gutanga umupira wavuyemo igitego cya kabiri

Fitina mbere yo gutanga umupira wavuyemo igitego cya kabiri

Djihad wari ufite inshingano zo kuyobora bagenzi be yitwaye neza

Djihad wari ufite inshingano zo kuyobora bagenzi be yitwaye neza

Bishimira impozamarira yatsinzwe na Daniel Reuben Lyanga

Bishimira impozamarira yatsinzwe na Daniel Reuben Lyanga

Biramahire Abeddy yishimira igitego cya kabiri muri Camera y'Umuseke

Biramahire Abeddy yishimira igitego cya kabiri muri Camera y’Umuseke

Aishi Manula urindira Tanzania na Simba SC yakoze akazi gakomeye

Aishi Manula urindira Tanzania na Simba SC yakoze akazi gakomeye

 

 

2017-12-09
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Igikombe cy’Isi 2022: U Rwanda rwisanze mu itsinda rya Uganda na Kenya

Igikombe cy’Isi 2022: U Rwanda rwisanze mu itsinda rya Uganda na Kenya

Ubwanditsi 22 Jan 2020
Seninga Innocent wari umutoza wa Kiyovu ubu ntakiri we

Seninga Innocent wari umutoza wa Kiyovu ubu ntakiri we

Ubwanditsi 21 Jan 2016
Umunyamideri Bashabe Kate wigeze kuba Miss wa Mtn mu Rwanda afunzwe azira gukubita no gukomeretsa

Umunyamideri Bashabe Kate wigeze kuba Miss wa Mtn mu Rwanda afunzwe azira gukubita no gukomeretsa

Ubwanditsi 05 Jul 2016
APR FC  yatsindiwe na Djoliba muri Mali

APR FC yatsindiwe na Djoliba muri Mali

Ubwanditsi 08 Mar 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Ibihugu Umunani byo ku migabane itandukanye, bigiye guhurira mu Rwanda mu irushanwa ryo Kwibuka ku ncuro ya 31 Genocide yakorewe Abatutsi 1994
Amakuru

Ibihugu Umunani byo ku migabane itandukanye, bigiye guhurira mu Rwanda mu irushanwa ryo Kwibuka ku ncuro ya 31 Genocide yakorewe Abatutsi 1994

Ubwanditsi 03 Jun 2025
Ombolenga yafashije Kiyovu gutsinda Espoir mu gihe Muhanga ya Bokota yabashije kunyagira Amagaju
Mu Mahanga

Ombolenga yafashije Kiyovu gutsinda Espoir mu gihe Muhanga ya Bokota yabashije kunyagira Amagaju

Ubwanditsi 20 Apr 2016
Arabia Saoudite Yahambirije Ambasaderi Wa Canada Inahamagaza Uwayo
Mu Mahanga

Arabia Saoudite Yahambirije Ambasaderi Wa Canada Inahamagaza Uwayo

Ubwanditsi 06 Aug 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru