• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Perezida Kagame yakurikiye umukino wa UEFA Super Cup wahuje amakipe ya PSG na Aston Villa yamamaza u Rwanda   |   12 Aug 2026

  • Myugariro Imanishimwe Emmanuel watandukanye na AEL Limassol yo muri Chypre yerekeje mu ikipe ya Chennaiyin FC yo mu Buhinde   |   11 Aug 2026

  • Rayon Sports yaguze myugariro w’Umunya-Côte d’Ivoire, Mohamed Ouattara wakiniye Wydad Casablanca, Simba SC na Al Hilal   |   10 Aug 2026

  • Kuki Jean Bosco Gasasira yapfuye umuryango we ukabimenya nyuma y’icyumweru?     |   09 Aug 2026

  • Inganda z’inzoga zitujuje ubuziranenge nk’Ibyuma zarimo ibibazo byinshi bigira ingaruka ku buzima bw’abaturage   |   09 Aug 2026

  • AMAFOTO: Amateka aranditswe, bisabye imyaka 28 ngo Rayon Sports itware CECAFA Kagame Cup ya kabiri mu mateka yayo   |   07 Aug 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Champions league: PSG irahabwa amahirwe yo gutsinda Chealsea

Champions league: PSG irahabwa amahirwe yo gutsinda Chealsea

Ubwanditsi 16 Feb 2016 IMIKINO

Uyu munsi tariki 16 Gashyantare 2016,ni bwo abakunzi ba ruhago bagiye kongera kuryoherwa na UEFA Chapions league by’umwihariko abaturage b’igihugu cy’u Bufaransa ku kibuga cya Parc De Prince PSG(Paris Saint Germain FC) irahakirira Chelsea yo mu Bwongereza, mu umukino ubanza wa kimwe cy’umunani 1/8 , aya makipe akaba yari amaze iminsi ahurira muri iri rushanwa, kuri iyi nshuro agiye guhura yombi afite abakinnyi bari mu mvune.

-2140.jpg

Ikipe ya PSG iraba iri ku kibuga cyayo ikindi kandi PSG ni ikipe yari imaze gukina imikino 16 itaratsindwa muri shampiyona ariko muri iyi weekend dusoje yahagaritswe na Lille ubwo banganyaga 0-0.

Ibi ariko ntacyo bivuze kuko ikiri iya mbere n’amanota 70 irusha iya kabiri 25.hari abavuze ko PSG yaba yanze kwivuna muri shampiyona kandi basa n’abayitwaye.Ngo ikiri mu mitwe yabo ni Chelsea.

Babinyujije ku mutoza wabo Laurent Blanc PSG batangaje ko Marco Velrrati na Javier Postore batameze neza.

Ngo n’ubwo Verrati yakinnye igice cya kabiri muri iyi weekend na Pastore akaba yari yagarutse mu gikombe cy’igihugu, ngo nta mahirwe yo gutangira mu mukino na Chelsea ati : “tuzakoresha Adrien Rabiot , Blaise Matuidi na Thiago Motta mubo hagati” Laurent Blanc.

Chelsea n’umutoza wabo mushya n’ubwo batari imbere muri shampiyona, bamaze kugaruka mu bihe byiza dore ko umukino baheruka batsinze Newcastle 5-1.Gusa inkuru itari nziza muri iyi kipe havugwa indi mvune muri ba myugariro.Nyuma ya Kurt Zouma uri hanze amezi 6, ubu na captain John Terry afita akabazo kimvune kuko ku mukino na Newcastle yasohotse mu kibuga ku munota wa 38.

-2141.jpg

Branslav Ivanovic yasihe ahengekwa hagati na Cahill maze rahman Baba ajya kuruhande rw’ibumoso naho Cezar Aziilicueta anyura iburyo. Haribazwa niba ubu bwugarizi ari na bwo buzakoreshwa kwa PSG cyangwa niba Terry azaba yagarutse.

Twabibutsa ko iyi ari inshuro ya gatatu yikurikiranya ayo makipe ahuriye mu mikino yo gukuranamo muri iri rushanwa.Chelsea yari yabanje gukuramo Psg ariko umwaka ushize PSG nayo yakuyemo Chelsea harimo igitego cya David Luiz ukinira PSG kuko yahageze agurishijwe na Chelsea. Kuri ubu rero tukaba twese dutegereje uko umukino uri bube ugenda hagati y’aya makipe Chelsea na PSG kuri uyu wa kabiri tariki ya 16 Gashyantare 2016.

indi mikino iba kuri uyu wa kabiri

Zent VS Benfica

kuwa gatatu

Gent VS Wolfsbug

Roma VS Real Madrid

M.Fils

2016-02-16
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Salomon Nirisarike wifuzwaga n’amakipe yo mu bihugu by’Abarabu yongereye amasezerano muri Urartu FC yo muri Armenia.

Salomon Nirisarike wifuzwaga n’amakipe yo mu bihugu by’Abarabu yongereye amasezerano muri Urartu FC yo muri Armenia.

Ubwanditsi 15 Jun 2021
Umunya-Colombia Restrepo Jhonatan ni we wegukanye Agace ka Gatatu ka Tour du Rwanda 2020

Umunya-Colombia Restrepo Jhonatan ni we wegukanye Agace ka Gatatu ka Tour du Rwanda 2020

Ubwanditsi 25 Feb 2020
Amakipe 14 yo mu bihugu 4 birimo U Rwanda, Uganda, Kenya na Benin agiye guhatanira irushanwa ryo Kwibuka muri Volleybal

Amakipe 14 yo mu bihugu 4 birimo U Rwanda, Uganda, Kenya na Benin agiye guhatanira irushanwa ryo Kwibuka muri Volleybal

RUSHYASHYA 18 Jun 2026
Tour du Rwanda: Umudage Hellmann yegukanye agace ka Huye-Musanze, Mugisha aracyayoboye

Tour du Rwanda: Umudage Hellmann yegukanye agace ka Huye-Musanze, Mugisha aracyayoboye

Ubwanditsi 07 Aug 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Robot yitwa Sophia yavuze Ikinyarwanda i Kigali aho yitabiriye ‘Transform Africa’Abantu baratangara
HIRYA NO HINO

Robot yitwa Sophia yavuze Ikinyarwanda i Kigali aho yitabiriye ‘Transform Africa’Abantu baratangara

Ubwanditsi 15 May 2019
Nyuma yo guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda, Winston Duke wamamaye muri Black Panther yahuye n’ubuyobozi bwa RDB
Amakuru

Nyuma yo guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda, Winston Duke wamamaye muri Black Panther yahuye n’ubuyobozi bwa RDB

Ubwanditsi 05 Sep 2023
Tanzania yihanganishije u Rwanda nyuma y’aho Abanyarwanda 3 bahiriye mu modoka
Mu Rwanda

Tanzania yihanganishije u Rwanda nyuma y’aho Abanyarwanda 3 bahiriye mu modoka

Ubwanditsi 02 Jul 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru