• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • FDLR bari muri Congo, barica abantu, bateza umutekano muke, Gusenya uwo mutwe bireba Congo n’ u Rwanda natwe bikatureba   |   29 Jan 2026

  • ICYO WAMENYA KUBIYAMAMARIZA KUYOBORA FDU-INKINGI: UMUTWE W’INTERAHAMWE ZIHEBEYE KUBUNZA INGENGABITEKEREZO YA JENOSIDE   |   29 Jan 2026

  • Interahamwe mu burayi zishyize hamwe ngo zishyigikire Victoire Ingabire   |   15 Jan 2026

  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

 
You are at :Home»SHOWBIZ»Diamond Platnumz yatangiye gucuruza ubunyobwa mu Rwanda

Diamond Platnumz yatangiye gucuruza ubunyobwa mu Rwanda

Editorial 29 Nov 2017 SHOWBIZ

Umuhanzi wubatse izina Diamond Platnumz wo mu gihugu cya Tanzaniya yatangije umushinga wo gucuruza ubunyobwa mu Rwanda.Kuri uyu wa mbere ubu bunyobwa bukaba bwageze mu magaruriro akomeye azwi nka ‘Super Market’.

Diamond w’abana babiri yanditse ku rukuta rwa instagram avuga ko yamaze kunoza neza umushinga wo gucuruza ubunyobwa mu Rwanda bwamwitiriwe buhabwa izina rya ‘Diamond Peanuts’. Yagize ati “Muraho! Ndabasubuje banyarwanda.Nejejwe no kubamenyesha ko namaze gutangira ubucuruzi bw’ubuyonyabwa mu Rwanda.”

Mu kiganiro na Frolient Marara ukuriye kompanyi Smart Agency Ltd ihagarariye ubucuruzi bw’ubunyobwa bwa Diamond, yatangaje ko we na Diamond baganiriye kuri ubu bucuruzi bwamaze gutangirizwa muri Tanzaniya bakumvikana ko bwakaguka bukagera mu Rwanda aho yavuze ko ubunyobwa bwa mbere bwageze mu Rwanda kuri iki cyumweru.

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 28 Ugushyingo 2017 nibwo ubunyobwa bwageze ku isoko.Yagize ati “Kugeza ubu iza mbere zingiye muri Weekend ariko hari izindi zirimo ziraza.Kugeza ubu dufite iduka I Nyamata mu Karere ka Bugesera.”

Yakomeje avuga ko kugeza ubu arigushaka inzu yagutse muri Kigali nko muri CHIC ndetse n’ahandi kuburyo ushaka kurangura yajya aba ariho abasanga.Ati “Kugeza ubu igiciro cyo kurangura ni ibihumbi 10 ku ikarito.Umuguzi wa nyuma azajya akagura ku isoko ku mafaranga 150.”

Diamond yinjiye mu bucuruzi bw’ubunyobwa

Avuga ko mu biganiro yagiranye na Diamond harimo no kwagura ubucuruzi bw’ubunyobwa bukagera mu gihugu hose.Ku bijyanye n’ubuziranenge avuga ko ari ntamakemwa kuko RSB yamaze kubigenzura bakanabihererwa uburenganzira bwo gukora ubucuruzi mu Rwanda.

Amakarito arenga 25 arimo udupaki turenga ibihumbi 5, niyo yabanje kwinjira.Agapaki kamwe gahagaze amafaranga 150 y’amanyarwanda.Kugeza ubu,uwashaka ubu bunyobwa arabusanga mu magariro yagutse ‘Super Market’ nka Simba ndetse na Sawa City.

Marara yavuze ko ubu bunyobwa bufite ubushobozi bwo kumara amezi icyenda ku isoko.Bufunze mu buryo bwihariye byahawe umugisha n’ikigo TBS gishinzwe ubuziranenge muri Tanzania.

Diamond arakataje mu bucuruzi dore ko nyuma yo gutangiza urubuga rwa interineti rucuririzwaho indirimbo yise wasafi.com yamaze no gushyira hanze amavuta yo mu bwoko bw’umubavu yise ‘Chibu Parfume’.

Icyo gihe Diamond yahise yinjira mu mubare w’ibindi byamamare bikomeye ku isi bikora ubucuruzi bw’amavuta yo kwisiga na Parfum nka Nick Minaj, Beyonce, Diddy, David Beckam n’abandi, gusa akaba ariwe muhanzi wa mbere utangiye gucuruza imibavu muri Afurika y’uburasirazuba.

Chibu Perfume niwo mubavu Diamond Plutnumz yashyize ku isoko mu minsi ishize

 

2017-11-29
Editorial

IZINDI NKURU

Impinduka mu birori byo gufungura FESPAD n’Umuganura, Yemi Alade na Angelique Kidjo ntibakije hazaza Sauti Sol na Zao Zoba

Impinduka mu birori byo gufungura FESPAD n’Umuganura, Yemi Alade na Angelique Kidjo ntibakije hazaza Sauti Sol na Zao Zoba

Editorial 26 Jul 2018
Uko Juliana Kanyomozi afata umuziki wa Charly na Nina bagiye gukorana igitaramo

Uko Juliana Kanyomozi afata umuziki wa Charly na Nina bagiye gukorana igitaramo

Editorial 01 Dec 2017
Urubanza rwa Wamala ukekwaho kwica Mowzey Radio rwasubitswe

Urubanza rwa Wamala ukekwaho kwica Mowzey Radio rwasubitswe

Editorial 27 Feb 2018
Urban Boys irakomeza ari babiri cyangwa barahitamo kuyisenya burundu?

Urban Boys irakomeza ari babiri cyangwa barahitamo kuyisenya burundu?

Editorial 09 Nov 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Mushikiwabo yitabiriye Inama ya AU izashakirwamo amajwi amuganisha muri OIF
POLITIKI

Mushikiwabo yitabiriye Inama ya AU izashakirwamo amajwi amuganisha muri OIF

Editorial 28 Jun 2018
Ibisa birasabirana:Urupfu rw’umugome Tewonesiti Bagosora rwatamaje n’ababeshyaga ko bababajwe na Jenoside yakorewe Abatutsi
Amakuru

Ibisa birasabirana:Urupfu rw’umugome Tewonesiti Bagosora rwatamaje n’ababeshyaga ko bababajwe na Jenoside yakorewe Abatutsi

Editorial 26 Sep 2021
Kagere Meddie na Salomon Nirisalike bari mu bakinnyi bakina hanze y’u Rwanda batangiye imyitozo mu Mavubi, Rwatubyaye na Raphael York bageze mu mwiherero bitegura Uganda
Amakuru

Kagere Meddie na Salomon Nirisalike bari mu bakinnyi bakina hanze y’u Rwanda batangiye imyitozo mu Mavubi, Rwatubyaye na Raphael York bageze mu mwiherero bitegura Uganda

Editorial 05 Oct 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru