• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

  • Ububabare bwa RPA/F bwashibutsemo icyizere n’agaciro; Mufulukye Fred   |   05 Jul 2026

  • Ukwiyubaka kudasanzwe kwa APR FC na Rayon Sports zitegura CECAFA Kagame Cup izabera i Kigali mu mpera za Nyakanga 2026   |   05 Jul 2026

 
You are at :Home»SHOWBIZ»Diamond Platnumz yatangiye gucuruza ubunyobwa mu Rwanda

Diamond Platnumz yatangiye gucuruza ubunyobwa mu Rwanda

Ubwanditsi 29 Nov 2017 SHOWBIZ

Umuhanzi wubatse izina Diamond Platnumz wo mu gihugu cya Tanzaniya yatangije umushinga wo gucuruza ubunyobwa mu Rwanda.Kuri uyu wa mbere ubu bunyobwa bukaba bwageze mu magaruriro akomeye azwi nka ‘Super Market’.

Diamond w’abana babiri yanditse ku rukuta rwa instagram avuga ko yamaze kunoza neza umushinga wo gucuruza ubunyobwa mu Rwanda bwamwitiriwe buhabwa izina rya ‘Diamond Peanuts’. Yagize ati “Muraho! Ndabasubuje banyarwanda.Nejejwe no kubamenyesha ko namaze gutangira ubucuruzi bw’ubuyonyabwa mu Rwanda.”

Mu kiganiro na Frolient Marara ukuriye kompanyi Smart Agency Ltd ihagarariye ubucuruzi bw’ubunyobwa bwa Diamond, yatangaje ko we na Diamond baganiriye kuri ubu bucuruzi bwamaze gutangirizwa muri Tanzaniya bakumvikana ko bwakaguka bukagera mu Rwanda aho yavuze ko ubunyobwa bwa mbere bwageze mu Rwanda kuri iki cyumweru.

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 28 Ugushyingo 2017 nibwo ubunyobwa bwageze ku isoko.Yagize ati “Kugeza ubu iza mbere zingiye muri Weekend ariko hari izindi zirimo ziraza.Kugeza ubu dufite iduka I Nyamata mu Karere ka Bugesera.”

Yakomeje avuga ko kugeza ubu arigushaka inzu yagutse muri Kigali nko muri CHIC ndetse n’ahandi kuburyo ushaka kurangura yajya aba ariho abasanga.Ati “Kugeza ubu igiciro cyo kurangura ni ibihumbi 10 ku ikarito.Umuguzi wa nyuma azajya akagura ku isoko ku mafaranga 150.”

Diamond yinjiye mu bucuruzi bw’ubunyobwa

Avuga ko mu biganiro yagiranye na Diamond harimo no kwagura ubucuruzi bw’ubunyobwa bukagera mu gihugu hose.Ku bijyanye n’ubuziranenge avuga ko ari ntamakemwa kuko RSB yamaze kubigenzura bakanabihererwa uburenganzira bwo gukora ubucuruzi mu Rwanda.

Amakarito arenga 25 arimo udupaki turenga ibihumbi 5, niyo yabanje kwinjira.Agapaki kamwe gahagaze amafaranga 150 y’amanyarwanda.Kugeza ubu,uwashaka ubu bunyobwa arabusanga mu magariro yagutse ‘Super Market’ nka Simba ndetse na Sawa City.

Marara yavuze ko ubu bunyobwa bufite ubushobozi bwo kumara amezi icyenda ku isoko.Bufunze mu buryo bwihariye byahawe umugisha n’ikigo TBS gishinzwe ubuziranenge muri Tanzania.

Diamond arakataje mu bucuruzi dore ko nyuma yo gutangiza urubuga rwa interineti rucuririzwaho indirimbo yise wasafi.com yamaze no gushyira hanze amavuta yo mu bwoko bw’umubavu yise ‘Chibu Parfume’.

Icyo gihe Diamond yahise yinjira mu mubare w’ibindi byamamare bikomeye ku isi bikora ubucuruzi bw’amavuta yo kwisiga na Parfum nka Nick Minaj, Beyonce, Diddy, David Beckam n’abandi, gusa akaba ariwe muhanzi wa mbere utangiye gucuruza imibavu muri Afurika y’uburasirazuba.

Chibu Perfume niwo mubavu Diamond Plutnumz yashyize ku isoko mu minsi ishize

 

2017-11-29
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Italiki ndetse n’ Isaha Nyakwigendera Mozes Radio Azashyingurirwaho yamaze kumenyekana

Italiki ndetse n’ Isaha Nyakwigendera Mozes Radio Azashyingurirwaho yamaze kumenyekana

Ubwanditsi 02 Feb 2018
Anita Pendo  arahakana  ko yabyaye Umwana akamusiga mu cyaro

Anita Pendo arahakana ko yabyaye Umwana akamusiga mu cyaro

Ubwanditsi 27 Apr 2017
“Bwiza bwirabura” indirimbo nshya ya Nick Dimpoz wo muri City Maid

“Bwiza bwirabura” indirimbo nshya ya Nick Dimpoz wo muri City Maid

Ubwanditsi 14 May 2018
Rwogera ni izina rishya mu muziki nyarwanda, yifashishije indirimbo ashimira ababyeyi be kubwo kwitanga kwabo ku buzima bwe.

Rwogera ni izina rishya mu muziki nyarwanda, yifashishije indirimbo ashimira ababyeyi be kubwo kwitanga kwabo ku buzima bwe.

Ubwanditsi 09 Jun 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Umuhanzi J Cole yemejwe nk’umwe mu bakinnyi bazakinira ikipe ya Patriots BBC mu mikino ya BAL igiye kubera mu Rwanda.
Amakuru

Umuhanzi J Cole yemejwe nk’umwe mu bakinnyi bazakinira ikipe ya Patriots BBC mu mikino ya BAL igiye kubera mu Rwanda.

Ubwanditsi 11 May 2021
Iradukunda Elsa ni we wambitswe ikamba rya Miss Rwanda 2017
Amakuru

Iradukunda Elsa ni we wambitswe ikamba rya Miss Rwanda 2017

Ubwanditsi 26 Feb 2017
Impamvu bamwe mu bakekwaho kwica Perezida Ndadaye bafashwe nyuma y’imyaka 25
INKURU NYAMUKURU

Impamvu bamwe mu bakekwaho kwica Perezida Ndadaye bafashwe nyuma y’imyaka 25

Ubwanditsi 27 Nov 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru