• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Rwanda Premier League yemeje ko hazatangwa ibikombe bibiri bya shampiyona, bitandukanye n’ibyo FERWAFA yari yatangaje   |   12 May 2026

  • Itangazamakuru si inzira yo gushakiramo amaronko binyuze mu gukora ibyaha, ubutabera bugomba gukora akazi kabwo   |   11 May 2026

  • U Rwanda rwegukanye ibikombe bibiri bya Men’s IHF Trophy Africa/Zone 5 mu batarengeje imyaka 18 na 20   |   09 May 2026

  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Dore Urutonde rw’ Abagore Muri Afurika Bafite Amafaranga Menshi Kurusha Abandi

Dore Urutonde rw’ Abagore Muri Afurika Bafite Amafaranga Menshi Kurusha Abandi

Ubwanditsi 15 Jan 2018 HIRYA NO HINO

Gusa umunyangolakazi Isabel Dos Santos n’umunyanigeriakazi Folorunsho Alakija nibo baza k’uruhembe rw’abagore  bafite amafaranga menshi cyane muri Afurika,gusa hari abagiye bayakura mu mishinga yabo abandi bakayakura k’umurage w’ababyeyi babo.

1. Isabel dos Santos

Image result for isabel dos santos

Isabel dos Santos niwe mugore ufite amafaranga menshi,akaba ari umukobwa wa Perezida wa Angola wayoboye iki gihugu guhera mu mwaka 1979.Isabel dos Santos yabaye umuherwe bitewe n’ibikorwa bitandukanye by’ubucuruzi akora.Muri uyu mwanya Isabel dos Santos niwe mugore ukize cyane muri Afurika akaba afite akayabo ka billion 3.2 z’amadorale.

2. Folorunsho Alakija

Folorunsho Alakija,uyu nawe ni umuherwekazi uturuka mu gihugu cya Nigeria,ubu bukire bw’uyu mugore akaba abukura mu kumurika imideli ndetse no gucuruza amavuta.Folorunsho yatangiye ubucuruzi mu mwaka 1970 ubwo yajyaga kwiga ibijyanjye no kumurika imideli mu gihugu cy’ubwongereza mu mujyi wa London,ubwo yasozaga amashuli ye yagarutse mu guhugu cye cy’amavuko cya Nigeria atangira kumurika imideli ndetse no gucuruza amavuta, uyu mugore afite nawe akayabo ka billion 1.63 z’amadorale.

3. Hajia Bola Shagaya

Related image

Hajia Bola Shagaya nawe akomoka mu gihugu cya Nigeria,uyu niwe rwiyemezamirimo wa mbere w’umugore wabayeho muri Afurika,kugira imishinga byinshi y’ubucuruzi byamugize umuherwe uza ku mwanya wa gatatu dore ko afite na companyi y’itumanaho ,akaba afite n’indi mishinga muri Amerika ndetse n’iburayi muri rusange.Hajia Bola Shagaya nawe afite akayabo ka miliyoni 630 z’amadorale.

4. Mama Ngina Kenyatta

Related image

Mama Ngina Kenyatta n’umugore wa Perezida w’ambere wa Kenya Jomo kenyatta ndetse akaba n’umugore wa mbere w’igihugu cya kenya bitewe niyo mpamvu uyu mugore aza mu bafite agatubutse dore ko afite imishinga myinshi cyane nko mu ma hoteli,uburezi,ibigo by’imari, ubuhinzi ndetse n’indi mishinga itandukanye ashoramo amafaranga,uyu mugore nawe afite akayabo ka miliyoni 515 z’amadorale.

5. Wendy Appelbaum

Wendy Appelbaum ni we mukobwa wenyine w’ikinege wa Donald Gordon, akaba ari umugabo nawe w’umukire wo mu gihugu cya Afurika y’epfo,uyu mugore akaba yarabanje kuba umufatanya bikorwa mu mishinga ya se umubyara,bikaba byararangiye ashinzwe icunga mutungo ry’imishinga ya papa we,uyu mugore kandi akora ubucuruzi bw’inzoga za liqueur,akaba afite akayabo ka miliyoni 310 z’amadorale.

6. Bridgette Radebe 

Related image

Bridgette Radebe nawe ni umuherwekazi wo mu gihugu cy’Afurika y’epfo,akaba afite companyi icukura kandi igacuruza amabuye y’agaciro yitwa “Mmakau Mining”,akaba akuriye n’undi mushinga witwa South African Mining Development Association,akaba nawe afite akayabo ka miliyoni 145 z’amadorale.

2018-01-15
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Perezida Nkurunziza yahinduriye imirimo Col. Baratuza Gaspard wari umuvugizi w’ingabo

Perezida Nkurunziza yahinduriye imirimo Col. Baratuza Gaspard wari umuvugizi w’ingabo

Ubwanditsi 24 Mar 2018
Urwego rushinzwe imfungwa n’abagororwa(RCS) rwashyizeho umuvugizi mushya

Urwego rushinzwe imfungwa n’abagororwa(RCS) rwashyizeho umuvugizi mushya

Ubwanditsi 22 Jul 2020
Higiro Joally yabaye umukobwa wa mbere usezerewe muri Miss Rwanda

Higiro Joally yabaye umukobwa wa mbere usezerewe muri Miss Rwanda

Ubwanditsi 21 Jan 2019
Byari amarira n’agahinda mu gusezeraho bwa nyuma Alexia Mupende wishwe atewe icyuma mu ijosi-AMAFOTO

Byari amarira n’agahinda mu gusezeraho bwa nyuma Alexia Mupende wishwe atewe icyuma mu ijosi-AMAFOTO

Ubwanditsi 13 Jan 2019

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Amikoro make yatumye komite nyobozi ya As Muhanga yegura
Amakuru

Amikoro make yatumye komite nyobozi ya As Muhanga yegura

Ubwanditsi 11 Aug 2021
Umunyamakuru Shyaka Kanuma wafashwe atorotse  yasabiwe kuburana afunzwe
Mu Mahanga

Umunyamakuru Shyaka Kanuma wafashwe atorotse yasabiwe kuburana afunzwe

Ubwanditsi 11 Jan 2017
Minisitiri Biruta yatanze icyizere ko inama y’abakuru b’ibihugu bya EAC itazongera gusubikwa
POLITIKI

Minisitiri Biruta yatanze icyizere ko inama y’abakuru b’ibihugu bya EAC itazongera gusubikwa

Ubwanditsi 10 Jan 2020

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru