• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana   |   01 Aug 2026

  • APR FC, Rayon Sports, Police FC na Kiyovu SC zizakina FERWAFA Super Cup 2026 yari isanzwe ikinwa n’amakipe abiri   |   01 Aug 2026

  • Rutahizamu Byiringiro Lague agiye kwerekeza muri Afurika y’Epfo aho yitegura gutangira akazi mu ikipe ya Durban City FC   |   31 Jul 2026

  • Senateri Mukabalisa Donatille yitabye Imana azize Uburwayi   |   30 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’u Rwanda batrengeje imyaka 18 begukanye igikombe cya Zone V   |   29 Jul 2026

  • Bwa mbere mu mateka u Rwanda rwabonye umudali mu Mikino ya Commonwealth   |   29 Jul 2026

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Dore Urutonde rw’ Abagore Muri Afurika Bafite Amafaranga Menshi Kurusha Abandi

Dore Urutonde rw’ Abagore Muri Afurika Bafite Amafaranga Menshi Kurusha Abandi

Ubwanditsi 15 Jan 2018 HIRYA NO HINO

Gusa umunyangolakazi Isabel Dos Santos n’umunyanigeriakazi Folorunsho Alakija nibo baza k’uruhembe rw’abagore  bafite amafaranga menshi cyane muri Afurika,gusa hari abagiye bayakura mu mishinga yabo abandi bakayakura k’umurage w’ababyeyi babo.

1. Isabel dos Santos

Image result for isabel dos santos

Isabel dos Santos niwe mugore ufite amafaranga menshi,akaba ari umukobwa wa Perezida wa Angola wayoboye iki gihugu guhera mu mwaka 1979.Isabel dos Santos yabaye umuherwe bitewe n’ibikorwa bitandukanye by’ubucuruzi akora.Muri uyu mwanya Isabel dos Santos niwe mugore ukize cyane muri Afurika akaba afite akayabo ka billion 3.2 z’amadorale.

2. Folorunsho Alakija

Folorunsho Alakija,uyu nawe ni umuherwekazi uturuka mu gihugu cya Nigeria,ubu bukire bw’uyu mugore akaba abukura mu kumurika imideli ndetse no gucuruza amavuta.Folorunsho yatangiye ubucuruzi mu mwaka 1970 ubwo yajyaga kwiga ibijyanjye no kumurika imideli mu gihugu cy’ubwongereza mu mujyi wa London,ubwo yasozaga amashuli ye yagarutse mu guhugu cye cy’amavuko cya Nigeria atangira kumurika imideli ndetse no gucuruza amavuta, uyu mugore afite nawe akayabo ka billion 1.63 z’amadorale.

3. Hajia Bola Shagaya

Related image

Hajia Bola Shagaya nawe akomoka mu gihugu cya Nigeria,uyu niwe rwiyemezamirimo wa mbere w’umugore wabayeho muri Afurika,kugira imishinga byinshi y’ubucuruzi byamugize umuherwe uza ku mwanya wa gatatu dore ko afite na companyi y’itumanaho ,akaba afite n’indi mishinga muri Amerika ndetse n’iburayi muri rusange.Hajia Bola Shagaya nawe afite akayabo ka miliyoni 630 z’amadorale.

4. Mama Ngina Kenyatta

Related image

Mama Ngina Kenyatta n’umugore wa Perezida w’ambere wa Kenya Jomo kenyatta ndetse akaba n’umugore wa mbere w’igihugu cya kenya bitewe niyo mpamvu uyu mugore aza mu bafite agatubutse dore ko afite imishinga myinshi cyane nko mu ma hoteli,uburezi,ibigo by’imari, ubuhinzi ndetse n’indi mishinga itandukanye ashoramo amafaranga,uyu mugore nawe afite akayabo ka miliyoni 515 z’amadorale.

5. Wendy Appelbaum

Wendy Appelbaum ni we mukobwa wenyine w’ikinege wa Donald Gordon, akaba ari umugabo nawe w’umukire wo mu gihugu cya Afurika y’epfo,uyu mugore akaba yarabanje kuba umufatanya bikorwa mu mishinga ya se umubyara,bikaba byararangiye ashinzwe icunga mutungo ry’imishinga ya papa we,uyu mugore kandi akora ubucuruzi bw’inzoga za liqueur,akaba afite akayabo ka miliyoni 310 z’amadorale.

6. Bridgette Radebe 

Related image

Bridgette Radebe nawe ni umuherwekazi wo mu gihugu cy’Afurika y’epfo,akaba afite companyi icukura kandi igacuruza amabuye y’agaciro yitwa “Mmakau Mining”,akaba akuriye n’undi mushinga witwa South African Mining Development Association,akaba nawe afite akayabo ka miliyoni 145 z’amadorale.

2018-01-15
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Abayisilamu bo mu Rwanda ntibazagwe mu mutego w’intagondwa zitwaza idini, zigategura ibikorwa by’iterabwoba

Abayisilamu bo mu Rwanda ntibazagwe mu mutego w’intagondwa zitwaza idini, zigategura ibikorwa by’iterabwoba

Ubwanditsi 02 Oct 2021
Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza yatangaje Ingamba zirimo Guma mu rugo kubera ko icyorezo cya Covid-19 kimaze gufata indi ntera

Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza yatangaje Ingamba zirimo Guma mu rugo kubera ko icyorezo cya Covid-19 kimaze gufata indi ntera

Ubwanditsi 05 Jan 2021
RD- Congo:  Perezida Tshisekedi  yashyizeho Minisitiri w’intebe mushya Sylvestre Ilunga Ilunkamba

RD- Congo: Perezida Tshisekedi yashyizeho Minisitiri w’intebe mushya Sylvestre Ilunga Ilunkamba

Ubwanditsi 20 May 2019
Amakosa yitwa mato ashobora gukorwa hagati y’abashakanye akagira ingaruka zikomeye

Amakosa yitwa mato ashobora gukorwa hagati y’abashakanye akagira ingaruka zikomeye

Ubwanditsi 15 Mar 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

RD- Congo:  Perezida Tshisekedi  yashyizeho Minisitiri w’intebe mushya Sylvestre Ilunga Ilunkamba
HIRYA NO HINO

RD- Congo: Perezida Tshisekedi yashyizeho Minisitiri w’intebe mushya Sylvestre Ilunga Ilunkamba

Ubwanditsi 20 May 2019
Uganda : Impunzi nk’igicumbi cyo gukuramo abajya mu mitwe y’iterabwoba
INKURU NYAMUKURU

Uganda : Impunzi nk’igicumbi cyo gukuramo abajya mu mitwe y’iterabwoba

Ubwanditsi 28 Jun 2019
Dorothy  umugore wa Rudasingwa yatabajwe igitaraganya ko umugabo we ashobora kwitaba Imana
ITOHOZA

Dorothy umugore wa Rudasingwa yatabajwe igitaraganya ko umugabo we ashobora kwitaba Imana

Ubwanditsi 13 Jun 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru