• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Baker Byatsi yafungiwe ubujura imyaka ine afungurwa kuko yisiramuje nabi muri gereza bikamugwa nabi-Mushiki wa Byatsi byose yabivuze   |   28 May 2026

  • AMAFOTO – Mu mukino wakurikiwe na Perezida Kagame, RSSB Tigers BBC yageze ku mukino wa nyuma wa BAL 2026 itsinze AL Ahyly yo mu Misiri   |   28 May 2026

  • Stephen Constantine yatangaje urutonde rw’abakinnyi 24 bazifashishwa mu mikino ibiri ya gicuti mpuzamahanga izahuza u Rwanda na Comoros ndetse na Tanzania   |   27 May 2026

  • Agapfa kaburiwe ni impongo; Abagura Indaya bahawe imbuzi   |   27 May 2026

  • Ambassadeur Thérence Ntahiraja yemeje ko u Rwanda rugomba guterwa   |   27 May 2026

  • Rayon Sports yatsinze Bugesera FC yiyongerera amahirwe yo kuzahagararira u Rwanda mu mikino Nyafurika   |   26 May 2026

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Dore Urutonde rw’ Abagore Muri Afurika Bafite Amafaranga Menshi Kurusha Abandi

Dore Urutonde rw’ Abagore Muri Afurika Bafite Amafaranga Menshi Kurusha Abandi

Ubwanditsi 15 Jan 2018 HIRYA NO HINO

Gusa umunyangolakazi Isabel Dos Santos n’umunyanigeriakazi Folorunsho Alakija nibo baza k’uruhembe rw’abagore  bafite amafaranga menshi cyane muri Afurika,gusa hari abagiye bayakura mu mishinga yabo abandi bakayakura k’umurage w’ababyeyi babo.

1. Isabel dos Santos

Image result for isabel dos santos

Isabel dos Santos niwe mugore ufite amafaranga menshi,akaba ari umukobwa wa Perezida wa Angola wayoboye iki gihugu guhera mu mwaka 1979.Isabel dos Santos yabaye umuherwe bitewe n’ibikorwa bitandukanye by’ubucuruzi akora.Muri uyu mwanya Isabel dos Santos niwe mugore ukize cyane muri Afurika akaba afite akayabo ka billion 3.2 z’amadorale.

2. Folorunsho Alakija

Folorunsho Alakija,uyu nawe ni umuherwekazi uturuka mu gihugu cya Nigeria,ubu bukire bw’uyu mugore akaba abukura mu kumurika imideli ndetse no gucuruza amavuta.Folorunsho yatangiye ubucuruzi mu mwaka 1970 ubwo yajyaga kwiga ibijyanjye no kumurika imideli mu gihugu cy’ubwongereza mu mujyi wa London,ubwo yasozaga amashuli ye yagarutse mu guhugu cye cy’amavuko cya Nigeria atangira kumurika imideli ndetse no gucuruza amavuta, uyu mugore afite nawe akayabo ka billion 1.63 z’amadorale.

3. Hajia Bola Shagaya

Related image

Hajia Bola Shagaya nawe akomoka mu gihugu cya Nigeria,uyu niwe rwiyemezamirimo wa mbere w’umugore wabayeho muri Afurika,kugira imishinga byinshi y’ubucuruzi byamugize umuherwe uza ku mwanya wa gatatu dore ko afite na companyi y’itumanaho ,akaba afite n’indi mishinga muri Amerika ndetse n’iburayi muri rusange.Hajia Bola Shagaya nawe afite akayabo ka miliyoni 630 z’amadorale.

4. Mama Ngina Kenyatta

Related image

Mama Ngina Kenyatta n’umugore wa Perezida w’ambere wa Kenya Jomo kenyatta ndetse akaba n’umugore wa mbere w’igihugu cya kenya bitewe niyo mpamvu uyu mugore aza mu bafite agatubutse dore ko afite imishinga myinshi cyane nko mu ma hoteli,uburezi,ibigo by’imari, ubuhinzi ndetse n’indi mishinga itandukanye ashoramo amafaranga,uyu mugore nawe afite akayabo ka miliyoni 515 z’amadorale.

5. Wendy Appelbaum

Wendy Appelbaum ni we mukobwa wenyine w’ikinege wa Donald Gordon, akaba ari umugabo nawe w’umukire wo mu gihugu cya Afurika y’epfo,uyu mugore akaba yarabanje kuba umufatanya bikorwa mu mishinga ya se umubyara,bikaba byararangiye ashinzwe icunga mutungo ry’imishinga ya papa we,uyu mugore kandi akora ubucuruzi bw’inzoga za liqueur,akaba afite akayabo ka miliyoni 310 z’amadorale.

6. Bridgette Radebe 

Related image

Bridgette Radebe nawe ni umuherwekazi wo mu gihugu cy’Afurika y’epfo,akaba afite companyi icukura kandi igacuruza amabuye y’agaciro yitwa “Mmakau Mining”,akaba akuriye n’undi mushinga witwa South African Mining Development Association,akaba nawe afite akayabo ka miliyoni 145 z’amadorale.

2018-01-15
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Nyuma yo gufatanwa igihanga, Uganda yavuye ku izima yohereza abarwanyi ba RUD Urunana bagabye igitero mu Kinigi bari bahungiyeyo bakakirwa Na Yombi

Nyuma yo gufatanwa igihanga, Uganda yavuye ku izima yohereza abarwanyi ba RUD Urunana bagabye igitero mu Kinigi bari bahungiyeyo bakakirwa Na Yombi

Ubwanditsi 18 Feb 2020
Uganda: Abanyaburayi babiri basanzwe bapfiriye mu mahoteli 2 akomeye muri Kampala

Uganda: Abanyaburayi babiri basanzwe bapfiriye mu mahoteli 2 akomeye muri Kampala

Ubwanditsi 11 Feb 2018
Muhumure nta Ebola iri mu Rwanda: Ministiri Diane Gashumba

Muhumure nta Ebola iri mu Rwanda: Ministiri Diane Gashumba

Ubwanditsi 19 Jul 2019
Abandi bantu barindwi bakize Coronavirus, umubare w’abanduye mu Rwanda ugera ku 126

Abandi bantu barindwi bakize Coronavirus, umubare w’abanduye mu Rwanda ugera ku 126

Ubwanditsi 13 Apr 2020

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Ikipe ya APR FC yitegura gukina na Etoile Sportive du Sahel yo muri Tunisia mu ijonjora rya kabiri rya CAF Champions League irakomereza imyitozo i Nyamirambo
Amakuru

Ikipe ya APR FC yitegura gukina na Etoile Sportive du Sahel yo muri Tunisia mu ijonjora rya kabiri rya CAF Champions League irakomereza imyitozo i Nyamirambo

Ubwanditsi 12 Oct 2021
Perezida Nkurunziza yemerewe kuyobora u Burundi kugeza mu 2034, Agathon Rwasa arateganya kwitabaza inkiko
INKURU NYAMUKURU

Perezida Nkurunziza yemerewe kuyobora u Burundi kugeza mu 2034, Agathon Rwasa arateganya kwitabaza inkiko

Ubwanditsi 22 May 2018
Sean Penn wahoze ari umugabo wa Madonna yitabiriye ibirori byo Kwita Izina
UBUKERARUGENDO

Sean Penn wahoze ari umugabo wa Madonna yitabiriye ibirori byo Kwita Izina

Ubwanditsi 01 Sep 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru