• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Kuki Jean Bosco Gasasira yapfuye umuryango we ukabimenya nyuma y’icyumweru?     |   09 Aug 2026

  • Inganda z’inzoga zitujuje ubuziranenge nk’Ibyuma zarimo ibibazo byinshi bigira ingaruka ku buzima bw’abaturage   |   09 Aug 2026

  • AMAFOTO: Amateka aranditswe, bisabye imyaka 28 ngo Rayon Sports itware CECAFA Kagame Cup ya kabiri mu mateka yayo   |   07 Aug 2026

  • Jambo ASBL yongeye kwerekana ko ari umuvugizi wa FDLR, ntiyifuza ko uyu mutwe wamburwa intwaro ku ngufu   |   07 Aug 2026

  • FERWAFA yahagaritse Imurora Japhet imyaka itanu mu bikorwa byose bya ruhago   |   07 Aug 2026

  • Mukura VS yakiriye umutoza mushya ukomoka muri Serbia   |   06 Aug 2026

 
You are at :Home»POLITIKI»Hatabayeho FPR na Paul Kagame ntaho u Rwanda rwagana

Hatabayeho FPR na Paul Kagame ntaho u Rwanda rwagana

Ubwanditsi 16 Sep 2016 POLITIKI

Mu ikiganiro yahaye Ikinyamakuru Rushyashya umunyarwandakazi ukorera ubucuruzi mu gihugu cya Uganda Hirwa Clarisse, avuga ko impamvu ikomeye akunda Nyakubahwa Perezida wa Repuburika y’u Rwanda ari uko yagejeje u Rwanda ku Iterambere, namwe mwirebera.

Ati : Mufite umutekano, Mufite Amahoro n’Iterambere ririgaragaza mu Igihugu cyacu cy’u Rwanada.

Yabajijwe ikibazo kigira kiti ese hagati y’u Rwanda na Uganda ubona ari iki cyatandukanya ibyo Ibihugu ushingiye kubyo uvuze by’Iterambere ?

Hirwa asubiza agira ati u Rwanda by’umwihariko hari amahoro arambye ubwo mu Igihugu cya Uganda usanga abantu barwana bagakubitana bagakomeretsanya imvururu z’urudaca za hato na hato abantu barwanira Ubutegetsi nkaho barwanira umupira !

Atanga urugero kuri Cyiza Besigge ubwo ahora akora amarorerwa yitwaje ko ari umunya poritike urwanira ubutegetsi agamije kurwanya Yoweli Kaguta Museven. Ati Besigge n’abandi nkawe ntabwo bashobora kuba mu Rwanda. Akagira ati twifuza u Rwanda ruzira Bessigge.

Uyu Hirwa uvuga ko asanzwe ari umucuruzi mu Igihugu cya Uganda akaba ari naho yavukiye yabonye ko amaze kurangiza Kaminuza ahitamo kwihangira imirimo ubwo agerageza no guhuza abagore n’abakobwa baba mu igihugu cya Uganda b’Abanyarwanda kazi abakangurira kuvana amaboko mu imifuka abigisha gukunda Igihugu cyababyaye cyane ko ngo ababa mu Igihugu cya Uganda badakunda u Rwanda. Yagize ati n’intambara ndende kubwira abantu baba Uganda ibya Kigali !

Urababwira ariko ntabwo bumva gusa nkomeza kurwana iyo intambara kuko yumva ari umusanzu agomba guha Igihugu cye.

-4074.jpg

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame

Ati: Byumwihariko ubu u Rwanda rugeza aheza ubwo ruri hafi kwihitiramo uzaruyobora mu mwaka wa 2017 niyo mpamvu ntagomba guceceka ngomba kubigisha inzira nziza maze twese tukazitorera Rudatezuka ku Imihigo Paul KAGAME kuko imvugo ariyo ingiro.

Yakomeje agira ati : kubura Paul Kagame ni ukwikura amata mu akanwa niyo mpamvu aho nzaba ndi hose mu Igihugu cya Uganda nzajya mvuga ibigwi bye bamumenye kandi birushijeho.

Ati :yahaye abagore ijambo nanjye ngomba kubivuga ntawe ubuzwa uburenganzira bwe mu Igihugu cy’u Rwanda bitewe n’uko ari umugore. Ati: niba namwe abanyamakuru mubibona mwakanshyigikiye tukarata ibigwi by’ubikwiye. Ntawundi ni Paul Kagame atabaye Perezida muri 2017 ntabwo gewe nazagaruka mu Rwanda, wapi.

Umunyamakuru w’Umubavu wakoranye nawe iki kiganiro yahaye Rushyashya nyuma yogutunganywa, yamubajije niba hari abandi basangije ibitekerezo byo kwigisha gukunda u Rwanda asobanura ko n’ubundi we asanzwe akunda u Rwanda kuko ari Igihugu cye ariko akaba afite abantu basaga igihumbi yigisha afatanyije na bageni be bo muri za Kaminuza.

Iyo babigisha babigisha ubwiza bw’u Rwanda, tubakangurira gukunda ubuyobozi bwiza bw’u Rwanda no kuza gushora imari mu Rwanda kugirango himakazwe iterambere muri rusange kuko ryigaragaza. Yabajijwe niba ari abanyarwanda gusa avuga ko n’abanyamahanga babibakangurira kuko nabo bakeneye kumenya byinshi ku igihugu cy’u Rwanda.

Abajijwe ukuntu abanyamahanga babyakira avuga ko abanyamahanga batinda kubyakira bitewe n’uko bazi ngo mu Rwanda habaye Jenoside ariko tugerageza kubigisha bakumva.

Gusa akaba asaba u Rwanda kuba rwabongerera uburyo n’ubushobozi bwo gukangurira Abanyarwanda bari hanze cyane cyane abari muri Uganda binyuze muri Ambasade bityo bagafatanyiriza hamwe kurwubaka.

Ubutumwa atanga ni uko abanyarwanda aho bari hose bagomba gufatanyiriza hamwe kubaka Igihugu cyabo kabone nubwo baba batagikunda ariko ni hahandi bazitwa Abanyarwanda. Ntawundi uzatwubakira Igihugu rero usibye twebwe Abanyarwand aho turi hose.

-4073.jpg

Hirwa Clarisse, asoza amasomo ye muri KAMPALA UNIVERSITY mu ishami BUSINESS COMPUTING

Ubwanditsi

2016-09-16
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

“FDLR Yari Yaraduhinduye Ingabo Zibakingira Urupfu, Ariko Ubu Twagarutse Iwacu”: Abanyarwanda Batahutse Bagaragaje Ubunyamaswa Bwa FDLR

“FDLR Yari Yaraduhinduye Ingabo Zibakingira Urupfu, Ariko Ubu Twagarutse Iwacu”: Abanyarwanda Batahutse Bagaragaje Ubunyamaswa Bwa FDLR

Ubwanditsi 28 May 2025
New York : Ijambo  Perezida Kagame yagejeje  ku nama rusange ya 72 y’Umuryango w’Abibumbye

New York : Ijambo Perezida Kagame yagejeje ku nama rusange ya 72 y’Umuryango w’Abibumbye

Ubwanditsi 21 Sep 2017
Côte d’Ivoire: Perezida Ouattara mu nzira zo guhindura Itegeko Nshinga

Côte d’Ivoire: Perezida Ouattara mu nzira zo guhindura Itegeko Nshinga

Ubwanditsi 08 Jan 2020
Trump yashimye uburyo umugore we yitwaye mu kwakira Macron

Trump yashimye uburyo umugore we yitwaye mu kwakira Macron

Ubwanditsi 25 Apr 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

RwandAir yakoze urugendo rwa mbere i Tel Aviv muri Israel
UBUKERARUGENDO

RwandAir yakoze urugendo rwa mbere i Tel Aviv muri Israel

Ubwanditsi 25 Jun 2019
Indimi ebyiri mu Nteko Nshingamategeko y’u Rwanda  k’urupfu rwa nyakwigendera Mucyo J.D
ITOHOZA

Indimi ebyiri mu Nteko Nshingamategeko y’u Rwanda k’urupfu rwa nyakwigendera Mucyo J.D

Ubwanditsi 20 Oct 2016
Kuri uyu wa gatandatu mu mukino wa gishuti, ikipe ya APR FC irakira Kiyovu SC.
Amakuru

Kuri uyu wa gatandatu mu mukino wa gishuti, ikipe ya APR FC irakira Kiyovu SC.

Ubwanditsi 04 Jun 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru