• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Rwanda Premier League yemeje ko hazatangwa ibikombe bibiri bya shampiyona, bitandukanye n’ibyo FERWAFA yari yatangaje   |   12 May 2026

  • Itangazamakuru si inzira yo gushakiramo amaronko binyuze mu gukora ibyaha, ubutabera bugomba gukora akazi kabwo   |   11 May 2026

  • U Rwanda rwegukanye ibikombe bibiri bya Men’s IHF Trophy Africa/Zone 5 mu batarengeje imyaka 18 na 20   |   09 May 2026

  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

 
You are at :Home»POLITIKI»Hatabayeho FPR na Paul Kagame ntaho u Rwanda rwagana

Hatabayeho FPR na Paul Kagame ntaho u Rwanda rwagana

Ubwanditsi 16 Sep 2016 POLITIKI

Mu ikiganiro yahaye Ikinyamakuru Rushyashya umunyarwandakazi ukorera ubucuruzi mu gihugu cya Uganda Hirwa Clarisse, avuga ko impamvu ikomeye akunda Nyakubahwa Perezida wa Repuburika y’u Rwanda ari uko yagejeje u Rwanda ku Iterambere, namwe mwirebera.

Ati : Mufite umutekano, Mufite Amahoro n’Iterambere ririgaragaza mu Igihugu cyacu cy’u Rwanada.

Yabajijwe ikibazo kigira kiti ese hagati y’u Rwanda na Uganda ubona ari iki cyatandukanya ibyo Ibihugu ushingiye kubyo uvuze by’Iterambere ?

Hirwa asubiza agira ati u Rwanda by’umwihariko hari amahoro arambye ubwo mu Igihugu cya Uganda usanga abantu barwana bagakubitana bagakomeretsanya imvururu z’urudaca za hato na hato abantu barwanira Ubutegetsi nkaho barwanira umupira !

Atanga urugero kuri Cyiza Besigge ubwo ahora akora amarorerwa yitwaje ko ari umunya poritike urwanira ubutegetsi agamije kurwanya Yoweli Kaguta Museven. Ati Besigge n’abandi nkawe ntabwo bashobora kuba mu Rwanda. Akagira ati twifuza u Rwanda ruzira Bessigge.

Uyu Hirwa uvuga ko asanzwe ari umucuruzi mu Igihugu cya Uganda akaba ari naho yavukiye yabonye ko amaze kurangiza Kaminuza ahitamo kwihangira imirimo ubwo agerageza no guhuza abagore n’abakobwa baba mu igihugu cya Uganda b’Abanyarwanda kazi abakangurira kuvana amaboko mu imifuka abigisha gukunda Igihugu cyababyaye cyane ko ngo ababa mu Igihugu cya Uganda badakunda u Rwanda. Yagize ati n’intambara ndende kubwira abantu baba Uganda ibya Kigali !

Urababwira ariko ntabwo bumva gusa nkomeza kurwana iyo intambara kuko yumva ari umusanzu agomba guha Igihugu cye.

-4074.jpg

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame

Ati: Byumwihariko ubu u Rwanda rugeza aheza ubwo ruri hafi kwihitiramo uzaruyobora mu mwaka wa 2017 niyo mpamvu ntagomba guceceka ngomba kubigisha inzira nziza maze twese tukazitorera Rudatezuka ku Imihigo Paul KAGAME kuko imvugo ariyo ingiro.

Yakomeje agira ati : kubura Paul Kagame ni ukwikura amata mu akanwa niyo mpamvu aho nzaba ndi hose mu Igihugu cya Uganda nzajya mvuga ibigwi bye bamumenye kandi birushijeho.

Ati :yahaye abagore ijambo nanjye ngomba kubivuga ntawe ubuzwa uburenganzira bwe mu Igihugu cy’u Rwanda bitewe n’uko ari umugore. Ati: niba namwe abanyamakuru mubibona mwakanshyigikiye tukarata ibigwi by’ubikwiye. Ntawundi ni Paul Kagame atabaye Perezida muri 2017 ntabwo gewe nazagaruka mu Rwanda, wapi.

Umunyamakuru w’Umubavu wakoranye nawe iki kiganiro yahaye Rushyashya nyuma yogutunganywa, yamubajije niba hari abandi basangije ibitekerezo byo kwigisha gukunda u Rwanda asobanura ko n’ubundi we asanzwe akunda u Rwanda kuko ari Igihugu cye ariko akaba afite abantu basaga igihumbi yigisha afatanyije na bageni be bo muri za Kaminuza.

Iyo babigisha babigisha ubwiza bw’u Rwanda, tubakangurira gukunda ubuyobozi bwiza bw’u Rwanda no kuza gushora imari mu Rwanda kugirango himakazwe iterambere muri rusange kuko ryigaragaza. Yabajijwe niba ari abanyarwanda gusa avuga ko n’abanyamahanga babibakangurira kuko nabo bakeneye kumenya byinshi ku igihugu cy’u Rwanda.

Abajijwe ukuntu abanyamahanga babyakira avuga ko abanyamahanga batinda kubyakira bitewe n’uko bazi ngo mu Rwanda habaye Jenoside ariko tugerageza kubigisha bakumva.

Gusa akaba asaba u Rwanda kuba rwabongerera uburyo n’ubushobozi bwo gukangurira Abanyarwanda bari hanze cyane cyane abari muri Uganda binyuze muri Ambasade bityo bagafatanyiriza hamwe kurwubaka.

Ubutumwa atanga ni uko abanyarwanda aho bari hose bagomba gufatanyiriza hamwe kubaka Igihugu cyabo kabone nubwo baba batagikunda ariko ni hahandi bazitwa Abanyarwanda. Ntawundi uzatwubakira Igihugu rero usibye twebwe Abanyarwand aho turi hose.

-4073.jpg

Hirwa Clarisse, asoza amasomo ye muri KAMPALA UNIVERSITY mu ishami BUSINESS COMPUTING

Ubwanditsi

2016-09-16
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Kaboneka – U Rwanda ruyobowe na Perezida Kagame ntabwo ari urw’akajagari

Kaboneka – U Rwanda ruyobowe na Perezida Kagame ntabwo ari urw’akajagari

Ubwanditsi 25 Apr 2017
RD- Congo:  Perezida Tshisekedi  yashyizeho Minisitiri w’intebe mushya Sylvestre Ilunga Ilunkamba

RD- Congo: Perezida Tshisekedi yashyizeho Minisitiri w’intebe mushya Sylvestre Ilunga Ilunkamba

Ubwanditsi 20 May 2019
Abanye-Congo bakomeje kwinjira mu Rwanda batinya imvururu zishobora gukurikira amatora

Abanye-Congo bakomeje kwinjira mu Rwanda batinya imvururu zishobora gukurikira amatora

Ubwanditsi 07 Jan 2019
Igisubizo cy’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda yahaye DRC ku Kinya cy’Ibihano Amerika yashyize ku Rwanda kirasobanutse

Igisubizo cy’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda yahaye DRC ku Kinya cy’Ibihano Amerika yashyize ku Rwanda kirasobanutse

RUSHYASHYA 06 Mar 2026

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Name Change Request
KWAMAMAZA

Name Change Request

Ubwanditsi 09 Oct 2023
Komisiyo y’Amatora ya FERWAFA yemeje kandidatire ya Rurangirwa Louis n’iya Nizeyimana Olivier.
Amakuru

Komisiyo y’Amatora ya FERWAFA yemeje kandidatire ya Rurangirwa Louis n’iya Nizeyimana Olivier.

Ubwanditsi 10 Jun 2021
AS Kigali yatsinze Espoir 4-0 mu mukino Shabalala yuzurijemo ibitego 10; Rayon Sports itsindiwe i Rubavu na Etincelles FC
Uncategorized

AS Kigali yatsinze Espoir 4-0 mu mukino Shabalala yuzurijemo ibitego 10; Rayon Sports itsindiwe i Rubavu na Etincelles FC

Ubwanditsi 11 Dec 2022

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru