• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • U Rwanda rwegukanye ibikombe bibiri bya Men’s IHF Trophy Africa/Zone 5 mu batarengeje imyaka 18 na 20   |   09 May 2026

  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Mahanga»Burundi: Hafashwe ibinyabiziga bivugwa ko ari ibya Hussein Radjabu byari kuzifashishwa mu guhungabanya referandumu

Burundi: Hafashwe ibinyabiziga bivugwa ko ari ibya Hussein Radjabu byari kuzifashishwa mu guhungabanya referandumu

Ubwanditsi 11 May 2018 Mu Mahanga

Mu gihugu cy’u Burundi haravugwa ifatwa ry’imodoka 10 zo mu bwoko bwa Mitsubishi ndetse na moto 27 Igipolisi cy’u Burundi kivuga ko zafatiwe ahitwa Rohero, muri Komini Mukaza, muri Bujumbura, aho bivugwa ko ari Hussein Radjabu zari kuzifashishwa mu guhungabanya igikorwa cy’amatora ya referandumu ateganyijwe kuwa 17 Gicurasi 2018.Umuvugizi w’igipolisi, Pierre Nkurikiye, yavuze ko ibi binyabiziga byari bihishe mu rugo rw’uwitwa Bayussuf kuva mu 2010, ngo bikaba byaratumijwe na Hussein Radjabu, wahoze ari perezida w’ishyaka CNDD riri ku butegetsi akaza kutumvikana na perezida Nkurunziza ndetse agafungwa mbere yo gutoroka muri Werurwe 2015.

Hussein Radjabu akaba yaratorotse Gereza ya Mpimba yari afungiyemo, aho yari yakatiwe imyaka 13 y’igifungo mu 2007 nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gushaka guhungabanya umutekano w’igihugu.

Nk’uko umuvugizi w’igipolisi yabitangaje kuri uyu wa Kane, itariki 10 Gicurasi, ngo Hussein radjabu yatumije ibi binyabiziga ubwo yari akiri perezida w’ishyaka riri ku butegetsi, CNDD-FDD, ndetse ngo hakaba hari n’ibindi byari mu nzira byahise bijyanwa muri Sudani.

Uyu muvugizi wa polisi akaba avuga ko izi modoka na moto byari kuzifashishwa mu guhungabanya amatora ya referandumu akaba ari nayo mpamvu bazifashe kuri ubu zikaba ziparitse ahakorera Urwego rw’Igihugu rw’ubutasi (SNR) nk’uko ikinyamakuru Iwacu-Burundi dukesha iyi nkuru kivuga.

Hussein Radjabu, uvugwa muri iki kibazo akaba abarizwa mu buhungiro muri Uganda cyangwa muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo , yahise agira icyo avuga kuri aya makuru abinyujije kuri twitter abaza impamvu habaho guhungabanya referandumu ashimagira ko ari igikorwa cya Perezida Nkurunziza Abarundi batitayeho.

Umuvugizi w’igipolisi yaboneyeho kuburira abanyapolitiki bose, abari mu gihugu n’abari hanze yacyo, avuga ko uzagerageza guhungabanya umutekano azafatwa kandi agahanwa.

Hagati aho, uwari ubitse ibi binyabiziga ntiyatawe muri yombi kuko ngo nta cyaha ashinjwa, ariko igipolisi kikaba cyatangaje ko gikomeza iperereza.

Zimwe muri izo pikipiki ziriko ibimenyetso vy'umugambwe UPD, ngo ariko uwo mugambwe urabihakana ko atari ivya wo
Ipikipiki ziriHo ibimenyetso By’ Ishyaka  UPD, ngo ariko uwo bo bakabihakana 

Ngo Hussen Radjabu yari yabiguze  akiyoboye ,  CNDD-FDD,  aha umuntu akaba yakwibaza uko byaguzwe ubuyobozi bwose bwa CNDD-FDD butabizi ,naho byaciye ngo byinjizwe mu gihugu.

Ngo amakuru inzego z'umutekano zifise ngo ni uko izo modoka zariko zirategurwa kugira zikoreshwe mu guhungabanya umutekano muri kino gihe c'amatora y'ibwirizwa nshingiro

Yaje gutoroka  Prison mu mwaka wa  2015 nyuma y’imyaka umunani afunzwe, akaba ari umuntu ubu yumvikana gake  cyane anenga  ibikorwa by’ubutegetsi, avuga ko bwamurenganije.

Ari mu bantu batangije kandi bakorera cyane CNDD-FDD kuva ikiri mw’ishyamba kugeza  bafashe  ubutegetsi mu 2005 n’inyuma yaho.

 

2018-05-11
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Huye: Abagize urwego rwa DASSO basabwe kuba indakemwa

Huye: Abagize urwego rwa DASSO basabwe kuba indakemwa

Ubwanditsi 25 Feb 2016
Karongi: Abaturage barasabwa kugira uruhare mu gukumira ubujura bwa mazutu y’isosiyeti ikora umuhanda

Karongi: Abaturage barasabwa kugira uruhare mu gukumira ubujura bwa mazutu y’isosiyeti ikora umuhanda

Ubwanditsi 02 Feb 2016
Rwanda : Kiliziya Gatolika yasabye imbabazi ku ruhare rw’abayoboke bayo muri Jenoside

Rwanda : Kiliziya Gatolika yasabye imbabazi ku ruhare rw’abayoboke bayo muri Jenoside

Ubwanditsi 20 Nov 2016
Icyenda bafatanywe ibiyobyabwenge by’ubwoko butandukanye muri Burera na Gakenke

Icyenda bafatanywe ibiyobyabwenge by’ubwoko butandukanye muri Burera na Gakenke

Ubwanditsi 21 Nov 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Abanya-Uganda 54% ntibashaka ko Museveni yongera kwiyamamaza kubera ibokorwa bye by’ubugizi bwanabi
INKURU NYAMUKURU

Abanya-Uganda 54% ntibashaka ko Museveni yongera kwiyamamaza kubera ibokorwa bye by’ubugizi bwanabi

Ubwanditsi 08 May 2019
Robert Lewandowski azamara ukwezi adakina kubera imvune, ibi bikaba bitumye atazakina umukino ubanza n’uwo kwishyura wa 1/4 wa Champions League bazahura na PSG
Amakuru

Robert Lewandowski azamara ukwezi adakina kubera imvune, ibi bikaba bitumye atazakina umukino ubanza n’uwo kwishyura wa 1/4 wa Champions League bazahura na PSG

Ubwanditsi 31 Mar 2021
Adolphe Muzitu watangaje ko igihugu cye cya Kongo-Kinshasa kigomba gutera u Rwanda yahuriye mu nama n’abahakanyi ba Jenoside yakorewe Abatutsi
INKURU NYAMUKURU

Adolphe Muzitu watangaje ko igihugu cye cya Kongo-Kinshasa kigomba gutera u Rwanda yahuriye mu nama n’abahakanyi ba Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubwanditsi 10 Mar 2020

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru