• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • FDLR n’Indi Mitwe ishyigikiwe na Kongo bakomeje Kwica no kumenesha Abakongomani mu mirwano yongeye kubura   |   04 Dec 2025

  • Mukunzi Yannick yasezeye ku ikipe ya Sandvikens IF you muri Sweden yari amaze imyaka itandatu ayikinira   |   03 Dec 2025

  • AMAFOTO: Twagirayezu Thadée wayoboraga Rayon Sports yakoze ihererekanyabubasha na Murenzi Abdallah   |   02 Dec 2025

  • Dr. Usta Kayitesi yasimbuye Gen (Rtd) Kabarebe muri Minaffet, Imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri   |   01 Dec 2025

  • Abakinnyi 80 baturutse mu bihugu 16 byo hirya no hino ku Isi nibo bitabira isiganwa ry’Amagare yo mu rizwi nka Rwandan Epic   |   30 Nov 2025

  • APR FC yakiriye abakinnyi bayo 3 batari bahari barimo Mamadou Sy wari i Doha   |   28 Nov 2025

 
You are at :Home»IMIKINO»Impinduka nto kuri gahunda y’uruzinduko rwa perezida wa FIFA Gianni Infantino mu Rwanda

Impinduka nto kuri gahunda y’uruzinduko rwa perezida wa FIFA Gianni Infantino mu Rwanda

Editorial 25 Feb 2017 IMIKINO

Perezida w’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi ’FIFA’, Gianni Infantino ari bugere mu Rwanda ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu mu ruzinduko rw’iminsi ibiri, kuri gahunda ye uyu muyobozi arihita ajya kureba umukino wa shampiyona uhuza Police FC na Rayon Sports kuri Stade Amahoro aho guhita ahitira ku Gisozi ku rwibutso rwa Jenoside nk’uko byari bitegamyijwe.

Uru ruzinduko rwajemo impinduka nto aho byari biteganyijwe atazareba uyu mukino aho azagera ku ikibuga cy’indege cya Kanombe ku isaha ya saa 15:30’ agahita yerekeza ku rwibutso rwa Jenocide yakorewe abatutsi ruri ku Gisozi agashyira indabo ku mva ndetse akanunamira imibiri ihashyinguye.

Gianni Infantino

Mu kiganiro n’itangazamakuru cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Gashyantare 2017, Perezida wa FERWAFA Nzamwita Vincent De Gaulle, yatangaje ko uru ruzinduko rwa Infantino mu Rwanda rugamije kuzamura umupira wo mu Rwanda ku rundi rwego. Yavuze kandi ko Infantino akigera ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kanombe ku isaha ya saa 15:00’ ahita yerekeza ku Amahoro kureba umukino wa shampiyona uri buhuze Police FC na Rayon Sports, nyuma ajye gushyira ibuye fatizo ahazubakwa Hoteli y’inyenyeri 4 ya FERWAFA, akaba Urwibutso azarusura ku umunsi w’ejo

Dore uko gahunda ya Infantino mu Rwanda iteye.

15:00 : kugera ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali(Kanombe)
15:30 : Kuva ku kibuga cy’indege yerekeza kuri Stade Amahoro
15:40 : kugera kuri Stade Amahoro
15h40- 16h15 : kureba umukino wa shampiyona, Police FC vs Rayon Sports(arareba igice cya mbere gusa)
16h30 : Kugera ahazubakwa Hoteli ya FERWAFA(Ku abanyamakuru babiherewe uburenganzira)
16h35 : Guha ikaze perezida wa FIFA
16h40 : Kwerekana abashyitsi biri bukorwe na Prisma
16h45 : Ijambo rya perezida wa FERWAFA Vincent NZAMWITA
16h50 : Ijambo ry’umunyamababga uhoraho muri Minisiteri y’umuco ba siporo Lt. Col. Patrice RUGAMBWA,
16h55 : Gushyiraho ibuze fatizo ahazubakwa hoteli, bikorwe na Infantino
17h05 : Ijambo rya perezida wa FIFA Gianni INFANTINO
17h15 : Imbyino gakondo
17h25 : Isozwa ry’umuhango
17h35 : Gusura icyicaro cya FERWAFA
17h45 : Ifoto y’urwibutso
17h55 : Ikiganiro n’itangazamakuru (ku babiherewe uburenganzira)

Ku cyumweru , 26/02/2017

12h00 : Gusura Urwibutso rwa Genocide rwa Kigali
13:00 : Kugera ku kibuga cy’indege cya Kanombe arimo ataha nyuma yo gusoza uruzinduko rwe mu Rwanda ndetse no muri Afurika muri rusange.

2017-02-25
Editorial

IZINDI NKURU

Zidane yabaye umutoza mukuru wa Real Madrid

Zidane yabaye umutoza mukuru wa Real Madrid

Editorial 05 Jan 2016
Byiringiro Lague wakiniraga APR FC, yerekeje muri Sandvikens IF yo mu kiciro cya gatatu muri Suwede

Byiringiro Lague wakiniraga APR FC, yerekeje muri Sandvikens IF yo mu kiciro cya gatatu muri Suwede

Editorial 07 Mar 2023
Amafoto – Mu mukino wa gicuti ikipe ya AS Kigali yatsinze Musanze FC ibitego 4-1, harimo ibitego bitatu bya Hussein Shabalala

Amafoto – Mu mukino wa gicuti ikipe ya AS Kigali yatsinze Musanze FC ibitego 4-1, harimo ibitego bitatu bya Hussein Shabalala

Editorial 29 Sep 2021
Se wa Rihanna arifuza ko yasubirana na Chris Brown

Se wa Rihanna arifuza ko yasubirana na Chris Brown

Editorial 06 Feb 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

U Rwanda rwasinye amasezerano ya miliyari 54.5Frw zo guhangana n’ikibazo cy’amapfa muri Kayonza
UBUKUNGU

U Rwanda rwasinye amasezerano ya miliyari 54.5Frw zo guhangana n’ikibazo cy’amapfa muri Kayonza

Editorial 24 Jun 2019
Polisi y’u Rwanda yashyizeho Umutoza mushya w’Ikipe yayo  y’umupira w’amaguru (Police FC)
Mu Mahanga

Polisi y’u Rwanda yashyizeho Umutoza mushya w’Ikipe yayo y’umupira w’amaguru (Police FC)

Editorial 15 Jul 2016
Masisi: FARDC iravuga ko yavumbuye ibikoresho bya gisirikare mu rwuri rwa Gen. Laurent Nkunda
INKURU NYAMUKURU

Masisi: FARDC iravuga ko yavumbuye ibikoresho bya gisirikare mu rwuri rwa Gen. Laurent Nkunda

Editorial 15 Apr 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru