• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Incamake y’ibyaranze imikino mu mpera z’icyumweru

Incamake y’ibyaranze imikino mu mpera z’icyumweru

Ubwanditsi 21 Mar 2016 IMIKINO

Mu mpera z’iki cy’umweru habaye imikino itandukanye aho amakipe abiri yari ahagarariye u Rwanda yarasezerewe mu mupira w’amaguru no mu mikino y’amaboko shampiyona zirakomeje.

Football

Mu mupira w’amaguru amakipe yari ahagarariye u Rwanda mu mikino nyafurika, ari yo APR FC na Police FC yarasezerewe mu mpera z’iki cyumweru.

Ikipe ya Police FC yatsinzwe na Vita Club igitego 1-0 mu mukino wo kwishyura wabereye i Kigali tariki ya 19 Werurwe mu marushanwa y’amakipe yatwaye ibikombe iwayo (CAF Confederation Cup).

Mu mukino ubanza Police FC yari babashije kunganya na Vita Club iwayo muri Congo Brazzaville.

APR FC na yo yanganyije na Yanga igitego 1-1 mu mukino wo kwishyura wabereye muri Tanzania.

Umukino ubanza wari wabereye i Kigali, Yanga Africans icyo gihe yatsinze ibitego 2 kuri 1 cya APR FC. Bivuze ko APR FC yahise isezererwa muri iri irushanwa ry’amakipe yabaye aya mbere iwayo (CAF Champions League).

Volleyball

Nyuma yo gutsinda amaseti 3-0 Rayon Sports mu mpera z’iki cyumweru, APR VC yahise ijya ku mwanya wa kabiri n’amanota 15.

Iri ku mwanya wa mbere ni INATEK VC ifite amanota 17 ikaba ari na yo iheruka kwegukana igikombe cya shampiyona.

Indi mikino uko yagenze

INATEK 3-0 KVC

KIREHE 3-0 UBT

IPRC SOUTH 3-0 LDN

Basketball

Ubumwe Basketball Club ni yo yegukanye igikombe cyitiriwe umunsi mpuzamahanga w’umugore itsinze APR Basketball Club amanota 72-49 ku Cyumweru tariki ya 20 Werurwe 2016 kuri Sitade Amahoro.

Irushanwa ry’abagore ryatangiriye mu Murenge wa Rwinkwavu Tariki 19 Werurwe.

Shampiyona nabwo yarakomeje mu cyiciro cy’abagabo:

CSK BBC 56-126 ESPOIR BBC

IPRC South 76-81 IPRC Kigali

Handball

Shampiyona ya handball yari igeze ku munsi wa gatatu aho Police HC ikomeje kuyobora urutonde rwa shampiyona n’amanota 9 nyuma yo gutsinda ibitego 37-18 Kibogora Polytechinic.

Uko indi mikino yagenze

GS RAMBURA 20-25 APR

UR HUYE CAMPUS 33-35 UR CE

NPC

Ikipe y’u Rwanda y’abagore ya Sitting Volleyball mu mpera z’icyumweru yatsinzwe imikino ibiri mu marushanwa ahuza imigabane yiswe “World Paravolley 2016 Intercontinental Sitting Volleyball”.

Uko imikino yagenze

Iran 3-0 Rwanda

China 3-0 Rwanda

Souce: Izuba rirashe

2016-03-21
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Ubusambanyi bwa Wema Sepetu na Kalisah bwatumye nyirakuru yiyahura

Ubusambanyi bwa Wema Sepetu na Kalisah bwatumye nyirakuru yiyahura

Ubwanditsi 02 Jan 2017
Umunsi wa gatanu wa shampiyona y’u Rwanda urakomeza As Kigali iri mu nzira yerekeza muri Libye gukina na As Nasr muri Confederation Cup

Umunsi wa gatanu wa shampiyona y’u Rwanda urakomeza As Kigali iri mu nzira yerekeza muri Libye gukina na As Nasr muri Confederation Cup

Ubwanditsi 13 Oct 2022
Rayon Sports yemerewe gusinyisha abakinnyi bashya, yatsinze Musanze FC 4-1 ifata umwanya wa Kabiri

Rayon Sports yemerewe gusinyisha abakinnyi bashya, yatsinze Musanze FC 4-1 ifata umwanya wa Kabiri

Ubwanditsi 25 Jan 2023
Umunyarwanda Areruya Joseph ukina mu ikipe ya Dimension Data yegukanye Tour du Rwanda 2017

Umunyarwanda Areruya Joseph ukina mu ikipe ya Dimension Data yegukanye Tour du Rwanda 2017

Ubwanditsi 19 Nov 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

RDC: Gen.Wilson Irategeka wa FLN ruramugera amajanja
INKURU NYAMUKURU

RDC: Gen.Wilson Irategeka wa FLN ruramugera amajanja

Ubwanditsi 18 Dec 2019
U Burundi burashinja u Bubiligi kuba inyuma y’iyicwa ry’Intwari yabwo
INKURU NYAMUKURU

U Burundi burashinja u Bubiligi kuba inyuma y’iyicwa ry’Intwari yabwo

Ubwanditsi 14 Oct 2018
Ruharwa Capt Sagahutu arahamagarira urubyiruko gusanga FDLR no guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi kandi atunzwe na UN
Amakuru

Ruharwa Capt Sagahutu arahamagarira urubyiruko gusanga FDLR no guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi kandi atunzwe na UN

Ubwanditsi 07 Aug 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru