• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana   |   01 Aug 2026

  • APR FC, Rayon Sports, Police FC na Kiyovu SC zizakina FERWAFA Super Cup 2026 yari isanzwe ikinwa n’amakipe abiri   |   01 Aug 2026

  • Rutahizamu Byiringiro Lague agiye kwerekeza muri Afurika y’Epfo aho yitegura gutangira akazi mu ikipe ya Durban City FC   |   31 Jul 2026

  • Senateri Mukabalisa Donatille yitabye Imana azize Uburwayi   |   30 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’u Rwanda batrengeje imyaka 18 begukanye igikombe cya Zone V   |   29 Jul 2026

  • Bwa mbere mu mateka u Rwanda rwabonye umudali mu Mikino ya Commonwealth   |   29 Jul 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Leta Y’Amerika Iraburira Buri Wese Wifuza Kugendera Mu Burundi kwitwararika

Leta Y’Amerika Iraburira Buri Wese Wifuza Kugendera Mu Burundi kwitwararika

Ubwanditsi 30 Aug 2018 ITOHOZA

Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Departement y’Amerika kuri uyu wa gatatu tariki ya 29 Kanama 2018 ryasohotse kuri radio ijwi ry’Amerika, riraburira buri wese wifuza kugendera u Burundi kwitwararika.

Departement y’Amerika iragira inama abagendera mu gihugu cy’u Burundi kwitondera ingendo zabo muri iki gihe. Itangazo ryatanzwe ejo rirashimangira impanuro zari zihasanzwe.

Ingingo iburira abanyamerika kwitondera ingendo zabo mu Burundi, yisunze ahanini ku bwicanyi buhakorerwa,  hamwe n’imitwe iharwanira.

Departement  y’Amerika ivuga ko ubwicanyi bukomeye burimo ibitero by’Amagrenade hamwe n’ubujura bukorwa n’abantu bitwaje intwaro bihora byabaye.

Ivuga kandi ko n’aho abaturage bava mu bihugu byo mu burengero, ataribo bashakishwa muri ibyo bitero bashobora kubigwamo, mu gihe baba bari ahantu hatariho cyangwa bakaba bari mubice bikozwemo ibyo bitero.

Aba polisi ngo ntibafite uburyo buhagije  bwo kugirango bashobore kubirizamo ibyo bitero, iryo tangazo rivuga ko mu Burundi, imvururu za Politiki zidatuza,  kandi zikomeje hirya no hino mu gihugu hahora habaye ubwicanyi burimo ibitero bya grenade  hamwe  n’ibitero by’imbunda. Iryo tangazo rikomeza rivuga ko mu ntara za Cibitoki na Bubanza, hahora habaye ibitero by’imitwe yitwaje intwaro iva ku mupaka mu buseruko bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, aho intambara yayogoje ako karere.

Umupaka hagati y’ibyo bihugu  byombi ushobora gufungwa igihe icyo aricyo cyose.  Leta y’Amerika nta buryo bukwiye ifite bwo gushobora mu buryo bwihuse gukingira Abanyamerika bari mu Burundi, kandi imiti n’Abaganga mu Burundi ntibiri ku rwego rwizewe.

Abakozi b’Ambasade y’Amerika mu Burundi ntibemerewe kugendagenda uko bishakiye mu bice byose byo mu mujyi wa Bujumbura, kandi bashobora kubuzwa kugenda no mu bindi bice by’igihugu bitewe n’uko umutekano wifashe.

Mu bice batemerewe kugendamo uko bishakiye mu micungararo ya  Bujumbura mu masaha y’umugoroba harimo  Karitsiye  ya Buyenzi, Bwiza, Cibitoki, Gasenyi, Kamenge, Kinama, Musaga na Ngagara.

Abifuza kugendera mu Burundi bose baraburiwe  kandi bagiriwe inama yo kubanza gusoma amakuru  atanga umutekano, traveling information document.

2018-08-30
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Kisoro: Hafatiwe imbunda 11, abandi Banyarwanda 20 barirukanwa

Kisoro: Hafatiwe imbunda 11, abandi Banyarwanda 20 barirukanwa

Ubwanditsi 08 Jan 2018
Bill Gates asanga amahanga akwiye kwigira ku buvuzi bw’u Rwanda

Bill Gates asanga amahanga akwiye kwigira ku buvuzi bw’u Rwanda

Ubwanditsi 28 Oct 2018
Kayumba yanyiciye umwana , sinzongera kumufasha ukundi –Pastoro Nyirigira

Kayumba yanyiciye umwana , sinzongera kumufasha ukundi –Pastoro Nyirigira

Ubwanditsi 16 Apr 2020
Canada : Umunyarwanda Robert Kayinamura  ufite abavandimwe muri FDLR yitabye Imana ( Yavuguruwe )

Canada : Umunyarwanda Robert Kayinamura ufite abavandimwe muri FDLR yitabye Imana ( Yavuguruwe )

Ubwanditsi 13 Feb 2017

Igitekerezo kimwe

  1. twubakane
    August 30, 20183:38 pm -

    Ubwo bazatera imbere bate?

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Nyuma yo kwirukanwa ku butegetsi, Jacob Zuma ashobora gufungwa
INKURU NYAMUKURU

Nyuma yo kwirukanwa ku butegetsi, Jacob Zuma ashobora gufungwa

Ubwanditsi 17 Mar 2018
Abapolisi bahuguwe ku buringanire bugamije iterambere rirambye
Mu Mahanga

Abapolisi bahuguwe ku buringanire bugamije iterambere rirambye

Ubwanditsi 03 Jun 2016
#Tora FPR : …..iziko aho iri bushakire  irabwiyunyuguza. “Intare” ntikunda kwanduranya – Kagame
INKURU NYAMUKURU

#Tora FPR : …..iziko aho iri bushakire irabwiyunyuguza. “Intare” ntikunda kwanduranya – Kagame

Ubwanditsi 23 Aug 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru