• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Abakinnyi 19 muri 28 bahamagawe n’umutoza Stephen Constantine witegura gukina na Liberia na Cap-Vert, bakina hanze y’u Rwanda   |   09 Sep 2026

  • Irabu: Ibigarahamwe mwitege iyi nkota ya menge ivuye muri Oman nimukoronge ariko nimurenga wa murongo izabarya   |   09 Sep 2026

  • Cricket: U Rwanda rwitwaye neza mu mukino ufungura irushanwa rya ILT20 Continent Cup 2026   |   08 Sep 2026

  • Byatsi Baker yongeye kwikirigita araseka, mu mugambi we wa mpemuke ndamuke akomeje wo kwambara urubwa rwo gusebya u Rwanda rwabyaye Nyina   |   08 Sep 2026

  • Cassa Mbungo yahamagaye ikipe y’igihugu y’u Rwanda U20, banatangira imyitozo yitegura imikino ya CECAFA izabera muri Tanzania   |   08 Sep 2026

  • Patrice Evra wakiniye Manchester United n’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa, uri mu Rwanda yashimye intambwe y’u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi   |   03 Sep 2026

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Kayumba yanyiciye umwana , sinzongera kumufasha ukundi –Pastoro Nyirigira
Deo Nyirigira hirya ye ni Felix Mwizerwa

Kayumba yanyiciye umwana , sinzongera kumufasha ukundi –Pastoro Nyirigira

Ubwanditsi 16 Apr 2020 INKURU NYAMUKURU, ITOHOZA

Ngo uhishira umurozi akakumaraho urubyaro, hashize iminsi tubabwira ibibazo byugarije RNC umutwe w’iterabwoba wa Kayumba Nyamwasa, twababwiye uburyo Kayumba Nyamwasa yari mu mugambi wo kwikiza Ben Rutabana nyuma y’aho ingabo ze zari muri Congo zihatikiriye, ibi bikaba bitarashimishije Rutabana ndetse abishyira ku gatwe ka Kayumba wazitereranye nyuma yo kuzima ubufasha.

Byitwa ko RNC riyobowe na Gervais Condo, ariko  abakurikiranira hafi bavuga ko Gervais Condo ariho ku izina ahubwo riyoborwa na Ntwali na Kayumba Nyamwasa.

Muri RNC nyuma yaho bigaragaye ko Ben Rutabana yashimuswe ku kagamabane ka bamwe mu bayobozi ba RNC bigateza ikibazo, byatumwe benshi mu banyamuryango ba RNC bo muri Canada, Afrika y’epfo, Holland ndetse n’Ubufansa bitandukanya na RNC irangwa  n’igitugu n’ubwicanyi bwa Kayumba Nyamwasa.

Kuri ubu mu gihugu cya Uganda ahasaga nahagiye kwimurirwa ikicaro gikuru cya RNC naho batangiye gusubiranamo dore ko ubuyobozi bwari bwarashyizweho bukuriwe na Pastoro Deo Nyirigira, butagicana uwaka na Kayumba Nyamwasa.

Ubwumvikane bucye bw’aba bagabo bombi bwatewe n’uko Kayumba yitakanye Pastoro Deo Nyirigira, akamushinja ibikorwa byo gushimuta Ben Rutabana, mu mpamvu atumvaga neza. Aha Pastoro Nyirigira ngo niwe wahaye misiyo umuhungu we Felix Mwizerwa kujyana na Ben Rutabana ariko ngo bose baza gushimutirwa icyarimwe baburirwa irengero.

Amakuru ava muri Uganda aravuga ko ibi Pastoro ngo yatinye kubitangaza kuko yarazi ababiri inyuma ndetse afite icyizere ko umuhungu we ari bumubone, ariko ngo yaje gutangazwa n’uko Kayumba yamubwiye ko atamenye irengero ryabo bantu.

Ababikurikiranira hafi bavuga ko Kayumba Nyamwasa yanze kwizera Deo Nyirigira kuko yumvaga azamuvamo akavuga ko ariwe washimuse Ben Rutabana, ngo byatumye Kayumba atanga itegeko ryo kubafata bose.

Ibi byatumye RNC yo mu ntara ya Uganda icikamo ibice 2, Igice kiri inyuma ya Pastoro Deo Nyirigira ndetse n’igice kiri inyuma ya Kayumba Nyamwasa. Umwe mu bagize RNC ya Uganda uri ku ruhande rwa Deo Nyirigira yatubwiye ko biteguye gufatanya na bavandimwe ba Ben Rutabana hakagaragazwa ukuri mu ibura rya Felix Mwizerwa ndetse na Ben Rutabana.

2020-04-16
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Umugore wa Muhoozi Kainerugaba na murumuna we, bakaba n’abakobwa ba Sam Kuteesa banyereje asaga miliyari 6,4 z’amashilingi ya Uganda

Umugore wa Muhoozi Kainerugaba na murumuna we, bakaba n’abakobwa ba Sam Kuteesa banyereje asaga miliyari 6,4 z’amashilingi ya Uganda

Ubwanditsi 07 Dec 2020
Ese kuki  Kayumba Nyamwasa Yanyereje RNC, Miliyoni n’igice z’amadolari kandi akaba akomeje gukusanya andi menshi muri Uganda?

Ese kuki  Kayumba Nyamwasa Yanyereje RNC, Miliyoni n’igice z’amadolari kandi akaba akomeje gukusanya andi menshi muri Uganda?

Ubwanditsi 15 Mar 2021
Abajenosideri isi ikomeje kubabana ntoya, Urukiko rw’Ikirenga muri Suwede rwategetse ko ruharwa Jean Paul Micomyiza yoherezwa mu Rwanda

Abajenosideri isi ikomeje kubabana ntoya, Urukiko rw’Ikirenga muri Suwede rwategetse ko ruharwa Jean Paul Micomyiza yoherezwa mu Rwanda

Ubwanditsi 22 Dec 2021
Impuhwe za Bihehe FDLR, yateguye Misa yo gusabira Kizito Mihigo kuri iki cyumweru

Impuhwe za Bihehe FDLR, yateguye Misa yo gusabira Kizito Mihigo kuri iki cyumweru

Ubwanditsi 22 Feb 2020

Igitekerezo kimwe

  1. Ibigarasha Biragwira
    April 16, 20203:20 pm -

    Hahahahahahahahahahahaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaa, ahwiiiiii!!!!!!!!

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Nizigiyimana Abdul Karim bita Makenzi  yerekeje mu ikipe ya Kiyovu SC yigeze gukinira
Amakuru

Nizigiyimana Abdul Karim bita Makenzi yerekeje mu ikipe ya Kiyovu SC yigeze gukinira

Ubwanditsi 12 Sep 2023
Gicumbi: Abari abakozi b’akarere 3 bakatiwe igifungo cy’imyaka 6
Mu Rwanda

Gicumbi: Abari abakozi b’akarere 3 bakatiwe igifungo cy’imyaka 6

Ubwanditsi 16 Mar 2018
Nkinzingabo Fiston wakiniye amakipe arimo APR FC, Kiyovu SC yasezeye ku mupira w’amaguru ku myaka 29
Amakuru

Nkinzingabo Fiston wakiniye amakipe arimo APR FC, Kiyovu SC yasezeye ku mupira w’amaguru ku myaka 29

RUSHYASHYA 03 Apr 2026

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

31 Aug 2026
Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru