Turamenyesha ko uwitwa ITANGISHAKA Hervé mwene Gatorano Jean Claude na Mugabekazi Hassina, utuye mu Mudugudu wa Ramiro, Akagari ka Karambo, Umurenge wa Gatenga, Akarere ka Kicukiro, mu Mujyi wa Kigali wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ariyo ITANGISHAKA Hervé, akitwa ITANGISHAKA Hervé Abuba mu gitabo cy’irangamimerere. Impamvu atanga yo guhinduza izina ni Izina nabatijwe.
Inkuru zigezweho
-
Umurage mubi w’Ububiligi ku Rwanda wagarutsweho na Perezida Kagame | 17 Mar 2025
-
Ntabwo iyi ntambara ari iy’u Rwanda, ntabwo ari u Rwanda rwayitangiye, ahubwo icyo abayitangiye bashakaga ni cyo turwana nacyo | 16 Mar 2025
-
AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano | 14 Mar 2025
-
Ikipe ya APR FC yanyomeje amakuru y’uko imaze igihe idahemba abakozi bayo | 14 Mar 2025
-
Icyo Perezida Kagame avuga ku bibazo bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’uburyo byakemuka | 12 Mar 2025
-
Tshisekedi yashyize yemera kuganira na M23, ikibazo nyamukuru amasezerano bazagirana azayubahiriza? | 12 Mar 2025