Turamenyesha ko uwitwa ITANGISHAKA Hervé mwene Gatorano Jean Claude na Mugabekazi Hassina, utuye mu Mudugudu wa Ramiro, Akagari ka Karambo, Umurenge wa Gatenga, Akarere ka Kicukiro, mu Mujyi wa Kigali wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ariyo ITANGISHAKA Hervé, akitwa ITANGISHAKA Hervé Abuba mu gitabo cy’irangamimerere. Impamvu atanga yo guhinduza izina ni Izina nabatijwe.
Inkuru zigezweho
-
Ububirigi, ibere ritindi ryonsa imitwe yo guhungabanya umutekano w’u Rwanda | 12 Jun 2025
-
Burundi: Ntagitunguranye CNDD-FDD yihaye imyanya yose mu matora atarimo abo bari bahanganye | 12 Jun 2025
-
Wisunga umugabo mbwa mugakubitirwa hamwe, bizwi na Frank Ntwali nyuma yo kwisunga Kayumba Nyamwasa | 11 Jun 2025
-
Ipfundo ry’urwango rutera abanyaburayi gusebya u Rwanda mu bitangazamakuru | 11 Jun 2025
-
Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yakiriye Itsinda ry’abaturutse mu ikipe ya Benfica yo muri Portugal | 10 Jun 2025
-
U Rwanda kuva muri CEEAC ntacyo ruhombye ahubwo CEEAC niyo ihombye | 10 Jun 2025