Turamenyesha ko uwitwa ITANGISHAKA Hervé mwene Gatorano Jean Claude na Mugabekazi Hassina, utuye mu Mudugudu wa Ramiro, Akagari ka Karambo, Umurenge wa Gatenga, Akarere ka Kicukiro, mu Mujyi wa Kigali wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ariyo ITANGISHAKA Hervé, akitwa ITANGISHAKA Hervé Abuba mu gitabo cy’irangamimerere. Impamvu atanga yo guhinduza izina ni Izina nabatijwe.
Inkuru zigezweho
-
Mukura VS yakiriye umutoza mushya ukomoka muri Serbia | 06 Aug 2026
-
Abadepite basabye ko inzego zirindwi zakoresheje amafaranga mu buryo budasobanutse zikurikiranwa | 05 Aug 2026
-
Nyuma y’imyaka 28 Rayon Sports isubiye ku mukino wa nyuma wa CECAFA Kagame Cup | 05 Aug 2026
-
Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe | 05 Aug 2026
-
Ingoma Ibihumbi u Rwanda ruticaranye ku meza n’abaruhekuye bashaka kwambara Uruhu rwera kandi ari ibirura | 04 Aug 2026
-
Omar Artan witegura gusifura UEFA Super Cup izahuza PSG na Aston Villa, azasifura umumukino wa nyuma wa CECAFA KAGAME Cup 2026 | 03 Aug 2026




