Turamenyesha ko uwitwa TUYIZERE THEOPHILA mwene Muvunyi Samuel na Musengimana, utuye mu Mudugudu wa Byimana, Akagari ka Kitazigurwa, Umurenge wa Muhazi, Akarere ka Rwamagana, mu Ntara y’Iburasirazuba wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ariyo TUYIZERE THEOPHILA, akitwa BATAMURIZA Theophilla mu gitabo cy’irangamimerere. Impamvu atanga yo guhinduza izina ni Niyo mazina nakoresheje mu ishuli kuva ngitangira kwiga.
Inkuru zigezweho
-
Ese Evariste Ndayishimiye ajya yibuka ko ari Umukuru w’Igihugu? | 18 Mar 2025
-
Amavubi yitegura guhura na Nigeria mu gushaka itike y’igikombe cy’Isi 2026, akomeje imyiteguro n’abakinnyi bose bahamagawe | 18 Mar 2025
-
Umurage mubi w’Ububiligi ku Rwanda wagarutsweho na Perezida Kagame | 17 Mar 2025
-
Ntabwo iyi ntambara ari iy’u Rwanda, ntabwo ari u Rwanda rwayitangiye, ahubwo icyo abayitangiye bashakaga ni cyo turwana nacyo | 16 Mar 2025
-
AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano | 14 Mar 2025
-
Ikipe ya APR FC yanyomeje amakuru y’uko imaze igihe idahemba abakozi bayo | 14 Mar 2025