Turamenyesha ko uwitwa TUYIZERE THEOPHILA mwene Muvunyi Samuel na Musengimana, utuye mu Mudugudu wa Byimana, Akagari ka Kitazigurwa, Umurenge wa Muhazi, Akarere ka Rwamagana, mu Ntara y’Iburasirazuba wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ariyo TUYIZERE THEOPHILA, akitwa BATAMURIZA Theophilla mu gitabo cy’irangamimerere. Impamvu atanga yo guhinduza izina ni Niyo mazina nakoresheje mu ishuli kuva ngitangira kwiga.
Inkuru zigezweho
-
FERWAFA yavuze ku mukino wa Mukura VS na Rayon Sports wasubitswe kubera ikibazo cy’Amatara | 16 Apr 2025
-
Perezida ntabwo azahangana n’ibibazo by’Ababiligi ngo yongereho n’ibibazo by’Umunywarumogi w’umudozi – Djihad | 13 Apr 2025
-
Aya nda Ataye Ku Gasi Igisambo ruharwa Ndagijimana JMV wiyemeje Guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi akaba agiye kuzagwa Igihugu igicuri | 13 Apr 2025
-
Ku Rwibutso rwa Rebero Hashyinguye Inzirakarengane z’Abanyapolitiki bishwe muri Jenoside, Menya byinshi n’Impamvu hongeweho n’abandi | 13 Apr 2025
-
Rutsiro: Ubutwari bw’Umurinzi w’igihango Rwamucyo warokoye Abatutsi barenga 400 yifashishije ubwato | 13 Apr 2025
-
Perezida Ndayishimiye yiyemereye ko yatanze ruswa ku manywa y’ihangu | 08 Apr 2025