Turamenyesha ko uwitwa TUYIZERE THEOPHILA mwene Muvunyi Samuel na Musengimana, utuye mu Mudugudu wa Byimana, Akagari ka Kitazigurwa, Umurenge wa Muhazi, Akarere ka Rwamagana, mu Ntara y’Iburasirazuba wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ariyo TUYIZERE THEOPHILA, akitwa BATAMURIZA Theophilla mu gitabo cy’irangamimerere. Impamvu atanga yo guhinduza izina ni Niyo mazina nakoresheje mu ishuli kuva ngitangira kwiga.
Inkuru zigezweho
-
Perezida Kagame yakurikiye umukino wa UEFA Super Cup wahuje amakipe ya PSG na Aston Villa yamamaza u Rwanda | 12 Aug 2026
-
Myugariro Imanishimwe Emmanuel watandukanye na AEL Limassol yo muri Chypre yerekeje mu ikipe ya Chennaiyin FC yo mu Buhinde | 11 Aug 2026
-
Rayon Sports yaguze myugariro w’Umunya-Côte d’Ivoire, Mohamed Ouattara wakiniye Wydad Casablanca, Simba SC na Al Hilal | 10 Aug 2026
-
Kuki Jean Bosco Gasasira yapfuye umuryango we ukabimenya nyuma y’icyumweru? | 09 Aug 2026
-
Inganda z’inzoga zitujuje ubuziranenge nk’Ibyuma zarimo ibibazo byinshi bigira ingaruka ku buzima bw’abaturage | 09 Aug 2026
-
AMAFOTO: Amateka aranditswe, bisabye imyaka 28 ngo Rayon Sports itware CECAFA Kagame Cup ya kabiri mu mateka yayo | 07 Aug 2026




