Turamenyesha ko uwitwa TUYIZERE THEOPHILA mwene Muvunyi Samuel na Musengimana, utuye mu Mudugudu wa Byimana, Akagari ka Kitazigurwa, Umurenge wa Muhazi, Akarere ka Rwamagana, mu Ntara y’Iburasirazuba wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ariyo TUYIZERE THEOPHILA, akitwa BATAMURIZA Theophilla mu gitabo cy’irangamimerere. Impamvu atanga yo guhinduza izina ni Niyo mazina nakoresheje mu ishuli kuva ngitangira kwiga.
Inkuru zigezweho
-
Mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2026, APR FC izatangira ihura na Gor Mahia, Rayon Sports izisobanura na KVZ SC yo muri Zanzibar | 11 Jul 2026
-
Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027 | 09 Jul 2026
-
AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe | 07 Jul 2026
-
Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya | 07 Jul 2026
-
Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi | 07 Jul 2026
-
Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP | 06 Jul 2026




