Turamenyesha ko uwitwa TUYISHIMIRE Mukamazimpaka mwene Mbarubukeye na Gahongayire,
utuye mu Mudugudu wa Rukurazo, Akagari ka Kibagabaga, Umurenge wa Kimironko, Akarere ka
Gasabo, mu Mujyi wa Kigali wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe
ariyo TUYISHIMIRE Mukamazimpaka, akitwa TUYISHIMIRE Denyse mu gitabo
cy’irangamimerere. Impamvu atanga yo guhinduza izina ni Izina nabatijwe.
Inkuru zigezweho
-
AMAFOTO – APR FC yatangaje Uwiyaremye Fidali wakiniraga Intare FC nk’umukinnyi wayo mushya wiyongera kuri Rubuguza Jean Pierre wakiniraga Gicumbi FC | 24 Jun 2026
-
Rayon Sports na SKOL basinyanye amasezerano mashya y’ubufatanye afite agaciro k’asaga miliyoni 185 Frw ku mwaka | 24 Jun 2026
-
Umunya-Togo Antonio Kossivi Atisso Kodjo watsinze ibitego byinshi muri Benin yatangajwe nka rutahizamu mushya wa Rayon Sports | 23 Jun 2026
-
Niwe rutahizamu watsinze ibitego byinshi muri Ivory Coast, ibyo wamenya kuri rutahizamu mushya wa APR FC, Amani Kouadio Kan | 22 Jun 2026
-
Igisambo Paul Rusesabagina agakungu ke na Bad Rama karasiga amubyaje ayo mu ihembe | 20 Jun 2026
-
Amakipe 14 yo mu bihugu 4 birimo U Rwanda, Uganda, Kenya na Benin agiye guhatanira irushanwa ryo Kwibuka muri Volleybal | 18 Jun 2026



