• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Abarwanyi ba FDLR na Wazalendo bavurirwa mu Burundi ku ngengo y’igisirikare cy’u Burundi   |   24 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’Umukino wa Volleyball mu Bagabo yatangiye imyiteguro y’igikombe cya Afurika cyaherukaga kuba muri 2023   |   23 Jul 2026

  • Igikombe kirajya mu bindi twibitseho, ubutumwa bwa Gen. MK Mubarakh yageneye abafana ba APR FC yitegura gukina CECAFA Kagame Cup 2026   |   22 Jul 2026

  • Police FC yatangaje umunya-Maroc, Jaafar Rkyek nk’umutoza mukuru wayo asimbuye Ben Moussa watandukanye n’iyi kipe   |   21 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza wa Mukura VS, Tomáš Trucha, yageze mu Rwanda aho aje gutangira akazi   |   20 Jul 2026

  • AMAFOTO – Rayon Spotrs yasinyanye amasezerayo y’ubufatanye na Bank of Kigali y’igihe cy’imyaka 5, ikazabona arenga Miliyari 1 ku mwaka   |   18 Jul 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Irushanwa ryo gusiganwa mu mamodoka riratangira kuri uyu wa gatanu

Irushanwa ryo gusiganwa mu mamodoka riratangira kuri uyu wa gatanu

Ubwanditsi 11 Aug 2016 IMIKINO

Mu kiganiro cyahuje abanyamakuru n’ubuyobozi bw’ishyirahmwe ry’umukino wo gusiganwa mu madoka,cyari kigamije kugaragaza aho imyiteguro y’irushanwa riteganijwe kuri uyu wa gatanu tariki ya 12 kanama igeze,nubwo ari kunshoro ya 5 iri rushwanwa rigiye kubera mu Rwanda gusa haracyari ikibazo cyuko ntabakinnyi bakina uyu mukino bari bagira amahirwe yo kujya gukina hanze y’u Rwanda.

-3599.jpg

Gakwaya Christia umuyobozi w’ishyirahamwe ry’uyu mukino yatangaje ko kuri bo icyibaraje inshinga atari ukumenyekanisha uyu mukino hanze y’igihugu ahubwo ko bashaka ko ushinga imizi imbere mu gihugu,yagize ati”Twe ntiturajwe inshinga no kujya gusiganwa hanze y’i gihugu ahubwo dushishikajwe no kuzamura urwego rw’umukino wo gusiganwa ku mamodoka hano mu Rwanda”.

-3598.jpg

Amarushanwa y’amamodoka yatangiye gukinwa mu mwaka wa 2000 kugeza mu 2001 ubwo ryitwaga ‘Fratternity Rally’..Kuva mu mwaka wa 2002 kugeza magingo aya, iyi mikino yitwa Mountain Gorilla Rally 2016 ndetse kuva icyo gihe rimaze kuba inshuro 14 ubu rikaba rigiye kuba ku nshuro ya 15 kuva ryahindura izina.

-3600.jpg

iri rushanwa rigiye kuba kunshuro yaryo ya 5 rikaba rizitabirwa nibihugu nk’u Rwanda ruzakira iyi mikino, Kenya, Uganda, Burundu na Zimbabwe.

-3601.jpg

Dore uko irushanwa riteye aho rizabera,ndetse nintera bazasiganwa:

Kuwa Gatanu tariki 12 Kanama 2016: Kuri sitade Amahoro niho hazabera umuhango wo gutangiza irushanwa ndetse abasiganwa bazasiganwa ibilometero 2.70 (Km2.70), inshuro ya kabir bazakora ibilometero 2.50 (Km2.50).

-3603.jpg

Kuwa Gatandatu tariki 13 Kanama 2016:

*Kamabuye-Munazi (21.64 Km) ishuro ebyiri

* Gako-Nemba (11.20 Km) ishuro ebyiri

*Rilima-Nyamata 925.83 Km) inshuro ebyiri

Ku Cyumweru tariki 14 Kanama 2016:

*Nyamata-Rilima (25.23 Km) inshuro ebyiri

*Bwibikara-Ramiro (9.50 Km) inshuro ebyiri

*Umujyi wa Nyamata (4.53 Km) bazasoza bakora inshuro ebyiri.

Abatsinze iri rushanwa kuva mu mwaka wa 2000-2015

Fraternity Rally

Charles Muhanji (Uganda, 2000), Schalk Burger Sr (Afurika y’Epfo, 2001).

Mountain Gorilla Rally

Johhnny Gemmel (Afurika y’Epfo, 2002, Fernando Rueda (2003), Rudy Cantanhede (Burundi, 2004, 2008, 2010), Riyaz Kurji (Uganda, 2005, 2006), Conrad Rautenbach (Zimbabwe, 2007), Giancarlo Davite(Rwanda, 2009, 2013), Jean Yves Ranarivelo(Madagascar, 2011), Elefter Mitraros (Chypre, 2012), Mohamed Essa (Zambia, 2014) na Jaspreet Singh Clatthe (Kenya, 2015)

Ntakirutimana Alfred

2016-08-11
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

AMAFOTO – APR FC idafite abakinnyi bari mu ikipe y’igihugu yasubukuye imyitozo yitegura umukino wa Musanze FC

AMAFOTO – APR FC idafite abakinnyi bari mu ikipe y’igihugu yasubukuye imyitozo yitegura umukino wa Musanze FC

Ubwanditsi 17 Nov 2025
Ikipe ya Chelsea yashyizwe ku isoko

Ikipe ya Chelsea yashyizwe ku isoko

Ubwanditsi 26 Aug 2018
U Bwongereza bwageze muri ¼ cy’Igikombe cy’Isi, Harry Kane yandika amateka mashya

U Bwongereza bwageze muri ¼ cy’Igikombe cy’Isi, Harry Kane yandika amateka mashya

Ubwanditsi 04 Jul 2018
Mu gihe habura iminsi 7 ngo irushanwa rya CECAFA U23 ribe, umwiherero w’Ikipe y’Igihugu wasojwe kubera ubwiyongere bwa koronavirusi

Mu gihe habura iminsi 7 ngo irushanwa rya CECAFA U23 ribe, umwiherero w’Ikipe y’Igihugu wasojwe kubera ubwiyongere bwa koronavirusi

Ubwanditsi 10 Jul 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Paul Kagame yatorewe kuyobora u Rwanda indi myaka irindwi, ashimira  abo bahatanaga ko ‘bagerageje’
Mu Rwanda

Paul Kagame yatorewe kuyobora u Rwanda indi myaka irindwi, ashimira abo bahatanaga ko ‘bagerageje’

Ubwanditsi 05 Aug 2017
Clarisse Karasira yamuritse indirimbo yahimbye akomoye ku gutandukana kwa hato na hato kw’abakundana
Amakuru

Clarisse Karasira yamuritse indirimbo yahimbye akomoye ku gutandukana kwa hato na hato kw’abakundana

Ubwanditsi 01 Oct 2021
Kenya: Gen Kale Kayihura Uri Mu Bitaro Arinzwe Bikomeye Hirindwa Ko Yatoroka
ITOHOZA

Kenya: Gen Kale Kayihura Uri Mu Bitaro Arinzwe Bikomeye Hirindwa Ko Yatoroka

Ubwanditsi 10 Sep 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru