• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yavuze ku mvururu zatumye umukino wa Bugesera na Rayon Sports uhagararira ku munota wa 52   |   17 May 2025

  • Rwanda Premier league igiye guhemba abahize abandi Muri shampiyona y’u Rwanda 2024-2025   |   16 May 2025

  • Gutwara igikombe cy’Amahoro atsinze Rayon Sports ku mukino wa nyuma, bimwe mubyo Darko Novic watandukanye na APR FC azibukirwaho   |   14 May 2025

  • Mu gihe gisaga icyumweru kimwe, I Kigali harabera BAL ya 5 izitabirwa n’amakipe arimo APR BBC yo mu Rwanda   |   13 May 2025

  • Ingabo za Afurika y’Epfo Zavanye Ipfunwe muri Congo mu Gikorwa cya SAMIDRC   |   12 May 2025

  • Amakipe ya Police WVC na APR VC yegukanye igikombe cya shampiyona y’u Rwanda muri Volleyball 2024-2025   |   12 May 2025

 
You are at :Home»IMIKINO»Irushanwa ryo gusiganwa mu mamodoka riratangira kuri uyu wa gatanu

Irushanwa ryo gusiganwa mu mamodoka riratangira kuri uyu wa gatanu

Editorial 11 Aug 2016 IMIKINO

Mu kiganiro cyahuje abanyamakuru n’ubuyobozi bw’ishyirahmwe ry’umukino wo gusiganwa mu madoka,cyari kigamije kugaragaza aho imyiteguro y’irushanwa riteganijwe kuri uyu wa gatanu tariki ya 12 kanama igeze,nubwo ari kunshoro ya 5 iri rushwanwa rigiye kubera mu Rwanda gusa haracyari ikibazo cyuko ntabakinnyi bakina uyu mukino bari bagira amahirwe yo kujya gukina hanze y’u Rwanda.

-3599.jpg

Gakwaya Christia umuyobozi w’ishyirahamwe ry’uyu mukino yatangaje ko kuri bo icyibaraje inshinga atari ukumenyekanisha uyu mukino hanze y’igihugu ahubwo ko bashaka ko ushinga imizi imbere mu gihugu,yagize ati”Twe ntiturajwe inshinga no kujya gusiganwa hanze y’i gihugu ahubwo dushishikajwe no kuzamura urwego rw’umukino wo gusiganwa ku mamodoka hano mu Rwanda”.

-3598.jpg

Amarushanwa y’amamodoka yatangiye gukinwa mu mwaka wa 2000 kugeza mu 2001 ubwo ryitwaga ‘Fratternity Rally’..Kuva mu mwaka wa 2002 kugeza magingo aya, iyi mikino yitwa Mountain Gorilla Rally 2016 ndetse kuva icyo gihe rimaze kuba inshuro 14 ubu rikaba rigiye kuba ku nshuro ya 15 kuva ryahindura izina.

-3600.jpg

iri rushanwa rigiye kuba kunshuro yaryo ya 5 rikaba rizitabirwa nibihugu nk’u Rwanda ruzakira iyi mikino, Kenya, Uganda, Burundu na Zimbabwe.

-3601.jpg

Dore uko irushanwa riteye aho rizabera,ndetse nintera bazasiganwa:

Kuwa Gatanu tariki 12 Kanama 2016: Kuri sitade Amahoro niho hazabera umuhango wo gutangiza irushanwa ndetse abasiganwa bazasiganwa ibilometero 2.70 (Km2.70), inshuro ya kabir bazakora ibilometero 2.50 (Km2.50).

-3603.jpg

Kuwa Gatandatu tariki 13 Kanama 2016:

*Kamabuye-Munazi (21.64 Km) ishuro ebyiri

* Gako-Nemba (11.20 Km) ishuro ebyiri

*Rilima-Nyamata 925.83 Km) inshuro ebyiri

Ku Cyumweru tariki 14 Kanama 2016:

*Nyamata-Rilima (25.23 Km) inshuro ebyiri

*Bwibikara-Ramiro (9.50 Km) inshuro ebyiri

*Umujyi wa Nyamata (4.53 Km) bazasoza bakora inshuro ebyiri.

Abatsinze iri rushanwa kuva mu mwaka wa 2000-2015

Fraternity Rally

Charles Muhanji (Uganda, 2000), Schalk Burger Sr (Afurika y’Epfo, 2001).

Mountain Gorilla Rally

Johhnny Gemmel (Afurika y’Epfo, 2002, Fernando Rueda (2003), Rudy Cantanhede (Burundi, 2004, 2008, 2010), Riyaz Kurji (Uganda, 2005, 2006), Conrad Rautenbach (Zimbabwe, 2007), Giancarlo Davite(Rwanda, 2009, 2013), Jean Yves Ranarivelo(Madagascar, 2011), Elefter Mitraros (Chypre, 2012), Mohamed Essa (Zambia, 2014) na Jaspreet Singh Clatthe (Kenya, 2015)

Ntakirutimana Alfred

2016-08-11
Editorial

IZINDI NKURU

Excellence Sports Academy yo muri Oman yaje mu Rwanda kuzamura ruhago y’abana bato

Excellence Sports Academy yo muri Oman yaje mu Rwanda kuzamura ruhago y’abana bato

Editorial 24 Apr 2018
Shampiyona y’ikiciro cya mbere mu bagabo mu Rwanda 2021/2022 yegejwe ho inyuma ibyumweru bibiri, izatangirira rimwe n’iyo mu cyiciro cya kabiri tariki 30 Ukwakira 2021

Shampiyona y’ikiciro cya mbere mu bagabo mu Rwanda 2021/2022 yegejwe ho inyuma ibyumweru bibiri, izatangirira rimwe n’iyo mu cyiciro cya kabiri tariki 30 Ukwakira 2021

Editorial 28 Sep 2021
Nyuma y’umunsi umwe komite nyobozi y’ikipe ya Espoir FC yeguye, yongeye kugaruka kuyobora iyi kipe ibarizwa mu karere ka Rusizi

Nyuma y’umunsi umwe komite nyobozi y’ikipe ya Espoir FC yeguye, yongeye kugaruka kuyobora iyi kipe ibarizwa mu karere ka Rusizi

Editorial 28 Jul 2021
PSG yageze muri 1/2 cya UEFA Champions League isezereye Bayern Munichen, rutahizamu wayo Neymar atangaza ko azaguma muri iyi kipe.

PSG yageze muri 1/2 cya UEFA Champions League isezereye Bayern Munichen, rutahizamu wayo Neymar atangaza ko azaguma muri iyi kipe.

Editorial 14 Apr 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

15 Jul 2024
Mu rwego rwo guhangana n’inzara yugarije Abarundi, Perezida Ndayishimiye yageneye ikilo cy’inyama buri mukozi wo mu biro bye.

Mu rwego rwo guhangana n’inzara yugarije Abarundi, Perezida Ndayishimiye yageneye ikilo cy’inyama buri mukozi wo mu biro bye.

18 Jun 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru