• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • RSSB Tigers BBC yasezereye FUS Rabat BBC yo muri Morocco, izahura na AL Ahly muri ½ cy’imikino ya nyuma ya BAL 2026 iri kubera I Kigali   |   24 May 2026

  • Nyuma y’imyaka itatu Stade y’Akarere ka Gicumbi itangiye kuvugururwa, kuri ubu yemerewe kwakira imikino ya Shampiyona y’u Rwanda, BK Pro League   |   21 May 2026

  • Umutoza w’Amavubi Stephen Constantine asanga kwitwara neza k’u Rwanda bisaba gutsinda imikino yo mu rugo ngo yerekeze mu gikombe cya Afurika 2027   |   20 May 2026

  • Olivier Kwizera ari mu bakinnyi basubukuye imyitozo ya Rayon Sports yitegura guhura na APR FC ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro   |   19 May 2026

  • Rusesabagina nawe ubwe ni ikinyoma cyigendera   |   18 May 2026

  • AMAFOTO – Patriots BBC na APR WBBC begukanye igikombe cy’irushanwa ryo kwibuka mu bakina ari batatu kuri batatu   |   18 May 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Irushanwa ryo gusiganwa mu mamodoka riratangira kuri uyu wa gatanu

Irushanwa ryo gusiganwa mu mamodoka riratangira kuri uyu wa gatanu

Ubwanditsi 11 Aug 2016 IMIKINO

Mu kiganiro cyahuje abanyamakuru n’ubuyobozi bw’ishyirahmwe ry’umukino wo gusiganwa mu madoka,cyari kigamije kugaragaza aho imyiteguro y’irushanwa riteganijwe kuri uyu wa gatanu tariki ya 12 kanama igeze,nubwo ari kunshoro ya 5 iri rushwanwa rigiye kubera mu Rwanda gusa haracyari ikibazo cyuko ntabakinnyi bakina uyu mukino bari bagira amahirwe yo kujya gukina hanze y’u Rwanda.

-3599.jpg

Gakwaya Christia umuyobozi w’ishyirahamwe ry’uyu mukino yatangaje ko kuri bo icyibaraje inshinga atari ukumenyekanisha uyu mukino hanze y’igihugu ahubwo ko bashaka ko ushinga imizi imbere mu gihugu,yagize ati”Twe ntiturajwe inshinga no kujya gusiganwa hanze y’i gihugu ahubwo dushishikajwe no kuzamura urwego rw’umukino wo gusiganwa ku mamodoka hano mu Rwanda”.

-3598.jpg

Amarushanwa y’amamodoka yatangiye gukinwa mu mwaka wa 2000 kugeza mu 2001 ubwo ryitwaga ‘Fratternity Rally’..Kuva mu mwaka wa 2002 kugeza magingo aya, iyi mikino yitwa Mountain Gorilla Rally 2016 ndetse kuva icyo gihe rimaze kuba inshuro 14 ubu rikaba rigiye kuba ku nshuro ya 15 kuva ryahindura izina.

-3600.jpg

iri rushanwa rigiye kuba kunshuro yaryo ya 5 rikaba rizitabirwa nibihugu nk’u Rwanda ruzakira iyi mikino, Kenya, Uganda, Burundu na Zimbabwe.

-3601.jpg

Dore uko irushanwa riteye aho rizabera,ndetse nintera bazasiganwa:

Kuwa Gatanu tariki 12 Kanama 2016: Kuri sitade Amahoro niho hazabera umuhango wo gutangiza irushanwa ndetse abasiganwa bazasiganwa ibilometero 2.70 (Km2.70), inshuro ya kabir bazakora ibilometero 2.50 (Km2.50).

-3603.jpg

Kuwa Gatandatu tariki 13 Kanama 2016:

*Kamabuye-Munazi (21.64 Km) ishuro ebyiri

* Gako-Nemba (11.20 Km) ishuro ebyiri

*Rilima-Nyamata 925.83 Km) inshuro ebyiri

Ku Cyumweru tariki 14 Kanama 2016:

*Nyamata-Rilima (25.23 Km) inshuro ebyiri

*Bwibikara-Ramiro (9.50 Km) inshuro ebyiri

*Umujyi wa Nyamata (4.53 Km) bazasoza bakora inshuro ebyiri.

Abatsinze iri rushanwa kuva mu mwaka wa 2000-2015

Fraternity Rally

Charles Muhanji (Uganda, 2000), Schalk Burger Sr (Afurika y’Epfo, 2001).

Mountain Gorilla Rally

Johhnny Gemmel (Afurika y’Epfo, 2002, Fernando Rueda (2003), Rudy Cantanhede (Burundi, 2004, 2008, 2010), Riyaz Kurji (Uganda, 2005, 2006), Conrad Rautenbach (Zimbabwe, 2007), Giancarlo Davite(Rwanda, 2009, 2013), Jean Yves Ranarivelo(Madagascar, 2011), Elefter Mitraros (Chypre, 2012), Mohamed Essa (Zambia, 2014) na Jaspreet Singh Clatthe (Kenya, 2015)

Ntakirutimana Alfred

2016-08-11
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Ikipe ya AS Muhanga yarwaje Koronavirusi abakozi bayo 12 barimo abakinnyi 10 , ni mu gihe habura iminsi itanu ngo hasubukurwe shampiyona y’u Rwanda.

Ikipe ya AS Muhanga yarwaje Koronavirusi abakozi bayo 12 barimo abakinnyi 10 , ni mu gihe habura iminsi itanu ngo hasubukurwe shampiyona y’u Rwanda.

Ubwanditsi 26 Apr 2021
Kiyovu SC yatsinze As Kigali isanga APR FC ku mwanya wa mbere yo yanganyije na Gasogi United

Kiyovu SC yatsinze As Kigali isanga APR FC ku mwanya wa mbere yo yanganyije na Gasogi United

Ubwanditsi 16 Apr 2023
Ikipe ya Kiyovu Sports na Lawyers of Hope basinye amasezerano agamije kuzamura impano y’umupira w’amaguru mu bana bato.

Ikipe ya Kiyovu Sports na Lawyers of Hope basinye amasezerano agamije kuzamura impano y’umupira w’amaguru mu bana bato.

Ubwanditsi 05 Mar 2021
Perezida Paul Kagame yakiriye abakanyujijeho mu ikipe ya Arsenal Robert Pires na Ray Parlour basozaga uruzinduko rwabo mu Rwanda

Perezida Paul Kagame yakiriye abakanyujijeho mu ikipe ya Arsenal Robert Pires na Ray Parlour basozaga uruzinduko rwabo mu Rwanda

Ubwanditsi 10 Feb 2022

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Zambia: Leta iraha icyizere impunzi z’Abanyarwanda cyo kuziha ubwenegihugu
POLITIKI

Zambia: Leta iraha icyizere impunzi z’Abanyarwanda cyo kuziha ubwenegihugu

Ubwanditsi 07 Jun 2018
Amakipe ahagarariye u Rwanda mu mikino ihuza Abapolisi bo muri Afurika y’i Burasirazuba yatangiranye intsinzi
Amakuru

Amakipe ahagarariye u Rwanda mu mikino ihuza Abapolisi bo muri Afurika y’i Burasirazuba yatangiranye intsinzi

Ubwanditsi 22 Mar 2023
Umwe mu bapfakajwe na FLN ya Paul Rusesabagina arashima ingabo z’Igihugu zagaruye umutekano muri Nyaruguru
Amakuru

Umwe mu bapfakajwe na FLN ya Paul Rusesabagina arashima ingabo z’Igihugu zagaruye umutekano muri Nyaruguru

Ubwanditsi 21 Dec 2020

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru