• Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
  • Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Gutwara igikombe cy’Amahoro atsinze Rayon Sports ku mukino wa nyuma, bimwe mubyo Darko Novic watandukanye na APR FC azibukirwaho   |   14 May 2025

  • Mu gihe gisaga icyumweru kimwe, I Kigali harabera BAL ya 5 izitabirwa n’amakipe arimo APR BBC yo mu Rwanda   |   13 May 2025

  • Ingabo za Afurika y’Epfo Zavanye Ipfunwe muri Congo mu Gikorwa cya SAMIDRC   |   12 May 2025

  • Amakipe ya Police WVC na APR VC yegukanye igikombe cya shampiyona y’u Rwanda muri Volleyball 2024-2025   |   12 May 2025

  • Bayaherewe mu Rwambariro, Rayon Sports yakiriye amafaranga nyuma yo gushimangira umwanya wa mbere   |   09 May 2025

  • Gukura no Kubaho kwanjye byose bishingiye ku cyerekezo cya Nyakubahwa Perezida Paul Kagame – Knowless   |   08 May 2025

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Mahanga»John Kerry yaburiye ibihugu bidashyira hamwe n’ibindi

John Kerry yaburiye ibihugu bidashyira hamwe n’ibindi

Editorial 14 Oct 2016 Mu Mahanga

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, John Kerry, yavuze ko ibihugu byagiye byirindiriza mu guhangana n’ibibazo bishingiye ku iyangirika ry’ikirere, ariko byagiye byongera akazi kabitegereje ndetse bikabihenda kurushaho.

Uyu muyobozi yari mu Rwanda kuva ku mugoroba wo kuwa 13 Ukwakira, aho yitabiriye inama yiga ku ivugururwa ry’amasezerano ya Montreal, ategerejweho kwemeza ikumirwa ry’ibyuka bituruka mu byuma bikonjesha, hydrofluorocarcons, HFCs.

Kerry yasabye ibihugu kwemeza ivugururwa ry’aya masezerano, avuga ko ibihugu bikwiye kongera kugaragaza ubushake byerekanye ubwo hemezwaga amasezerano ya Paris, mu kurengera “umubumbe wonyine dufite.”

Ati “I Paris, Isi yemeje ko igipimo mpuzandengo cy’ubushyuhe bw’Isi kitarenga dogere ebyiri. Buri muntu wese arabyumva neza. Twumva neza ivugururwa ku isohorwa rya HFCs, kandi ni ikintu gikomeye dushobora gukora mu gihe kimwe, i Kigali.”

John Kerry yavuze ko atari ibintu igihugu kimwe cyafataho umwanzuro ukwacyo, ndetse uko ikibazo gitandukana ku bihugu ni na ko buri kimwe cyumva uburyo cyakemurwamo, kandi hagomba kubahwa uko igihugu kibona ibintu.

Yongeyeho ati “Bimwe muri ibi bihugu bifite impungenge ku kiguzi bishobora gusaba. Ndizera ko ibimaze gukorerwa hano bizirikana ibyo tudahuriraho, ariko bikanashyiraho uburyo bwo kubikemura, harimo nko gushyira amafaranga ku meza, gushyiraho ingengabihe zibereye ibihugu, hakarebwa igishoboka.’’

Yavuze ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nk’uko babitangarije i New York mu kwezi gushize biyemeje guhita batanga miliyoni $27 nyuma hakazatanga andi miliyoni $50 “biramutse bigenze neza.’’

Kerry yatanze urugero ku masezerano yo gukumira ihindagurika ry’ibihe yemerejwe Paris mu mwaka ushize, avuga ko buri gihugu cyazaga gifite gahunda yacyo, ariko ntibyabujije ko hemeranywa ku mugambi Isi ihuriyeho.

Yavuze ko hari icyizere kuko guverinoma n’izindi mpande noneho zumva neza ingano z’ikibazo gihari n’icyo kivuze ku mudendezo w’Isi.

Ati “Turi kubona umubare munini w’impunzi kubera ihindagurika ry’ibihe, ari na wo munini ubayeho kuva intambara ya kabiri y’Isi yarangira. Turakomeza kuzibona. Niwumva ko hari ikibazo cyo kubashakira ibiribwa wumve ko hari n’igituma batabona aho bahinga ibyo barya, kubera ibura ry’amazi, ubushyuhe buriyongera”.

Ibyo ngo bihita birema ikibazo gikomeye, kiza cyiyongera ku bihari birimo ubuhezanguni n’ubukungu butifashe neza, ku buryo ibihugu bishoboye gutora ivugururwa ry’amasezerano ku ikoreshwa HFCs byaba “bibaye gushimangira ubushake bwacu nk’uko byakozwe i Paris’’.

-4376.jpg

-4377.jpg

Ibi ngo biraba intambwe ikomeye itewe, kuko mu gihe kirekire cyashize hagiye habaho kwigabanyamo ibice, bikaba nk’imbogamizi ituma amasezerano agambiriwe adashoboka.

Ati “Twakerewe kugira icyo dukora, imbogamizi ziba nini, kugeza ubwo byagoranye kuzitsinda. Kandi buri mwaka uko dutegereza hano niko biduhenda kurushaho. Nyuma twamenye icyo gukora, tuvanaho imbogamizi zakumiraga urugendo rw’iterambere.’’

Kuvugurura aya masezerano birafasha ibihugu ko nibura iki kinyejana kizarangira ubushyuhe bugeze kumpuzandengo ya dogere Celcius 1.5, ndetse imyuka ya CO2 ikagabanywaho jigatoni (gigatonnes) 100 bitarenze 2050.

2016-10-14
Editorial

IZINDI NKURU

Ntibitangaje kuba abajenosideri n’abana babo bifuza ko “IBUKA-MEMOIRE ET JUSTICE” isenyuka, kuko uyu muryango ubambika ubusa mu ruhame

Ntibitangaje kuba abajenosideri n’abana babo bifuza ko “IBUKA-MEMOIRE ET JUSTICE” isenyuka, kuko uyu muryango ubambika ubusa mu ruhame

Editorial 03 Dec 2021
Polisi y’u Rwanda yafatiye ku mupaka  abarundikazi 3 bari bajyanywe gucuruzwa mu mahanga

Polisi y’u Rwanda yafatiye ku mupaka abarundikazi 3 bari bajyanywe gucuruzwa mu mahanga

Editorial 24 Jul 2016
Polisi y’u Rwanda yakanguriye abanyeshuri ba Essa Nyarugunga ububi n’ingaruka by’icuruzwa ry’abantu

Polisi y’u Rwanda yakanguriye abanyeshuri ba Essa Nyarugunga ububi n’ingaruka by’icuruzwa ry’abantu

Editorial 29 Mar 2016
Mu rugo rwa Depite Bobi Wine hatewe grenade

Mu rugo rwa Depite Bobi Wine hatewe grenade

Editorial 03 Oct 2017
Ntibitangaje kuba abajenosideri n’abana babo bifuza ko “IBUKA-MEMOIRE ET JUSTICE” isenyuka, kuko uyu muryango ubambika ubusa mu ruhame

Ntibitangaje kuba abajenosideri n’abana babo bifuza ko “IBUKA-MEMOIRE ET JUSTICE” isenyuka, kuko uyu muryango ubambika ubusa mu ruhame

Editorial 03 Dec 2021
Polisi y’u Rwanda yafatiye ku mupaka  abarundikazi 3 bari bajyanywe gucuruzwa mu mahanga

Polisi y’u Rwanda yafatiye ku mupaka abarundikazi 3 bari bajyanywe gucuruzwa mu mahanga

Editorial 24 Jul 2016
Polisi y’u Rwanda yakanguriye abanyeshuri ba Essa Nyarugunga ububi n’ingaruka by’icuruzwa ry’abantu

Polisi y’u Rwanda yakanguriye abanyeshuri ba Essa Nyarugunga ububi n’ingaruka by’icuruzwa ry’abantu

Editorial 29 Mar 2016
Mu rugo rwa Depite Bobi Wine hatewe grenade

Mu rugo rwa Depite Bobi Wine hatewe grenade

Editorial 03 Oct 2017
Ntibitangaje kuba abajenosideri n’abana babo bifuza ko “IBUKA-MEMOIRE ET JUSTICE” isenyuka, kuko uyu muryango ubambika ubusa mu ruhame

Ntibitangaje kuba abajenosideri n’abana babo bifuza ko “IBUKA-MEMOIRE ET JUSTICE” isenyuka, kuko uyu muryango ubambika ubusa mu ruhame

Editorial 03 Dec 2021
Polisi y’u Rwanda yafatiye ku mupaka  abarundikazi 3 bari bajyanywe gucuruzwa mu mahanga

Polisi y’u Rwanda yafatiye ku mupaka abarundikazi 3 bari bajyanywe gucuruzwa mu mahanga

Editorial 24 Jul 2016
prev
next

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

15 Jul 2024
Mu rwego rwo guhangana n’inzara yugarije Abarundi, Perezida Ndayishimiye yageneye ikilo cy’inyama buri mukozi wo mu biro bye.

Mu rwego rwo guhangana n’inzara yugarije Abarundi, Perezida Ndayishimiye yageneye ikilo cy’inyama buri mukozi wo mu biro bye.

18 Jun 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru