• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana   |   01 Aug 2026

  • APR FC, Rayon Sports, Police FC na Kiyovu SC zizakina FERWAFA Super Cup 2026 yari isanzwe ikinwa n’amakipe abiri   |   01 Aug 2026

  • Rutahizamu Byiringiro Lague agiye kwerekeza muri Afurika y’Epfo aho yitegura gutangira akazi mu ikipe ya Durban City FC   |   31 Jul 2026

  • Senateri Mukabalisa Donatille yitabye Imana azize Uburwayi   |   30 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’u Rwanda batrengeje imyaka 18 begukanye igikombe cya Zone V   |   29 Jul 2026

  • Bwa mbere mu mateka u Rwanda rwabonye umudali mu Mikino ya Commonwealth   |   29 Jul 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Umwami Kigeli yashimiye Rushyashya kumukiza amabandi

Umwami Kigeli yashimiye Rushyashya kumukiza amabandi

Ubwanditsi 03 Sep 2016 ITOHOZA

Ikinyamakuru Rushyashya cyakiriye ubutumwa buturutse ku mwami Kigeli Ndahindurwa ubwe nyuma yo gusoma inkuru twabagejejeho ivuga ko Hagati ya Major Robert Higiro na David Himbara umwe ashobora kwica undi.

Major Robert Higiro, yari yarabaye umuzunguzayi wa za tapes/ cassette ya tekinitse we na Col. Karegeya avuga ko yari yategetswe kwica Kayumba Nyamwasa, ariko izo tapes zateshejwe agaciro,aho bamenyeye ko ari Karegeya wari wazikozeho technique dore ko yarabishoboye.

Amakuru ye, ava muri Amerika avuga ko icyo gihugu kitamuguye neza kuko asigaye asa n’umushushwe,imyenda iratakara. Ngo ubu afite agahenge kuko afite aho yisumamo akazi k’ubunyezamu kuri Federal Building.

Ategereje ngo impapuro z’ubuhunzi kandi icyo yahunze Bruxelles nticyamenyekanye kuko yabeshye ko umutekano we ari muke..Ubu itohoza rirakurikira ubwo buriganya bwa Higiro.

-3919.jpg

-3922.jpg

Pascal Munyampirwa

Iyo nzara niyo yamuteye guca inyuma David Himbara bashinganye Democracy In Rwanda Now, ajya i Virginia gushaka Umwami Kigeli ari kumwe na Cpt Cyusa bafatanyije kuba muri RNC igice cya Kayumba Nyamwasa.

Amakuru twabashije kumenya avuga ko Major Robert Higiro yabashije guhura n’Umwami Kigeli, kuri uyu wa kabiri tariki ya 30 Kanama 2016, abifashijwemo na Pascal Munyampirwa nyiri guest house Kibuye wahunze igihugu ubu akaba aba muri Amerika, ari nawe ukuriye igice cya Kayumba muri icyo gihugu cya Amerika.

Umucuruzi Munyampirwa Pascal, nyuma ya jenoside yaje kwegurirwa ikitwaga Guest House Kibuye, ariko mu mwaka wa 2008 aza kongera kuyakwa na Lete y’u Rwanda, aho yavugaga ko atabashije kuzuza ibyo yari yaremeye mu masezerano ubwo yayiguraga, bimwe mu byo Munyampirwa atubahirije bikaza kumuviramo kwamburwa Guest House akanahunga igihugu.

-3915.jpg

Umwami Jean Baptiste Kigeli V

Amakuru twahawe n’umuntu wizewe avuga ko Pascal Munyampirwa atuye muri Leta imwe n’Umwami Kigeli i Virginia, ari nawe wabaye umuhuza hagati ya Major Robert Higiro, Cpt Cyusa guhura n’Umwami Kigeli.

Nyuma y’uwo mubonano wabaye mu ibanga twatangaje iyo nkuru yaje kugera k’umwami Kigeli, wahise ashimira Rushyashya ndetse muri iki gitondo Kigeli ubwe yatwoherereje ubutumwa avuga ko yashimishijwe n’inkuru yasomye muri Rushyashya kuko amabandi yo muri RNC ayobowe na Major Robert Higiro, yari amurembeje amusaba amafaranga.

-3916.jpg

Major Robert Higiro

Iyo nkuru yo muri Rushyashya Umwami Jean Baptiste Kigeli V avuga yuko yamukijije amabandi twagaragaje ukuntu Higiro na Cyusa ari abatekamutwe bagenda bakuramo abantu amafaranga bababeshya ibyo bagamije gukora kandi ari ntabyo.

Bagiye gusaba amafaranga umwami Kigeli bamubwira yuko ari ayo gukoresha muri icyo kintu bise Democracy in Rwanda now, ngo kiri hafi kuburizamo kuba Perezida Kagame yakwiyamamariza manda ya gatatu.

-3917.jpg

David Himbara nyiri Democracy in Rwanda now

Rushyashya muri iyo nkuru igaragaje yuko ari ubutekamutwe nibwo Umwami Kigeli yabimenye, ashimira Rushyashya yuko imukijije amabandi atari yari yaratekereje yuko ari yo, ngo ariko nyuma yo gusoma iyo nkuru akabaririza yaje gusanga ari amabandi koko !

-3918.jpg

Burasa Jean Gualbert umuyobozi w’ Ikinyamakuru Rushyashya

Cyiza Davidson

2016-09-03
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Ntabwo wavuga ko ibibazo byakemutse – Amb. Nduhungirehe avuga ku mubano w’u Rwanda na Uganda

Ntabwo wavuga ko ibibazo byakemutse – Amb. Nduhungirehe avuga ku mubano w’u Rwanda na Uganda

Ubwanditsi 22 Jun 2018
Ibaruwa ndende Museveni yandikiye Kagame yemera ko yahuye na Mukankusi wo muri RNC na Eugene Gasana  wahoze ari Ambasaderi muri Loni

Ibaruwa ndende Museveni yandikiye Kagame yemera ko yahuye na Mukankusi wo muri RNC na Eugene Gasana wahoze ari Ambasaderi muri Loni

Ubwanditsi 19 Mar 2019
DONALD TRUMP  abaye Perezida wambere urahiriye  gutegeka Amerika adakunzwe

DONALD TRUMP abaye Perezida wambere urahiriye gutegeka Amerika adakunzwe

Ubwanditsi 24 Jan 2017
DONALD TRUMP  yatsembeye Inzego z’Iperereza ko azakomeza gukoresha SAMSUNG GALXY S3  ye .

DONALD TRUMP yatsembeye Inzego z’Iperereza ko azakomeza gukoresha SAMSUNG GALXY S3 ye .

Ubwanditsi 31 Jan 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Ku ngengabitekerezo ya parmehutu, umwuzukuru wa Dominiko Mbonyumutwa ni sekuru wagiye aragaruka
Amakuru

Ku ngengabitekerezo ya parmehutu, umwuzukuru wa Dominiko Mbonyumutwa ni sekuru wagiye aragaruka

Ubwanditsi 24 Jan 2022
U Rwanda rwanzuye kutavugurura amasezerano y’imikoranire na Human Rights Watch
POLITIKI

U Rwanda rwanzuye kutavugurura amasezerano y’imikoranire na Human Rights Watch

Ubwanditsi 06 Mar 2018
Burundi:  Mu kiyaga cya Rweru hongeye kuboneka imirambo ijombyemo ibiti, abaturage ntibashira amakenga  ubuyobozi bwa komini n’ubw’abashinzwe umutekano.
INKURU NYAMUKURU

Burundi:  Mu kiyaga cya Rweru hongeye kuboneka imirambo ijombyemo ibiti, abaturage ntibashira amakenga  ubuyobozi bwa komini n’ubw’abashinzwe umutekano.

Ubwanditsi 25 Feb 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru