• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Abarwanyi ba FDLR na Wazalendo bavurirwa mu Burundi ku ngengo y’igisirikare cy’u Burundi   |   24 Jul 2026

  • Ikipe y’igihugu y’Umukino wa Volleyball mu Bagabo yatangiye imyiteguro y’igikombe cya Afurika cyaherukaga kuba muri 2023   |   23 Jul 2026

  • Igikombe kirajya mu bindi twibitseho, ubutumwa bwa Gen. MK Mubarakh yageneye abafana ba APR FC yitegura gukina CECAFA Kagame Cup 2026   |   22 Jul 2026

  • Police FC yatangaje umunya-Maroc, Jaafar Rkyek nk’umutoza mukuru wayo asimbuye Ben Moussa watandukanye n’iyi kipe   |   21 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza wa Mukura VS, Tomáš Trucha, yageze mu Rwanda aho aje gutangira akazi   |   20 Jul 2026

  • AMAFOTO – Rayon Spotrs yasinyanye amasezerayo y’ubufatanye na Bank of Kigali y’igihe cy’imyaka 5, ikazabona arenga Miliyari 1 ku mwaka   |   18 Jul 2026

 
You are at :Home»INKURU ZAKUNZWE CYANE»Kate Bashabe yanenze abavuga ko yararanye na Davido

Kate Bashabe yanenze abavuga ko yararanye na Davido

Ubwanditsi 08 Mar 2018 INKURU ZAKUNZWE CYANE

Amashusho yagaragaje Kate Bashabe nyuma y’igitaramo cya Davido mu Rwanda yinjira mu modoka yari itwaye Davido. Ibinyamakuru bimwe n’abantu ku mbuga nkoranyambaga bavuze ko batahanye. We kuri Facebook yanenze itangazamakuru ngo ‘rikwiza ibihuha’.

Mu bari bitabiriye igitaramo cya Davido harimo na Kate Bashabe, usanzwe uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga no gucuruza imideri.

Image result for kate bashabe

Uyu mukobwa hari amashusho yafashwe yinjira mu modoka yatwaye Davido arangije igitaramo. Ndetse abarinda uyu muhanzi bari babanje gusa n’abamubuza kwinjira mu modoka.

Aya mashusho yatumye ku binyamakuru bimwe bemeza ko batahanye, abandi ko bararanye, ku mbuga nkoranyambaga ho byari ibindi…

Related image

Bashabe we abinyujije kuri Facebook Page ye yanditse avuga ati “mbabajwe cyane n’uburyo itangazamakuru mu Rwanda rifata abagore b’ibyamamare. Biteye isoni kuba rishyushywa no gukwiza ibihuha. Mufitiwe ikizere n’abanyarwanda, ntimukwiye guhimba ibinyoma mukabikwiza kandi mutazi n’uwo muntu.”

Gusa nta cyo yatangaje ku mashusho yafashwe ajya mu modoka ya Davido, niba yari agiye kumusura cyangwa kumutembereza i Kigali.

Image result for Kate Bashabe Catherine

Usibye Bashabe, havugwa na Shady Boo we wagaragaye muri iryo joro abyinisha umubiri we cyane imbere ya Davido muri Night Club i Kigali nyuma y’iki gitaramo.

Kate Bashabe yanenze abavuga ibintu ngo batabizi

Kate Bashabe yanenze abavuga ibintu ngo batabizi

Ni icyamamare ku mbuga nkoranyambaga

Ni icyamamare ku mbuga nkoranyambaga

Iryo joro na Shaddy Boo we yaraye yerekanye ko yasangiye na Davido

Iryo joro na Shaddy Boo we yaraye yerekanye ko yasangiye na Davido

Kuri Instagram Davido yerekanye ko bahoranye koko na Shadyboo, Kate we avuga ko abantu bakwiza ibihuha

Kuri Instagram Davido yerekanye ko bahoranye koko na Shadyboo, Kate we avuga ko abantu bakwiza ibihuha

Davido yishimiye amafoto ya Shadyboo
 Image result for Kate Bashabe Catherine
Kate Bashabe ni umwe mu bakobwa bafite uburanga buvugisha benshi
Amafoto y’indobanure agaragaza uburanga bwa Kate Bashake
Amafoto y’indobanure agaragaza uburanga bwa Kate Bashake

2018-03-08
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Frank Ruhinda yemeje iyegura rya Lea Karegeya wari ukuriye akanama k’inararibonye muri RNC

Frank Ruhinda yemeje iyegura rya Lea Karegeya wari ukuriye akanama k’inararibonye muri RNC

Ubwanditsi 13 Jan 2020
Ubwiru muri Sena y’u Bufaransa mu kiganiro cy’abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubwiru muri Sena y’u Bufaransa mu kiganiro cy’abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi

Ubwanditsi 10 Mar 2020
Inkoramutima za RNC gukurikira Bonabaana nyuma yuko ingabo zishiriye ku icumu muri DRC

Inkoramutima za RNC gukurikira Bonabaana nyuma yuko ingabo zishiriye ku icumu muri DRC

Ubwanditsi 10 Jul 2019
Urujijo K’Umunyamakuru Wakoreye The New Times Yaburiwe Irengero Muri Uganda

Urujijo K’Umunyamakuru Wakoreye The New Times Yaburiwe Irengero Muri Uganda

Ubwanditsi 24 Apr 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Amabaruwa y’urudaca hagati ya Museveni na Nkurunziza ahatse iki?
INKURU NYAMUKURU

Amabaruwa y’urudaca hagati ya Museveni na Nkurunziza ahatse iki?

Ubwanditsi 12 Dec 2018
Umupaka wa Goma Umugore yatawe muri yombi afite ikarita y’urugamba [  M23 iravugwaho gutegura indi ntambara ]
ITOHOZA

Umupaka wa Goma Umugore yatawe muri yombi afite ikarita y’urugamba [ M23 iravugwaho gutegura indi ntambara ]

Ubwanditsi 21 May 2018
Polisi y’u Rwanda yatangiye gushyira mu bikorwa itegeko ry’utugabanyamuvuduko mu modoka
Mu Mahanga

Polisi y’u Rwanda yatangiye gushyira mu bikorwa itegeko ry’utugabanyamuvuduko mu modoka

Ubwanditsi 28 Oct 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru