• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Abakinnyi 19 muri 28 bahamagawe n’umutoza Stephen Constantine witegura gukina na Liberia na Cap-Vert, bakina hanze y’u Rwanda   |   09 Sep 2026

  • Irabu: Ibigarahamwe mwitege iyi nkota ya menge ivuye muri Oman nimukoronge ariko nimurenga wa murongo izabarya   |   09 Sep 2026

  • Cricket: U Rwanda rwitwaye neza mu mukino ufungura irushanwa rya ILT20 Continent Cup 2026   |   08 Sep 2026

  • Byatsi Baker yongeye kwikirigita araseka, mu mugambi we wa mpemuke ndamuke akomeje wo kwambara urubwa rwo gusebya u Rwanda rwabyaye Nyina   |   08 Sep 2026

  • Cassa Mbungo yahamagaye ikipe y’igihugu y’u Rwanda U20, banatangira imyitozo yitegura imikino ya CECAFA izabera muri Tanzania   |   08 Sep 2026

  • Patrice Evra wakiniye Manchester United n’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa, uri mu Rwanda yashimye intambwe y’u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi   |   03 Sep 2026

 
You are at :Home»INKURU ZAKUNZWE CYANE»Kate Bashabe yanenze abavuga ko yararanye na Davido

Kate Bashabe yanenze abavuga ko yararanye na Davido

Ubwanditsi 08 Mar 2018 INKURU ZAKUNZWE CYANE

Amashusho yagaragaje Kate Bashabe nyuma y’igitaramo cya Davido mu Rwanda yinjira mu modoka yari itwaye Davido. Ibinyamakuru bimwe n’abantu ku mbuga nkoranyambaga bavuze ko batahanye. We kuri Facebook yanenze itangazamakuru ngo ‘rikwiza ibihuha’.

Mu bari bitabiriye igitaramo cya Davido harimo na Kate Bashabe, usanzwe uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga no gucuruza imideri.

Image result for kate bashabe

Uyu mukobwa hari amashusho yafashwe yinjira mu modoka yatwaye Davido arangije igitaramo. Ndetse abarinda uyu muhanzi bari babanje gusa n’abamubuza kwinjira mu modoka.

Aya mashusho yatumye ku binyamakuru bimwe bemeza ko batahanye, abandi ko bararanye, ku mbuga nkoranyambaga ho byari ibindi…

Related image

Bashabe we abinyujije kuri Facebook Page ye yanditse avuga ati “mbabajwe cyane n’uburyo itangazamakuru mu Rwanda rifata abagore b’ibyamamare. Biteye isoni kuba rishyushywa no gukwiza ibihuha. Mufitiwe ikizere n’abanyarwanda, ntimukwiye guhimba ibinyoma mukabikwiza kandi mutazi n’uwo muntu.”

Gusa nta cyo yatangaje ku mashusho yafashwe ajya mu modoka ya Davido, niba yari agiye kumusura cyangwa kumutembereza i Kigali.

Image result for Kate Bashabe Catherine

Usibye Bashabe, havugwa na Shady Boo we wagaragaye muri iryo joro abyinisha umubiri we cyane imbere ya Davido muri Night Club i Kigali nyuma y’iki gitaramo.

Kate Bashabe yanenze abavuga ibintu ngo batabizi

Kate Bashabe yanenze abavuga ibintu ngo batabizi

Ni icyamamare ku mbuga nkoranyambaga

Ni icyamamare ku mbuga nkoranyambaga

Iryo joro na Shaddy Boo we yaraye yerekanye ko yasangiye na Davido

Iryo joro na Shaddy Boo we yaraye yerekanye ko yasangiye na Davido

Kuri Instagram Davido yerekanye ko bahoranye koko na Shadyboo, Kate we avuga ko abantu bakwiza ibihuha

Kuri Instagram Davido yerekanye ko bahoranye koko na Shadyboo, Kate we avuga ko abantu bakwiza ibihuha

Davido yishimiye amafoto ya Shadyboo
 Image result for Kate Bashabe Catherine
Kate Bashabe ni umwe mu bakobwa bafite uburanga buvugisha benshi
Amafoto y’indobanure agaragaza uburanga bwa Kate Bashake
Amafoto y’indobanure agaragaza uburanga bwa Kate Bashake

2018-03-08
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Abashinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23 birengagiza ibibonwa na buri wese, bagahitambo guhimba ibyo badafitiye gihamya.

Abashinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23 birengagiza ibibonwa na buri wese, bagahitambo guhimba ibyo badafitiye gihamya.

Ubwanditsi 27 Dec 2022
Abanyarwanda baba muri Canada bamaganye Mukankusi Charlotte wo muri RNC

Abanyarwanda baba muri Canada bamaganye Mukankusi Charlotte wo muri RNC

Ubwanditsi 25 Mar 2019
Uganda: Hari byinshi leta ya Museveni igomba gusobanurira abaturage bayo kurusha gukwirakwiza ibihuha ku buzima bw’abayobozi mu Rwanda

Uganda: Hari byinshi leta ya Museveni igomba gusobanurira abaturage bayo kurusha gukwirakwiza ibihuha ku buzima bw’abayobozi mu Rwanda

Ubwanditsi 13 Aug 2019
Uko Venuste Nshimiyimana wa BBC, Yasabye Habyarimana Gukwiza Interahamwe na CDR mu Rwanda

Uko Venuste Nshimiyimana wa BBC, Yasabye Habyarimana Gukwiza Interahamwe na CDR mu Rwanda

Ubwanditsi 02 Nov 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Perezida Kagame mu bazatangiza umushinga wo kurwanya Jenoside ku Isi i New York
POLITIKI

Perezida Kagame mu bazatangiza umushinga wo kurwanya Jenoside ku Isi i New York

Ubwanditsi 15 May 2017
Umwiryane n’amakimbirane muri CNRD- Ubwiyunge
INKURU NYAMUKURU

Umwiryane n’amakimbirane muri CNRD- Ubwiyunge

Ubwanditsi 29 Jan 2020
Kigali: Ubukangurambaga bw’isuku n’umutekano bwatangiye  gushyirwa mu bikorwa
Mu Mahanga

Kigali: Ubukangurambaga bw’isuku n’umutekano bwatangiye gushyirwa mu bikorwa

Ubwanditsi 12 Aug 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Eugène Ntambara yakatiwe burundu n’ubutabera bw’u Buholandi kubera uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi

31 Aug 2026
Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru