• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

  • Ububabare bwa RPA/F bwashibutsemo icyizere n’agaciro; Mufulukye Fred   |   05 Jul 2026

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»RNC, nka AlQaida kwi kwegera urupfu batekereza ko barimo guharanira ubutabera
Urubyiruko rwafatiwe mu bikorwa by'iterabwoba mu mashyamba ya Kongo

RNC, nka AlQaida kwi kwegera urupfu batekereza ko barimo guharanira ubutabera

Ubwanditsi 07 Aug 2019 INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE

Niba intambara ku rwego rw’isi ari uguharanira ko abaterabwoba n’ababashyigikiye batagomba kugira ubuyobozi  ku rwego rw’igihugu, none se ni kuki Uganda yo  yatekereza ko RNC yaba umwihariko?

Ibaze nawe umuvugizi w’umutwe w’iterabwoba ku rwego rw’isi Al Qaida kubwira Ikinyamakuru ngo, “ Turifuza kwibutsa rubanda ko turi umuryango wubakiwe ku mahame ya demokarasi, ubutabera n’uburenganzira bw’ikiremwamuntu.”ninde wakumva ko ibyo avuze abikuye ku mutima?

Na Al Qaida ubwayo ntiyibona nk’umutwe w’iterabwoba, nubwo hari ibikorwa by’ubwicanyi  ikora ku musubirizo ku isi yose igahitana inzirakarengane , harimo n’ibitero yakoze ku nyubako ebyiri zo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bigahitana abagera ku 3000.

Ikinyamakuru gikwirakwiza propaganda ya Al Qauida kugeza naho cyamamaza ko uwo mutwe wubakiwe ku mahame ya demokarasi ,” nta shiti, Abanyamerika babifata nk’ubushotoranyi no kubakina ku mubyimba, bityo noneho bikabongerera imbaraga mu kurwanya iterabwoba

Ibi nibyo bimaze iminsi biranga imyandikire ya Daily Monitor mu nkuru z’icyo kinyamakuru zimaze iminsi zicicikana zerekeranye na Rwanda National Congress (RNC). Mu nkuru y’icyo Kinyamakuru iheruka yanditswe ku wa 2 Kanama 2019,yari ifite umutwe ugira uti, “ Abanyarwanda bari mu buhungiro barashaka gutaha, nubwo  babagerekaho iterabwoba” bakaba barashakaga kugaragaza uyu mutwe nkuwemewe n’amategeko, kandi unaharanira ubutegetsu mu Rwanda.

Niba urugamba ku iterabwoba ku rwego rw’isi ari uguharanira ko abaterabwoba n’ababashyigikiye batagira ubutaka bategeka, bityo imbaraga zabo zose zifashishwa ku girango bigerweho zigomba kurwanywa ku buryo bwose bushoboka, none ni kuki hari umuntu ugomba gutekereza ko RNC  yaba umwihariko ?

RNC ikaba yarahisemo ibara ry’umuhondo, nk’ikimenyetso cy’ubufatanye n’abaterankunga bayo , ari nabo barimo kuyifasha mu rwego rwo kuyitagatifuza binyuze mu itangazamakuru.

Ikimara gushingwa muri 2010, Patrick Karegeya umwe mu bayishinze na Kayumba Nyamwasa, bakoze ikiganiro kirambuye cyahaye uwo mutwe inshingano y’iterabwoba. Karegeya akaba yaravuze ko uburyo bw’imvururu, aho kuba uburyo bushingiye kuri demokarasi aribwo bwavana Perezida Kagame ku buyobozi, “abanyagitugu ntibajya barekura ubuyobozi, bararwanywa bakabuvanwaho,” akaba aribyo yavuze.

Iki cyerecyezo RNC yubakiweho cyahise gishyirwa mu bikorwa.  Nkuko nubundi iterabwoba rikora, ikigendererwa kikaba cyari ugukwirakwiza ubwoba mu gihugu hose, kugirango abaturage batakarize icyizere ubuyobozi, nyuma bakifashisha ingufu za gisirikare mu gufata igihugu ku nkunga y’ abaterankunga babo.

Abasangirangendo ba RNC batangiye gucengera igihugu kubera izo mpamvu. Hagati ya 2010 na 2014, ibitero bitandukanye byahitanye abantu 17 binakomeretsa 460 mu Rwanda.

Nkuko umutangabuhamya abivuga, Kaporari Joseph Nshimiyimana , wari mu nama ya RNC, yabareye mu kabari kitwa Mamba Point Bar, iyo nama kandi ikaba yari yatumiyemo n’impuruza za Kayumba Nyamwasa zari zaturutse muri Afurika Yepfo, bivugwa ko RNC yari ifite gahunda yo kuburizamo amatora y’intumwa za rubanda yari ateganijwe muri Nzeri y’uwo mwaka.

Iyo gahunda yaje kubahira, kuko ibitero bya za gerenade byatewe mu isoko rya Kicukiro , bihitana ubuzima bwa Yadufashije na Habiyambere binakomeretsa abandi 46.

Ni gute ikigo cy’itangazamakuru cyamira bunguri ibyo gihawe, ari nako kimokoza, ibivugwa n’umutwe ubeshya ko w’ubakiye ku mahame ya demokarasi, ariko kadi kikongera kigacaruhinganyuma gishaka kuburizamo amatora, kifashisha ibikorwa by’iterabwoba, ibi birenze amahame agenga ubunyamwuga.

Ba kizigenza ba FDLR , ubu bari imbere y’ubutabera bafatiwe muri Kongo Kinshasa ubwo bavaga Kampala, nabo bemeje ko Minisitiri wa Uganda ushinzwe ubutwererane mu Karere Philemon Mateke yari yahamagaje FDLR na RNC mu rwego rwo kungurana ibitekerezo ku buryo bashyira mu bikorwa amabwiriza yari yatanzwe na Uganda, ajyanye n’ukuntu bakwangiza ibikorwa remezo  by’uRwanda.

Nyamara kandi imvururu zishingiye ku gisirikare zagombaga kwifashishwa mu gushyira mu bikorwa uyu mugambi mubisha w’iterabwoba  zaje gukomwa mu nkokora, kuko amagana n’amagana y’abasore bari barayobejwe na Kayumba bahuye n’uruvagusenya mu mashyamba ya DRC, aho abasaga 300 bahasize ubuzima, abandi bafatwampiri ari bazima.

Kugeza ubwo Kayumba Nyamwasa yavaga Uganda akisubirira muri Afurika Yepfo, aho arimo kwirira za sosiso, ari nako ayobora abo bayoboke be, yifashisha uburyo bwa terekomande, uwavuga ko uku gukubitwa inshuro bishoje RNC yumvise ntiyaba akabije.

Bisobanura ko ari nayo mpamvu aka gatsiko k’iterabwoba n’abaterankunga bako bahinduye amayeri, bakaba barimo kwifashisha itangazamakuru, za Tract bitwaje abacitseku icumu n’ibindi bitindagasani nk’ibyo….mu rwego rwo guhanyanyaza kugirango habeho ibiganiro n’imishyikirano.

Nyuma yo gusekurirwa muri DRC, bahise bahindura intero, batangira kuvuga ko bashaka imishyikirano .” Ubwo abo baterabwoba bakunda amahoro bakaba bari biteguye kugirana ibiganiro n’buyobozi bw’uRwanda.

Twagiramungu ati :Abanyarwanda bari mu buhungiro barashaka gutaha, ariko Twagiramungu yirengagiza ko abo avugira  bari mu banyarwanda bigeze kwijandika mu iterabwoba. None ho ni ukuvuga ko n’imiryango yabuze ababo kubera ibi bikorwa by’iterabwoba igomba kwibagirwa ibyo bikorwa. Ese yo irasaba iki ?

Ni ayahe mahame ya demokarasi barimo kwigisha  atagomba  gushingirwaho ngo abakoze ibikorwa by’iterabwoba babibazwe?

RNC yahisemo ibara ry’umuhondo, vuba aha ntagushidikanya bazaba banambaye ingofero zabo z’umuhondo.

Niba ibi aricyo bisaba kugirango RNC ihabwe indi  sura, nk’umuryango wubakiwe ku mahame ya demokarasi, na Al Qaida byazayishimisha!

2019-08-07
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Ingaruka zo kohereza ingabo muri Kongo zikomeje kwisukiranya ku butegetsi bw’Afrika y’Epfo

Ingaruka zo kohereza ingabo muri Kongo zikomeje kwisukiranya ku butegetsi bw’Afrika y’Epfo

Ubwanditsi 04 Apr 2024
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Amir wa Qatar

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Amir wa Qatar

Ubwanditsi 26 Sep 2018
Umurambo wa Hubert Gashagaza wari umupolisi mukuru wasanzwe mu modoka, bikekwa ko yishwe

Umurambo wa Hubert Gashagaza wari umupolisi mukuru wasanzwe mu modoka, bikekwa ko yishwe

Ubwanditsi 18 Sep 2018
Mbere yo gutsinda Al-Merrikh SC i Kigali 2-0, Yanga SC yageneye impano Perezida Paul Kagame

Mbere yo gutsinda Al-Merrikh SC i Kigali 2-0, Yanga SC yageneye impano Perezida Paul Kagame

Ubwanditsi 17 Sep 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Uganda : Urwego rw’iperereza rwa gisirikare (CMI) rwashimuse abandi banyarwanda, Darius Kayobera n’umugore we Claudine Uwineza
INKURU NYAMUKURU

Uganda : Urwego rw’iperereza rwa gisirikare (CMI) rwashimuse abandi banyarwanda, Darius Kayobera n’umugore we Claudine Uwineza

Ubwanditsi 30 Jan 2019
Uganda: Abakozi ba leta ntibavuga rumwe ku mushinga wo kujya bishyurwa bubyizi
Mu Mahanga

Uganda: Abakozi ba leta ntibavuga rumwe ku mushinga wo kujya bishyurwa bubyizi

Ubwanditsi 24 May 2018
Umusomyi: SISI reka gusaza wanduranije cyane
ITOHOZA

Umusomyi: SISI reka gusaza wanduranije cyane

Ubwanditsi 25 Oct 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru