• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • FDLR n’Indi Mitwe ishyigikiwe na Kongo bakomeje Kwica no kumenesha Abakongomani mu mirwano yongeye kubura   |   04 Dec 2025

  • Mukunzi Yannick yasezeye ku ikipe ya Sandvikens IF you muri Sweden yari amaze imyaka itandatu ayikinira   |   03 Dec 2025

  • AMAFOTO: Twagirayezu Thadée wayoboraga Rayon Sports yakoze ihererekanyabubasha na Murenzi Abdallah   |   02 Dec 2025

  • Dr. Usta Kayitesi yasimbuye Gen (Rtd) Kabarebe muri Minaffet, Imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri   |   01 Dec 2025

  • Abakinnyi 80 baturutse mu bihugu 16 byo hirya no hino ku Isi nibo bitabira isiganwa ry’Amagare yo mu rizwi nka Rwandan Epic   |   30 Nov 2025

  • APR FC yakiriye abakinnyi bayo 3 batari bahari barimo Mamadou Sy wari i Doha   |   28 Nov 2025

 
You are at :Home»IMIKINO»Ku myaka 94, Nancy Reagan Yitabye Imana

Ku myaka 94, Nancy Reagan Yitabye Imana

Editorial 07 Mar 2016 IMIKINO

Nancy Reagan umugore wa perezida wa 40 wa Leta zunze ubumwe za Amerika Ronald Reagan yitabye Imana kuri iki cyumweru zize indwara y’umutima yaramaranye igihe ku mwaka 94 yaramaze kugeza ari ku isi y’abazima.

-2394.jpg

Nancy Reagan, yashyingiwe mu 1952 ahita aba umugore wa perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika Amerika (First Lady), kuri ubu rero akaba yamaze kuva mu mwuka w’abazima ndetse akazashyingurwa mu cyumeru gitaha mu gace kitiriwe uwari umugabo we.

Aka gace kiswe “Ronald Reagan President Library” gaherereye ahitwa Simi muri leta zunze ubumwe za Amerika.

-2395.jpg

Nancy, yahoze ari n’umukinnyi wa filimi aho yamamaye cyane mu yitwa B Mobvies mbere yo guhura n’umugabo we.Uyu mudamu nyakwigendera yaranzwe no kuba yarakingiraga ikibaba umugabo we Ronald Reagan akiri perezida aho akenshi mu bibazo yabazwaga mu itangazamakuru yabisubiza yizigama cyane mu rwego rwo kugabanya igitutu cy’itangazamakuru ku mugabo we.

-2397.jpg

Aha Ronald Reagan yari kumwe na Nancy mu ndirishya ryibitaro rya the Navy Medical Center

Nk’uko tmz ibitangaza, Nancy yigeze kubazwa ikibazo gikomeye aho yabajijwe icyo we n’umugabo we Ronald bazageza kuri leta zunze ubumwe za Amerika maze agasubiza ati”Tuzakora ibyiza byose dushoboye”.

Ubwo yari akiri umugore wa perezida, yashyizeho umuryango w’’ubukangurambaga mu kurwanya ibiyobyabwenge witwaga “Just Say No”.
Ibyo wamenya kuri Nancy Reagan

-2398.jpg

Aha yaseeraga ku murambo wumugabo we

Amazina ye yose ni Nancy Davis Reagan, yavutse mu tariki 6 Nyakanga 1921 i New York muri leta zunze ubumwe za Amerika.Yashakanye na Ronald Reagan mu mwaka 1952 babana kugeza mu 2004 ubwo uyu mugabo yitabaga Imana.

Nancy Reagan yari mu ishaka ry’aba-Republicains, asize abana babiri aribo Patti na Ron.Uyu mukecukuru avuka kuri Kenneth Seymour Robbins na Edith Prescott Luckett.

Yagizwe First Lady (umugore wa perezida) muri Mutarama 1981 ubwo Ronald Reagan yatorerwaga kuba perezida wa USA mu 1980.

Uyu mugore wamenyekanye cyane akina amafilimi yari atuye i Bel Air mu mugi wa Los Angeles ho muri leta zunze ubumwe za Amerika.

Umugabo we Ronald Reagan, yitabye Imana mu 2004 ubwo yari yujuje imyaka 93.
Kuva icyo gihe, Nancy yakomeje gucunga ububiko bw’ibitabo bw’umufasha we ndetse anatanga ibitecyerezo mu bya politiki kugeza ubwo yitabye Imana muri uku kwezi kwa Werurwe 2016.

M.Fils

2016-03-07
Editorial

IZINDI NKURU

Kayiranga Baptiste yahawe gutoza Rayon Sports mu mikino ibiri isigaye ngo shampiyona ya 2020-2021 irangire.

Kayiranga Baptiste yahawe gutoza Rayon Sports mu mikino ibiri isigaye ngo shampiyona ya 2020-2021 irangire.

Editorial 18 Jun 2021
Perezida Kagame azafungura ku mugaragaro Stade Amahoro hakimwa umukino uzahuza APR na Police

Perezida Kagame azafungura ku mugaragaro Stade Amahoro hakimwa umukino uzahuza APR na Police

Editorial 30 Jun 2024
FERWACY yatangije irushanwa ry’abato “Rwanda Junior Tour“ rigamije kongerera abakinnyi ubushobozi akozwe umunsi urenze umwe

FERWACY yatangije irushanwa ry’abato “Rwanda Junior Tour“ rigamije kongerera abakinnyi ubushobozi akozwe umunsi urenze umwe

Editorial 01 Aug 2024
Ikipe ya AFC Leopards yo muri Kenya yahanishijwe kutagura abakinnyi mu myaka ibiri kubera kutishyura Habamahoro Vincent ukinira Kiyovu SC

Ikipe ya AFC Leopards yo muri Kenya yahanishijwe kutagura abakinnyi mu myaka ibiri kubera kutishyura Habamahoro Vincent ukinira Kiyovu SC

Editorial 24 Mar 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Bizimana Djihad ntabwo azakina umukino u Rwanda ruzakina na Uganda, Djamir Kalisa yabimburiye abakina hanze gutangira imyitozo mu Mavubi
Amakuru

Bizimana Djihad ntabwo azakina umukino u Rwanda ruzakina na Uganda, Djamir Kalisa yabimburiye abakina hanze gutangira imyitozo mu Mavubi

Editorial 04 Oct 2021
Ruhango:  Umuryango “ Twubake Ubumwe n’Ubwiyunge ”  wateguye Ubudehe bwo guhingira Uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi 
Amakuru

Ruhango:  Umuryango “ Twubake Ubumwe n’Ubwiyunge ”  wateguye Ubudehe bwo guhingira Uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi 

Editorial 23 Sep 2022
“Ruharwa Protais Mpiranya ashobora gufatwa mu minsi ya vuba”  Umushinjacyaha Mukuru wa IRMCT Serge Brammertz
Amakuru

“Ruharwa Protais Mpiranya ashobora gufatwa mu minsi ya vuba” Umushinjacyaha Mukuru wa IRMCT Serge Brammertz

Editorial 14 Dec 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru