• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Nyuma y’imyaka itatu Stade y’Akarere ka Gicumbi itangiye kuvugururwa, kuri ubu yemerewe kwakira imikino ya Shampiyona y’u Rwanda, BK Pro League   |   21 May 2026

  • Umutoza w’Amavubi Stephen Constantine asanga kwitwara neza k’u Rwanda bisaba gutsinda imikino yo mu rugo ngo yerekeze mu gikombe cya Afurika 2027   |   20 May 2026

  • Olivier Kwizera ari mu bakinnyi basubukuye imyitozo ya Rayon Sports yitegura guhura na APR FC ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro   |   19 May 2026

  • Rusesabagina nawe ubwe ni ikinyoma cyigendera   |   18 May 2026

  • AMAFOTO – Patriots BBC na APR WBBC begukanye igikombe cy’irushanwa ryo kwibuka mu bakina ari batatu kuri batatu   |   18 May 2026

  • Bombori bombori hagati ya Kayumba Placide na Pierre Celestin Rwalinda wamusimbuye ku buyobozi bwa FDU Inkingi   |   15 May 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Kwamagana ubugizi bwanabi uwitwa Chikuru Josefu akomeje gukorera abanyarawandakazi batuye mu Bubiligi

Kwamagana ubugizi bwanabi uwitwa Chikuru Josefu akomeje gukorera abanyarawandakazi batuye mu Bubiligi

Ubwanditsi 10 Apr 2017 ITOHOZA

Uyu yatwandikiye aragira ati : Banyamakuru ba Rushysahya,
Mbere na mbere ndabasaba ko ku mpamvu y’umutekano wanjye mutazatangaza amazina yanjye. Ndi umunyarwanda wababajwe n’urugomo ruvanze n’ubugome uwitwa Cikuru Josefu akomeje gukorera ingo z’imwa nazimwe z’abanyarwanda mu gihugu cy’Ububligi.

Hagati aho nkaba nabizezako inkuru ngiye kubagezaho ari iy’ukuri ariko ko mutanabyemeye namwe mwaukora iperereza ryanyu mbere y’ukuyitangaza mu kinyamakuru cyanyu. Byongeye mura cyibuka izindi nkuru mwatangaje muvuga k’ubusambanyi bukoresheje ingufu bukorwa n’uyu mugabo witwa Cikuru.

INKURU RERO ITEYE ITE:

Cikuru Yozefu utuye mu gihugu cy’Ububiligi , akaba abarizwa mu Ishaka RNC-New; rirwanya Leta y’URwanda ,akomeje ingeso mbi y’ubuhehesi no hohotera imiryango.
Amakuru amaze kuba gikwira i Buruseli ni uko uyu Cikuru ari umuhehesi karahabutaka kugeza ubwo yateye inda y’impanga umwe mu badamu yitwazaga ko yamukoreraga dosiye y’ubuhunzi.

Uyu mudamu- ntifuza kuvuga amazina ye, ngo yavuye mu Rwanda aho yakoraga mu bitaro by’i Ruli ageze mu Bubiligi ahura na Cikuru wahise amujyana muri RNC amwizeza ko amwigira dosiye. Ikibabaje ariko ni uko uyu mudamu ngo yajye gusabwa n’umugabo wize ibya Pharmacie anariwe wamufashije kubona “équivalence” ya Diplôme ye y’ubuganga ngo abone gusubira gukomeza amashuli ye. Uyu mugabo( ntarabasha kumenya amazina ye neza) avugwaho kuba arangwaho ubwitonzi , gukunda abantu kandi n’ubunyanga mugayo.

Uwo mugore rero afatanije na Cikuru bakoze imitwe maze mu mvugo n’ibyifuzo by’uyu mugore nyine asaba uyu mugabo ko niba ashaka ko bubakana urugo yazabanza agatanga inkwano mu muryango we uri mu Rwanda kandi hagakorwa n’ubukwe ku mugaragaro.

Uyu mugabo wifuzaga kurongora biciye mu muco nyarwanda kandi wakundaga uyu mudamu, yakoze ibyo yasabwaga byose. Bivugwa ko yaba yanaramukoye amafaranga menshi, ko ubukwe bw’imiryango yombi bwabereye i Kigali ahitwa Kicukiro, mu mpera z’umwaka wa 2015.

Ikibabaje ariko ngo Cikuru yakomeje kotsa igitutu uyu mudamu amwihanangiriza ko n’ubwo yasabwe, agakwa agomba kujya anyuzamo akajya kumuraza ndetse no kumuhahira ariko akabikora abihishe umugabo we, ngo bitabaye ibyo azamwicira dosiye.

-6246.jpg

CIKURU MWANAMAYI JOSEPH

Uyu mugabo kubera ko yizeraga umugore we kandi akaba akunda ngo kujya hanze kwishakira ibiraka bijyanye n’ibyo yigiye( ngo ubundi i Buruseli akora mubijyanye no gutwara abantu, abifatanya no gukomeza gushaka akazi mubijyanye na “sciences” yize). Ibi rero byatumye ubusambanyi hagati ya Cikuru n’uyu mudamu bukomeza ntankomyi kugeza ubwo Cikuru amuteye inda y’impanga.

Kugirango bazimangatanye ibi menyetso Cikuru yabwiye uyu mudamu- wari utegereje kurushinga, ko yategereza umugabo we akava mu rugendo yari yaragiyemo mu kwezi kwa 7/2016 akamubwira inkuru nziza ko atwite kandi akamusaba ko bakora ubukwe vuba muri Eglise inda itaragaragara none ho ibindi bikaza korwa nyuma. Umugabo nawe kubera kwizera umugore we yakiriye neza icyo cyifuzo, ubukwe burataha, abantu bararya, baramywa bakirwa neza . Ngo mbese bwari ubukwe ubona ko buteguranye ubuhanga kandi bwiza pe.

Cikuru we yarimo abyinira ku rukoma ko umutego awusimbutse ko babonye uwo bitirira inda y’abana bityo agakomeza kwihishyira no gusambanya abagore uko yishakiye.

Amakuru rero yizewe ngo n’uko nyuma y’aho uyu mudamu abyariye mu kwezi kwa 2 uyu muri mwaka wa 2017( muri bimwe mu bitaro by’i Buruseli kuburyo bugoranye kuko ngo yari amerewe nabi cyane, ngo yagize kwitabwaho n’abaganga b’inzobere bafatanije n’umugabo we), bishoboka ko umugabo we yatangiye kubona ko abobana atari abe. Ko habaye i tekinika ririmo ubushishozi buke no kubura urukundo byaranze aba bayoboke bombi- dore ko ngo n’uwo mugabo yategekaga umugore we kubivamo ariko uyumugorewe akamubwira ko abivuyemo Cikuru yamwihimuraho.

Ku bindi biravugwako uyu CIKURU , asa n’uwabuze aho arigitira. Ese azasubiza inkwano uyu mugabo yatanze, ese iwabo w’umukobwa bazabyakira bate, umugore se ubu ibye bizakomezwa guhishwa kandi n’abanabatangiye kugaragara?

Uyu mugabo se we wizeraga umugore we akageza ubwo yemera gutanga” inka ze” yabonye abize icyuya, , azabyifatamo ate? Mbese abantu bamaze kumenya iyi nkuru yewe banatashye n’ubukwe byarabatunguye ku buryo bamwe byababereye urujijo batangiye no kwibaza byinshi.

Rero iki ni ikindi kimenyetso si musiga kigaragaza neza ubuhehesi no guhohotera abanyarwarwandakazi uyu Cikuru yakomejwe kuvugwaho ariko we n’abo bafatanije bakabihakana.

Bityo rero bishobotse mukaba mwabitangaza mukadufasha kwamaganira kure ubu bugome. Kandi namwe nk’abanyamakuru b’umwuga mushoboye kubona nimero za telefone y’uyu mugabo wagizwe agakingirizo n’akagaco k’abasambanyi, mwaza mushaka mukatubariza icyo atekereza kuri ibi bibavugwaho. Muzaba mukoze

Umusomyi wa Rushyashya.net, Belgique

2017-04-10
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Indanini yishe ukuze : Inzara n’ubukene bitumye Kayumba Nyamwasa apfundikanya ubuhamya kwihanurwa ry’indege ya Habyarimana

Indanini yishe ukuze : Inzara n’ubukene bitumye Kayumba Nyamwasa apfundikanya ubuhamya kwihanurwa ry’indege ya Habyarimana

Ubwanditsi 24 Oct 2016
Koreya y’Amajyaruguru yamuritse intwaro za kirimbuzi, zishobora kurasa muri Amerika

Koreya y’Amajyaruguru yamuritse intwaro za kirimbuzi, zishobora kurasa muri Amerika

Ubwanditsi 17 Apr 2017
Mu byegera bya Perezida Nkurunziza bihabwa amahirwe yo kumusimbura mu 2020, harimo na Gen Prime Niyongabo

Mu byegera bya Perezida Nkurunziza bihabwa amahirwe yo kumusimbura mu 2020, harimo na Gen Prime Niyongabo

Ubwanditsi 15 Nov 2018
Uwari Visi Meya wa Nyabihu yafunzwe akurikiranyweho ingengabitekerezo ya Jenoside

Uwari Visi Meya wa Nyabihu yafunzwe akurikiranyweho ingengabitekerezo ya Jenoside

Ubwanditsi 12 May 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Uyu munsi u Rwanda rurakora imihango yo kwibuka jenoside y’Abayahudi
Mu Mahanga

Uyu munsi u Rwanda rurakora imihango yo kwibuka jenoside y’Abayahudi

Ubwanditsi 14 Feb 2017
Ni iki cyatumye Royal TV nayo ihagarika  ibiganiro mu Rwanda
Mu Rwanda

Ni iki cyatumye Royal TV nayo ihagarika ibiganiro mu Rwanda

Ubwanditsi 20 Sep 2017
Umuryango wa Rwigara uri mu maboko ya Polisi ukurikiranyweho ibyaha bikomeye birimo kugambanira Igihugu
ITOHOZA

Umuryango wa Rwigara uri mu maboko ya Polisi ukurikiranyweho ibyaha bikomeye birimo kugambanira Igihugu

Ubwanditsi 24 Sep 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru