• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2026, APR FC izatangira ihura na Gor Mahia, Rayon Sports izisobanura na KVZ SC yo muri Zanzibar   |   11 Jul 2026

  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Kwamagana ubugizi bwanabi uwitwa Chikuru Josefu akomeje gukorera abanyarawandakazi batuye mu Bubiligi

Kwamagana ubugizi bwanabi uwitwa Chikuru Josefu akomeje gukorera abanyarawandakazi batuye mu Bubiligi

Ubwanditsi 10 Apr 2017 ITOHOZA

Uyu yatwandikiye aragira ati : Banyamakuru ba Rushysahya,
Mbere na mbere ndabasaba ko ku mpamvu y’umutekano wanjye mutazatangaza amazina yanjye. Ndi umunyarwanda wababajwe n’urugomo ruvanze n’ubugome uwitwa Cikuru Josefu akomeje gukorera ingo z’imwa nazimwe z’abanyarwanda mu gihugu cy’Ububligi.

Hagati aho nkaba nabizezako inkuru ngiye kubagezaho ari iy’ukuri ariko ko mutanabyemeye namwe mwaukora iperereza ryanyu mbere y’ukuyitangaza mu kinyamakuru cyanyu. Byongeye mura cyibuka izindi nkuru mwatangaje muvuga k’ubusambanyi bukoresheje ingufu bukorwa n’uyu mugabo witwa Cikuru.

INKURU RERO ITEYE ITE:

Cikuru Yozefu utuye mu gihugu cy’Ububiligi , akaba abarizwa mu Ishaka RNC-New; rirwanya Leta y’URwanda ,akomeje ingeso mbi y’ubuhehesi no hohotera imiryango.
Amakuru amaze kuba gikwira i Buruseli ni uko uyu Cikuru ari umuhehesi karahabutaka kugeza ubwo yateye inda y’impanga umwe mu badamu yitwazaga ko yamukoreraga dosiye y’ubuhunzi.

Uyu mudamu- ntifuza kuvuga amazina ye, ngo yavuye mu Rwanda aho yakoraga mu bitaro by’i Ruli ageze mu Bubiligi ahura na Cikuru wahise amujyana muri RNC amwizeza ko amwigira dosiye. Ikibabaje ariko ni uko uyu mudamu ngo yajye gusabwa n’umugabo wize ibya Pharmacie anariwe wamufashije kubona “équivalence” ya Diplôme ye y’ubuganga ngo abone gusubira gukomeza amashuli ye. Uyu mugabo( ntarabasha kumenya amazina ye neza) avugwaho kuba arangwaho ubwitonzi , gukunda abantu kandi n’ubunyanga mugayo.

Uwo mugore rero afatanije na Cikuru bakoze imitwe maze mu mvugo n’ibyifuzo by’uyu mugore nyine asaba uyu mugabo ko niba ashaka ko bubakana urugo yazabanza agatanga inkwano mu muryango we uri mu Rwanda kandi hagakorwa n’ubukwe ku mugaragaro.

Uyu mugabo wifuzaga kurongora biciye mu muco nyarwanda kandi wakundaga uyu mudamu, yakoze ibyo yasabwaga byose. Bivugwa ko yaba yanaramukoye amafaranga menshi, ko ubukwe bw’imiryango yombi bwabereye i Kigali ahitwa Kicukiro, mu mpera z’umwaka wa 2015.

Ikibabaje ariko ngo Cikuru yakomeje kotsa igitutu uyu mudamu amwihanangiriza ko n’ubwo yasabwe, agakwa agomba kujya anyuzamo akajya kumuraza ndetse no kumuhahira ariko akabikora abihishe umugabo we, ngo bitabaye ibyo azamwicira dosiye.

-6246.jpg

CIKURU MWANAMAYI JOSEPH

Uyu mugabo kubera ko yizeraga umugore we kandi akaba akunda ngo kujya hanze kwishakira ibiraka bijyanye n’ibyo yigiye( ngo ubundi i Buruseli akora mubijyanye no gutwara abantu, abifatanya no gukomeza gushaka akazi mubijyanye na “sciences” yize). Ibi rero byatumye ubusambanyi hagati ya Cikuru n’uyu mudamu bukomeza ntankomyi kugeza ubwo Cikuru amuteye inda y’impanga.

Kugirango bazimangatanye ibi menyetso Cikuru yabwiye uyu mudamu- wari utegereje kurushinga, ko yategereza umugabo we akava mu rugendo yari yaragiyemo mu kwezi kwa 7/2016 akamubwira inkuru nziza ko atwite kandi akamusaba ko bakora ubukwe vuba muri Eglise inda itaragaragara none ho ibindi bikaza korwa nyuma. Umugabo nawe kubera kwizera umugore we yakiriye neza icyo cyifuzo, ubukwe burataha, abantu bararya, baramywa bakirwa neza . Ngo mbese bwari ubukwe ubona ko buteguranye ubuhanga kandi bwiza pe.

Cikuru we yarimo abyinira ku rukoma ko umutego awusimbutse ko babonye uwo bitirira inda y’abana bityo agakomeza kwihishyira no gusambanya abagore uko yishakiye.

Amakuru rero yizewe ngo n’uko nyuma y’aho uyu mudamu abyariye mu kwezi kwa 2 uyu muri mwaka wa 2017( muri bimwe mu bitaro by’i Buruseli kuburyo bugoranye kuko ngo yari amerewe nabi cyane, ngo yagize kwitabwaho n’abaganga b’inzobere bafatanije n’umugabo we), bishoboka ko umugabo we yatangiye kubona ko abobana atari abe. Ko habaye i tekinika ririmo ubushishozi buke no kubura urukundo byaranze aba bayoboke bombi- dore ko ngo n’uwo mugabo yategekaga umugore we kubivamo ariko uyumugorewe akamubwira ko abivuyemo Cikuru yamwihimuraho.

Ku bindi biravugwako uyu CIKURU , asa n’uwabuze aho arigitira. Ese azasubiza inkwano uyu mugabo yatanze, ese iwabo w’umukobwa bazabyakira bate, umugore se ubu ibye bizakomezwa guhishwa kandi n’abanabatangiye kugaragara?

Uyu mugabo se we wizeraga umugore we akageza ubwo yemera gutanga” inka ze” yabonye abize icyuya, , azabyifatamo ate? Mbese abantu bamaze kumenya iyi nkuru yewe banatashye n’ubukwe byarabatunguye ku buryo bamwe byababereye urujijo batangiye no kwibaza byinshi.

Rero iki ni ikindi kimenyetso si musiga kigaragaza neza ubuhehesi no guhohotera abanyarwarwandakazi uyu Cikuru yakomejwe kuvugwaho ariko we n’abo bafatanije bakabihakana.

Bityo rero bishobotse mukaba mwabitangaza mukadufasha kwamaganira kure ubu bugome. Kandi namwe nk’abanyamakuru b’umwuga mushoboye kubona nimero za telefone y’uyu mugabo wagizwe agakingirizo n’akagaco k’abasambanyi, mwaza mushaka mukatubariza icyo atekereza kuri ibi bibavugwaho. Muzaba mukoze

Umusomyi wa Rushyashya.net, Belgique

2017-04-10
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Perezida Museveni arashinjwa gutunganya Zahabu yambuwe Abayahudi mbere y’uko bicwa muri Jenoside yabakorewe

Perezida Museveni arashinjwa gutunganya Zahabu yambuwe Abayahudi mbere y’uko bicwa muri Jenoside yabakorewe

Ubwanditsi 26 Jun 2019
Nitutamagana abantu nka Charles Kambanda na Thomas Nahimana, ababacumbikiye ntibazakeka ko twese dutekereza macuri?

Nitutamagana abantu nka Charles Kambanda na Thomas Nahimana, ababacumbikiye ntibazakeka ko twese dutekereza macuri?

Ubwanditsi 13 Jun 2023
Igisirikare cya Uganda cyavuze aho Gen Makenga wayoboraga M23 aherereye

Igisirikare cya Uganda cyavuze aho Gen Makenga wayoboraga M23 aherereye

Ubwanditsi 14 Nov 2016
Uko Prof. Nshuti Manasseh Asesengura Umubano W’u Rwanda Na Uganda Ashingiye Ku Makuru Y’imvaho

Uko Prof. Nshuti Manasseh Asesengura Umubano W’u Rwanda Na Uganda Ashingiye Ku Makuru Y’imvaho

Ubwanditsi 13 Apr 2019

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Uganda:  Hamenyekanye ko Gen Tumukunde yajyanywe mu bitaro igitaraganya nyuma yo kwitura hasi muri kasho
HIRYA NO HINO

Uganda: Hamenyekanye ko Gen Tumukunde yajyanywe mu bitaro igitaraganya nyuma yo kwitura hasi muri kasho

Ubwanditsi 17 Mar 2020
Amateka y’ u Rwanda ntiyari gutuma rukomeza kurebera abaturage ba Mozambike bicwa, nk’uko amahanga yarebereye Jenoside yakorewe Abatutsi.
Amakuru

Amateka y’ u Rwanda ntiyari gutuma rukomeza kurebera abaturage ba Mozambike bicwa, nk’uko amahanga yarebereye Jenoside yakorewe Abatutsi.

Ubwanditsi 15 Jul 2021
Imashini zikora itabi zo kwa Rwigara zatejwe  cyamunara kuri miliyari 1.7 Frw
INKURU NYAMUKURU

Imashini zikora itabi zo kwa Rwigara zatejwe cyamunara kuri miliyari 1.7 Frw

Ubwanditsi 18 Jun 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru