• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yashyikirije ibendera ikipe y’u Rwanda y’Abagore yerekeje i Nairobi mu Gikombe cya Afurika   |   23 Aug 2026

  • Ubuyobe bw’Ubuhanuzi butuma FDLR Yitera Ikinya mu mashyamba ya DRC kugirango irebe ko yamara kabiri   |   22 Aug 2026

  • Ndi gupfa ndeba- Luvumbu yashinje Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kumutererana nyuma yo kuva mu Rwanda   |   21 Aug 2026

  • Dr. Bahati Bernard yavuze ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/26 abanyeshuri bakoze ikizamini cya Leta gisoza amashuri abanza batsinze ku rugero rwa 88,21%   |   20 Aug 2026

  • Ikibazo cy’Ubuzima n’Umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, iki gihugu cyambuwe kwakira Shampiyona Nyafurika ya Volleyball y’Abagabo 2026   |   20 Aug 2026

  • Etienne Gatanazi akura gakiza ki mu kuba umuzindaro w’interahamwe?   |   20 Aug 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Kwamagana ubugizi bwanabi uwitwa Chikuru Josefu akomeje gukorera abanyarawandakazi batuye mu Bubiligi

Kwamagana ubugizi bwanabi uwitwa Chikuru Josefu akomeje gukorera abanyarawandakazi batuye mu Bubiligi

Ubwanditsi 10 Apr 2017 ITOHOZA

Uyu yatwandikiye aragira ati : Banyamakuru ba Rushysahya,
Mbere na mbere ndabasaba ko ku mpamvu y’umutekano wanjye mutazatangaza amazina yanjye. Ndi umunyarwanda wababajwe n’urugomo ruvanze n’ubugome uwitwa Cikuru Josefu akomeje gukorera ingo z’imwa nazimwe z’abanyarwanda mu gihugu cy’Ububligi.

Hagati aho nkaba nabizezako inkuru ngiye kubagezaho ari iy’ukuri ariko ko mutanabyemeye namwe mwaukora iperereza ryanyu mbere y’ukuyitangaza mu kinyamakuru cyanyu. Byongeye mura cyibuka izindi nkuru mwatangaje muvuga k’ubusambanyi bukoresheje ingufu bukorwa n’uyu mugabo witwa Cikuru.

INKURU RERO ITEYE ITE:

Cikuru Yozefu utuye mu gihugu cy’Ububiligi , akaba abarizwa mu Ishaka RNC-New; rirwanya Leta y’URwanda ,akomeje ingeso mbi y’ubuhehesi no hohotera imiryango.
Amakuru amaze kuba gikwira i Buruseli ni uko uyu Cikuru ari umuhehesi karahabutaka kugeza ubwo yateye inda y’impanga umwe mu badamu yitwazaga ko yamukoreraga dosiye y’ubuhunzi.

Uyu mudamu- ntifuza kuvuga amazina ye, ngo yavuye mu Rwanda aho yakoraga mu bitaro by’i Ruli ageze mu Bubiligi ahura na Cikuru wahise amujyana muri RNC amwizeza ko amwigira dosiye. Ikibabaje ariko ni uko uyu mudamu ngo yajye gusabwa n’umugabo wize ibya Pharmacie anariwe wamufashije kubona “équivalence” ya Diplôme ye y’ubuganga ngo abone gusubira gukomeza amashuli ye. Uyu mugabo( ntarabasha kumenya amazina ye neza) avugwaho kuba arangwaho ubwitonzi , gukunda abantu kandi n’ubunyanga mugayo.

Uwo mugore rero afatanije na Cikuru bakoze imitwe maze mu mvugo n’ibyifuzo by’uyu mugore nyine asaba uyu mugabo ko niba ashaka ko bubakana urugo yazabanza agatanga inkwano mu muryango we uri mu Rwanda kandi hagakorwa n’ubukwe ku mugaragaro.

Uyu mugabo wifuzaga kurongora biciye mu muco nyarwanda kandi wakundaga uyu mudamu, yakoze ibyo yasabwaga byose. Bivugwa ko yaba yanaramukoye amafaranga menshi, ko ubukwe bw’imiryango yombi bwabereye i Kigali ahitwa Kicukiro, mu mpera z’umwaka wa 2015.

Ikibabaje ariko ngo Cikuru yakomeje kotsa igitutu uyu mudamu amwihanangiriza ko n’ubwo yasabwe, agakwa agomba kujya anyuzamo akajya kumuraza ndetse no kumuhahira ariko akabikora abihishe umugabo we, ngo bitabaye ibyo azamwicira dosiye.

-6246.jpg

CIKURU MWANAMAYI JOSEPH

Uyu mugabo kubera ko yizeraga umugore we kandi akaba akunda ngo kujya hanze kwishakira ibiraka bijyanye n’ibyo yigiye( ngo ubundi i Buruseli akora mubijyanye no gutwara abantu, abifatanya no gukomeza gushaka akazi mubijyanye na “sciences” yize). Ibi rero byatumye ubusambanyi hagati ya Cikuru n’uyu mudamu bukomeza ntankomyi kugeza ubwo Cikuru amuteye inda y’impanga.

Kugirango bazimangatanye ibi menyetso Cikuru yabwiye uyu mudamu- wari utegereje kurushinga, ko yategereza umugabo we akava mu rugendo yari yaragiyemo mu kwezi kwa 7/2016 akamubwira inkuru nziza ko atwite kandi akamusaba ko bakora ubukwe vuba muri Eglise inda itaragaragara none ho ibindi bikaza korwa nyuma. Umugabo nawe kubera kwizera umugore we yakiriye neza icyo cyifuzo, ubukwe burataha, abantu bararya, baramywa bakirwa neza . Ngo mbese bwari ubukwe ubona ko buteguranye ubuhanga kandi bwiza pe.

Cikuru we yarimo abyinira ku rukoma ko umutego awusimbutse ko babonye uwo bitirira inda y’abana bityo agakomeza kwihishyira no gusambanya abagore uko yishakiye.

Amakuru rero yizewe ngo n’uko nyuma y’aho uyu mudamu abyariye mu kwezi kwa 2 uyu muri mwaka wa 2017( muri bimwe mu bitaro by’i Buruseli kuburyo bugoranye kuko ngo yari amerewe nabi cyane, ngo yagize kwitabwaho n’abaganga b’inzobere bafatanije n’umugabo we), bishoboka ko umugabo we yatangiye kubona ko abobana atari abe. Ko habaye i tekinika ririmo ubushishozi buke no kubura urukundo byaranze aba bayoboke bombi- dore ko ngo n’uwo mugabo yategekaga umugore we kubivamo ariko uyumugorewe akamubwira ko abivuyemo Cikuru yamwihimuraho.

Ku bindi biravugwako uyu CIKURU , asa n’uwabuze aho arigitira. Ese azasubiza inkwano uyu mugabo yatanze, ese iwabo w’umukobwa bazabyakira bate, umugore se ubu ibye bizakomezwa guhishwa kandi n’abanabatangiye kugaragara?

Uyu mugabo se we wizeraga umugore we akageza ubwo yemera gutanga” inka ze” yabonye abize icyuya, , azabyifatamo ate? Mbese abantu bamaze kumenya iyi nkuru yewe banatashye n’ubukwe byarabatunguye ku buryo bamwe byababereye urujijo batangiye no kwibaza byinshi.

Rero iki ni ikindi kimenyetso si musiga kigaragaza neza ubuhehesi no guhohotera abanyarwarwandakazi uyu Cikuru yakomejwe kuvugwaho ariko we n’abo bafatanije bakabihakana.

Bityo rero bishobotse mukaba mwabitangaza mukadufasha kwamaganira kure ubu bugome. Kandi namwe nk’abanyamakuru b’umwuga mushoboye kubona nimero za telefone y’uyu mugabo wagizwe agakingirizo n’akagaco k’abasambanyi, mwaza mushaka mukatubariza icyo atekereza kuri ibi bibavugwaho. Muzaba mukoze

Umusomyi wa Rushyashya.net, Belgique

2017-04-10
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Mugihe twiturije Abanyapolitiki n’Abaherwe barategura aho bazahungira

Mugihe twiturije Abanyapolitiki n’Abaherwe barategura aho bazahungira

Ubwanditsi 13 Jan 2017
Mu kiyovu cya bacyene haravugwa Inkuru y’umugore wafashwe agiye gusambana N’umugabo ufite umugore maze Umugore wo murugo arabafa

Mu kiyovu cya bacyene haravugwa Inkuru y’umugore wafashwe agiye gusambana N’umugabo ufite umugore maze Umugore wo murugo arabafa

Ubwanditsi 27 Apr 2017
LIN MUYIZERE YAKORESHEJE IBIRORI BYO KWISHIMIRA IFUNGWA RYA INGABIRE VICTOIRE.

LIN MUYIZERE YAKORESHEJE IBIRORI BYO KWISHIMIRA IFUNGWA RYA INGABIRE VICTOIRE.

Ubwanditsi 16 Mar 2016
Uyoboye imishyikirano mu Burundi avugwaho kugemurira Intwaro umutwe wa  FDLR

Uyoboye imishyikirano mu Burundi avugwaho kugemurira Intwaro umutwe wa FDLR

Ubwanditsi 27 Jan 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Burera: Abaturage  baragurisha  amasambu  kugira ngo babone amashilingi  yo kugomboza ababo bafatiwe Uganda
HIRYA NO HINO

Burera: Abaturage baragurisha amasambu kugira ngo babone amashilingi yo kugomboza ababo bafatiwe Uganda

Ubwanditsi 10 Jan 2018
Kigali:Abakirisitu bahujwe no gushimira ibyo Imana yabagejejeho
Mu Mahanga

Kigali:Abakirisitu bahujwe no gushimira ibyo Imana yabagejejeho

Ubwanditsi 08 Aug 2016
Umusaruro mbumbe w’igihugu wiyongereye ku kigero cya 8.6% mu 2018
UBUKUNGU

Umusaruro mbumbe w’igihugu wiyongereye ku kigero cya 8.6% mu 2018

Ubwanditsi 18 Mar 2019

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru