• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • FDLR n’Indi Mitwe ishyigikiwe na Kongo bakomeje Kwica no kumenesha Abakongomani mu mirwano yongeye kubura   |   04 Dec 2025

  • Mukunzi Yannick yasezeye ku ikipe ya Sandvikens IF you muri Sweden yari amaze imyaka itandatu ayikinira   |   03 Dec 2025

  • AMAFOTO: Twagirayezu Thadée wayoboraga Rayon Sports yakoze ihererekanyabubasha na Murenzi Abdallah   |   02 Dec 2025

  • Dr. Usta Kayitesi yasimbuye Gen (Rtd) Kabarebe muri Minaffet, Imyanzuro y’inama y’Abaminisitiri   |   01 Dec 2025

  • Abakinnyi 80 baturutse mu bihugu 16 byo hirya no hino ku Isi nibo bitabira isiganwa ry’Amagare yo mu rizwi nka Rwandan Epic   |   30 Nov 2025

  • APR FC yakiriye abakinnyi bayo 3 batari bahari barimo Mamadou Sy wari i Doha   |   28 Nov 2025

 
You are at :Home»ITOHOZA»Leta ya Uganda  yatangiye gukoresha abatifuriza u Rwanda ineza
CMI boss Abel Kandiho (right)

Leta ya Uganda  yatangiye gukoresha abatifuriza u Rwanda ineza

Editorial 17 Nov 2017 ITOHOZA

 Amakuru Rushyashya.net ikura ahantu hizewe yemeza ko umunyarwanda, Rugema  [ Rugema Kayumba ] kuri facebook, usanzwe ukorera Ihuriro RNC muri Norway ajya akorera ingendo z’ ahato n’ ahato I  Kampala muri Uganda.

Ubwo uyu Rugema , aherutse I Kampala yari yabifashijwemo na Minisitiri w’ Umutekano w’ iki gihugu, Gen. Henry Tumukunde na Col. Abel Kandiho, uyobora iperereza rya gisirikare(CMI).

Amakuru akomeza kutugeraho yemeza na none ko Rugema , uri mu bantu bashinzwe ubukangurambaga muri RNC yifashisha impapuro z’ubutumire mpimbano zivuga ko asanzwe akorera ubucuruzi mu Bubiligi.

Uyu Rugema, yahoze ari umusirikare wa RDF yatorotse amaze kurihirwa amashuli  n’ ikigega cya Leta muri KIST mu mwaka w’ I 2005.

Ageze  muri Uganda yaratekinitse abona akazi akora nka Special Operations Consulting-Security Management Group (SOC-SMG) maze mu nyuma ajya muri Iraq mu mwaka w’ I 2009.

Rugema Kayumba

Kuva muri 2011, Rugema yahise ajya gutura ku mugabane w’ I Burayi mu gihugu cya Norway aho akaba ari umunyamuryango wa RNC ihuriro rivuga ko rirwanya Leta y’ u Rwanda ririmo abahoze ari abayobozi bakuru b’ igihugu nka Kayumba Nyamwasa, Dr. Theogene Rudasingwa, Gahima Gerard n’ abandi tutatondeka.

Gusa kugeza magingo aya, ni uko Minisiteri y’ umutekano w’ igihugu muri Uganda n’ Urwego rw’ iperereza rya gisirikare byashyize uyu Rugema , ku rutonde rw’ abantu bavugwa ko baherutse gushimutwa na polisi ya Uganda ifatanyije n’ u Rwanda.

Iperereza ryugenga rya Rushyashya.net ryerekana ko uru rutonde rwakozwe n’ abarwanya Leta y’ u Rwanda bagamije kuyobya uburari bw’ abasomyi ku mwanya wa mbere harimo Kayumba Nyamwasa .

Iyi mikino  Rugema , akinishwa n’ aba bayobozi ba Uganda ishobora kumugiraho ingaruka zikomeye ndetse no kwirukanwa biramutse bimenyekane kuko Norway  ayibayemo  nk’ impunzi isanzwe idafite aho ihuriye no kwivanga  muri politiki.

Albert Ngabo/Rushyashya.net

2017-11-17
Editorial

IZINDI NKURU

Didas Gasana wavuye mu Rwanda ahunze amadeni nawe ngo arashaka kuba Perezida w’uRwanda. Mbere yo kuba umukandida yabanje akaba umuntu muzima!

Didas Gasana wavuye mu Rwanda ahunze amadeni nawe ngo arashaka kuba Perezida w’uRwanda. Mbere yo kuba umukandida yabanje akaba umuntu muzima!

Editorial 24 Feb 2022
U Burusiya: Indege ya gisirikare yarimo abantu 91 yaguye mu Nyanja

U Burusiya: Indege ya gisirikare yarimo abantu 91 yaguye mu Nyanja

Editorial 25 Dec 2016
Ibibazo 10 bibazwa Kayumba Nyamwasa

Ibibazo 10 bibazwa Kayumba Nyamwasa

Editorial 10 Oct 2016
Nyaruguru: Mapengu Damascene Akurikiranweho gusambanya umwana w’imyaka 9 yarangiza agashaka kumuroha

Nyaruguru: Mapengu Damascene Akurikiranweho gusambanya umwana w’imyaka 9 yarangiza agashaka kumuroha

Editorial 23 Jun 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Ibyihariye kuri TECNO Camon11, telefoni yashyize igorora abakunda ‘selfie’
IKORANABUHANGA

Ibyihariye kuri TECNO Camon11, telefoni yashyize igorora abakunda ‘selfie’

Editorial 17 Nov 2018
APR WBBC na REG W BBC zageze ku mukino wa nyuma wa kamarampaka zikuyemo GS Marie Reine Rwaza na Kepler WBBC
Amakuru

APR WBBC na REG W BBC zageze ku mukino wa nyuma wa kamarampaka zikuyemo GS Marie Reine Rwaza na Kepler WBBC

Editorial 03 Oct 2024
Mu rwego rwo kwizihiza umunsi w’intwari 2023, ku bufatanye na CHENO hateguwe amarushanwa mu magare ndetse no mu mukino wa Volleyball
Amakuru

Mu rwego rwo kwizihiza umunsi w’intwari 2023, ku bufatanye na CHENO hateguwe amarushanwa mu magare ndetse no mu mukino wa Volleyball

Editorial 26 Jan 2023

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru