• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Miss Rwanda: Reba ubwiza bw’abakobwa 54 batowe mu Ntara n’Umujyi wa Kigali

Miss Rwanda: Reba ubwiza bw’abakobwa 54 batowe mu Ntara n’Umujyi wa Kigali

Editorial 20 Jan 2020 HIRYA NO HINO

Mu mpera z’icyumweru gishize, nibwo irushanwa rya Miss Rwanda ryatoye abakobwa 20 bazahagararira umujyi wa Kigali, biba n’agahigo kuko ari ho hatowe abakobwa benshi ugereranyije n’izindi ntara.

Muri rusange, abakobwa bamaze gutorwa mu Rwanda hose ni 54, barimo 6 batowe mu Burengerazuba, 6 batowe mu Majyaruguru, 7 batowe mu Majyepfo na 15 batowe mu Ntara y’Iburasirazuba.

Ku itariki 21 Ukuboza 2019, irushanwa rya Miss Rwanda ryerekeje mu Burengerazuba bw’u Rwanda mu bakobwa 13 bari bujuje ibisabwa hatoranywamo abakobwa 6 bahagararira iyi ntara.

Intara y’Iburengerazuba

Akaliza Hope (No 7)
Akaliza Hope (No 7)
Uwamahoro Phoebe (No 11)
Uwamahoro Phoebe (No 11)
 Uwimana Joyeuse (No 6)
Uwimana Joyeuse (No 6)
Umutesi Denise (No 2 )
Umutesi Denise (No 2 )
Umuratwa Anitha (No 10)
Umuratwa Anitha (No 10)
 Uwase Aisha (No 1)
Uwase Aisha (No 1)

.

Intara y’Amajyaruguru

Ku itariki ya 28 Ukuboza 2019 mu Mujyi wa Musanze, hatowe abakobwa batandatu bazahagararira intara y’amajyaruguru. Abatowe ni aba:

Umubyeyi Natacha (No 1)
Umubyeyi Natacha (No 1)
Mukabashambo Phionah (No.8)
Mukabashambo Phionah (No.8)
Tumuhorane Braise (No.13)
Tumuhorane Braise (No.13)
Urujeni Melissa (No.9)
Urujeni Melissa (No.9)
Umuhoza Doreen (No.3)
Umuhoza Doreen (No.3)
Mukangwije Rosine (No.14)
Mukangwije Rosine (No.14)

Intara y’Amajyepfo

Ku itariki 04 Mutarama 2020, mu Karere ka Huye hatowe abakobwa 7 bazahagararira Intara y’Amajyepfo.

Abatoranyijwe ni:

Imanishimwe Hope Joy (No 12)
Imanishimwe Hope Joy (No 12)
 Musana Teta Hense (No 4)
Musana Teta Hense (No 4)
Umwaliwase Claudette (No 1)
Umwaliwase Claudette (No 1)
 Igihozo Diane (No 16)
Igihozo Diane (No 16)
 Ingabire Jolie Ange (No 3)
Ingabire Jolie Ange (No 3)
Umutoniwase Nadia (No 10)
Umutoniwase Nadia (No 10)
Mumporeze Josiane (No 6)
Mumporeze Josiane (No 6)

Intara y’Iburasirazuba

Tariki 11 Mutarama 2020, mu Karere ka Kayonza hatowe abakobwa 15 bazahagararira Intara y’Iburasirazuba. Ni aba bakurikira:

Ineza Charlène (No 5)
Ineza Charlène (No 5)
Ingabire Denyse (No 24)
Ingabire Denyse (No 24)
Ingabire Diane (No 28)
Ingabire Diane (No 28)
Ingabire Rehema (No 7)
Ingabire Rehema (No 7)
Kansime Deborah (No 9)
Kansime Deborah (No 9)
Munezero Grace (No 21)
Munezero Grace (No 21)
Murangamirwa Ange (No 8)
Murangamirwa Ange (No 8)
Niheza Deborah (No 3)
Niheza Deborah (No 3)
Nikuze Icyeza Aline (No 15)
Nikuze Icyeza Aline (No 15)
Numukobwa Dalillah (No 26)
Numukobwa Dalillah (No 26)
Nyinawumuntu Rwiririza Delice (No 25)
Nyinawumuntu Rwiririza Delice (No 25)
Teta Ndenga Nicole (No 30)
Teta Ndenga Nicole (No 30)
Umutesi Nadege (No 17)
Umutesi Nadege (No 17)
Umwiza Phiona (No 6)
Umwiza Phiona (No 6)
Wihogora Phionnah (No 4)
Wihogora Phionnah (No 4)

Umujyi wa Kigali

Mu mpera z’iki cyumweru, Umujyi wa Kigali waciye agahigo ko kuba ari wo wa mbere waturutsemo abakobwa benshi, baruta abaturutse mu ntara eshatu zabanje gukorerwamo amajonjora.

Abatoranyijwe ni:

Tuza Prime Rose (No 22)
Tuza Prime Rose (No 22)
Mpinganzima Josephine (No 19)
Mpinganzima Josephine (No 19)
Murerwa Blandine (No 3)
Murerwa Blandine (No 3)
Irakiza Alliance (No 24)
Irakiza Alliance (No 24)
Teta Mauren (No 4)
Teta Mauren (No 4)
Uwimpaye Marlene (No 25)
Uwimpaye Marlene (No 25)
Kamikazi Rurangirwa Nadine (No 5)
Kamikazi Rurangirwa Nadine (No 5)
Utamuliza Ella (No 17)
Utamuliza Ella (No 17)
Gaju Evelyne (No 28)
Gaju Evelyne (No 28)
Umumararungu Ange Aline (No 10)
Umumararungu Ange Aline (No 10)
Mutesi Denyse (No 27)
Mutesi Denyse (No 27)
Ishimwe Divine (No 14)
Ishimwe Divine (No 14)
Ishimwe Melissa (No 21)
Ishimwe Melissa (No 21)
Kamikazi Celia (No 8)
Kamikazi Celia (No 8)
 Kirezi Rutaremara Brune (No 30)
Kirezi Rutaremara Brune (No 30)
 Mutegwantebe Chanice (No 7)
Mutegwantebe Chanice (No 7)
Marebe Benitha (No 15)
Marebe Benitha (No 15)
Umulisa Rosemary (No 31)
Umulisa Rosemary (No 31)
 Ingabire Gaudence (No 23)
Ingabire Gaudence (No 23)
Nishimwe Naomie (No 26)
Nishimwe Naomie (No 26)

Nyuma y’iri jonjora ry’ibanze, abakobwa bose bazahurira mu rindi jonjora rizaba ku itariki ya 01 Gashyantare 2020, hatoranywemo abakobwa 20 bazahita bajyanwa mu mwiherero.

Src: KT

2020-01-20
Editorial

IZINDI NKURU

2019 : Rwanda Day ntikibereye mu Budage  “Impinduka”

2019 : Rwanda Day ntikibereye mu Budage “Impinduka”

Editorial 14 Aug 2019
Umugore utwite yakubiswe n’umugabo we ngo nk’ukubita imbwa ye atitaye ko anatwite Aramukomeretsa

Umugore utwite yakubiswe n’umugabo we ngo nk’ukubita imbwa ye atitaye ko anatwite Aramukomeretsa

Editorial 07 Oct 2017
Umuyobozi wa Radio Amazing Grace yatawe muri yombi 

Umuyobozi wa Radio Amazing Grace yatawe muri yombi 

Editorial 07 Oct 2019
Parfine yagaragaje agahinda kadasanzwe yatewe no kubura musaza we umwe rukumbi yarafite [AMAFOTO]

Parfine yagaragaje agahinda kadasanzwe yatewe no kubura musaza we umwe rukumbi yarafite [AMAFOTO]

Editorial 19 Sep 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Perezida Paul Kagame ari hamwe na Perezida wa UCI, David Lappartient, batangije Tour du Rwanda 2025, umunsi wa mbere wegukanywe na Aldo Taillieu
Amakuru

Perezida Paul Kagame ari hamwe na Perezida wa UCI, David Lappartient, batangije Tour du Rwanda 2025, umunsi wa mbere wegukanywe na Aldo Taillieu

Editorial 23 Feb 2025
Uko Prof. Nshuti Manasseh Asesengura Umubano W’u Rwanda Na Uganda Ashingiye Ku Makuru Y’imvaho
ITOHOZA

Uko Prof. Nshuti Manasseh Asesengura Umubano W’u Rwanda Na Uganda Ashingiye Ku Makuru Y’imvaho

Editorial 13 Apr 2019
Ishyirahamwe ry’umukino w’intoki ya Volleyball rifatanyije na Rwanda Revenue Authority hateguwe irushanwa ryo gushimira abasora neza
Amakuru

Ishyirahamwe ry’umukino w’intoki ya Volleyball rifatanyije na Rwanda Revenue Authority hateguwe irushanwa ryo gushimira abasora neza

Editorial 15 Nov 2022

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru