• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • U Rwanda rwegukanye ibikombe bibiri bya Men’s IHF Trophy Africa/Zone 5 mu batarengeje imyaka 18 na 20   |   09 May 2026

  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Miss Rwanda: Reba ubwiza bw’abakobwa 54 batowe mu Ntara n’Umujyi wa Kigali

Miss Rwanda: Reba ubwiza bw’abakobwa 54 batowe mu Ntara n’Umujyi wa Kigali

Ubwanditsi 20 Jan 2020 HIRYA NO HINO

Mu mpera z’icyumweru gishize, nibwo irushanwa rya Miss Rwanda ryatoye abakobwa 20 bazahagararira umujyi wa Kigali, biba n’agahigo kuko ari ho hatowe abakobwa benshi ugereranyije n’izindi ntara.

Muri rusange, abakobwa bamaze gutorwa mu Rwanda hose ni 54, barimo 6 batowe mu Burengerazuba, 6 batowe mu Majyaruguru, 7 batowe mu Majyepfo na 15 batowe mu Ntara y’Iburasirazuba.

Ku itariki 21 Ukuboza 2019, irushanwa rya Miss Rwanda ryerekeje mu Burengerazuba bw’u Rwanda mu bakobwa 13 bari bujuje ibisabwa hatoranywamo abakobwa 6 bahagararira iyi ntara.

Intara y’Iburengerazuba

Akaliza Hope (No 7)
Akaliza Hope (No 7)
Uwamahoro Phoebe (No 11)
Uwamahoro Phoebe (No 11)
 Uwimana Joyeuse (No 6)
Uwimana Joyeuse (No 6)
Umutesi Denise (No 2 )
Umutesi Denise (No 2 )
Umuratwa Anitha (No 10)
Umuratwa Anitha (No 10)
 Uwase Aisha (No 1)
Uwase Aisha (No 1)

.

Intara y’Amajyaruguru

Ku itariki ya 28 Ukuboza 2019 mu Mujyi wa Musanze, hatowe abakobwa batandatu bazahagararira intara y’amajyaruguru. Abatowe ni aba:

Umubyeyi Natacha (No 1)
Umubyeyi Natacha (No 1)
Mukabashambo Phionah (No.8)
Mukabashambo Phionah (No.8)
Tumuhorane Braise (No.13)
Tumuhorane Braise (No.13)
Urujeni Melissa (No.9)
Urujeni Melissa (No.9)
Umuhoza Doreen (No.3)
Umuhoza Doreen (No.3)
Mukangwije Rosine (No.14)
Mukangwije Rosine (No.14)

Intara y’Amajyepfo

Ku itariki 04 Mutarama 2020, mu Karere ka Huye hatowe abakobwa 7 bazahagararira Intara y’Amajyepfo.

Abatoranyijwe ni:

Imanishimwe Hope Joy (No 12)
Imanishimwe Hope Joy (No 12)
 Musana Teta Hense (No 4)
Musana Teta Hense (No 4)
Umwaliwase Claudette (No 1)
Umwaliwase Claudette (No 1)
 Igihozo Diane (No 16)
Igihozo Diane (No 16)
 Ingabire Jolie Ange (No 3)
Ingabire Jolie Ange (No 3)
Umutoniwase Nadia (No 10)
Umutoniwase Nadia (No 10)
Mumporeze Josiane (No 6)
Mumporeze Josiane (No 6)

Intara y’Iburasirazuba

Tariki 11 Mutarama 2020, mu Karere ka Kayonza hatowe abakobwa 15 bazahagararira Intara y’Iburasirazuba. Ni aba bakurikira:

Ineza Charlène (No 5)
Ineza Charlène (No 5)
Ingabire Denyse (No 24)
Ingabire Denyse (No 24)
Ingabire Diane (No 28)
Ingabire Diane (No 28)
Ingabire Rehema (No 7)
Ingabire Rehema (No 7)
Kansime Deborah (No 9)
Kansime Deborah (No 9)
Munezero Grace (No 21)
Munezero Grace (No 21)
Murangamirwa Ange (No 8)
Murangamirwa Ange (No 8)
Niheza Deborah (No 3)
Niheza Deborah (No 3)
Nikuze Icyeza Aline (No 15)
Nikuze Icyeza Aline (No 15)
Numukobwa Dalillah (No 26)
Numukobwa Dalillah (No 26)
Nyinawumuntu Rwiririza Delice (No 25)
Nyinawumuntu Rwiririza Delice (No 25)
Teta Ndenga Nicole (No 30)
Teta Ndenga Nicole (No 30)
Umutesi Nadege (No 17)
Umutesi Nadege (No 17)
Umwiza Phiona (No 6)
Umwiza Phiona (No 6)
Wihogora Phionnah (No 4)
Wihogora Phionnah (No 4)

Umujyi wa Kigali

Mu mpera z’iki cyumweru, Umujyi wa Kigali waciye agahigo ko kuba ari wo wa mbere waturutsemo abakobwa benshi, baruta abaturutse mu ntara eshatu zabanje gukorerwamo amajonjora.

Abatoranyijwe ni:

Tuza Prime Rose (No 22)
Tuza Prime Rose (No 22)
Mpinganzima Josephine (No 19)
Mpinganzima Josephine (No 19)
Murerwa Blandine (No 3)
Murerwa Blandine (No 3)
Irakiza Alliance (No 24)
Irakiza Alliance (No 24)
Teta Mauren (No 4)
Teta Mauren (No 4)
Uwimpaye Marlene (No 25)
Uwimpaye Marlene (No 25)
Kamikazi Rurangirwa Nadine (No 5)
Kamikazi Rurangirwa Nadine (No 5)
Utamuliza Ella (No 17)
Utamuliza Ella (No 17)
Gaju Evelyne (No 28)
Gaju Evelyne (No 28)
Umumararungu Ange Aline (No 10)
Umumararungu Ange Aline (No 10)
Mutesi Denyse (No 27)
Mutesi Denyse (No 27)
Ishimwe Divine (No 14)
Ishimwe Divine (No 14)
Ishimwe Melissa (No 21)
Ishimwe Melissa (No 21)
Kamikazi Celia (No 8)
Kamikazi Celia (No 8)
 Kirezi Rutaremara Brune (No 30)
Kirezi Rutaremara Brune (No 30)
 Mutegwantebe Chanice (No 7)
Mutegwantebe Chanice (No 7)
Marebe Benitha (No 15)
Marebe Benitha (No 15)
Umulisa Rosemary (No 31)
Umulisa Rosemary (No 31)
 Ingabire Gaudence (No 23)
Ingabire Gaudence (No 23)
Nishimwe Naomie (No 26)
Nishimwe Naomie (No 26)

Nyuma y’iri jonjora ry’ibanze, abakobwa bose bazahurira mu rindi jonjora rizaba ku itariki ya 01 Gashyantare 2020, hatoranywemo abakobwa 20 bazahita bajyanwa mu mwiherero.

Src: KT

2020-01-20
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Kagame nyuma ya Gabon, ari muri Nigeria mu ruzinduko rw’iminsi ibiri

Kagame nyuma ya Gabon, ari muri Nigeria mu ruzinduko rw’iminsi ibiri

Ubwanditsi 11 Jun 2019
Umuhanzikazi w’ikimero n’uburanga yatunguye benshi muri Jazz Junction

Umuhanzikazi w’ikimero n’uburanga yatunguye benshi muri Jazz Junction

Ubwanditsi 01 Apr 2018
Ibimenyetso 6 byakwereka ko umukunzi wawe mutaberanye wamwibeshyeho

Ibimenyetso 6 byakwereka ko umukunzi wawe mutaberanye wamwibeshyeho

Ubwanditsi 19 Jul 2016
Benshi barakajwe n’uburyo itangazamakuru ryahangayikiye Oprah Winfrey mu mpanuka y’ibyondo yahitanye 13

Benshi barakajwe n’uburyo itangazamakuru ryahangayikiye Oprah Winfrey mu mpanuka y’ibyondo yahitanye 13

Ubwanditsi 20 Jan 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Army Week : Abantu barenga ibihumbi 60 bamaze kuvurwa ku buntu
Mu Rwanda

Army Week : Abantu barenga ibihumbi 60 bamaze kuvurwa ku buntu

Ubwanditsi 09 Jun 2017
Abanyarwanda batuye muri Australia bamaganye inkuru yanditswe na ABC news ko ari intasi z’u Rwanda
INKURU NYAMUKURU

Abanyarwanda batuye muri Australia bamaganye inkuru yanditswe na ABC news ko ari intasi z’u Rwanda

Ubwanditsi 15 Sep 2019
Ikipe ya Tottenham yirukanye umutoza wayo Jose Mourihno wari umaze amezi 17 mu mirimo
Amakuru

Ikipe ya Tottenham yirukanye umutoza wayo Jose Mourihno wari umaze amezi 17 mu mirimo

Ubwanditsi 19 Apr 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru