• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Abadepite basabye ko inzego zirindwi zakoresheje amafaranga mu buryo budasobanutse zikurikiranwa   |   05 Aug 2026

  • Nyuma y’imyaka 28 Rayon Sports isubiye ku mukino wa nyuma wa CECAFA Kagame Cup   |   05 Aug 2026

  • Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe   |   05 Aug 2026

  • Ingoma Ibihumbi u Rwanda ruticaranye ku meza n’abaruhekuye bashaka kwambara Uruhu rwera kandi ari ibirura   |   04 Aug 2026

  • Omar Artan witegura gusifura UEFA Super Cup izahuza PSG na Aston Villa, azasifura umumukino wa nyuma wa CECAFA KAGAME Cup 2026   |   03 Aug 2026

  • Rayon Sports, Gor Mahia, Jamus na Al Hilal zageze muri ½ cy’Imikino ya CECAFA Kagame Cup 2026   |   02 Aug 2026

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Miss Rwanda: Reba ubwiza bw’abakobwa 54 batowe mu Ntara n’Umujyi wa Kigali

Miss Rwanda: Reba ubwiza bw’abakobwa 54 batowe mu Ntara n’Umujyi wa Kigali

Ubwanditsi 20 Jan 2020 HIRYA NO HINO

Mu mpera z’icyumweru gishize, nibwo irushanwa rya Miss Rwanda ryatoye abakobwa 20 bazahagararira umujyi wa Kigali, biba n’agahigo kuko ari ho hatowe abakobwa benshi ugereranyije n’izindi ntara.

Muri rusange, abakobwa bamaze gutorwa mu Rwanda hose ni 54, barimo 6 batowe mu Burengerazuba, 6 batowe mu Majyaruguru, 7 batowe mu Majyepfo na 15 batowe mu Ntara y’Iburasirazuba.

Ku itariki 21 Ukuboza 2019, irushanwa rya Miss Rwanda ryerekeje mu Burengerazuba bw’u Rwanda mu bakobwa 13 bari bujuje ibisabwa hatoranywamo abakobwa 6 bahagararira iyi ntara.

Intara y’Iburengerazuba

Akaliza Hope (No 7)
Akaliza Hope (No 7)
Uwamahoro Phoebe (No 11)
Uwamahoro Phoebe (No 11)
 Uwimana Joyeuse (No 6)
Uwimana Joyeuse (No 6)
Umutesi Denise (No 2 )
Umutesi Denise (No 2 )
Umuratwa Anitha (No 10)
Umuratwa Anitha (No 10)
 Uwase Aisha (No 1)
Uwase Aisha (No 1)

.

Intara y’Amajyaruguru

Ku itariki ya 28 Ukuboza 2019 mu Mujyi wa Musanze, hatowe abakobwa batandatu bazahagararira intara y’amajyaruguru. Abatowe ni aba:

Umubyeyi Natacha (No 1)
Umubyeyi Natacha (No 1)
Mukabashambo Phionah (No.8)
Mukabashambo Phionah (No.8)
Tumuhorane Braise (No.13)
Tumuhorane Braise (No.13)
Urujeni Melissa (No.9)
Urujeni Melissa (No.9)
Umuhoza Doreen (No.3)
Umuhoza Doreen (No.3)
Mukangwije Rosine (No.14)
Mukangwije Rosine (No.14)

Intara y’Amajyepfo

Ku itariki 04 Mutarama 2020, mu Karere ka Huye hatowe abakobwa 7 bazahagararira Intara y’Amajyepfo.

Abatoranyijwe ni:

Imanishimwe Hope Joy (No 12)
Imanishimwe Hope Joy (No 12)
 Musana Teta Hense (No 4)
Musana Teta Hense (No 4)
Umwaliwase Claudette (No 1)
Umwaliwase Claudette (No 1)
 Igihozo Diane (No 16)
Igihozo Diane (No 16)
 Ingabire Jolie Ange (No 3)
Ingabire Jolie Ange (No 3)
Umutoniwase Nadia (No 10)
Umutoniwase Nadia (No 10)
Mumporeze Josiane (No 6)
Mumporeze Josiane (No 6)

Intara y’Iburasirazuba

Tariki 11 Mutarama 2020, mu Karere ka Kayonza hatowe abakobwa 15 bazahagararira Intara y’Iburasirazuba. Ni aba bakurikira:

Ineza Charlène (No 5)
Ineza Charlène (No 5)
Ingabire Denyse (No 24)
Ingabire Denyse (No 24)
Ingabire Diane (No 28)
Ingabire Diane (No 28)
Ingabire Rehema (No 7)
Ingabire Rehema (No 7)
Kansime Deborah (No 9)
Kansime Deborah (No 9)
Munezero Grace (No 21)
Munezero Grace (No 21)
Murangamirwa Ange (No 8)
Murangamirwa Ange (No 8)
Niheza Deborah (No 3)
Niheza Deborah (No 3)
Nikuze Icyeza Aline (No 15)
Nikuze Icyeza Aline (No 15)
Numukobwa Dalillah (No 26)
Numukobwa Dalillah (No 26)
Nyinawumuntu Rwiririza Delice (No 25)
Nyinawumuntu Rwiririza Delice (No 25)
Teta Ndenga Nicole (No 30)
Teta Ndenga Nicole (No 30)
Umutesi Nadege (No 17)
Umutesi Nadege (No 17)
Umwiza Phiona (No 6)
Umwiza Phiona (No 6)
Wihogora Phionnah (No 4)
Wihogora Phionnah (No 4)

Umujyi wa Kigali

Mu mpera z’iki cyumweru, Umujyi wa Kigali waciye agahigo ko kuba ari wo wa mbere waturutsemo abakobwa benshi, baruta abaturutse mu ntara eshatu zabanje gukorerwamo amajonjora.

Abatoranyijwe ni:

Tuza Prime Rose (No 22)
Tuza Prime Rose (No 22)
Mpinganzima Josephine (No 19)
Mpinganzima Josephine (No 19)
Murerwa Blandine (No 3)
Murerwa Blandine (No 3)
Irakiza Alliance (No 24)
Irakiza Alliance (No 24)
Teta Mauren (No 4)
Teta Mauren (No 4)
Uwimpaye Marlene (No 25)
Uwimpaye Marlene (No 25)
Kamikazi Rurangirwa Nadine (No 5)
Kamikazi Rurangirwa Nadine (No 5)
Utamuliza Ella (No 17)
Utamuliza Ella (No 17)
Gaju Evelyne (No 28)
Gaju Evelyne (No 28)
Umumararungu Ange Aline (No 10)
Umumararungu Ange Aline (No 10)
Mutesi Denyse (No 27)
Mutesi Denyse (No 27)
Ishimwe Divine (No 14)
Ishimwe Divine (No 14)
Ishimwe Melissa (No 21)
Ishimwe Melissa (No 21)
Kamikazi Celia (No 8)
Kamikazi Celia (No 8)
 Kirezi Rutaremara Brune (No 30)
Kirezi Rutaremara Brune (No 30)
 Mutegwantebe Chanice (No 7)
Mutegwantebe Chanice (No 7)
Marebe Benitha (No 15)
Marebe Benitha (No 15)
Umulisa Rosemary (No 31)
Umulisa Rosemary (No 31)
 Ingabire Gaudence (No 23)
Ingabire Gaudence (No 23)
Nishimwe Naomie (No 26)
Nishimwe Naomie (No 26)

Nyuma y’iri jonjora ry’ibanze, abakobwa bose bazahurira mu rindi jonjora rizaba ku itariki ya 01 Gashyantare 2020, hatoranywemo abakobwa 20 bazahita bajyanwa mu mwiherero.

Src: KT

2020-01-20
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

DR Congo: Ingabo za FARDC zatangaje “ibitero bikomeye” ku mutwe wa ADF

DR Congo: Ingabo za FARDC zatangaje “ibitero bikomeye” ku mutwe wa ADF

Ubwanditsi 31 Oct 2019
Urukiko rwategetse ko Bazeye na Abega bari abayobozi muri FDLR bakomeza gufungwa by’agateganyo

Urukiko rwategetse ko Bazeye na Abega bari abayobozi muri FDLR bakomeza gufungwa by’agateganyo

Ubwanditsi 14 May 2019
Umuryango wa Ikibagenga wapfiriye muri Amerika watangiye gushakisha ubufasha ngo ashyingurwe

Umuryango wa Ikibagenga wapfiriye muri Amerika watangiye gushakisha ubufasha ngo ashyingurwe

Ubwanditsi 20 Jan 2018
Miss Mutesi Jolly mu nama yitabiriwe na Moussa Fakki Mahamat na Perezida wa Angola

Miss Mutesi Jolly mu nama yitabiriwe na Moussa Fakki Mahamat na Perezida wa Angola

Ubwanditsi 18 Sep 2019

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Paris : Urujijo ni rwose  mu rubanza rwa Ngenzi na Barahira
ITOHOZA

Paris : Urujijo ni rwose mu rubanza rwa Ngenzi na Barahira

Ubwanditsi 09 May 2016
Mu Rwanda hagaragaye undi muntu umwe urwaye Coronavirus=41
HIRYA NO HINO

Mu Rwanda hagaragaye undi muntu umwe urwaye Coronavirus=41

Ubwanditsi 26 Mar 2020
Perezida Kagame yahaye imbabazi abana 18 b’imfungwa bakoze ibizamini bya leta bagatsinda
INKURU NYAMUKURU

Perezida Kagame yahaye imbabazi abana 18 b’imfungwa bakoze ibizamini bya leta bagatsinda

Ubwanditsi 20 Jan 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru