• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • AMAFOTO – Girumugisha yabaye umukinnyi w’umwaka muri Shampiyona y’u Rwanda ahembwa imodoka ya miliyoni 15 Frw   |   13 Jul 2026

  • Iperereza ku rupfu rwa ruharwa Kabuga Félicien: Yapfiriye mu cyumba cye nyuma yo guhabwa ifunguro, yazize umutima   |   13 Jul 2026

  • Mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2026, APR FC izatangira ihura na Gor Mahia, Rayon Sports izisobanura na KVZ SC yo muri Zanzibar   |   11 Jul 2026

  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Party II yuko Judith Umugore wa Safi Yatwaye Rick Hilton akayabo ndetse uyu mugabo yemeza ko agiye gukurikirana Judith mu nkiko za Canada

Party II yuko Judith Umugore wa Safi Yatwaye Rick Hilton akayabo ndetse uyu mugabo yemeza ko agiye gukurikirana Judith mu nkiko za Canada

Ubwanditsi 17 Oct 2017 ITOHOZA

Rick Hilton ubutumwa bwe (e-mail) bugize igice cya kabiri bwageze nanone mu binyamakuru uyu mugabo w’imyaka irenga 60 yasobanuye uburyo kuri Noheli ishize yasohokanye na Judithe Niyonizera bakajya muri Mexico bakabana nk’umugore n’umugabo ariko ngo uyu mukobwa agakomeza kumubeshya no kumuhemukira.

Mu butumwa yohereje, yagaragaje amwe mu mafoto yafotoraga Judithe Niyonizera yambaye utwenda tw’imbere gusa bari mu cyumba.

Buri gihe ngo yabaga aganira na Safi, yamubaza uwo bavugana akamubwira ko ari musaza we, ariko ngo yareba uburyo yishimye kandi asa n’uri mu rukundo bikamutera amakenga.

Arandika ati “Inshuro yanyuma aheruka mu buriri bwanjye ni tariki 22/08/2017, ibyumweru bicye mbere y’ubukwe bwe (na Safi). Nta kintu yambwiye, ahubwo bucyeye (23/08) yanyandikiye ubutumwa ko agiye muri Africa ko tuzabonana agarutse, ntiyansezeye nta na kimwe.

Iryo joro ariko twari twaraye dusubiranyemo amasezerano ko tuzabana. Ariko ambwira ko agomba gutaha kuko umuryango w’iwabo wagurishije ubutaka amafaranga ukayaguramo akabari bikamubabaza cyane. Ko agomba gutaha akabikemura bakamuha amafaranga.”

Avuga ko yaje mu Rwanda, kuva muri uko kwa munani guhera akongera akamubura kuri Telehone na Facebook hose, nedtse noneho ngo na Hawa (wa mubyara we) nawe ntiyongera kuvugisha Rick.

Ati “Hashize amezi hafi abiri, nanditse gusa muri Google nikinira nyibaza aho Judithe Niyonizera ari. Ngwa ku mafoto yakoze ubukwe na Safi nahise nitura hasi mera nk’uhwereye, nsaba Imana yonyine ngo impe imbaraga siniyahure. Abakobwa banjye n’inshuti nibo bantabaye muri aka kaga.

Judithe yaramfunze (block) ahantu hose kugeza no kuri Telephone ya iPhone namuguriye. Byarandenze, naraye amajoro menshi ntasinzira. Nza kwiyemeza kumenya ukuri kose mpereye mu nshuti ze, nza kumenya ko yari umubeshyi no ku bandi bagabo babiri ba hano Canada. Sinzi neza niba ari bo bonyine.”

Rick avuga ko ubu atakiri mubyo kwiyahura ahubwo yahagurukiye kurwanya ububeshyi n’ubushukanyi akaburira inzego z’ubuyobozi za Canada ku bukwe bwo kubeshya yakoze mbere, n’ubu akaba yarakoze ubundi agamije kujyana uwo bashyingiranye muri Canada. Ngo yizeye ko inzego zabo zizabonamo ibigize ibyaha mubyo avuga zikazabimuryoza nagaruka, nubwo ngo acyeka ko nabyo bitazashoboka.

-8377.jpg

Rick avuga ko iyi ari ifoto yafotoye Judithe ijoro rya mbere bararanye ari nawo munsi bahuyeho

Uyu mugabo mukuru yagaragaje amafoto amwe avuga ko yafashe Judithe Niyonizera yambaye utwenda tw’imbere gusa, avuga ko yayafitiye mu buriri bwe ubwo babaga bamaze gusambana.

Avuga ko afite ubutumwa bunyuranye bugaragaza uburyo Judithe yagiye amubeshya akanamwambura, ngo yamuhaye yose hamwe agera ku 10 000$ kubera kumwizera, ariko ngo yamuteye agahinda kugeza ubwo abakobwa be batekereza ko se agiye kwiyahura.

Rick avuga ko hari izindi nkuru nyinshi yumvise kuri uyu mugore azibwiwe n’inshuti ze muri Canada ariko ko atazivuga kuko zo nta bimenyetso azifitiye.

Ati “Ariko munyumve, zishingiye cyane ku gukoresha igitsina nk’igikoresho cy’ubwambuzi. Ndababaye cyane meze nk’uwasaze singitinye kugaragara gutya. Yarambabaje bikomeye ariko ndatekereza ko ibi bizamuhagarika kandi bikaba byanakiza undi muntu utamuzi ntazagwe mu mutego we.”

Ku gice cya mbere cy’iyi nkuru cyari cyasohotse ejo, twahamagaye Judithe Niyonizera aritaba, abaza umuhamagaye uwo ari we umunyamakuru aramwibwira, amubwira ibi uyu muzungu avuga kandi ko ashaka kumva uruhande rwe kuri byo.
Judithe yahise akupa telephone ye, izindi nshuro twamuhamagaye nabwo yahitaga akupa telephone.

-8378.jpg

Iyi photo, Rick avuga ko ari mu minsi ishize ubwo yari yaje iwe, nyamara ngo haburaga ibyumweru umunani ngo akore ubukwe mu Rwanda

[ VIDEO ]

Source : Rwandapaparazzi.rw

2017-10-17
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

ADEPR: Uko Bish.Sibomana yasimbutse “UMUTEGO” wateguwe n’abashumba bari bagiye kumweguza. Imitima ya benshi iradiha!

ADEPR: Uko Bish.Sibomana yasimbutse “UMUTEGO” wateguwe n’abashumba bari bagiye kumweguza. Imitima ya benshi iradiha!

Ubwanditsi 12 May 2017
Jean Luc Habyarimana aherutse guhunahuna muri Congo mu Guhuza Umubano wa FARDC na FDLR

Jean Luc Habyarimana aherutse guhunahuna muri Congo mu Guhuza Umubano wa FARDC na FDLR

Ubwanditsi 27 Aug 2024
Kayumba Nyamwasa ntashaka kumva izina Rutabana, mushiki we Emerence Kayijuka yavuze ibyo amuhora, naho Frank Ntwali aritwaza Rushyashya

Kayumba Nyamwasa ntashaka kumva izina Rutabana, mushiki we Emerence Kayijuka yavuze ibyo amuhora, naho Frank Ntwali aritwaza Rushyashya

Ubwanditsi 02 Dec 2019
Kinshasa haranuka uruntu runtu  : Minisitiri w’Intebe na Guverinoma yose beguye

Kinshasa haranuka uruntu runtu : Minisitiri w’Intebe na Guverinoma yose beguye

Ubwanditsi 14 Nov 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Perezida Kagame yatunguye benshi kubera ijambo yavuze ubwo yatangaga ikiruhuko kuri uyu wa Gatanu
HIRYA NO HINO

Perezida Kagame yatunguye benshi kubera ijambo yavuze ubwo yatangaga ikiruhuko kuri uyu wa Gatanu

Ubwanditsi 05 Jul 2019
RNC: Urwishe ya nka ruracyayirimo, Jean Paul Turayishimye na Shebuja Kayumba Nyamwasa bakomeje kwitana ndi igabo no kwivamo nk’inopfu umwe ashinja undi ibura rya Ben Rutabana
INKURU NYAMUKURU

RNC: Urwishe ya nka ruracyayirimo, Jean Paul Turayishimye na Shebuja Kayumba Nyamwasa bakomeje kwitana ndi igabo no kwivamo nk’inopfu umwe ashinja undi ibura rya Ben Rutabana

Ubwanditsi 30 Dec 2019
Kamonyi: Urubyiruko  rwahawe ubumenyi ku icuruzwa ry’abantu
Mu Mahanga

Kamonyi: Urubyiruko rwahawe ubumenyi ku icuruzwa ry’abantu

Ubwanditsi 03 Feb 2016

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru