• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Party II yuko Judith Umugore wa Safi Yatwaye Rick Hilton akayabo ndetse uyu mugabo yemeza ko agiye gukurikirana Judith mu nkiko za Canada

Party II yuko Judith Umugore wa Safi Yatwaye Rick Hilton akayabo ndetse uyu mugabo yemeza ko agiye gukurikirana Judith mu nkiko za Canada

Ubwanditsi 17 Oct 2017 ITOHOZA

Rick Hilton ubutumwa bwe (e-mail) bugize igice cya kabiri bwageze nanone mu binyamakuru uyu mugabo w’imyaka irenga 60 yasobanuye uburyo kuri Noheli ishize yasohokanye na Judithe Niyonizera bakajya muri Mexico bakabana nk’umugore n’umugabo ariko ngo uyu mukobwa agakomeza kumubeshya no kumuhemukira.

Mu butumwa yohereje, yagaragaje amwe mu mafoto yafotoraga Judithe Niyonizera yambaye utwenda tw’imbere gusa bari mu cyumba.

Buri gihe ngo yabaga aganira na Safi, yamubaza uwo bavugana akamubwira ko ari musaza we, ariko ngo yareba uburyo yishimye kandi asa n’uri mu rukundo bikamutera amakenga.

Arandika ati “Inshuro yanyuma aheruka mu buriri bwanjye ni tariki 22/08/2017, ibyumweru bicye mbere y’ubukwe bwe (na Safi). Nta kintu yambwiye, ahubwo bucyeye (23/08) yanyandikiye ubutumwa ko agiye muri Africa ko tuzabonana agarutse, ntiyansezeye nta na kimwe.

Iryo joro ariko twari twaraye dusubiranyemo amasezerano ko tuzabana. Ariko ambwira ko agomba gutaha kuko umuryango w’iwabo wagurishije ubutaka amafaranga ukayaguramo akabari bikamubabaza cyane. Ko agomba gutaha akabikemura bakamuha amafaranga.”

Avuga ko yaje mu Rwanda, kuva muri uko kwa munani guhera akongera akamubura kuri Telehone na Facebook hose, nedtse noneho ngo na Hawa (wa mubyara we) nawe ntiyongera kuvugisha Rick.

Ati “Hashize amezi hafi abiri, nanditse gusa muri Google nikinira nyibaza aho Judithe Niyonizera ari. Ngwa ku mafoto yakoze ubukwe na Safi nahise nitura hasi mera nk’uhwereye, nsaba Imana yonyine ngo impe imbaraga siniyahure. Abakobwa banjye n’inshuti nibo bantabaye muri aka kaga.

Judithe yaramfunze (block) ahantu hose kugeza no kuri Telephone ya iPhone namuguriye. Byarandenze, naraye amajoro menshi ntasinzira. Nza kwiyemeza kumenya ukuri kose mpereye mu nshuti ze, nza kumenya ko yari umubeshyi no ku bandi bagabo babiri ba hano Canada. Sinzi neza niba ari bo bonyine.”

Rick avuga ko ubu atakiri mubyo kwiyahura ahubwo yahagurukiye kurwanya ububeshyi n’ubushukanyi akaburira inzego z’ubuyobozi za Canada ku bukwe bwo kubeshya yakoze mbere, n’ubu akaba yarakoze ubundi agamije kujyana uwo bashyingiranye muri Canada. Ngo yizeye ko inzego zabo zizabonamo ibigize ibyaha mubyo avuga zikazabimuryoza nagaruka, nubwo ngo acyeka ko nabyo bitazashoboka.

-8377.jpg

Rick avuga ko iyi ari ifoto yafotoye Judithe ijoro rya mbere bararanye ari nawo munsi bahuyeho

Uyu mugabo mukuru yagaragaje amafoto amwe avuga ko yafashe Judithe Niyonizera yambaye utwenda tw’imbere gusa, avuga ko yayafitiye mu buriri bwe ubwo babaga bamaze gusambana.

Avuga ko afite ubutumwa bunyuranye bugaragaza uburyo Judithe yagiye amubeshya akanamwambura, ngo yamuhaye yose hamwe agera ku 10 000$ kubera kumwizera, ariko ngo yamuteye agahinda kugeza ubwo abakobwa be batekereza ko se agiye kwiyahura.

Rick avuga ko hari izindi nkuru nyinshi yumvise kuri uyu mugore azibwiwe n’inshuti ze muri Canada ariko ko atazivuga kuko zo nta bimenyetso azifitiye.

Ati “Ariko munyumve, zishingiye cyane ku gukoresha igitsina nk’igikoresho cy’ubwambuzi. Ndababaye cyane meze nk’uwasaze singitinye kugaragara gutya. Yarambabaje bikomeye ariko ndatekereza ko ibi bizamuhagarika kandi bikaba byanakiza undi muntu utamuzi ntazagwe mu mutego we.”

Ku gice cya mbere cy’iyi nkuru cyari cyasohotse ejo, twahamagaye Judithe Niyonizera aritaba, abaza umuhamagaye uwo ari we umunyamakuru aramwibwira, amubwira ibi uyu muzungu avuga kandi ko ashaka kumva uruhande rwe kuri byo.
Judithe yahise akupa telephone ye, izindi nshuro twamuhamagaye nabwo yahitaga akupa telephone.

-8378.jpg

Iyi photo, Rick avuga ko ari mu minsi ishize ubwo yari yaje iwe, nyamara ngo haburaga ibyumweru umunani ngo akore ubukwe mu Rwanda

[ VIDEO ]

Source : Rwandapaparazzi.rw

2017-10-17
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Inzego z’umutekano muri Uganda zakwirakwije ikinyoma cy’uko abasirikare b’u Rwanda barasiye abaturage ku butaka bwayo

Inzego z’umutekano muri Uganda zakwirakwije ikinyoma cy’uko abasirikare b’u Rwanda barasiye abaturage ku butaka bwayo

Ubwanditsi 26 May 2019
Icyimenyetso  ko Rujugiro afasha ibikorwa bihungabanya umutekano mu Rwanda

Icyimenyetso ko Rujugiro afasha ibikorwa bihungabanya umutekano mu Rwanda

Ubwanditsi 25 Oct 2016
Usibye u Bushinwa igisirikare cy’u Rwanda [ RDF ] nicyo gitunze missiles zishwanyaguza ibifaru

Usibye u Bushinwa igisirikare cy’u Rwanda [ RDF ] nicyo gitunze missiles zishwanyaguza ibifaru

Ubwanditsi 18 Dec 2018
Ubushishozi bw’abanyapolitiki ba Kongo bugerwa ku mashyi

Ubushishozi bw’abanyapolitiki ba Kongo bugerwa ku mashyi

Ubwanditsi 26 Dec 2022

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA
KWAMAMAZA

INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA

Ubwanditsi 04 May 2023
INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA
KWAMAMAZA

INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA

Ubwanditsi 09 Mar 2023
RwandAir yatangije  ingendo enye mu cyumweru zigana Cape Town
UBUKERARUGENDO

RwandAir yatangije ingendo enye mu cyumweru zigana Cape Town

Ubwanditsi 16 May 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru