• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • FDLR bari muri Congo, barica abantu, bateza umutekano muke, Gusenya uwo mutwe bireba Congo n’ u Rwanda natwe bikatureba   |   29 Jan 2026

  • ICYO WAMENYA KUBIYAMAMARIZA KUYOBORA FDU-INKINGI: UMUTWE W’INTERAHAMWE ZIHEBEYE KUBUNZA INGENGABITEKEREZO YA JENOSIDE   |   29 Jan 2026

  • Interahamwe mu burayi zishyize hamwe ngo zishyigikire Victoire Ingabire   |   15 Jan 2026

  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

 
You are at :Home»ITOHOZA»Placide Kayumba umwe mu nkingi ya mwamba za Jambo Asbl izwiho gupfobya Jenoside ni muntu ki?

Placide Kayumba umwe mu nkingi ya mwamba za Jambo Asbl izwiho gupfobya Jenoside ni muntu ki?

Editorial 14 Sep 2018 ITOHOZA

Nkuko twagiye tubigarukaho ko Jambo ari itsinda ryashinzwe n’abana bafite base bateguye ndetse bakanakora jenoside yakorewe Abatutsi, ubu iryo tsinda rikaba rifite inshingano zo gutagatifuza base bagerageza kubwira abantu ko iyo jenoside itigeze ibaho, iryo tsinda niryo ubu rigerageza gushaka inyito bayita ari nako bafata abarokotse bagashaka kubagerekaho ibyaha base bakoze!

Uyu Placide Kayumba ni umuhungu wa Dominique Ntawukuriryayo wahoze ari Su Perefe wa Butare mu majyepfo y’u Rwanda mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi

Papa wa Placide yahamijwe n’urukiko rwa Arusha kwica Abatutsi berenga ibihumbi mirongo itatu bari bahungiye ku gasozi ka Kabuye, ubwo bwicanyi bwabaye hagati y’italiki ya 21 kugeza 24 z’ukwezi kwa kane.

Sibyo gusa kuko Diminiko yanatanze amategeko yo kwica ndetse no gufata ku ngufu Abatutsi bose bafatirwaga kumabariyeri yari yaragiye akwirakwiza hirya no hino. Dominiko akaba yarakatiwe igihano kingana n’imyaka 25

Placide Kayumba

Uyu Kayumba ni umuhungu wa Dominiko,  akaba yaravukiye i Gisagara aba ari naho yiga amashuri abanza ayisumbuye yayize mu iseminari nto ya Karubanda izwi ku izina rya Virgo Fidelis, 1993 yari umwana muto uri hagati y’imyaka 12 na 15 igitangaje nuko ku myaka ye micye yari yifitemo urwango rwo kwanga Abatutsi kuko yababwiraga nabi ndetse nabo bigana akajya ababwira ko azabajyana aho bitaga “Camp Goma” cyari ikigo cya gisirikare cyakorerwagamo iyica rubozo hatangiwe kwicirwa Abatutsi kuva 1990-1994.

Ntagushidikanya ko uyu Kayumba yonkejwe amacakubiri kuva cyera na se umubyara Dominiko kugeza n’uyu munsi kuko ubu niwe wakomereje aho se yagarukiye ibikorwa bye. Ubu bikaba bibera muri wa mutwe ushinzwe gupfobya Jenocide witwa Jambo Asbl.

Ibindi byinshi bimwerekeyeho wafungura iyo link: http://ktpress.rw/…/jambo-asbl-and-the-story-of-a-military…/

2018-09-14
Editorial

IZINDI NKURU

Buruseli : Rudasingwa yateguye umuhango wo kwibuka Habyarimana, Interahamwe  na  Ex. FAR, baguye kurugamba

Buruseli : Rudasingwa yateguye umuhango wo kwibuka Habyarimana, Interahamwe na Ex. FAR, baguye kurugamba

Editorial 24 Sep 2016
Ikinamico : Mu rugo rw’umusirikare ufunze ukekwaho uruhare muri Coup d’Etat,  yapfubye hafatiwe  ibikoresho bya gisirikare

Ikinamico : Mu rugo rw’umusirikare ufunze ukekwaho uruhare muri Coup d’Etat, yapfubye hafatiwe ibikoresho bya gisirikare

Editorial 13 Mar 2019
Ikiganiro cya Leah Karegeya muri The New Vision, gihamya mu buryo budasubirwaho ko RNC yibona mu buyobozi bwa Uganda.

Ikiganiro cya Leah Karegeya muri The New Vision, gihamya mu buryo budasubirwaho ko RNC yibona mu buyobozi bwa Uganda.

Editorial 14 Apr 2019
U Rwanda rwagaragaje inyungu yo kohereza abagore benshi mu butumwa bw’amahoro

U Rwanda rwagaragaje inyungu yo kohereza abagore benshi mu butumwa bw’amahoro

Editorial 06 May 2018

2 Ibitekerezo

  1. RUGENDO
    September 14, 20182:44 pm -

    NAWE WANDITSE IYI NKURU WONSE KUVUGA AMATIKU!!!
    KO MURANGIJE INKURU??UBUSE AKORA IKI??
    YIZE HE?ABA MUKIHE GIHUGU??MUTUBWIRE BYOSE!!

    Subiza
  2. Radjabali
    September 16, 201810:36 am -

    Yize mwishule r’yinterahamwe ibyo se urabiyobewe puu

    Subiza

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Col. Willy BAGABE yitabye Imana
Mu Mahanga

Col. Willy BAGABE yitabye Imana

Editorial 04 Jun 2016
Mu myaka 15 ishize ubwandu bushya bwa SIDA bwagabanutseho 50%.
Mu Rwanda

Mu myaka 15 ishize ubwandu bushya bwa SIDA bwagabanutseho 50%.

Editorial 09 May 2018

Kiyovu SC yavuye mu maboko ya Mvukiyehe Juvenal ijya muya Ndorimana F. Regis “General”

Editorial 27 Sep 2023

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru