• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Habura iminsi 3 ngo shampiyona irangire, Al Hilal yegukanye igikombe cy’icyubahiro cya BK Pro League 2025-2026   |   13 May 2026

  • Rwanda Premier League yemeje ko hazatangwa ibikombe bibiri bya shampiyona, bitandukanye n’ibyo FERWAFA yari yatangaje   |   12 May 2026

  • Itangazamakuru si inzira yo gushakiramo amaronko binyuze mu gukora ibyaha, ubutabera bugomba gukora akazi kabwo   |   11 May 2026

  • U Rwanda rwegukanye ibikombe bibiri bya Men’s IHF Trophy Africa/Zone 5 mu batarengeje imyaka 18 na 20   |   09 May 2026

  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

 
You are at :Home»SHOWBIZ»Safi wemeza ko atarakora ubukwe na Judithe yahishuye igihe bazabanira mu nzu imwe

Safi wemeza ko atarakora ubukwe na Judithe yahishuye igihe bazabanira mu nzu imwe

Ubwanditsi 04 Jan 2018 SHOWBIZ

Umuhanzi nyarwanda Niyibikora Safi  wamenyekanye ku izina rya Safi Madiba mu itsinda rya Urban Boys,  amaze amezi asaga 3 asabye akanakwa uwo yahisemo ko azamubera mutima w’urugo ,  Niyonizera Judithe ndetse aba bombi bakaba baranasezeranye imbere yamategeko  ariko kugeza magingo bakaba batabana nk’umugore n’umugabo, gusa akaba yatangaje igihe bazabanira mu nzu imwe.

Mu kiganiro amahumbezi kuri radio Rwanda cyabaye kuwa Kabiri tariki ya 2 Mutarama 2017, uyu muhanzi yatangaje ko nubwo atabana n’umugore we basezeranye mu mategeko, yasobanuye ko atarasezerana neza ndetse avuga ko mu mwaka wa 2019, azaba yamaze kwiyegereza umukunzi we, Judite Hafi ye.

Ibi Safi Madiba yabitangaje nyuma y’aho bamaze gukora ubukwe,  umugore we Judith Niyonizera agahita yerekeza mu gihugu cya Canada nyuma gato y’akaruhuko bari bavuyemo Zanzibar.

Yagize ati “Njye nakoze dot (gusaba no gukwa) kandi aho ntabwo umugabo yambara impeta.
Hari ikintu abantu muri iyi minsi basigaye barize, bagafata ibintu byose bakabikora umunsi umwe, ntabwo njye ariko mbibona kuko njye ntakinyirukansa.”

Yakomeje agira ati “Nk’uko umuntu afata irembo nyuma y’amezi 3 ukajya gusaba, hashira andi ukanjya mu rusengero, no kuva na kera niko nari mbizi usibye ko muri iyi minsi nsigaye mbona abantu barabigize ukuntu, umuntu asigaye asaba mu gitondo, saa sita bakajya mu rukiko nijoro bakajya mu rusengero, njye biriya mbona ari pressure (igitutu) idasobanutse. Gusa nabyo nzabikora.”

Safi udatinya guhamya ko atazigera abana na Judithe mbere ya 2019 ubu aganira n’umugore we bifashishije ikoranabuhanga rya murandasi cyane ko baba mu bihugu bitandukanye.

Ubwo yabazwaga niba abana n’umugorewe  n’igihe azakorera icyo we yita ubukwe yagize ati “Hoya, ntabwo tubana, kandi ari muri Canada! Mu minsi ya mbere nyuma y’ubukwe wenda abantu batubonaga turi kumwe ariko rwose ntabwo twabanaga. Ubukwe ndabuteganya mu mwaka utaha wa 2019 kugeza icyo gihe njye na Judith tuzakomeza kubana by’umutima.”

Ku itari 1 ukwakira 2017 nibwo Safi  Madiba yakoze ubukwe na Niyo nizera Judithe, ubukwe butanavuzweho rumwe mu bitangazamakuru bitandukanye bitewe n’uburyo bwagizwe ibanga ndetse benshi bemezako ibyavugwaga byaturukaka kuburanga bw’uyu mugore butavugwagaho rumwe.

Basezeranye mu mategeko

Judith, urubavu rwa Madiba kugeza ubu

Ubwo bari mu buryohe bw’ukwezi kwa buki

2018-01-04
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

The Soldiers of Christ mu gitaramo cyo kuramya Imana bakoresheje imibyimba

The Soldiers of Christ mu gitaramo cyo kuramya Imana bakoresheje imibyimba

Ubwanditsi 08 Dec 2017
Dore Urutonde rw’ Ibyamamare by’ Ibihe Byose Byabayeho Kuva Isi Yatangira Kugera Magingo Aya

Dore Urutonde rw’ Ibyamamare by’ Ibihe Byose Byabayeho Kuva Isi Yatangira Kugera Magingo Aya

Ubwanditsi 17 Dec 2017
Diamond na Tunda baba barateguye kuzahurira mu Rwanda?

Diamond na Tunda baba barateguye kuzahurira mu Rwanda?

Ubwanditsi 23 Jan 2018
Davido yigaramye umugore umushinja ko bafitanye umwana w’imyaka ine

Davido yigaramye umugore umushinja ko bafitanye umwana w’imyaka ine

Ubwanditsi 22 Mar 2017

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Perezida Kagame yasabye impinduka mu turere twa nyuma mu mihigo ‘twiganje mu gice kimwe cy’igihugu’
ITOHOZA

Perezida Kagame yasabye impinduka mu turere twa nyuma mu mihigo ‘twiganje mu gice kimwe cy’igihugu’

Ubwanditsi 09 Aug 2018
‘Abantu bafite umutima ucagase ‘halfhearted’ cyangwa n’abatagira umutima ‘heartless’ nta kintu bageraho’- Kagame
Mu Rwanda

‘Abantu bafite umutima ucagase ‘halfhearted’ cyangwa n’abatagira umutima ‘heartless’ nta kintu bageraho’- Kagame

Ubwanditsi 02 Mar 2017
Gatabazi na Bamporiki bagororewe
Mu Rwanda

Gatabazi na Bamporiki bagororewe

Ubwanditsi 31 Aug 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru