• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

  • FERWACY yatangaje inzira za Tour du Rwanda 2026, Rubavu yakira isiganwa iminsi itatu, Nyamirambo iragaruka   |   22 Dec 2025

  • ABASIRIKARE B’ABARUNDI BAKOMEREKERA MURI KONGO, IGISHORO N’UBUTUNZI KURI PRIME NIYONGABO   |   16 Dec 2025

  • FDLR ikomeje kwica abaturage muri Walikale mu gihe Leta ya Congo ivuga ko itakiri ikibazo   |   16 Dec 2025

 
You are at :Home»Amakuru»Shampiyona y’u Rwanda mu mukino w’intoki wa Basketball mu mwaka w’imikino wa 2020-2021 iratangira kuri uyu wa gatanu.

Shampiyona y’u Rwanda mu mukino w’intoki wa Basketball mu mwaka w’imikino wa 2020-2021 iratangira kuri uyu wa gatanu.

Editorial 03 Jun 2021 Amakuru, IMIKINO, Mu Rwanda

Ishyirahamwe ry’Umukino wa Basketball mu Rwanda, FERWABA, ryatangaje ingengabihe y’imikino ya shampiyona y’umwaka wa 2020/2021, iteganyijwe gutangira kuri uyu wa gatanu tariki ya 04 Kamena 2021.

Iyi shampiyona ikaba izakinwa mu byiciro bibiri , icy’abagabo ndetse n’abagore.

Mu bagabo uyu mwaka amakipe azakina ni amakipe 14 avuye ku makipe 12 yakinnye umwaka ushize, naho mu cyiciro cy’abagore hazakina amakipe atandatu avuye ku makipe ane yagaragaye mu mwaka ushize w’imikino.

Amakipe atandatu y’abagore azitabira shampiyona y’uyu mwaka ni The Hoops WBBC, RP-IPRC Huye WBBC, Ubumwe WBBC, APR WBBC, GS. Marie Reine na UR-Huye.

Amakipe cumi n’ane y’abagabo azitabira shampiyona y’uyu mwaka yagabanyijwe mu matsinda abiri. Irya mbere (A) ririmo Patriots BBC, RP-IPRC Kigali BBC, UGB BBC, RP-IPRC Musanze BBC, Tigers BBC, Shoo 4 Stars BBC na UR-Huyemu gihe irya kabiri (B) ririmo REG BBC, APR BBC, RP-IPRC Huye BBC, Espoir BBC, 30 Plus BBC, Rusizi BBC na UR-CMHS BBC.

Biteganyijwe ko imikino ibanza izakinwa guhera kuri uyu wa gatanu tariki ya 4 Kamena 2021 ikazasozwa tariki ya 5 Nyakanga 2021 hakabonwa gukina imikino ya Playoffs yitabirwa n’amakipe ane ya mbere.

Imikino iteganyijwe ku munsi wa mbere wa shampiyona:

Mu Bagore:

Ku wa Gatanu, tariki ya 4 Kamena 2021:

UR-Huye vs RP-IPRC Huye (17h00-19h00, Huye)
Ku wa Gatandatu, tariki ya 5 Kamena 2021:
The Hoops BBC vs APR BBC (10h00-12h00, Petit Stade)
Ubumwe BBC vs RP-IPRC Huye (14h00-16h00, Petit Stade)
GS. Marie Reine BBC vs UR-Huye (14h00-16h00, Ikibuga cyo hanze cya Stade Amahoro)

Mu Bagabo:

Ku wa Gatanu, tariki 4 Kamena 2021:
Patriots BBC vs Shoot 4 Stars (17h00-19h00, Petit Stade)
REG BBC vs Rusizi BBC (17h00-19h00, Ikibuga cyo hanze cya Stade Amahoro)
APR BBC vs 30 Plus BBC (19h00-21h00, Petit Stade)
UGB BBC vs RP-IPRC Musanze BBC (19h00-21h00, Ikibuga cyo hanze cya Stade Amahoro)
RP-IPRC Huye BBC vs Espoir BBC (19h00-21h00, IPRC Kigali)

2021-06-03
Editorial

IZINDI NKURU

Ibaruwa ifunguye yandikiwe Ingabire Victoire

Ibaruwa ifunguye yandikiwe Ingabire Victoire

Editorial 08 Jul 2025
Mugisha Samuel wegukanye Tour du Rwanda yerekeje muri Tour de France U-23

Mugisha Samuel wegukanye Tour du Rwanda yerekeje muri Tour de France U-23

Editorial 15 Aug 2018
Mbere yo gutokora u Rwanda, abategetsi b’Ububiligi bajye babanza bikize umugogo uri mu jisho ryabo!

Mbere yo gutokora u Rwanda, abategetsi b’Ububiligi bajye babanza bikize umugogo uri mu jisho ryabo!

Editorial 31 Jul 2021
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Infantino uyobora FIFA

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Infantino uyobora FIFA

Editorial 26 Oct 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

“Sinatinyuka guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi “. -Charles Onana yashenguye imitima y’interahamwe
Amakuru

“Sinatinyuka guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi “. -Charles Onana yashenguye imitima y’interahamwe

Editorial 10 Oct 2024
Abantu 10 bamaze kugwa mu myigaragambyo yamagana kwimurira Ambasade ya Amerika i Yeruzalemu
HIRYA NO HINO

Abantu 10 bamaze kugwa mu myigaragambyo yamagana kwimurira Ambasade ya Amerika i Yeruzalemu

Editorial 14 May 2018
INGINGO Z’INGEZI Z’URWANDIKO RWA SUSURUTSA SEBAHINZI Joseph RUSABA  GUHINDURA AMAZINA
Mu Rwanda

INGINGO Z’INGEZI Z’URWANDIKO RWA SUSURUTSA SEBAHINZI Joseph RUSABA  GUHINDURA AMAZINA

Editorial 25 Apr 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru