• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

  • Ububabare bwa RPA/F bwashibutsemo icyizere n’agaciro; Mufulukye Fred   |   05 Jul 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Shampiyona zo ku mugabane w’i Burayi mu mwaka w’imikino wa 2020-2021 zaraye zishojwe harimo impinduka ugerereanyije n’umwaka w’imikino wa 2019-2020 – ibyaranze shampiyona 5 zikunzwe.

Shampiyona zo ku mugabane w’i Burayi mu mwaka w’imikino wa 2020-2021 zaraye zishojwe harimo impinduka ugerereanyije n’umwaka w’imikino wa 2019-2020 – ibyaranze shampiyona 5 zikunzwe.

Ubwanditsi 24 May 2021 Amakuru, IMIKINO, Mu Mahanga

Shampiyona zo ku mugabane w’i Burayi mu mwaka w’imikino wa 2020-2021 zaraye zishojwe harimo impinduka ugerereanyije n’umwaka w’imikino wa 2019-2020 – ibyaranze shampiyona 5 zikunzwe.

Premier League

Shampiyona y’igihugu cy’ubwongereza yatangiye muri Kanama 2020,yasojwe kuri iki cyumweru tariki ya 23 Gicurasi 2021, yasize ikipe ya Manchester City ariyo itwaye igikombe cya shampiyona,amakipe nka Manchester City , Manchester United , Liverpool na Chelsea abona itike ya champions League, amakipe nka West Ham United, Liecester City na Tottehnam abona itike ya Europa League.

Ibyatangaje abantu ni uburyo Arsenal itigize iza mu makipe 6 ya mbere nk’uko byari bemenyerewe , Harry Kane niwe watsinze ibitego byinshi 23.
Amakipe yamanutse uyu mwaka ni Fulham , Sheffield United na West bromwhich , mu gihe ayazamutse ari Norwich City, Watford na hagati ya Brentford izakina umukino wa kamarampaka na Swan sea City.

Laliga

Shampiyona y’igihugu cya Espagne nayo yatangiye muri Kanama 2020 ,yasojwe kuri uyu wa gatandatu tariki ya 22 Gicurasi 2021, Atletico Madrid niyo yatwaye igikombe cya shampiyona

Real Madrid yabaye iya kabiri irushwa inota rimwe na Atletico Madrid, mu gihe FC Barcelona yabaye iya gatatu.

Amakipe azakina Uefa Champions League ni Atletico Madrid , Rael Madrid , Barcelona na Sevilla.

Azakina Europa League ni Real Sociedad, Real Betis na Villareal

Lionel Messi niwe watsinze ibitego byinshi 30 , naho Karim Benzema na Gerrad Moreno wa Villareal batsinze 23.

Amakipe yamanutse ni Huesca, Eibar na Valladolid

Serie A

Shampiyona y’igihugu y’Abataliyani y’uyu mwaka wa 2020-2021 yatwaye n’ikipe ya Inter Milan yaherukaga gutwara igikombe cya shampiyona mu 2011.

Juventus ikaba yaratunguranye inanirwa gutwara igikombe nk’uko byari bisanzwe ndetse no kuza mu makipe azakina UEFA Champions League byaragoranye kuko byayisanye umukino w’umunsi wa nyuma.

AC Milan yitwaye neza muri iyi shampiyona kuko yabaye iya kabiri n’amanota 79 ihita ibona itike ya Champions League.

Amakipe azakina Uefa champions League ni Inter Milan , AC Milan,Atlanta na Juventus

Azakina Europa League ni Napoli , Lazio na AS Roma.

Cristiano Ronaldo niwe watsinze ibitego byinshi 29 mu gihe Romeli Lukaku yatsinze ibitego 24.

Ligue 1

Shampiyona y’abafaransa yaraye ishojwe kuri iki cyumweru tariki ya 23 Gicurasi 2021, itwawe n’ikipe ya Lille nyuma yo kugira umwaka mwiza wa shampiyona.
Icyatunguranye muri iyi shampiyona n’uburyo ikipe ya PSG yananiwe kwegukana igikombe mu gihe ariyo ifite abakinnyi beza ugereranyije nandi makipe

Amakipe azakina Uefa Champions League ni Lille yatwaye igikombe cya shampiyona , PSG yabaye iya kabiri, AS Monaco yabaye iya gatatu na Lyon yabaye iya kane.

Amakipe azakina Europa League ni Marseille na Rennes.

Klyan Mbappe niwe watsinze ibitego byinshi 27, mu gihe Memphis Depay yatsinze ibitego 20.

Bundesliga

Shampiyona y’Ubidage nubundi ntacyahindutse cyane kuko Bayern Munich niyo yatwaye igikombe nkibisanzwe, ariko ikipe ya Schalke 04 yamanutse mu kiciro cya kabiri.

Amakipe yabaye ane ya mbere ni Bayern Munich, RB Leipzig,Dortmund na Wolfsburg akaba ariyo azakina UEFA Champions League.

Azakina Europa League ni Frankfurt na Bayern Leverkusen.

Muri iyi shampiyona kandi nibwo Rutahizamu wa Bayern Munich Robert Lewandowski yakuyeho agahigo ka Gerrad Muller ko gutsinda ibitego byinshi mu mwaka w’imikino kuko Lewandowski yatsinze ibitego ibitego 41, mu gihe Gerrad Muler yari yatsinze ibitego 40.

2021-05-24
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Restrepo Valencia yegukanye akandi gace muri Tour du Rwanda

Restrepo Valencia yegukanye akandi gace muri Tour du Rwanda

Ubwanditsi 27 Feb 2020
Areruya Joseph ni we wegukanye agace ka Rubavu- Musanze

Areruya Joseph ni we wegukanye agace ka Rubavu- Musanze

Ubwanditsi 15 Nov 2017
Perezida Museveni yavuze ko agiye kwirukana abaganga bahagaritse akazi basaba kongererwa umushahara. 

Perezida Museveni yavuze ko agiye kwirukana abaganga bahagaritse akazi basaba kongererwa umushahara. 

Ubwanditsi 17 Nov 2017
RDC: Abakuru B’ibihugu 3 Mu Kugerageza Gushakira Moise Katumbi Inzira Imusubiza Mu Gihugu Cye

RDC: Abakuru B’ibihugu 3 Mu Kugerageza Gushakira Moise Katumbi Inzira Imusubiza Mu Gihugu Cye

Ubwanditsi 06 Aug 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

“Bwiza bwirabura” indirimbo nshya ya Nick Dimpoz wo muri City Maid
SHOWBIZ

“Bwiza bwirabura” indirimbo nshya ya Nick Dimpoz wo muri City Maid

Ubwanditsi 14 May 2018
Impamvu umwuka mubi hagati y’u Rwanda na Uganda atari ikibazo bwite cya Perezida Kagame na Museveni
INKURU NYAMUKURU

Impamvu umwuka mubi hagati y’u Rwanda na Uganda atari ikibazo bwite cya Perezida Kagame na Museveni

Ubwanditsi 12 Dec 2019
Amafoto – Byiringiro Lague na Ishimwe Anicet bakinira ikipe ya APR FC, buri umwe yongereye amasezerano y’imyaka ine akinira iyi ikipe y’ingabo z’igihugu
Amakuru

Amafoto – Byiringiro Lague na Ishimwe Anicet bakinira ikipe ya APR FC, buri umwe yongereye amasezerano y’imyaka ine akinira iyi ikipe y’ingabo z’igihugu

Ubwanditsi 08 Feb 2022

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru