• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Kiyovu SC na Gasogi United mu makipe yatangiye gutandukana nabakinnyi babo bitegura 2023-2024   |   08 Jun 2023

  • Ese ntihaba hari umugambi wo gukingira ikibaba abajenosideri, ngo bazapfe cyangwa bazafatwe bashaje cyane, bityo bibe impamvu yo kutababuranisha?   |   07 Jun 2023

  • INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA   |   07 Jun 2023

  • Munyantwari Alphonse niwe mukandida rukumbi wa Perezida wa FERWAFA, Gacinya na Murangwa mubatemerewe kwiyamamaza   |   06 Jun 2023

  • Shema Fabrice wayoboraga AS Kigali yasezeye kuyobora iyi kipe   |   05 Jun 2023

  • Rayon sports yegukanye igikombe cy’Amahoro itsinze APR FC 1-0, yegukana Miliyoni 10Frw   |   03 Jun 2023

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Udushya n’Udukoryo Twaranze Weekend

Udushya n’Udukoryo Twaranze Weekend

Editorial 25 Feb 2019 HIRYA NO HINO

Udushya n’ Udukoryo two kuri iki cyumweru tariki ya 24/02/2019 Reka duhere hano mu Rwanda aho umu nyamakuru “Karangwa Mike yakoze ubukwe bw’ Akataraboneka.. Umuhango wo gusezerana kwa Mike Karangwa n’umukunzi we wabereye muri Eglise Vivante ku Kimihurura kuri uyu w Gatandatu naho ibirori byo kwishimana n’inshuti n’abavandimwe bibera muri Camp Kigali.

Ku wa 17 Gashyantare 2019, Karangwa yasabye anakwa umukunzi we Isimbi Roselyne ’Mimi’.

Tuvuye hano mu rwanda Mu bwongereza Myugariro Natanael Clyne ukinira ikipe ya Liverpool n’Ubwongereza yakoze agashya asohokana n’abakobwa 8 barimo babiri batarageza ku myaka y’ubukure ahitwa Marbella villa banywa inzoga n’ibiyobyabwenge banywa bakurura umwotsi.

Tanzania:Kubera ubwiza umwana w’umukobwa w’imyaka 13 afite bwatumye asambanywa ku ngufu n’abagabo 10 bamusimburanwaho igihe kingana n’icyumweru

Muri Nigeria Umusore w’imyaka 31 yashakanye n’umukecuru w’imyaka 79 mu bukwe bwavugishije benshi

Umusore w’imyaka 31 yashakanye n’umukecuru...

Umuherwe witwa Travers Beynon uzwi ku kazina ka Candyman yatunguye benshi ku munsi w’abagore ubwo yashyiraga hanze ifoto ari kumwe n’abagore 4 bambaye ubusa banditse inyuguti ya W bakoresheje amaguru.

Ngiyi ifoto Beynon yashyize hanze benshi barumirwa ku munsi w’abagore

Uyu mugabo wakijijwe no gucuruza itabi cyane ko afite uruganda ruricuruza mu bihugu bikomeye,akunze kugaruka mu binyamakuru kubera ukuntu ahora ashyira hanze amafoto ari kumwe n’abagore bambaye ubusa ndetse bivugwa ko buri joro agomba kurarana n’abagore 4.

Buri joro agomba kurarana n’abagore 4

Igitangaje kurusha ibindi ni uko uyu muherwe afite umugore n’abana babana mu nzu y’igorofa nini ihora yuzuyemo abagore ndetse bivugwa ko buri gihe ahora ari mu birori n’aba bagore be.

Iwe hahora ibirori by’abagore bambaye ubusa

Benshi mu bakurikira uyu mugabo kuri Instagram aho akunda gushyira aya mafoto ari kumwe n’abagore benshi ,bamunenze ndetse bamushinja ko agira abagore ibikoresho bye ndetse atabubaha.

Urutonde rw’ abantu 10 batangaje ku isi udashobora gukeka niba babaho “INKURU IRAMBUYE”

Urutonde rw’ abantu batangaje ku isi turasangamo umugabo urya ibyuma ,umugabo ufite ubwanwa burebure, umugore mugufi ku isi, umugore unanutse ku isi , umugabo ufite umunwa muremure ku isi ndetse n’ abandi.

Nubwo dutuye ku isi hari ibikorwa bigenda biberaho nubwo abantu batabashaka kubimenya byose . Aho usanga habaho abantu bafite impano zitandukanye aho rimwe na rimwe bazihemberwa kubera ko ntawundi uzifite ibi bigatuma bamampara ku isi hose kubera utu dushya badahuriyeho n’ abandi .

1.Umugore ugororotse ku isi

Umugore w’Umurusiyakazi Julia Gunthel afite impano idasanzwe yo kuba agororotse kurusha abandi ku isi dore ko uyu mu gore ashobora kwihina nk’ inzoka ndetse ntagire ikibazo agira na kimwe ku mubiri we .

2.Umugabo arya ibyuma

Umugabo w’ umufaransa uzwi ku izina rya Michel Lotito afite impano idasanzwe yo kurya ibyuma ndetse no kubicagagura ku buryo niyo wazana icyuma kimeze gute ashobora kugishona akoresheje amenyo ye afata nk’ impano Imana yamuhaye nk’ umutungo.

3.Umugabo ufite umunwa mu nini ku isi

Francisco Domingo umugabo ufite umunwa mu nini ku isi aho ashobora gufata agacupa kajyamo Red Bul akagashyira mu kanwa ke ,nawe akomeje kujyenda atangaza abantu ku isi kubera iyi mpano ye yo kugira umunwa mu nini kurusha abandi .

4. Umugore ufite munda hato ku isi

Pensioner Cathie Jung ufite munda hangana na 15in (38cm) akomeje akaba yarahawe igihembo gitangwa na Guiness Record kubera kugira munda hato kurusha abandi bantu babaho ku isi .

5.Umugore ufite amabere manini ku isi

Mayra Hills umugore ukomoka mu Budage afite impano idasanzwe yo kugira amabere manini ku isi.

6.Umugore ufite umusatsi ufite imbaraga zidasanzwe.

Asha Rani umugore ukomoka mu buhinde akaba afite impano yo kugira umusatsi udasanzwe aho yahawe akabyiniro ka ‘The Iron Queen’ kubera kugira imbaraga zidasanzwe aho azicyesha umusatsi we , aho ashobora gukurura cyangwa guterura ibintu biremereye yifashishije umusatsi we Imana yamuhaye .

7.Umugabo wakoze umubiri kurusha abandi ku isi.

Umugabo w’ umunye brazil Romario Dos Santos ubusanzwe wamenyekanye ku isi kubera uburyo yakoze umubiri aho afatwa nk’ umugabo ufite umubiri udasanzwe kuva isi yabaho.

8. Umugabo ufite amaherena kurusha abandi ku isi

Umunya Dortmund Rolf Buchholz wamampaye kubera kwishyiraho amaherena menshi ku mubiri we akomeje guca agahigo k’ umuntu wakoze ibidasanzwe mu mateka y’ isi kubera amaherena yishyizeho arenga 453 ku mubiri we.

9.Umugabo ufite ubwanwa burere ku isi

Ram Singh Chauhan umugabo wahawe igikombe cy’ umugabo ufite ubwanwa burebure ku isi aho bungana na (14 feet) aho kuri ubu amaze imyaka 56 abuteretse kugirango bukure akomeje ajye atwara igikombe .

10.Umugore mugufi ku is

Ku mucanga wo ku mazi magari ya Miami muri Leta ya Florida muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ni hamwe mu hantu hazwi cyane ku isi ndetse hafite ubwiza bw’igitangaza benshi banezezwa no gusohokera bakajya kwiryohereza ubuzima mu bihe by’ izuba.

Umunyamideli Blac Chyna yashyize hanze amafoto atandukanye ubwo yararimo kwamamaza icupa rishya ry’ amazi ryitwa 138 Water.
Igikorwa cyo kumufata amafoto kikaba cyabereye kuri ku nkombe ya Malibu (beach in Malibu) ubusanzwe iherereye muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika aho ikikijwe n’ izindi Nyanja zitandukanye zirmimo Malibu Beach, Lagoon State Beach , Zuma Beach, El Matador State Beach .
Reba amafoto Blac Chyna yafatiye kuri Malibu Beach
Uwari umukunzi wa Davido yongeye gukora agashya kadasanzwe nyuma y’ igihe kirekire atandukanye na Davido kuri ubu umaze iminsi mu Rwanda .
Mutoni Balbine wabaye igisonga cya kane cya Nyampinga w’ u Rwanda 2015 akomeje gushyira hanze amafoto atandukanye aho agaragaza ari kumwe n’ umusore bakundana Arsene mu gihugu cy’ Ubutaliyani .
Umusore ndetse n’ umukobwa ubyibushye bidasanzwe bose bakomoka muri Nigeria bagiye gushinga ubukwe aho bamwe bibaza ukuntu uyu musore w’ urugara ruto azaterura uyu mukobwa .

Src: Rwandapaparazzi.rw

2019-02-25
Editorial

IZINDI NKURU

Kinshasa : Perezida Kagame yunamiye Étienne Tshisekedi wasezeweho bwa nyuma

Kinshasa : Perezida Kagame yunamiye Étienne Tshisekedi wasezeweho bwa nyuma

Editorial 01 Jun 2019
‘Akabaye icwende muri Miss Rwanda ntikoga?’ Rutangarwamaboko

‘Akabaye icwende muri Miss Rwanda ntikoga?’ Rutangarwamaboko

Editorial 27 Feb 2018
Dore Uburyo Wakwemeza Umukobwa Muhuye bwa Mbere Mukubakana Urukundo Rudasanzwe hagati Yanyu

Dore Uburyo Wakwemeza Umukobwa Muhuye bwa Mbere Mukubakana Urukundo Rudasanzwe hagati Yanyu

Editorial 05 May 2017
Umunyamerika wimenyereza umwuga yigize inzobere ku kibazo cy’u Rwanda na Uganda

Umunyamerika wimenyereza umwuga yigize inzobere ku kibazo cy’u Rwanda na Uganda

Editorial 02 Dec 2019

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

Bimwe mu bimenyetso birakomeza gushimangira ko kugereka urupfu rwa Yuvenali Habyarimana kuri FPR-Inkotanyi ari ukuyobya uburari.

Bimwe mu bimenyetso birakomeza gushimangira ko kugereka urupfu rwa Yuvenali Habyarimana kuri FPR-Inkotanyi ari ukuyobya uburari.

21 Apr 2023
Umuhuza mu kibazo cya Kongo, Uhuru Kenyatta, arasaba ko umutwe wa M23 ushyikirana n’ubutegetsi bwicyo gihugu

Umuhuza mu kibazo cya Kongo, Uhuru Kenyatta, arasaba ko umutwe wa M23 ushyikirana n’ubutegetsi bwicyo gihugu

03 Apr 2023
Abantu nibareke kwitiranya igitutu na dipolomasi mu irekurwa rya Paul Rusesabagina

Abantu nibareke kwitiranya igitutu na dipolomasi mu irekurwa rya Paul Rusesabagina

30 Mar 2023
Abahinzi bo mu turere 13 bagiye gufashwa n’umushinga “Hinga wunguke uzabafasha kwiteza imbere ndetse no kwagurirwa isoko ry’umusaruro wabo

Abahinzi bo mu turere 13 bagiye gufashwa n’umushinga “Hinga wunguke uzabafasha kwiteza imbere ndetse no kwagurirwa isoko ry’umusaruro wabo

09 Mar 2023
Ruswa ikomeje guhagama bamwe mu Badepite bo mu Burayi.

Ruswa ikomeje guhagama bamwe mu Badepite bo mu Burayi.

03 Feb 2023

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Umuyobozi mukuru wungirije muri RDB, Nelly Mukazayire yahuye n’umuyobozi wa PSG Nasser Al-Khelaifi mu kwishimira umubano w’impande zombi

Umuyobozi mukuru wungirije muri RDB, Nelly Mukazayire yahuye n’umuyobozi wa PSG Nasser Al-Khelaifi mu kwishimira umubano w’impande zombi

01 Jun 2023
Samantha Power arifuza gutegeka Afrika nk’uko ategeka USAID yagize igikangisho.

Samantha Power arifuza gutegeka Afrika nk’uko ategeka USAID yagize igikangisho.

01 Jun 2023
Ruhango: Umuryango Twubake Ubumwe n’Ubwiyunge watanze Noheli ku barokotse Genocide yakorewe Abatutsi batishoboye

Ruhango: Umuryango Twubake Ubumwe n’Ubwiyunge watanze Noheli ku barokotse Genocide yakorewe Abatutsi batishoboye

23 Dec 2022
Ariko noneho ni akumiro. Mu itangazo rikubiyemo ingingo zivangavanze, abajenosideri bo muri FDLR ngo barashaka imishyikirano na Leta y’u Rwanda!

Ariko noneho ni akumiro. Mu itangazo rikubiyemo ingingo zivangavanze, abajenosideri bo muri FDLR ngo barashaka imishyikirano na Leta y’u Rwanda!

29 Nov 2022
Uhagarariye Kongo-Kinshasa muri LONI yavuze ko u Rwanda rwiba ingagi n’inguge zicyo gihugu mu nama yigaga ikibazo cy’intambara muri Ukraine

Uhagarariye Kongo-Kinshasa muri LONI yavuze ko u Rwanda rwiba ingagi n’inguge zicyo gihugu mu nama yigaga ikibazo cy’intambara muri Ukraine

13 Oct 2022
“Aho bagejeje batwangisha Inkotanyi niho ngeze nigisha ibyiza byazo” Rachel Mugorewase wakuwe mu mashyamba ya Kongo

“Aho bagejeje batwangisha Inkotanyi niho ngeze nigisha ibyiza byazo” Rachel Mugorewase wakuwe mu mashyamba ya Kongo

03 Oct 2022
Burya si buno, ibigarasha n’abajenosideri mubimenye: Ntimuzigera murusha ubwinshi n’imbaraga abahagurukiye kubaka uru Rwanda

Burya si buno, ibigarasha n’abajenosideri mubimenye: Ntimuzigera murusha ubwinshi n’imbaraga abahagurukiye kubaka uru Rwanda

03 Oct 2022

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru