• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Baker Byatsi yafungiwe ubujura imyaka ine afungurwa kuko yisiramuje nabi muri gereza bikamugwa nabi-Mushiki wa Byatsi byose yabivuze   |   28 May 2026

  • AMAFOTO – Mu mukino wakurikiwe na Perezida Kagame, RSSB Tigers BBC yageze ku mukino wa nyuma wa BAL 2026 itsinze AL Ahyly yo mu Misiri   |   28 May 2026

  • Stephen Constantine yatangaje urutonde rw’abakinnyi 24 bazifashishwa mu mikino ibiri ya gicuti mpuzamahanga izahuza u Rwanda na Comoros ndetse na Tanzania   |   27 May 2026

  • Agapfa kaburiwe ni impongo; Abagura Indaya bahawe imbuzi   |   27 May 2026

  • Ambassadeur Thérence Ntahiraja yemeje ko u Rwanda rugomba guterwa   |   27 May 2026

  • Rayon Sports yatsinze Bugesera FC yiyongerera amahirwe yo kuzahagararira u Rwanda mu mikino Nyafurika   |   26 May 2026

 
You are at :Home»HIRYA NO HINO»Udushya n’Udukoryo Twaranze Weekend

Udushya n’Udukoryo Twaranze Weekend

Ubwanditsi 25 Feb 2019 HIRYA NO HINO

Udushya n’ Udukoryo two kuri iki cyumweru tariki ya 24/02/2019 Reka duhere hano mu Rwanda aho umu nyamakuru “Karangwa Mike yakoze ubukwe bw’ Akataraboneka.. Umuhango wo gusezerana kwa Mike Karangwa n’umukunzi we wabereye muri Eglise Vivante ku Kimihurura kuri uyu w Gatandatu naho ibirori byo kwishimana n’inshuti n’abavandimwe bibera muri Camp Kigali.

Ku wa 17 Gashyantare 2019, Karangwa yasabye anakwa umukunzi we Isimbi Roselyne ’Mimi’.

Tuvuye hano mu rwanda Mu bwongereza Myugariro Natanael Clyne ukinira ikipe ya Liverpool n’Ubwongereza yakoze agashya asohokana n’abakobwa 8 barimo babiri batarageza ku myaka y’ubukure ahitwa Marbella villa banywa inzoga n’ibiyobyabwenge banywa bakurura umwotsi.

Tanzania:Kubera ubwiza umwana w’umukobwa w’imyaka 13 afite bwatumye asambanywa ku ngufu n’abagabo 10 bamusimburanwaho igihe kingana n’icyumweru

Muri Nigeria Umusore w’imyaka 31 yashakanye n’umukecuru w’imyaka 79 mu bukwe bwavugishije benshi

Umusore w’imyaka 31 yashakanye n’umukecuru...

Umuherwe witwa Travers Beynon uzwi ku kazina ka Candyman yatunguye benshi ku munsi w’abagore ubwo yashyiraga hanze ifoto ari kumwe n’abagore 4 bambaye ubusa banditse inyuguti ya W bakoresheje amaguru.

Ngiyi ifoto Beynon yashyize hanze benshi barumirwa ku munsi w’abagore

Uyu mugabo wakijijwe no gucuruza itabi cyane ko afite uruganda ruricuruza mu bihugu bikomeye,akunze kugaruka mu binyamakuru kubera ukuntu ahora ashyira hanze amafoto ari kumwe n’abagore bambaye ubusa ndetse bivugwa ko buri joro agomba kurarana n’abagore 4.

Buri joro agomba kurarana n’abagore 4

Igitangaje kurusha ibindi ni uko uyu muherwe afite umugore n’abana babana mu nzu y’igorofa nini ihora yuzuyemo abagore ndetse bivugwa ko buri gihe ahora ari mu birori n’aba bagore be.

Iwe hahora ibirori by’abagore bambaye ubusa

Benshi mu bakurikira uyu mugabo kuri Instagram aho akunda gushyira aya mafoto ari kumwe n’abagore benshi ,bamunenze ndetse bamushinja ko agira abagore ibikoresho bye ndetse atabubaha.

Urutonde rw’ abantu 10 batangaje ku isi udashobora gukeka niba babaho “INKURU IRAMBUYE”

Urutonde rw’ abantu batangaje ku isi turasangamo umugabo urya ibyuma ,umugabo ufite ubwanwa burebure, umugore mugufi ku isi, umugore unanutse ku isi , umugabo ufite umunwa muremure ku isi ndetse n’ abandi.

Nubwo dutuye ku isi hari ibikorwa bigenda biberaho nubwo abantu batabashaka kubimenya byose . Aho usanga habaho abantu bafite impano zitandukanye aho rimwe na rimwe bazihemberwa kubera ko ntawundi uzifite ibi bigatuma bamampara ku isi hose kubera utu dushya badahuriyeho n’ abandi .

1.Umugore ugororotse ku isi

Umugore w’Umurusiyakazi Julia Gunthel afite impano idasanzwe yo kuba agororotse kurusha abandi ku isi dore ko uyu mu gore ashobora kwihina nk’ inzoka ndetse ntagire ikibazo agira na kimwe ku mubiri we .

2.Umugabo arya ibyuma

Umugabo w’ umufaransa uzwi ku izina rya Michel Lotito afite impano idasanzwe yo kurya ibyuma ndetse no kubicagagura ku buryo niyo wazana icyuma kimeze gute ashobora kugishona akoresheje amenyo ye afata nk’ impano Imana yamuhaye nk’ umutungo.

3.Umugabo ufite umunwa mu nini ku isi

Francisco Domingo umugabo ufite umunwa mu nini ku isi aho ashobora gufata agacupa kajyamo Red Bul akagashyira mu kanwa ke ,nawe akomeje kujyenda atangaza abantu ku isi kubera iyi mpano ye yo kugira umunwa mu nini kurusha abandi .

4. Umugore ufite munda hato ku isi

Pensioner Cathie Jung ufite munda hangana na 15in (38cm) akomeje akaba yarahawe igihembo gitangwa na Guiness Record kubera kugira munda hato kurusha abandi bantu babaho ku isi .

5.Umugore ufite amabere manini ku isi

Mayra Hills umugore ukomoka mu Budage afite impano idasanzwe yo kugira amabere manini ku isi.

6.Umugore ufite umusatsi ufite imbaraga zidasanzwe.

Asha Rani umugore ukomoka mu buhinde akaba afite impano yo kugira umusatsi udasanzwe aho yahawe akabyiniro ka ‘The Iron Queen’ kubera kugira imbaraga zidasanzwe aho azicyesha umusatsi we , aho ashobora gukurura cyangwa guterura ibintu biremereye yifashishije umusatsi we Imana yamuhaye .

7.Umugabo wakoze umubiri kurusha abandi ku isi.

Umugabo w’ umunye brazil Romario Dos Santos ubusanzwe wamenyekanye ku isi kubera uburyo yakoze umubiri aho afatwa nk’ umugabo ufite umubiri udasanzwe kuva isi yabaho.

8. Umugabo ufite amaherena kurusha abandi ku isi

Umunya Dortmund Rolf Buchholz wamampaye kubera kwishyiraho amaherena menshi ku mubiri we akomeje guca agahigo k’ umuntu wakoze ibidasanzwe mu mateka y’ isi kubera amaherena yishyizeho arenga 453 ku mubiri we.

9.Umugabo ufite ubwanwa burere ku isi

Ram Singh Chauhan umugabo wahawe igikombe cy’ umugabo ufite ubwanwa burebure ku isi aho bungana na (14 feet) aho kuri ubu amaze imyaka 56 abuteretse kugirango bukure akomeje ajye atwara igikombe .

10.Umugore mugufi ku is

Ku mucanga wo ku mazi magari ya Miami muri Leta ya Florida muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ni hamwe mu hantu hazwi cyane ku isi ndetse hafite ubwiza bw’igitangaza benshi banezezwa no gusohokera bakajya kwiryohereza ubuzima mu bihe by’ izuba.

Umunyamideli Blac Chyna yashyize hanze amafoto atandukanye ubwo yararimo kwamamaza icupa rishya ry’ amazi ryitwa 138 Water.
Igikorwa cyo kumufata amafoto kikaba cyabereye kuri ku nkombe ya Malibu (beach in Malibu) ubusanzwe iherereye muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika aho ikikijwe n’ izindi Nyanja zitandukanye zirmimo Malibu Beach, Lagoon State Beach , Zuma Beach, El Matador State Beach .
Reba amafoto Blac Chyna yafatiye kuri Malibu Beach
Uwari umukunzi wa Davido yongeye gukora agashya kadasanzwe nyuma y’ igihe kirekire atandukanye na Davido kuri ubu umaze iminsi mu Rwanda .
Mutoni Balbine wabaye igisonga cya kane cya Nyampinga w’ u Rwanda 2015 akomeje gushyira hanze amafoto atandukanye aho agaragaza ari kumwe n’ umusore bakundana Arsene mu gihugu cy’ Ubutaliyani .
Umusore ndetse n’ umukobwa ubyibushye bidasanzwe bose bakomoka muri Nigeria bagiye gushinga ubukwe aho bamwe bibaza ukuntu uyu musore w’ urugara ruto azaterura uyu mukobwa .

Src: Rwandapaparazzi.rw

2019-02-25
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Bobi Wine mu rukiko yavuze ko aticuza

Bobi Wine mu rukiko yavuze ko aticuza

Ubwanditsi 02 May 2019
Ubanza Ingabire Victoire yariyibagiwe reka tumwibutse uwo ari we

Ubanza Ingabire Victoire yariyibagiwe reka tumwibutse uwo ari we

Ubwanditsi 26 Aug 2023
Dore Uburyo Wakwemeza Umukobwa Muhuye bwa Mbere Mukubakana Urukundo Rudasanzwe hagati Yanyu

Dore Uburyo Wakwemeza Umukobwa Muhuye bwa Mbere Mukubakana Urukundo Rudasanzwe hagati Yanyu

Ubwanditsi 05 May 2017
Uganda : Ukwishyirahamwe kwa Bobi Wine na Jose Chameleone bihangayikishije Museveni

Uganda : Ukwishyirahamwe kwa Bobi Wine na Jose Chameleone bihangayikishije Museveni

Ubwanditsi 13 Jul 2019

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Moto yibwe mu karere ka Bugesera yafatanywe umugabo muri Gakenke
Mu Mahanga

Moto yibwe mu karere ka Bugesera yafatanywe umugabo muri Gakenke

Ubwanditsi 20 Feb 2017
Indimi ebyiri za Perezida Museveni zizagarura umubano n’u Rwanda?
INKURU NYAMUKURU

Indimi ebyiri za Perezida Museveni zizagarura umubano n’u Rwanda?

Ubwanditsi 05 Mar 2020
Mashami Vincent wari umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda yabwiwe ko atazongerererwa amasezerano
Amakuru

Mashami Vincent wari umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda yabwiwe ko atazongerererwa amasezerano

Ubwanditsi 10 Mar 2022

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru