• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Uko amakipe azahura mu ijonjora ry’ibanze ry’igikombe cy’Amahoro 2018

Uko amakipe azahura mu ijonjora ry’ibanze ry’igikombe cy’Amahoro 2018

Ubwanditsi 23 Jan 2018 IMIKINO

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, ryamaze gushyira ahagaragara uburyo amakipe azahura mu ijonjora ry’ibanze ry’igikombe cy’Amahoro 2018.

Iyi mikino iteganyijwe gutangira mu cyumweru gitaha tariki ya 30 Mutarama 2018.

“Tunejejwe no kubandikira iyi baruwa tugira ngo tubamenyeshe ingengabihe y’amarushanwa y’igikombe cy’Amahoro (Preliminaries round). Ku mugereka murahasanga ingengabihe y’amarushanwa yavuzwe haruguru y’igikombe cy’Amahoro”– Ibaruwa yandikiwe abayobozi b’amakipe y’icyiciro cya mbere n’icya kabiri, isinywaho n’umunyamabanga wa Ferwafa; Uwamahoro Latifah Tharcille.

Mu makipe 22 azakina ijonjora ribanza, abiri gusa ni yo yavuye mu cyiciro cya mbere; Kirehe FC na Miroplast FC yaviriyemo muri 1/16 mu mwaka ushize mu gihe andi makipe 20 ari ayo mu cyiciro cya kabiri.

Miroplast FC n Kirehe FC niyo makipe yo mu cyiciro cya mbere azatangirira mu ijonjora ry'ibanzeMiroplast FC n Kirehe FC niyo makipe yo mu cyiciro cya mbere azatangirira mu ijonjora ry’ibanze

AS Muhanga, La jeneusse na Sorwathe FC zageze muri 1/8 mu mwaka ushize ni yo makipe yo mu cyiciro cya kabiri azatangirira muri 1/16 kimwe n’ayandi makipe yo mu cyiciro cya mbere.

Sorwathe FC iri mu makipe yari yagerageje kugera kure mu mwaka ushizeSorwathe FC iri mu makipe yari yagerageje kugera kure mu mwaka ushize

Uko amakipe azahura mu ijonjora ry’ibanze ry’igikombe cy’Amahoro

  • Aspor FC vs Unity FC (Mumena, 13:00)
  • Kirehe FC vs Interforce FC (Rwamagana, 15:30)
  • Miroplast FC vs UNR FC (Muhanga, 15:30)
  • Etoile de l’Est vs SEC FC ( Rwamagana, 13:00)
  • Hope FC vs Nyagatare FC (Mumena, 15:30)
  • Heroes FC vs Gitikinyoni FC (Kicukiro, 15:30)
  • Pepiniere FC vs Gasabo United (Stade de Kigali, 15:30)
  • Vision FC vs Rugende FC (Ferwafa, 13:00)
  • United Stars vs Akagera FC (Stade de Kigali, 13:00)
  • Intare FC vs Vision JN FC (Ubworoherane; 15:30)
  • Rwamagana City vs Esperance (Kicukiro, 13:00)

Unity FC ni imwe mu makipe 20 y'icyiciro cya kabiri azatangira akina mu cyumweru gitahaUnity FC ni imwe mu makipe 20 y’icyiciro cya kabiri azatangira akina mu cyumweru gitaha

Amakipe azabasha gukomeza, azahura n’ayasigaye yiganjemo ayo mu cyiciro cya mbere muri 1/16 cy’iri rushanwa.

Ikipe ya APR FC niyo yegukanye irushanwa riheruka, itsinze Espoir FC ibitego 2-0 ku mukino wa nyuma ndetse izahagararira u Rwanda muri CAF Confederation Cup y’uyu mwaka.

APR FC yegukanye igikombe giherukaAPR FC yegukanye igikombe giheruka

2018-01-23
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Rayon Sports irakira APR FC mu mukino kwinjira mu myanya y’icyubahiro ari ibihumbi 100Frw, ibiranga umunsi wa 14 wa PNL

Rayon Sports irakira APR FC mu mukino kwinjira mu myanya y’icyubahiro ari ibihumbi 100Frw, ibiranga umunsi wa 14 wa PNL

Ubwanditsi 16 Dec 2022
Hitegurwa shampiyona ya Besketball 2023, abakinnyi 6 bongerewe amasezerano muri APR WBBC

Hitegurwa shampiyona ya Besketball 2023, abakinnyi 6 bongerewe amasezerano muri APR WBBC

Ubwanditsi 12 Jan 2023
Mu mukino Petros utoza Urucaca yashinje abasifuzi bo mu Rwanda ubwiyemezi, Kiyovu SC yatsinze Gorilla FC 1-0

Mu mukino Petros utoza Urucaca yashinje abasifuzi bo mu Rwanda ubwiyemezi, Kiyovu SC yatsinze Gorilla FC 1-0

Ubwanditsi 03 Oct 2023
Nyuma yo gutsindirwa ku mukino wa nyuma w’igikombe cya Afurika incuro ebyiri, ikipe y’igihugu ya Senegal yegukanye igikombe

Nyuma yo gutsindirwa ku mukino wa nyuma w’igikombe cya Afurika incuro ebyiri, ikipe y’igihugu ya Senegal yegukanye igikombe

Ubwanditsi 07 Feb 2022

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Bujumbura : Amasasu menshi yumvikanye mu Bwiza
INKURU NYAMUKURU

Bujumbura : Amasasu menshi yumvikanye mu Bwiza

Ubwanditsi 05 Oct 2018
Amarira y’ingona ya Protais Zigiranyirazo abajijwe ifatwa, ifungwa n’iyicwa ry’abanyapolitiki b’i Gitarama igihe Habyarimana yafataga ubutegetsi
INKURU NYAMUKURU

Amarira y’ingona ya Protais Zigiranyirazo abajijwe ifatwa, ifungwa n’iyicwa ry’abanyapolitiki b’i Gitarama igihe Habyarimana yafataga ubutegetsi

Ubwanditsi 18 Aug 2020
Anita Pendo  arahakana  ko yabyaye Umwana akamusiga mu cyaro
SHOWBIZ

Anita Pendo arahakana ko yabyaye Umwana akamusiga mu cyaro

Ubwanditsi 27 Apr 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru