• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Amafoto – Pyramids FC isezereye APR FC muri CAF Champions League ku bgiteranyo cy’ibitego 6-1 mu mikino yombi   |   29 Sep 2023

  • Inama ya Perezida Tshisekedi na Charles Onana igamije gukwirakwiza amagambo abiba urwango mu karere   |   28 Sep 2023

  • Gen (Rtd) Kabarebe yagizwe Umunyamabanga wa Leta muri Minaffet, Francis Gatare asubira muri RDB   |   28 Sep 2023

  • Kiyovu SC yavuye mu maboko ya Mvukiyehe Juvenal ijya muya Ndorimana F. Regis “General”   |   27 Sep 2023

  • Perezida Paul Kagame yashyize mu kiruhuko cy’izabukuru abarimo CG Emmanuel K.Gasana   |   27 Sep 2023

  • APR FC yerekeje mu Misiri gukina umukino wo kwishyura na Pyramid mu irushanwa rya CAF Champions League   |   26 Sep 2023

 
You are at :Home»INKURU NYAMUKURU»Uko Besigye abona umubano w’u Rwanda na Uganda muri iki gihe

Uko Besigye abona umubano w’u Rwanda na Uganda muri iki gihe

Editorial 06 Mar 2019 INKURU NYAMUKURU, INKURU ZAKUNZWE CYANE

Mu kiganiro n’abanyamakuru , umukuru w’Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda,  Kizza Besigye asobanura mu buryo burambuye imvo n’imvano y’amakimbirane ari hagati y’U Rwanda na Uganda.

Icyo kiganiro cyari mu rurimi rw’ikigande ati :“Niba ushaka kumenya icyibazo cyiri hagati y’URwanda a Uganda, ugomba kumenya ibintu bibiri:

Icya mbere: Bwana Museveni yibwiye ko niba Perezida yari muri Uganda  nk’umusirikare wo ku rwego rwo hejuru, anamuyobora , ninako  azakomeza kumuyobora nubwo azaba ari mu Rwanda, kandi ko U Rwanda ruzaba agace k’igihugu cya Uganda  – niko abyumva, iyi niyo myumvire ya  Museveni, yo kwiremereza , kandi n’igihugu cya Uganda agifata nkaho ari umutungo we ku giti cye: buri wese ni umwuzukuru we,umuvandimwe, n’ibindi., ntiyiyumvisha ko  abantu bashobora kuba abo aribo…’

 Ariko se wowe uri mu cyihe cyiciro? Uri umuvandimwe we , umusangirangendo?

 Nakubwiye ko nshaka kuba icyiremwa muntu cyigenga. Ntawe mbereye umwana w’umuhungu, umwuzukuru , n’ibindi…….

We[Museveni] abona Perezida Kagame muri ubwo buryo, akaba yariyumvishaga ko  agomba kuzajya amwumvira. Ariko Perezida Kagame yamukuriye inzira ku murima [Rwanda] ni igihugu cyacu kandi tuzakiyobora nkuko tumva bikwiriye.

Museveni akaba yaraje kubyumva mu gihe cy’intambara muri Kongo Kinshasa yari igamije kuvana Perezida Mobutu ku butegetsi, yarwanywe ikanatsindwa n’ingabo z’U Rwanda zonyine. Ingabo za Uganda ntacyo zigeze zikora. Ibi bikaba byaratumye Museveni ahorana ikintu cy’ubwoba bumutera gutinya URwanda.

Icya kabiri: Ingingo ya kabiri hagati y’ibi bihugu bibiri, nuko U Rwanda rwahuye n’ibibazo by’umurengera, ariko rugakora rwivuye inyuma  kugirango rubyivanemo. Wibuke ko aribwo bari bakiva muri Jenoside ariko bahise batangira gutera imbere. Uko iminsi yagendaga yicuma, abantu batangiye kugenda bagereranya ibi bihugu uko ari bibiri. Barebaga U Rwanda rwari ruturutse inyuma kure cyane, bakanareba Uganda. Batangira kugereranya ibitaro muri ibi bihugu byombi, ibikorwa remezo, n’ibindi, nta huriro. Nuko bakajya babaza Museveni bati: ‘Byakugendekeye bite?’. Ibyo nabyo byatumye atahwa n’icyoba.

None ubu URwanda rukaba rufite icyibazo cy’umutekano . Hakaba hari abasikute ba bahungu baringa bavaga muri Uganda bajya mu Burundi ariko banyuze mu gihugu cya Tanzaniya batawe muri yombi, nyuma bikaza ku menyekana ko barimo kujya mu myitozo ya gisirikare bityo bakazatera U Rwanda. Nibyo hamwe n’ibindi byinshi byashyigikirwaga na Uganda mu rwego rwo gukomamunkokora U Rwanda, ku birebana n’umutekano hamwe n’iterambere by’U Rwanda…” – Besigye.

Kiiza Besigye ni Umuyobozi w’Ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda Forum for Democratic Change (FDC) akaba ari n’umugabo wa Winnie Byanyima, w’umukuru w’umuryango mpuzamahanga Oxfam International.

Src :  gateteviews.rw

2019-03-06
Editorial

IZINDI NKURU

Kuva muri 2016, uwayoboye wese RUD Urunana yarishwe guhera kuri Gen Musare, Gen Afrika, Col Mpiranya na Col Rugema wishwe mu minsi ibiri ishize

Kuva muri 2016, uwayoboye wese RUD Urunana yarishwe guhera kuri Gen Musare, Gen Afrika, Col Mpiranya na Col Rugema wishwe mu minsi ibiri ishize

Editorial 23 Oct 2020
Urukiko ruburanisha ibyaha by’iterabwoba rwahanishije Paul Rusesabagina igihano cy’imyaka 25 naho CallixteNsabimana”Sankara” ahanishwa gufungwa imyaka 20, Bombi bahamwe n’ibyaha byo kuba mu mutwe w’iterabwoba wa FLN

Urukiko ruburanisha ibyaha by’iterabwoba rwahanishije Paul Rusesabagina igihano cy’imyaka 25 naho CallixteNsabimana”Sankara” ahanishwa gufungwa imyaka 20, Bombi bahamwe n’ibyaha byo kuba mu mutwe w’iterabwoba wa FLN

Editorial 20 Sep 2021
Kubera ibikorwa by’ubwubatsi k’umupaka wa Gatuna amakamyo manini agiye kujya aca Kagitumba

Kubera ibikorwa by’ubwubatsi k’umupaka wa Gatuna amakamyo manini agiye kujya aca Kagitumba

Editorial 28 Feb 2019
Nyuma y’igikorwa cyagizwe ubwiru kugeza ku munota wa nyuma cyo gufata umuterankunga wa Jenoside Kabuga Felicien, u Bufaransa bwaba bugiye gushyira inyandiko zabwo kuri Jenoside ahabona

Nyuma y’igikorwa cyagizwe ubwiru kugeza ku munota wa nyuma cyo gufata umuterankunga wa Jenoside Kabuga Felicien, u Bufaransa bwaba bugiye gushyira inyandiko zabwo kuri Jenoside ahabona

Editorial 06 Jun 2020

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

Ni iki cyatuma Ahubwo Perezida w’Abanyarwanda atiyamamaza 2024?

Ni iki cyatuma Ahubwo Perezida w’Abanyarwanda atiyamamaza 2024?

20 Sep 2023
Abapolisi 288 basoje imyitozo y’ibikorwa by’ibanze byihariye

Abapolisi 288 basoje imyitozo y’ibikorwa by’ibanze byihariye

15 Sep 2023
Abashinwa Bahize kurandura burundu Ubushomeri mu Rwanda

Abashinwa Bahize kurandura burundu Ubushomeri mu Rwanda

10 Sep 2023
Perezida Kagame yitabiriye Inama yiga ku mihindagurikire y’ibihe muri Afurika irimo kubera muri Kenya

Perezida Kagame yitabiriye Inama yiga ku mihindagurikire y’ibihe muri Afurika irimo kubera muri Kenya

05 Sep 2023
Polisi yasimbuje Umuvugizi maze CP Kabera JB Ahabwa inshingano nshya

Polisi yasimbuje Umuvugizi maze CP Kabera JB Ahabwa inshingano nshya

30 Aug 2023

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Kurya igi rimwe ku munsi ni umuti ukomeye ku buzima bwa muntu

Kurya igi rimwe ku munsi ni umuti ukomeye ku buzima bwa muntu

24 Sep 2023
JAMBO ASBL yimanike: Dore Perezida Kagame yavuze ko nta mugambi wo kohereza undi Ambasaderi mu Bubiligi nyuma yo kwanga kwakira Vincent Karega

JAMBO ASBL yimanike: Dore Perezida Kagame yavuze ko nta mugambi wo kohereza undi Ambasaderi mu Bubiligi nyuma yo kwanga kwakira Vincent Karega

20 Sep 2023
Ubwiza bwa Pariki y’Igihugu ya Nyungwe yashyizwe mu murage w’Isi wa UNESCO

Ubwiza bwa Pariki y’Igihugu ya Nyungwe yashyizwe mu murage w’Isi wa UNESCO

20 Sep 2023
Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo ruratangaza ko rugiye kwitumiriza Kabuga mu rubanza rw’imitungo aregwamo

Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo ruratangaza ko rugiye kwitumiriza Kabuga mu rubanza rw’imitungo aregwamo

29 Aug 2023
Ubanza Ingabire Victoire yariyibagiwe reka tumwibutse uwo ari we

Ubanza Ingabire Victoire yariyibagiwe reka tumwibutse uwo ari we

26 Aug 2023
Umubare w’Abashaka Kumenya Amateka y’Urugamba Bagasura ku Murindi w’intwari Ukomeje Gutumbagira

Umubare w’Abashaka Kumenya Amateka y’Urugamba Bagasura ku Murindi w’intwari Ukomeje Gutumbagira

22 Aug 2023
Haba hakiri Abanyarwanda bagihohotererwa muri Gereza za CMI muri Uganda, Fred yaguye muri Gereza yayo

Haba hakiri Abanyarwanda bagihohotererwa muri Gereza za CMI muri Uganda, Fred yaguye muri Gereza yayo

22 Aug 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru