• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26   |   31 May 2026

  • Baker Byatsi yafungiwe ubujura imyaka ine afungurwa kuko yisiramuje nabi muri gereza bikamugwa nabi-Mushiki wa Byatsi byose yabivuze   |   28 May 2026

  • AMAFOTO – Mu mukino wakurikiwe na Perezida Kagame, RSSB Tigers BBC yageze ku mukino wa nyuma wa BAL 2026 itsinze AL Ahyly yo mu Misiri   |   28 May 2026

  • Stephen Constantine yatangaje urutonde rw’abakinnyi 24 bazifashishwa mu mikino ibiri ya gicuti mpuzamahanga izahuza u Rwanda na Comoros ndetse na Tanzania   |   27 May 2026

  • Agapfa kaburiwe ni impongo; Abagura Indaya bahawe imbuzi   |   27 May 2026

  • Ambassadeur Thérence Ntahiraja yemeje ko u Rwanda rugomba guterwa   |   27 May 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Uko imikino iteganyijwe muri shampiyona yo mu Bwongereza na Esipanye muri izi mpera z’icyumweru

Uko imikino iteganyijwe muri shampiyona yo mu Bwongereza na Esipanye muri izi mpera z’icyumweru

Ubwanditsi 04 Jan 2016 IMIKINO

Kuri uyu wa gatandatu, tariki ya 2 Mutarama 2016, shampiyona y’igihugu y’umupira w’amaguru mu gihugu cy’u Bwongereza irakomeza hakinwa umukino ubanza mu mikino y’igice cya kabiri cya kabiri cya kabiri cya shampiyona nyuma y’aho ikino ibanza yarangiye Arsenal iri ku isonga n’amanota 39 mu gihe Aston Villa ari yo ya nyuma n’amanota 18.
-1622.jpg

Kuri uyu wa gatandatu, harakinwa imikino 5 aho West Ham yakira Liverpool ari zo kipe zibimburira izindi, mu mukino ubera ku kibuga cya Upton Park guhera ku isaha y’i saa munani n’iminota 45 ku isaha y’I Kigali.
-1623.jpg
Abashobora kubanzamo ku ruhande rwa Liverpoolni Simon Mignolet mu izamu, Nathaniel Clyne, Dejan Lovren, Mamadou Sakho, Alberto Moreno, Adam Lallana. Roberto Firmino, Emre Can, Lucas, Philippe Coutinho na Christian Benteke. Daniel Sturridge umaze iminsi ari mu mvune ntakina uyu mukino kuko umutoza we Jurgen Klopp asanga ko nubwo yakize atari yagera ku rwego rwo gukina ngo yitware neza.
Daniel Sturridge ntabwo ari bukine na West Ham.

Abashobora kubanzamoku ruhande rwa Westham United itozwa na … ni Adrian mu izamu, Aaron Cresswell, James Collins, Angelo Ogbonna, James Tomkins, Mark Noble, Alex Song, Manuel Lanzini, Cheikhou Kouyate, Michail Antonio na Andy Caroll.

Ikipe ya Arsenal iri ku mwanya wa mbere, ku kibuga cyayo Emirates Stadium, irakira New Castle.
-1624.jpg
Arsenal irakina ishaka kuguma ku mwanya wa mbere

Abashobora kubanzamokuri Arsenal ni Peter Cech mu izamu, Per Metersacker, Laurent Koscielny, Hector Bellerin, Calum Chambers, Nacho Monreal, Mesut Ozil, Theo Walcott, Aaron Ramsey, Joel Campbel ndetse na Olivier Giroud.

Ku ruhande rwa West Ham United hashobora kubanzamo: Robert Elliot mu izamu, Paul Dummett, Coloccini, Daryl Janmett, Chancel Mbemba, G. Wijnaldum, Check Tiote, Moussa Sissoko, Jack Colback, Ayoze Perez na A. Mitrovic.

Ku kibuga Old Trafford, Manchester United iri ku mwanya wa 6 n’amanota 30 irakira Swansea City iri ku mwanya wa 17 n’amanota 19.
Chris Smalling asanga ikipe ya Manchester United izitwara neza mu mwwaka wa 2016.
-1625.jpg
Abashobora kubanza mu kibugaku ruhande rwa Manchester United ni David De Gea mu izamu, Matteo Darmian, Chris Smalling, Phil Jones, Juan Mata, M. Schneiderlen, Ander Herrera, Daley Blind, Bastian Schwansteiger, Wayne Rooney na Antony Martial.

Ku ruhande rwa Swansea City ni Lukas Fabianski, Neil Taylor, Ashley Williams, Kyle Naughton, Jordi Amat, Gylfi Sigurdsson, Jack Cork, Jefferson Montero, Ki Sung-yueng, Andre Ayew, Bafetimbi Gomiz.
-1627.jpg
Mu yindi mikino iba ku isaha y’i saa kumi n’imwe, Leicester City irakira AFC Bournemouth, Norwich City yakire Southampton. Sunderland irakina na Aston Villa na ho Westbromwich Albion ikine na Stoke City mu gihe umukino wa nyuma wo kuri uyu wa gatandatu uhuza Watford iri bwakire Manchester City.

-1626.jpg

Sergio Aguero arabanza mu kibuga ku ruhande rwa Manchester City nyuma yo kuva mu mvune zitatumye akina imikino ihagije mu ibanza
Ku cyumweru, tariki ya 3 Mutarama 2016, hazaba imikino ibiri: Chrystal Palace izakina na Chelsea na ho Everton ikine na Tottenham.

Mu gihugu cya Esipanye, FC Barcelona irasura mukeba wayo basangiye umujyi, Espagnol Barcelona mu mukio uri butangire ku isaha y’I saa cyenda zuzuye.
Atletico Madrid irakina na Levante saa moya z’umugoroba mu gihe Real Madrid izasura ikipe ya Valencia ku cyumweru ku isaha y’I saa moya n’igice.

M.Fils

2016-01-04
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Mbitabazenga: Inyungu ziva muri Visit Rwanda, ziratuma inyangabirama zijiginywa

Mbitabazenga: Inyungu ziva muri Visit Rwanda, ziratuma inyangabirama zijiginywa

Ubwanditsi 15 Aug 2025
Amateka yandikiwe i Maputo: Rayon Sports yerekeje mu matsinda ya Caf Confederation Cup

Amateka yandikiwe i Maputo: Rayon Sports yerekeje mu matsinda ya Caf Confederation Cup

Ubwanditsi 19 Apr 2018
Ferguson wahoze atoza Manchester United yajyanywe mu bitaro igitaraganya

Ferguson wahoze atoza Manchester United yajyanywe mu bitaro igitaraganya

Ubwanditsi 06 May 2018
Abantu 2 bakekwaho  gutanga Isoko rya Ferwafa bagejejwe   imbere y’ubutabera mu rukiko rw’ibanze rwa Nyarugunga

Abantu 2 bakekwaho gutanga Isoko rya Ferwafa bagejejwe imbere y’ubutabera mu rukiko rw’ibanze rwa Nyarugunga

Ubwanditsi 24 Feb 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Nyaminga w’ u Rwanda 2018 abaye Iradukunda Liliane Umukobwa w’ imyaka 18 Gusa “REBA HANO AMAFOTO”
INKURU ZAKUNZWE CYANE

Nyaminga w’ u Rwanda 2018 abaye Iradukunda Liliane Umukobwa w’ imyaka 18 Gusa “REBA HANO AMAFOTO”

Ubwanditsi 25 Feb 2018
Uganda: Ibinyamakuru bikorera kuri internet bigiye gucana umubano n’igipolisi kubera ifungwa ry’abayobozi ba Redpepper
Mu Mahanga

Uganda: Ibinyamakuru bikorera kuri internet bigiye gucana umubano n’igipolisi kubera ifungwa ry’abayobozi ba Redpepper

Ubwanditsi 25 Nov 2017
Amafoto – Amavubi U23 isezereye ikipe ya Libya mu mukino rutsinzemo 3-0 ikomeza mu kindi kiciro ku giteranyo cy’ibitego 4-4
Amakuru

Amafoto – Amavubi U23 isezereye ikipe ya Libya mu mukino rutsinzemo 3-0 ikomeza mu kindi kiciro ku giteranyo cy’ibitego 4-4

Ubwanditsi 27 Sep 2022

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru