• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2026, APR FC izatangira ihura na Gor Mahia, Rayon Sports izisobanura na KVZ SC yo muri Zanzibar   |   11 Jul 2026

  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

  • Kwigira Nyoninyinshi kwa Habyarimana yavuze ko bashakira amahoro abantu bose naho yahe yo kajya   |   07 Jul 2026

  • Kuvanaho Ingamba z’Ubwirinzi byaba ari Ubwiyahuzi   |   07 Jul 2026

  • Raporo ivuga ko FDLR yigabyemo ibice bitatu by’ingenzi ari byo FDLR-FOCA, FDLR-RUD na FDLR-FPP   |   06 Jul 2026

 
You are at :Home»IMIKINO»Uko imikino iteganyijwe muri shampiyona yo mu Bwongereza na Esipanye muri izi mpera z’icyumweru

Uko imikino iteganyijwe muri shampiyona yo mu Bwongereza na Esipanye muri izi mpera z’icyumweru

Ubwanditsi 04 Jan 2016 IMIKINO

Kuri uyu wa gatandatu, tariki ya 2 Mutarama 2016, shampiyona y’igihugu y’umupira w’amaguru mu gihugu cy’u Bwongereza irakomeza hakinwa umukino ubanza mu mikino y’igice cya kabiri cya kabiri cya kabiri cya shampiyona nyuma y’aho ikino ibanza yarangiye Arsenal iri ku isonga n’amanota 39 mu gihe Aston Villa ari yo ya nyuma n’amanota 18.
-1622.jpg

Kuri uyu wa gatandatu, harakinwa imikino 5 aho West Ham yakira Liverpool ari zo kipe zibimburira izindi, mu mukino ubera ku kibuga cya Upton Park guhera ku isaha y’i saa munani n’iminota 45 ku isaha y’I Kigali.
-1623.jpg
Abashobora kubanzamo ku ruhande rwa Liverpoolni Simon Mignolet mu izamu, Nathaniel Clyne, Dejan Lovren, Mamadou Sakho, Alberto Moreno, Adam Lallana. Roberto Firmino, Emre Can, Lucas, Philippe Coutinho na Christian Benteke. Daniel Sturridge umaze iminsi ari mu mvune ntakina uyu mukino kuko umutoza we Jurgen Klopp asanga ko nubwo yakize atari yagera ku rwego rwo gukina ngo yitware neza.
Daniel Sturridge ntabwo ari bukine na West Ham.

Abashobora kubanzamoku ruhande rwa Westham United itozwa na … ni Adrian mu izamu, Aaron Cresswell, James Collins, Angelo Ogbonna, James Tomkins, Mark Noble, Alex Song, Manuel Lanzini, Cheikhou Kouyate, Michail Antonio na Andy Caroll.

Ikipe ya Arsenal iri ku mwanya wa mbere, ku kibuga cyayo Emirates Stadium, irakira New Castle.
-1624.jpg
Arsenal irakina ishaka kuguma ku mwanya wa mbere

Abashobora kubanzamokuri Arsenal ni Peter Cech mu izamu, Per Metersacker, Laurent Koscielny, Hector Bellerin, Calum Chambers, Nacho Monreal, Mesut Ozil, Theo Walcott, Aaron Ramsey, Joel Campbel ndetse na Olivier Giroud.

Ku ruhande rwa West Ham United hashobora kubanzamo: Robert Elliot mu izamu, Paul Dummett, Coloccini, Daryl Janmett, Chancel Mbemba, G. Wijnaldum, Check Tiote, Moussa Sissoko, Jack Colback, Ayoze Perez na A. Mitrovic.

Ku kibuga Old Trafford, Manchester United iri ku mwanya wa 6 n’amanota 30 irakira Swansea City iri ku mwanya wa 17 n’amanota 19.
Chris Smalling asanga ikipe ya Manchester United izitwara neza mu mwwaka wa 2016.
-1625.jpg
Abashobora kubanza mu kibugaku ruhande rwa Manchester United ni David De Gea mu izamu, Matteo Darmian, Chris Smalling, Phil Jones, Juan Mata, M. Schneiderlen, Ander Herrera, Daley Blind, Bastian Schwansteiger, Wayne Rooney na Antony Martial.

Ku ruhande rwa Swansea City ni Lukas Fabianski, Neil Taylor, Ashley Williams, Kyle Naughton, Jordi Amat, Gylfi Sigurdsson, Jack Cork, Jefferson Montero, Ki Sung-yueng, Andre Ayew, Bafetimbi Gomiz.
-1627.jpg
Mu yindi mikino iba ku isaha y’i saa kumi n’imwe, Leicester City irakira AFC Bournemouth, Norwich City yakire Southampton. Sunderland irakina na Aston Villa na ho Westbromwich Albion ikine na Stoke City mu gihe umukino wa nyuma wo kuri uyu wa gatandatu uhuza Watford iri bwakire Manchester City.

-1626.jpg

Sergio Aguero arabanza mu kibuga ku ruhande rwa Manchester City nyuma yo kuva mu mvune zitatumye akina imikino ihagije mu ibanza
Ku cyumweru, tariki ya 3 Mutarama 2016, hazaba imikino ibiri: Chrystal Palace izakina na Chelsea na ho Everton ikine na Tottenham.

Mu gihugu cya Esipanye, FC Barcelona irasura mukeba wayo basangiye umujyi, Espagnol Barcelona mu mukio uri butangire ku isaha y’I saa cyenda zuzuye.
Atletico Madrid irakina na Levante saa moya z’umugoroba mu gihe Real Madrid izasura ikipe ya Valencia ku cyumweru ku isaha y’I saa moya n’igice.

M.Fils

2016-01-04
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Abahoze bayobora Rayon Sports bemeye gushyigikira Gikundiro ifite ibibazo by’Amikoro, bakusanya arenga Miliyoni 6.5 frw zo gutegura umukino wa Rutsiro FC

Abahoze bayobora Rayon Sports bemeye gushyigikira Gikundiro ifite ibibazo by’Amikoro, bakusanya arenga Miliyoni 6.5 frw zo gutegura umukino wa Rutsiro FC

Ubwanditsi 25 Sep 2024
U Rwanda rwahawe kwakira imikino ya Nile conference 2025 mu gushaka itike ya Basketball Africa League (BAL)

U Rwanda rwahawe kwakira imikino ya Nile conference 2025 mu gushaka itike ya Basketball Africa League (BAL)

Ubwanditsi 21 Nov 2024
Nyuma y’imyaka itatu atoza ikipe ya Manchester United, kuri iki cyumweru umutoza Ole Gunnar Solskjær yatandukanye nayo

Nyuma y’imyaka itatu atoza ikipe ya Manchester United, kuri iki cyumweru umutoza Ole Gunnar Solskjær yatandukanye nayo

Ubwanditsi 21 Nov 2021
Amafoto – Lionel Messi yegukanye igihembo cya Ballon d’Or 2021 aba uwa mbere ufite ugize nyinshi, aho kugeza ubu yujuje iya 7

Amafoto – Lionel Messi yegukanye igihembo cya Ballon d’Or 2021 aba uwa mbere ufite ugize nyinshi, aho kugeza ubu yujuje iya 7

Ubwanditsi 30 Nov 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Bishop Rugagi washyize ku isoko akanagurisha udutabo tudasanzwe duhesha kurongorwa, akazi, gukira indwara n’ibindi, arakekwa amababa. (Amafoto)
Mu Rwanda

Bishop Rugagi washyize ku isoko akanagurisha udutabo tudasanzwe duhesha kurongorwa, akazi, gukira indwara n’ibindi, arakekwa amababa. (Amafoto)

Ubwanditsi 26 Sep 2018
Uko Museveni agerageza guhungabanya umutekano w’u Rwanda akoresheje abo yita impunzi
ITOHOZA

Uko Museveni agerageza guhungabanya umutekano w’u Rwanda akoresheje abo yita impunzi

Ubwanditsi 05 Sep 2018
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zanyomoje umuryango wa Paul Rusesabagina, uvuga ko afashwe nabi muri gereza ya Mageragere.
Amakuru

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zanyomoje umuryango wa Paul Rusesabagina, uvuga ko afashwe nabi muri gereza ya Mageragere.

Ubwanditsi 10 Jun 2021

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru