• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • AMAFOTO – Girumugisha yabaye umukinnyi w’umwaka muri Shampiyona y’u Rwanda ahembwa imodoka ya miliyoni 15 Frw   |   13 Jul 2026

  • Iperereza ku rupfu rwa ruharwa Kabuga Félicien: Yapfiriye mu cyumba cye nyuma yo guhabwa ifunguro, yazize umutima   |   13 Jul 2026

  • Perezida Kagame arasezera Sheikh Hamad wagize Qatar igihangange   |   13 Jul 2026

  • Mu mikino ya CECAFA Kagame Cup 2026, APR FC izatangira ihura na Gor Mahia, Rayon Sports izisobanura na KVZ SC yo muri Zanzibar   |   11 Jul 2026

  • Harimo n’abazandikwa bishyuye Miliyoni Ebyiri, FERWAFA yashyizeho amabwiriza mashya yo kwandikisha abakinnyi n’abatoza muri BK Pro League 2026/2027   |   09 Jul 2026

  • AMAFOTO – Umutoza mukuru wa APR FC, Abderrahim Taleb, yongereye amasezerano y’umwaka umwe   |   07 Jul 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»Urutonde rw’abatanze umusanzu wo gutera u Rwanda

Urutonde rw’abatanze umusanzu wo gutera u Rwanda

Ubwanditsi 08 Jul 2016 ITOHOZA

Abagabo batanu bo mu ishyaka RNC mu Bubiligi, bahuye n’uruva gusenya, ubwo umwe mu bayobozi ba RNC yabatekeraga umutwe, avuga ko agiye gutera u Rwanda, akabakuramo aye : dore uko byagenze , Mu myaka ibili ishize, umugabo Musonera Jonathan yagiye mu Bubiligi yikomeje cyane ngo agiye muri gahunda zikomeye za RNC. Erega ubwo abayobozi ba RNC mu Bubiligie bamwakirana ubwuzu bwinshi.

Ubwo na ticket y’urugendo ni RNC yo mu Bubiligi yayiguze. Yagiye asanga bamukoreye reservation muri imwe mu mahoteli meza ya Bruxelles yitwa THON Hotel byose byishyuwe nabari bagize comité ya RNC Bruxelles icyo gihe.

Ubwo rero Musonera yarakiriwe cyane araruhuka ni uko ku mugoroba atumiza inama ngo ikomeye yajemo abantu batanu mu bakuru bari abayobozi ba RNC Bruxelles alibo :

Alexis Rudasingwa, Jean Paul Murara, Ngarambe Edouard (izina nyakuli ni RUHANGARA Olivier), Nshimiyimana Emmanuel (izina nyakuli ni (GASHUGI Eric) na…CIKURU Mwanamayi JosephMuli iyo nama Musonera yahise abatera igipindi gikomeye cyane ababwira ko ngo mu minsi mikeya agiye kujya muri Africa kuyobora urugamba rwo gukuraho FPR.

Ubwo bahise bakora cotisation byihuta batanga amafranga bakuye ku mufuka wabo ku buryo bukurikira :

Rudasingwa Alexis, yatanze (500 euros) uyu Alexis niwe muyobozi wa RNC yo mu Bubuligi, igice cya Kayumba Nyamwasa, abeshya ko yari umusilikare muri APR, ariko sibyo kuko uyu Alexis Rudasingwa avuka mu cyahoze ari Komini Ntyazo mu Ntara y’Amajyepfo, mbere ya Jenoside Alexis, yari umushoferi wa Minisitiri Ruhumuriza Gaspard, wari Minisitiri w’Ibidukikije n’ubukerarugendo, akaba yarakomokaga mu ishyaka PDC, rya Nyakwigendera Nayinzira J Nepomuscene , ari nayo Minisiteri rukumbi, ishyaka PDC ryagiraga muri Guverinoma.

-3177.jpg

Rudasingwa Alexis Shoferi wa Taxi wigize umunyapolitiki

Mugihe cya Jenoside, Ruhumuriza yagiye muri Guverinoma y’abatabazi, aza guhunga aba mu Busuwisi. Alexis Rudasingwa, nkumwe mu baturukaga mu bwoko butahigwaga, yari yarabonye akazi k’ubushoferi muri Leta, mbere gato y’uko indege iraswa Alexis, yaje kuburirwa irengero ndetse n’imodoka ya Leta irabura, inzego za Sesera ( Maneko ) niko bazitaga zaje gutegera kumipaka yose y’u Rwanda, bashakisha iyo modoka, amakuru yaje kumenyekana ko Alexis, ari i Burundi aho yagiye yibye imodoka y’ivatiri ya Minisiteri y’Ibidukikije yatwaraga by’ amahirwe ye Jenoside iba iratangiye agishakishwa.

Iyi modoka yaje kuyigurishiriza i Burundi ahita ajya i Burayi, aho ubu akora akazi k’ubushoferi bwa Taxi, ntabwo yigeze aba umusilikare narimwe, ntazi n’uko igisilikare gikora mugihe we yiyita Afandi. Sini umunyapolitiki kuko ntazi no gusoma no kwandika, ibyo abeshya byose ngo yabaye muri FPR, ntazi iyo biva niyo bijya, ajye abeshya abatamuzi, ikizwi ni uko ari umujura w’amamodoka.

Murara Jean Paul

-3178.jpg

yatanze (500 euros) uyu Murara J.Paul yavutse 1957,avukira i Murama, aho bita i Gitwe, yakoze akazi ko murugo yatwaye Taxi Mato, hanyuma atwara Taxi Minibus, hanyuma ajya mu gisilikare,akaba yarakoreraga muramu wa Kayumba Nyamwasa witwa Gatete utuye Belgique.

Ruhangara Olivier alias Ngarambe Edouard (500 euros) uyu ntituramumenya.

Gashugi Eric alias Nshimiyimana Emmanuel
(500 euros) uyu ni umwe Kayumba yoherezaga kurasa Kagaju Antoinette umugore wa Bayingana Victor wari nyiri Prince House, nawe wishwe na Kayumba bapfa iriya nzu. Eric yagiye atorotse ubutabera.

CIKURU Mwanamayi Joseph

-3179.jpg

CIKURU niwe watanze menshi (1500 euros) uyu avuka ku kirwa cya Nkombo ,yize i Butare ahawe bourse na leta none arayirwanya, ariyo yamukuye ku Nkombo akagera kuri ruriya rwego.

CIKURU MWANAMAYI JOSEPH arashinjwa nabagenzi be ubwescro no kuba atari inyangamugayo, uyu mugabo CIKURU Joseph, abeshya ko akora akazi kubwa avocat (lawyer) mu birebana n’ubuhunzi (Asylum procedures) mu Bubiligi.

Mu kwezi kwa gatanu 2014, urukiko rwa Brussel rwaciriye urubanza CIKURU MWANAMAYI yaregwaga mo ku mugaragaro rwemeza ko atari Avocat, atemerewe no gukora mu Bubiligi nka Avocat Umucamanza amuhamya ku mugaragaro ko afite imyitwarire y’amafuti cyane.

Kubera ibibazo by’ubuhehesi bwa CIKURU Mwanamayi Joseph, mu ntangiriro z’uno mwaka wa 2016, hari abagore benshi b’abayoboke ba RNC mu Bubiligi bandikiye Comission nkuru y’amatora ya RNC barega CIKURU Joseph ko ngo yabasagariye ashaka kubafata ku ngufu (harcèlement sexuel) ababeshya ko ari Avocat ngo azabafasha muri dossiers zabo, kandi ko nibamwangira azabicira ama dossiers.

Chikuru Mwanamayi ubu yagizwe umuyobozi mukuru wa RNC- Belgium na Rudasingwa Theogene.

Biracyaza…..

Cyiza Davidson

2016-07-08
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Impamvu Museveni yahinduye igihugu cya Uganda indiri ya RNC n’ubuhungiro bw’ abajenosideri n’inzira inyuzwamo abashaka gutoroka u Rwanda bose.

Impamvu Museveni yahinduye igihugu cya Uganda indiri ya RNC n’ubuhungiro bw’ abajenosideri n’inzira inyuzwamo abashaka gutoroka u Rwanda bose.

Ubwanditsi 17 Apr 2020
Bimwe mu bimenyetso byerekana ko Isi igiye kwinjira mu ntambara izahitana imbaga

Bimwe mu bimenyetso byerekana ko Isi igiye kwinjira mu ntambara izahitana imbaga

Ubwanditsi 04 Feb 2017
Bombori Bombori muri RNC: Imisanzu yo mu ntara ya Uganda irarikoze, Kayumba Nyamwasa na Bishop Deo Nyirigira babaye agaca n’inkoko kubera ifaranga

Bombori Bombori muri RNC: Imisanzu yo mu ntara ya Uganda irarikoze, Kayumba Nyamwasa na Bishop Deo Nyirigira babaye agaca n’inkoko kubera ifaranga

Ubwanditsi 09 Jun 2020
Kivu, isibaniro ry’intambara ikomeye ya Afurika itaribagirana

Kivu, isibaniro ry’intambara ikomeye ya Afurika itaribagirana

Ubwanditsi 06 Oct 2018

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

“Aho bagejeje batwangisha Inkotanyi niho ngeze nigisha ibyiza byazo” Rachel Mugorewase wakuwe mu mashyamba ya Kongo
Amakuru

“Aho bagejeje batwangisha Inkotanyi niho ngeze nigisha ibyiza byazo” Rachel Mugorewase wakuwe mu mashyamba ya Kongo

Ubwanditsi 03 Oct 2022
Perezida Museveni yafatanywe igihanga kigaragaza uburyo yibye amatora aho mu biro by’itora bigera kuri 348 yagize 100% nta mfabusa nta nuwasibye
Amakuru

Perezida Museveni yafatanywe igihanga kigaragaza uburyo yibye amatora aho mu biro by’itora bigera kuri 348 yagize 100% nta mfabusa nta nuwasibye

Ubwanditsi 30 Jan 2021
U Rwanda ruracyagaragaza umuhate mu gushaka amahoro mu karere k’Ibiyaga bigari
Amakuru

U Rwanda ruracyagaragaza umuhate mu gushaka amahoro mu karere k’Ibiyaga bigari

Ubwanditsi 30 Jun 2025

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru