• Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
  • Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Ibyo Urubyiruko Rugomba Kumenya kuri Ingabire Victoire   |   04 Jun 2025

  • Ibihugu Umunani byo ku migabane itandukanye, bigiye guhurira mu Rwanda mu irushanwa ryo Kwibuka ku ncuro ya 31 Genocide yakorewe Abatutsi 1994   |   03 Jun 2025

  • Minisitiri Bizimana yakurugutuye Gustave Mbonyumutwa washakaga “kugira abatagatifu” abajenosideri barimo se Shingiro Mbonyumutwa na Ngirumpatse   |   03 Jun 2025

  • Amavubi yatangiye umwiherero muri Algeria, Manishimwe Djabel yangiwe kwinjira mu gihugu , Rafael York ntiyatanze impamvu yo kutitabira umwihero   |   02 Jun 2025

  • Niyigena Clément wa APR FC n’uwahoze ari umutoza we Darko Novic mu begukanye ibikombe by’abahize abandi muri Rwanda Premier League 2024-2025   |   31 May 2025

  • Umunya-Tunisia Afhamia Lotfi watozaGA ikipe ya Mukura VS yagizwe Umutoza Mukuru mushya wa Rayon Sports FC   |   30 May 2025

 
You are at :Home»SHOWBIZ»Wari uzi ko Diamond Platinumz ubu wabaye ikirangirire yibye nyina umubyara ngo akunde atangire umuziki? Incamake y’ubuzima we

Wari uzi ko Diamond Platinumz ubu wabaye ikirangirire yibye nyina umubyara ngo akunde atangire umuziki? Incamake y’ubuzima we

Editorial 16 Jun 2017 SHOWBIZ

Diamond Platimuz ubu wabaye icyamamare kera si ko yahoze ndetse yaciye mu buzima bugoye cyane mbere y’uko agera ku cyo yashakaga harimo kwiba umubyeyi ndetse no kuba umuzunguzayi mu mihanda ya Tanzaniya.

Diamond yanyuze mu buzima bugoye

Diamond wakuriye mu mihana ubu araririmba ishimwe

Diamond Platinumz yibye nyina kugirango akore indirimbo ye ya mbere

Nasib Abdul Juma Uzwi ku izina rya Diamond Platnumz (izina turi bukoreshe cyane) akaba yaravukiye i dar es salaam muri tanzania mu gace kitwa tandale taliki 2 ukwakira 1989 kuri ubu akaba afite imyaka 28 y’amavuko.

Mu buzima busanzwe Diamond akaba avuka mu muryango w’abana batatu aribo Romeo abdul Jones, Esma Platnumz nawe wa gatatu akaba asigaranye umubyeyi we umwe ariwe nyina umubyara witwa Sanura Kassim.

Diamond akaba yarakuriye mu muryango utifashije aho we n’abavandimwe be na mama wabo biberaga kwa sekuru kubera ibibazo nyina yari afitanye na se bityo bafata iya mbere baramuhunga.

Diamond akunda gusabana n’incuti ze cyane aho akunda gukora ibirori iwe mu rugo agatumira incuti ze bagasabana ndetse avuga ko ari cyo kintu kimushimisha cyane hanze y’umuziki.

Nubwo hari benshi bakeka ko uyu muhanzi yaba ari umwiyemezi bitewe n’uko bamubona ibi bihabanye cyane n’uko uyu musore ateye kuko mu buzima busanzwe acisha macye.

-6989.jpg

Nk’ibindi byamamare byinshi Diamond azwiho kuba yarakundanye n’abakobwa benshi barimo Penny , miss Wema sepetu, Zari hassan barikumwe ubu n’abandi.

Duhereye kuri Wema Sepetu wabaye nyampinga wa tanzania muri 2006 akaba yaragiranye ibihe byiza by’urukundo na Diamond dore ko bakundanye igihe kinini ndetse rimwe barashwanaga ubundi bakongera bagasubirana.

Nyuma Bombi baje gutandukana ku mpamvu zitashyizwe ahagaragara gusa bemeza ko babyumvikanyeho kugirango buri wese abashe gukora neza akazi ke haba kuri Wema Sepetu ndetse no ku ruhande rwa Diamond, gusa nyuma baje kongera gukozanyaho Wema Sepetu atangariza itangazamakuru ko Diamond atabyara ibintu byababaje uyu muhanzi cyane nawe ahita ashyira hanze uyu mukobwa ko yamuteye inda akayikuramo incuro nyinshi bituma kuri ubu basigaye barebana nk’injangwe n’imbeba.

Tugiye kuri Penny we bakaba barakundanye igihe gito ubwo Diamond yari yashwanye na Wema Sepetu ku nshuro ya mbere n’ubwo batarambanye cyane bitewe n’uko baje gusanga bafitanye isano Penny akaba yarakundwaga na nyina wa diamond cyane ndetse akaba yarifuzaga ko ariwe wazamubera umukazana.

Nyuma yo kumenya ko bafite icyo bapfana baje guhagarika iby’urukundo rwabo ndetse basaba imbabazi umuryango nyuma kubera ko banaryamanye batazi ko bafite icyo bapfana bahita bahagarika n’urukundo rwabo.

Mu mpera za 2014 ni bwo Diamond yatangiye gukundana na Zari Hassan nawe wari umaze iminsi micye atandukanye n’umugabo we Ivan Ssemwanga ahita amusimbuza Diamond, kubera uburyo bose ari ibyamamare urukundo rwa Diamond na Zari bombi batangira kuvugwa mu itangazamakuru bavugwa ku bintu bitandukanye gusa bakomeza kubyirengagiza barushaho gukundana ndetse banabyarana umwana wabo w’umukobwa bise Tiffah Dangote waje asanga abandi bana 3 Zari yabyaranye na Ivan Semwanga. Nyuma baje kubyara undi mwana w’umuhungu ubu bakaba bafitanye abana 2.

Tugiye mu buzima bw’umuziki Diamond akaba yarakuze akunda umuziki no kubyina cyane gusa bitewe nuko yavukiye mu muryango utishoboye byaramugoye nyuma yo kurangiza amashuri yisumbuye muri 2006 ni bwo yatangiye gukora ibintu bitandukanye birimbo ubucuruzi bw’imyenda izwi nka caguwa , gufotora n’ibindi gusa ntibyamuhira kugeza ubwo yibye umukufi wa zahabu wa mama we kugirango abone amafaranga yo gukora indirimbo ye ya mbere.

N’ubwo indirimbo ye ya mbere itigeze imenyekana muri 2009 ni bwo Diamond yahuye na Msafiri Peter wemeye kumutera inkunga mu bikorwa bye bya muzika ahita akora indirimbo ye yatumye atangira kumenyekana yitwa ’Nenda Kamwambie’ ivuga ku nkuru mpamo yamubayeho aho umukobwa yamubenze kubera ubukene.

Nyuma yo kubona umuterankunga Diamond yahise ashyira hanze album yise Kamwambie muri 2010 atangira gukundwa cyane muri tanzania ndetse bamwe mu bahanzi bari bakomeye icyo gihe batangira kumutinya barimo alikiba, Mr blue n’abandi.

-6988.jpg

Nyuma ya 2010 Diamond yakoze indi album yise lala salama yagiye hanze muri 2012 bituma ahita yigaranzura alikiba kubera uburyo indirimbo ziri kuri iyi album zakunzwe cyane aha twavuga nka lala salama, nataka kulewa , nataka kesho n’izindi.

Muri uyu mwaka kandi Diamond yabashije kwegukana ibihembo byinshi muri Kilimanjaro awards birimo best male artist, best song of year n’ibindi.

Nyuma Mu mwaka wa 2014 ni bwo Diamond yakoranye indirimbo Number one remix na Davido yamubereye urufunguzo rwo kwigaragaza ku rwego mpuza mahanga ndetse bimuha amahirwe yo gutumirwa bwa mbere mu bihembo bya Mtv Awards.

Nyuma ya Number one Remix , Diamond akaba yarakoze izindi ndirimbo nka mdogo mdgo, naseema nawe, ntampata wapi n’izindi byatumye yigaragaza ku ruhando mpuza mahanga ndetse atsindira ibihembo byinshi nka Mtv Wordwide act, MTv african Act n’ibindi byinshi.

-6987.jpg

2017-06-16
Editorial

IZINDI NKURU

Umuhanzi Cyusa yakosoye indirimbo yari Imaze iminsi isubirwamo nabi “Marebe ya Cecile Kayirebwa”

Umuhanzi Cyusa yakosoye indirimbo yari Imaze iminsi isubirwamo nabi “Marebe ya Cecile Kayirebwa”

Editorial 11 Dec 2020
Urubanza rwa Wamala ukekwaho kwica Mowzey Radio rwasubitswe

Urubanza rwa Wamala ukekwaho kwica Mowzey Radio rwasubitswe

Editorial 27 Feb 2018
Impamvu 10 zituma abakobwa beza batinda kubona abagabo cyangwa bakanahera iwabo

Impamvu 10 zituma abakobwa beza batinda kubona abagabo cyangwa bakanahera iwabo

Editorial 20 Jan 2018
Ali Kiba na murumuna we baherutse gukorera ubukwe umunsi umwe

Ali Kiba na murumuna we baherutse gukorera ubukwe umunsi umwe

Editorial 06 May 2018
Umuhanzi Cyusa yakosoye indirimbo yari Imaze iminsi isubirwamo nabi “Marebe ya Cecile Kayirebwa”

Umuhanzi Cyusa yakosoye indirimbo yari Imaze iminsi isubirwamo nabi “Marebe ya Cecile Kayirebwa”

Editorial 11 Dec 2020
Urubanza rwa Wamala ukekwaho kwica Mowzey Radio rwasubitswe

Urubanza rwa Wamala ukekwaho kwica Mowzey Radio rwasubitswe

Editorial 27 Feb 2018
Impamvu 10 zituma abakobwa beza batinda kubona abagabo cyangwa bakanahera iwabo

Impamvu 10 zituma abakobwa beza batinda kubona abagabo cyangwa bakanahera iwabo

Editorial 20 Jan 2018
Ali Kiba na murumuna we baherutse gukorera ubukwe umunsi umwe

Ali Kiba na murumuna we baherutse gukorera ubukwe umunsi umwe

Editorial 06 May 2018
Umuhanzi Cyusa yakosoye indirimbo yari Imaze iminsi isubirwamo nabi “Marebe ya Cecile Kayirebwa”

Umuhanzi Cyusa yakosoye indirimbo yari Imaze iminsi isubirwamo nabi “Marebe ya Cecile Kayirebwa”

Editorial 11 Dec 2020
Urubanza rwa Wamala ukekwaho kwica Mowzey Radio rwasubitswe

Urubanza rwa Wamala ukekwaho kwica Mowzey Radio rwasubitswe

Editorial 27 Feb 2018
prev
next

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

INKURU ZAKUNZWE CYANE

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

Ibitangaza byijejwe na Perezida Ndayishimiye bisize ahubwo u Burundi mu kangaratete

21 May 2025
AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

AFC/M23 yasabye Perezida Tshisekedi ko yerura akavuga ko ashaka imishyikirano

14 Mar 2025
Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

Perezida Paul Kagame yakurikiye umukino u Rwanda rwatsinzemo Djibouti 3-0 hashakwa itike ya CHAN 2025

31 Oct 2024
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

“Agafanta” Perezida wa Tchad yasigiye abasirikari b’u Burundi kabakozeho!

15 Jul 2024

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023
SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

SADC byashoboka ko yahuza Intego na FARDC Yahisemo Kwifatanya n’Abajenosideri ba FDLR, M23 mu Mambo za Goma biraherera hehe?

06 Nov 2023

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru