• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Police FC yasezereye Rayon Sports igera ku mukino wa nyuma wa Super Cup 2026 isanzeyo Kiyovu SC yo yasezereye Mukura VS   |   28 Aug 2026

  • U Rwanda rwabonye inguzanyo ya miliyari 280 Frw yo kuzamura ibikorwaremezo   |   26 Aug 2026

  • Volleyball: Mu mikino y’igikombe cy’Afurika mu Bagore iri kubera muri Kenya, U Rwanda rwandagaje Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC)   |   26 Aug 2026

  • APR BBC yegukanye Igikombe cya Shampiyona ku nshuro ya kane yikurikiranya   |   25 Aug 2026

  • Sebarundi yabaye Semuhanuka arota atumaho abashatse guhirika ubutegetsi bwa Nkurunziza Pierre   |   24 Aug 2026

  • Rurageretse hagati y’ibigarasha Noble Marara na Jean Paul Turayishimye   |   24 Aug 2026

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Rwanda»Zari yasutse amarira ubwo Ivan Semwanga uwahoze ari umugabo we yitabye Imana!! Amakuru afite gihamya nuko Diamond ariwe Wamurogesheje!

Zari yasutse amarira ubwo Ivan Semwanga uwahoze ari umugabo we yitabye Imana!! Amakuru afite gihamya nuko Diamond ariwe Wamurogesheje!

Ubwanditsi 25 May 2017 Mu Rwanda

Kuva ku wa gatatu tariki 24 Gicurasi 2017 inkuru zacicikanaga ku mbuga nkoranyambaga zavugaga ko uwahoze ari umugabo wa Zari umuherwe Ivan Ssemwaga yaba yitabye Imana, icyakora Zari wanarwaje uyu wahoze ari umugabo we yakomeje kunyomoza aya makuru avuga ko nubwo arwaye ariko atarapfa ariko ubu byamenyekanye ko yitabye Imana.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane 25 Gicurasi 2017 ni bwo Zari yaje gutangaza ko uwahoze ari umugabo we ndetse banafitanye abana yatabarutse amwifuriza iruhuko ridashira, ibi byahise biba inkuru ku mbuga zose nkoranyambaga aho abantu bazwi mu karere ndetse n’inshuti za Ivan Ssemwaga zamwifurije kuruhukira mu mahoro.

Zari atangaza iby’urupfu rw’uwahoze ari umugabo we yagize ati”Imana ikunda abadasanzwe kandi ni ko wari umeze. Ndacyeka ariyo mpamvu yifuje kukujyana.Wafashije abantu ibihumbi, wakoze ibitangaje ndibuka umbwira ngo ‘ubuzima ni buto ugomba kubwishimishamo bihagije, iyi ni isaha yijimye cyane isobanuye impamvu wakundaga guhora umbwira ayo magambo. Ku bahungu bawe wari intwari n’umugabo w’umunyembaraga. Buri wese wabanye nawe azi uburyo wabanaga neza n’abandi. Uzakumburwa unibukwe mu buryo butandukanye . Wari Ivan w’ingenzi. Uruhukire mu mahoro Don’’.

-6663.jpg

Agahinda ni kenshi kuri Zari Usen kubera Ivan Semwanga wahoze ari umugabo we witwabye imana kuri uyu wa 4

Ayo namwe mu magambo yanditswe na Zari Usen wahoze ari umugore wa Ivan ndetse akaba amusigiye abana ba 3 bose ariko Zari ubu yashakanye n’umuhanzi Diamond wa tanzania ndetse ubwo Zari yajyaga ku bitaro gusura uwahoze ari umugabo we ibi byababaje Diamond cyane.

Kugeza ubu Amakuru afitiwe Gihamya yatangajwe na Wema sepetu aho yavuze ko Diamond yahoranga Ambwira Inshuti ze ko azarogesha Umuherwe Ivan Semwanga kuko ngo ntabwo Zari yigeze areka Kuvugana na Ivan Semwanga ngo iteka uko Zari yavuganaga na Ivana byateranga Umutima mubi Diamond.

-6661.jpg

Zari ubu yibanira na Diamond

Aya mukuru kandi ntabwo yemezwa na Wema Sepetu Gusa Umubyinnyi wa Diamond uzwi kwizina rya Yahaya Elien nawe hari inshuti ye magara yabibwiye ko Dimond yahigiranga kuzarogesha Ivan Semwanga ndetse ngo mukwezi kwa 4 yagiye subuwanga muri Tanzania kuhashaka Umurozi ukomeye ngo azamurongere umuntu ndetse ngo yemera kuzamuha miliyoni 5 za matanzania uzamwicira uyu mugabo.

-6662.jpg
Ibi nubwo bikomeje kuvugwa kenshi izo nizo ngaruka zikunda kuba ku bantu bashakana na bagore baba bafite abagabo cyagwa gukundana na bakobwa kenshi usanga bikurura Amahane yaburi musi ndetse Numubano mubi hagati ya bakundana iyo uretse umuntu ugakomeza gukururana nawe iherezo habamo ikibazo cyo kuba umwe yabura ubuzima bwe cyagwa umwe gufungwa kugeza ubu ntabwo umubano wa Zari na Diamond ari mwiza kuva uyu mugabo we wambere ya rwara.

Semwanga ni Umucuruzi ukomeye wo muri Uganda wabaga muri Afurika y’Epfo.

Yitabye Imana ku myaka 40 y’amavuko azize indwara yo gucika imitsi yo mu bwonko ndetse akaba ari nawe warukuriye abasore bose baba hanze ya Uganda iyo bazaga muri Uganda wasangaga ariwe ubayoboye mukurya amafaranga no kuyasesagura.

Ikindi gikomeje kuvugwa kugeza ubu ni mitungo yuyu musore Zari yakamejeje numuryango wa Ivan Semwanga ko Zari agomba gutwara Imitungo ye Ariko umuryango wa Ivan ntabwo ubikozwa na gato Amakuru agera kuri Rwandapaparazzi.rw yemeza ko ubu iwabo Ivan barimo gutegura uko bazashyingura Ivan.

2017-05-25
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Perezida Kagame yashyizeho abayobozi bashya mu nzego zitandukanye

Perezida Kagame yashyizeho abayobozi bashya mu nzego zitandukanye

Ubwanditsi 02 Sep 2017
Radio Amazing Grace yafunzwe mu gihe cy’iminsi 30

Radio Amazing Grace yafunzwe mu gihe cy’iminsi 30

Ubwanditsi 21 Feb 2018
Mu myaka 15 ishize ubwandu bushya bwa SIDA bwagabanutseho 50%.

Mu myaka 15 ishize ubwandu bushya bwa SIDA bwagabanutseho 50%.

Ubwanditsi 09 May 2018
Umuyobozi wa Polisi ya MINUSCA yasabye abapolisi b’u Rwanda gukomeza kwesa imihigo

Umuyobozi wa Polisi ya MINUSCA yasabye abapolisi b’u Rwanda gukomeza kwesa imihigo

Ubwanditsi 01 Nov 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Perezida wa Repubulika Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bageze mu gihugu cya Djibouti mu ruzinduko rw’iminsi ibiri
Mu Rwanda

Perezida wa Repubulika Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bageze mu gihugu cya Djibouti mu ruzinduko rw’iminsi ibiri

Ubwanditsi 18 Apr 2017
Kigali : CAF yasinyanye  amasezerano  y’imyaka ine n’ ishyirahamwe ryo muri Asia
IMIKINO

Kigali : CAF yasinyanye amasezerano y’imyaka ine n’ ishyirahamwe ryo muri Asia

Ubwanditsi 15 Jan 2016
Perezida Kagame yagaragaye ari hagati ya Perezida w’Ubumwe bw’u Burayi na Chancelier Kurz
POLITIKI

Perezida Kagame yagaragaye ari hagati ya Perezida w’Ubumwe bw’u Burayi na Chancelier Kurz

Ubwanditsi 19 Dec 2018

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

Polisi y’u Rwanda Irakangurira Abanyatubari kongera gusubira ku muco wo gufunga bakurikije amasaha yagenwe

05 Aug 2026
Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

Icukumbura ku bari inyuma yo guhuza Tshisekedi n’umuryango wa Juvenal Habyarimana

01 Aug 2026
Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

Ba Minisitiri u Rwanda rwahaye amahirwe bavuye mu nkambi za Tingi Tingi na Ngara

27 Jun 2026
AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

AMAFOTO- Abarimo Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, uw’Ubuzima, Dr Sabin bari mu bantu barenga 4000 bitabiriye Kigali International Peace Marathon

13 Jun 2026
Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

Dusesengure CV ya Baker Byatsi uvugako yize Kaminuza igihe yari afunze

03 Jun 2026

Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26

31 May 2026
Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru