• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

  • Rwanda Premier League yasinyanye na Banki ya Kigali amasezerano yo kwitirirwa shampiyona y’u Rwanda mu gihe cy’imyaka 5 n’igice, afite agaciro k’arenga miliyari Eshatu z’amafaranga y’u Rwanda   |   24 Apr 2026

  • FERWAFA yafatiye ibihano abagaragayeho match-fixing’mu ikipe y’Amagaju FC n’uwa Gorilla wasutse ibitamenyekanye mu kibuga   |   24 Apr 2026

  • Perezida Paul Kagame yitabiriye itangizwa rya Shampiyona Nyafurika yʼAmakipe yʼAbagabo muri Volleyball, yatangiye APR VC yitwara neza   |   22 Apr 2026

  • APR VC irakina na Black Rhinos VC mu mukino wo gufungura ku mugaragaro Shampiyona Nyafurika, CAVB Men’s Club Championship 2026   |   22 Apr 2026

  • U Rwanda rwatsinze Reta Zunze Ubumwe za Amerika ku kinyuranyo k’inota rimwe muri ICC Women’s Challenge   |   21 Apr 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»I BOSTON : RNC YIRIWE MU IKINAMICO YO GUSENGERA COL. PATRICK KAREGEYA

I BOSTON : RNC YIRIWE MU IKINAMICO YO GUSENGERA COL. PATRICK KAREGEYA

Ubwanditsi 20 Jan 2016 ITOHOZA

Kuwa gatandatu tariki ya 16 Mutarama 2016 i Boston muri Leta ya Texas muri Amarika, habereye ikinamico yo gusengera Col. Patrick Karegeya witabye Imana, nyuma y’uwo muhango abo muri RNC baraye inkera babyina umuziki bacurangiwe na Ben Rutabana.

Kuwa kane tariki ya 02 Mutarama2014, nibwo inkuru yabaye kimomo mu bitangazamakuru byinshi by’amahanga nibyo mu Rwanda ko Patrick KAREGEYA yiciwe mu gihugu cy’ Afurika y’epfo muri Hoteli Michelangelo Towers iri mu gace ka Sandton,mu mujyi wa Johannesburg.

Inkuru y’urwo rupfu ikimara kumenyekana havuzwe byinshi cyane ku buryo kumenya neza icyo yazize bisaba ubushishozi. Abarwanya Leta iriho mu Rwanda bahise bihutira gutangaza ko yishwe na Guverinema y’u Rwanda.
Nyamara ukoze neza isesengura, hari ibintu bitatu by’ingenzi byatuma uwariwe wese yasobanukirwa uburyo uyu mugabo yishwemo n’impamvu zishobora kuba zarateye urwo rupfu :

1. Ese umuntu yaguhamagara ngo umusange kuri Hotel akaba ariwowe ukodesha chambre muri buhuriremo ?Ibi bikaba bitumvikana ukuntu Col. Karegeya yaba yaraguye muri chambre ya Hotel we ubwe yafashe ngo aze kubonaniramo n’uwomuntu bavuga wamugambaniye , ese wajya kureba umuntu warangiza ugafata chambre ya Hotel muri buhuriremo, kuko iyo chambre bigaragara ko yari iya Karegeya kandi ntabwo yabaga muri iyo Hotel, kuki yafashe chambre ?

2. Ese kuki Col. Karegeya yari yarahawe abamurinda na Leta y’Afrika y’Epfo,akagenda abihishe, yarangiza akajya gukodesha chambre muri hotel iri mu mujyi abamo, ubwo ntabintu yari arimo yashakaga gukora rwihishwa kugirango abamurinda batabimenya ? kuki yagiye yihishe abantu bamurindaga, kuki yabakwepye !

3. Ese abavuga ko yahamagawe na Apolo hari gihamya igaragaza ko koko yamuhamagaye ngo babigaragarize na polisi mu iperereza ?

-1817.jpg

Rudasingwa Theogene ( Ibumoso) abana ba Karegeya na Lea Karegeya umupfakazi wa Patrick Karegeya uba i Maryland aho yoza indembe z’abarwayi mu bitaro

Ibi bintu uko ari bitatu uwabikorera isesengura wese yabonamo ukuri kuruta ibyirirwa bitangazwa ku rupfu rw’uyu mugabo n’abaharabika Leta y’u Rwanda.

Abantu benshi bavuganye na Rushyashya bayibwiye ko ibi ari ugushinyagura no kujomba igikwasi imfubyi za Christophe Matata yirengeje ubwo yiteguraga gukora igitaramo muri South Africa, n’abandi benshi yagize impfubyi hano mu Rwanda.

Ese byibuze Col. Karegeya Patrick yapfuye yarihannye ubuhotozi yakoreye nyakwigendera Christophe Matata? ese byibuze mbere yuko agwa mu maguru y’indaya yaba hari uwo muri RNC yatumye ngo azamusabire imbabazi ku bana uriya muhanzi yasize ku isi? n’umugore we Lea yari yaciye inyuma. Niba ntabyo yakoze ayo masengesho barimo yari ayo kwa Rusoferi kuko atigeze arenga igisenge cyaho ngaho.

Cyiza Davidson

2016-01-20
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Amateka y’Umunyamakuru Shyaka Kanuma, Uko yinjiye mu Itangazamakuru n’Uko yageze mu Buyanja bwa Bizimungu Pasteur

Amateka y’Umunyamakuru Shyaka Kanuma, Uko yinjiye mu Itangazamakuru n’Uko yageze mu Buyanja bwa Bizimungu Pasteur

Ubwanditsi 17 Jan 2017
Tumenye bamwe mu barwanya Leta y’u Rwanda ( Igice 2)

Tumenye bamwe mu barwanya Leta y’u Rwanda ( Igice 2)

Ubwanditsi 28 Feb 2016
Bamwe mu batanze ubuhamya bushinja mu Rukiko Mpuzamahanga rw’Arusha barahabwa ruswa ngo bahindure imvugo, bityo abajenosideri bagirwe abere

Bamwe mu batanze ubuhamya bushinja mu Rukiko Mpuzamahanga rw’Arusha barahabwa ruswa ngo bahindure imvugo, bityo abajenosideri bagirwe abere

Ubwanditsi 11 Dec 2024
Umujenosideri Fulgence Kayishema afashwe amaze guhindura amazina inshuro 4!

Umujenosideri Fulgence Kayishema afashwe amaze guhindura amazina inshuro 4!

Ubwanditsi 26 May 2023

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Hafi y’umupaka w’u Rwanda n’u Burundi hagabwe igitero gihitana batatu
INKURU NYAMUKURU

Hafi y’umupaka w’u Rwanda n’u Burundi hagabwe igitero gihitana batatu

Ubwanditsi 08 Oct 2018
Abanyamuryango ba FERWAFA barasaba De Gaulle kwegura
Mu Mahanga

Abanyamuryango ba FERWAFA barasaba De Gaulle kwegura

Ubwanditsi 21 Jun 2016
INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA
KWAMAMAZA

INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA

Ubwanditsi 09 Mar 2023

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru