• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • Urukiko rwanzuye ko Nyuma y’imyaka 18, iperereza kuri Agathe Kanziga rigiye gukomeza   |   06 May 2026

  • Umukinnyi mwiza wa w’umwaka wa BK PRO LEAGUE azegukana imodoka ya miliyoni 15 Frw, Uko ibihembo bizatangwa   |   06 May 2026

  • Perezida Kagame yashimye Arsenal FC yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League   |   05 May 2026

  • Al Ahly SC yegukanye CAVB Men’s Club Championship 2026, Police VC na REG zegukana imidali yo ku rwego rwa Afurika i Kigali   |   03 May 2026

  • POLICE VC yanditse amateka, ihurira na Al Ahly SC ku mukino wa nyuma wa CAVB Men’s Club Championship 2026   |   02 May 2026

  • Amakipe ya Police, APR, REG na Kepler VC ahagaririye u Rwanda muri shampiyona Nyafurika iri kubera I Kigali yageze muri 1/8 cy’iri rushanwa   |   28 Apr 2026

 
You are at :Home»ITOHOZA»I BOSTON : RNC YIRIWE MU IKINAMICO YO GUSENGERA COL. PATRICK KAREGEYA

I BOSTON : RNC YIRIWE MU IKINAMICO YO GUSENGERA COL. PATRICK KAREGEYA

Ubwanditsi 20 Jan 2016 ITOHOZA

Kuwa gatandatu tariki ya 16 Mutarama 2016 i Boston muri Leta ya Texas muri Amarika, habereye ikinamico yo gusengera Col. Patrick Karegeya witabye Imana, nyuma y’uwo muhango abo muri RNC baraye inkera babyina umuziki bacurangiwe na Ben Rutabana.

Kuwa kane tariki ya 02 Mutarama2014, nibwo inkuru yabaye kimomo mu bitangazamakuru byinshi by’amahanga nibyo mu Rwanda ko Patrick KAREGEYA yiciwe mu gihugu cy’ Afurika y’epfo muri Hoteli Michelangelo Towers iri mu gace ka Sandton,mu mujyi wa Johannesburg.

Inkuru y’urwo rupfu ikimara kumenyekana havuzwe byinshi cyane ku buryo kumenya neza icyo yazize bisaba ubushishozi. Abarwanya Leta iriho mu Rwanda bahise bihutira gutangaza ko yishwe na Guverinema y’u Rwanda.
Nyamara ukoze neza isesengura, hari ibintu bitatu by’ingenzi byatuma uwariwe wese yasobanukirwa uburyo uyu mugabo yishwemo n’impamvu zishobora kuba zarateye urwo rupfu :

1. Ese umuntu yaguhamagara ngo umusange kuri Hotel akaba ariwowe ukodesha chambre muri buhuriremo ?Ibi bikaba bitumvikana ukuntu Col. Karegeya yaba yaraguye muri chambre ya Hotel we ubwe yafashe ngo aze kubonaniramo n’uwomuntu bavuga wamugambaniye , ese wajya kureba umuntu warangiza ugafata chambre ya Hotel muri buhuriremo, kuko iyo chambre bigaragara ko yari iya Karegeya kandi ntabwo yabaga muri iyo Hotel, kuki yafashe chambre ?

2. Ese kuki Col. Karegeya yari yarahawe abamurinda na Leta y’Afrika y’Epfo,akagenda abihishe, yarangiza akajya gukodesha chambre muri hotel iri mu mujyi abamo, ubwo ntabintu yari arimo yashakaga gukora rwihishwa kugirango abamurinda batabimenya ? kuki yagiye yihishe abantu bamurindaga, kuki yabakwepye !

3. Ese abavuga ko yahamagawe na Apolo hari gihamya igaragaza ko koko yamuhamagaye ngo babigaragarize na polisi mu iperereza ?

-1817.jpg

Rudasingwa Theogene ( Ibumoso) abana ba Karegeya na Lea Karegeya umupfakazi wa Patrick Karegeya uba i Maryland aho yoza indembe z’abarwayi mu bitaro

Ibi bintu uko ari bitatu uwabikorera isesengura wese yabonamo ukuri kuruta ibyirirwa bitangazwa ku rupfu rw’uyu mugabo n’abaharabika Leta y’u Rwanda.

Abantu benshi bavuganye na Rushyashya bayibwiye ko ibi ari ugushinyagura no kujomba igikwasi imfubyi za Christophe Matata yirengeje ubwo yiteguraga gukora igitaramo muri South Africa, n’abandi benshi yagize impfubyi hano mu Rwanda.

Ese byibuze Col. Karegeya Patrick yapfuye yarihannye ubuhotozi yakoreye nyakwigendera Christophe Matata? ese byibuze mbere yuko agwa mu maguru y’indaya yaba hari uwo muri RNC yatumye ngo azamusabire imbabazi ku bana uriya muhanzi yasize ku isi? n’umugore we Lea yari yaciye inyuma. Niba ntabyo yakoze ayo masengesho barimo yari ayo kwa Rusoferi kuko atigeze arenga igisenge cyaho ngaho.

Cyiza Davidson

2016-01-20
Ubwanditsi

IZINDI NKURU

Umunyarwanda akurikiranyweho kubeshya inzego za Amerika asaba ubuhungiro

Umunyarwanda akurikiranyweho kubeshya inzego za Amerika asaba ubuhungiro

Ubwanditsi 09 Aug 2017
Rudasingwa Theogene yaba ahugiye kuki?

Rudasingwa Theogene yaba ahugiye kuki?

Ubwanditsi 23 May 2017
Umutekamutwe wiyita n’umupasitoro Charles Kinuthia yibeshye ku Rwanda ndetse n’Amerika iramushakisha 

Umutekamutwe wiyita n’umupasitoro Charles Kinuthia yibeshye ku Rwanda ndetse n’Amerika iramushakisha 

Ubwanditsi 15 Aug 2019
Umunyarwanda Ismael Mbonigaba araregwa guhohotera abakobwa muri Canada

Umunyarwanda Ismael Mbonigaba araregwa guhohotera abakobwa muri Canada

Ubwanditsi 01 Jun 2016

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Ibigo bitandatu byashoye imari ya miliyari 1.25$ muri Airtel Africa
IKORANABUHANGA

Ibigo bitandatu byashoye imari ya miliyari 1.25$ muri Airtel Africa

Ubwanditsi 25 Oct 2018
UBUHAMYA : Utari umusambanyi muri RNC ntahabwa ijambo
ITOHOZA

UBUHAMYA : Utari umusambanyi muri RNC ntahabwa ijambo

Ubwanditsi 02 Jul 2016
Perezida wa Guinea, Alpha Condé yasabye bagenzi be kwitandukanya n’u Bufaransa
POLITIKI

Perezida wa Guinea, Alpha Condé yasabye bagenzi be kwitandukanya n’u Bufaransa

Ubwanditsi 21 Apr 2017

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

Ibyaranze tariki ya 7 Mata 1994: Ubwicanyi bwakwiriye hirya no hino mu Rwanda, Abatutsi babarirwa mu bihumbi baricwa barimo n’Umugore wa Amb. Bazivamo

07 Apr 2026
Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

Minisitiri Amb. Nduhungirehe yavuze ku bikarito FARDC-FDLR irimo gukinga mu maso y’amahanga

01 Apr 2026
Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

Iyo tugira aho Ubwenge bugurwa twakwipeshereza Nadine Kasinge wita Inamanyunguranabitekerezo;Ikinamico

24 Mar 2026
Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

Ibihano bifatiwe uruhande rumwe ntibizagarura amahoro mu karere

03 Mar 2026
Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

Isi ikomeje gukangarana kubera Intambara ya Iran ihanganyemo na Israel ndetse na Amerika, Ingaruka ni agahishyi

02 Mar 2026
Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru