• Ahabanza
  • Abo Turibo
  • Twandikire

RUSHYASHYA

Kandaho
  • Home
  • AMAKURU
    • Mu Rwanda
    • Mu Mahanga
  • POLITIKI
  • ITOHOZA
  • UBUKUNGU
  • IKORANABUHANGA
  • IMIKINO
  • SHOWBIZ
  • HIRYA NO HINO
  • MULTIMEDIA
    • Videwo
Inkuru zigezweho
  • FDLR bari muri Congo, barica abantu, bateza umutekano muke, Gusenya uwo mutwe bireba Congo n’ u Rwanda natwe bikatureba   |   29 Jan 2026

  • ICYO WAMENYA KUBIYAMAMARIZA KUYOBORA FDU-INKINGI: UMUTWE W’INTERAHAMWE ZIHEBEYE KUBUNZA INGENGABITEKEREZO YA JENOSIDE   |   29 Jan 2026

  • Interahamwe mu burayi zishyize hamwe ngo zishyigikire Victoire Ingabire   |   15 Jan 2026

  • Ekenge si we kibazo nyamukuru, ikibazo ni urwango rwigishwa abakongomani rwo kwanga Abatutsi rukorwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi   |   29 Dec 2025

  • U Burundi: Jenerali Alain Guillaume Bunyoni akomeje kuremba, yimurirwa mu bitaro bya Kira i Bujumbura mu ibanga rikomeye   |   28 Dec 2025

  • Perezida Kagame yashimye Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, wahisemo kwizihiriza Noheli mu Rwanda, mu buryo budasanzwe   |   26 Dec 2025

 
You are at :Home»Amakuru»Mu Mahanga»Abanyarwanda bagize icyo bavuga ku irushanwa rya CHAN ryabereye mu Rwanda

Abanyarwanda bagize icyo bavuga ku irushanwa rya CHAN ryabereye mu Rwanda

Editorial 08 Feb 2016 Mu Mahanga

Profesa Pacifique MALONGA Umushakashatsi muby’Indimi yagize ati : Abakunda umupira w’amaguru ndizera neza ko imikino y’amakipe y’ibihugu n’imyiteguro u Rwanda rushoje ya CHAN yabanejeje kandi bayigiyemo byinshi.

Abakunda Perezida KAGAME nabo ndetse n’abatamukunda babonye ko ari umuntu udasanzwe ureba kure kandi wahesheje ishema rikomeye u Rwanda mukuzana iriya mikino mu Rwanda, kuyishyigikira no kuyisoza neza by’intangarugero kurusha ibindi bihugu n’abandi ba Perezida.

Abakunda kubaho neza, umuprofesa witwaga Conficius yagize ati:

Jya wiga icyo utazi;

Wigishe icyo uzi;

Unoze icyo ukunda/ wemera.

Arongera ati: Biteye isoni gushakisha ubukire cyangwa gusahura igihugu kiyobowe nabi ati kandi biteye isoni gukenera mu gihugu kiyobowe neza.

Umunyeshuli we amubajije icyo atekereza kubijyanye no kugirira neza uwakugiriye nabi, yamushubije agira ati: ubwo se uwakugiriye nabi n’umwitura ineza, uwakugiriye neza uzamwitura iki? Igisubizo nuko uwakugiriye neza ugomba kumugirira neza aribyo twita “Gira so yiturwa indi” naho uwakugiriye nabi ukamushyikiriza ubutabera!

Abantu rero nibashaka kubaho neza bajye bubaha abakuru nk’umukinnyi w’umupira, umuntu nakurusha umwubahe, umukunde kandi umushyigikire unezerewe.

Bisobanuye ko umuto yubahe umukuru kugirango nawe naba mukuru azizere ko bamwubaha, abana bubahe ababyeyi kuko nabo bazifuza ko abana babubaha igihe bazaba babaye ababyeyi.

Abakuru bahe abato, abayobozi bahe umutekano abayoborwa, abayoborwa bahe icyubahiro abayobozi, bombi bifurizanye ibyiza. Mukurangiza mbajyane mu mvugo y’Ikinyarwanda.

Mu Kinyarwanda mbaze icyo mutekereza kuri aya magambo:
Uwajya yandika:

1. Isoko (aho bahahira)

Isooko (aho amazi ava)

2. Gusaza (gutera ibisazi)

Gusaaza (kugera muzabukuru)

3. Gukura (Kuba mukuru)

Gukuura (Kuvana)

4. Gusabana (kwakana)

Gusaabana (gukora ubusabaane)

5. Uruugi (?)

Mu Kinyarwanda twize kumenya ibyo dukurura mu mvugo nibyo dukurura mu mibereho myiza, dukunde bagenzi bacu tububahe kuko na General Jean Claude wayoboraga Operation Turquoises yitabye ubutabera aramanjirwa. Ibyiza biracyari imbere.

Profesa Pacifique MALONGA
Umushakashatsi muby’Indimi

2016-02-08
Editorial

IZINDI NKURU

Faustin Twagiramungu arisabira kuba umuyobozi w’abajenosideri ba FDLR.

Faustin Twagiramungu arisabira kuba umuyobozi w’abajenosideri ba FDLR.

Editorial 26 Jan 2023
Rwanda Day Yasize Amasomo menshi mu Rwanda no Mu Mahanga

Rwanda Day Yasize Amasomo menshi mu Rwanda no Mu Mahanga

Editorial 05 Feb 2024
Gen Pihno ukuriye inyeshyamba za Antibalaka muri Centrafrica yafatiwe muri Congo

Gen Pihno ukuriye inyeshyamba za Antibalaka muri Centrafrica yafatiwe muri Congo

Editorial 18 May 2018
U Butaliyani bwashyizeho agahigo ko kuba ikipe ya mbere itsinze ibitego byinshi mu mukino ufungura irushanwa rya EURO.

U Butaliyani bwashyizeho agahigo ko kuba ikipe ya mbere itsinze ibitego byinshi mu mukino ufungura irushanwa rya EURO.

Editorial 12 Jun 2021

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

IZO TWAGUHITIYEMO

Perezida wa FIFA yageze mu Rwanda
IMIKINO

Perezida wa FIFA yageze mu Rwanda

Editorial 15 Jan 2016
Imyanzuro ikomeye yafatiwe mu nama y’abakuriye inzego z’ubutasi muri Afurika
Mu Rwanda

Imyanzuro ikomeye yafatiwe mu nama y’abakuriye inzego z’ubutasi muri Afurika

Editorial 07 Aug 2016
FERWAFA yamaze gutangaza uko imikino 4 yaburaga ngo igice kibanza cya shampiyona isozwe
Amakuru

FERWAFA yamaze gutangaza uko imikino 4 yaburaga ngo igice kibanza cya shampiyona isozwe

Editorial 11 Jan 2022

AKA RUSHYASHYA

KWAMAMAZA

HIRYA NO HINO

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

Mu marira avanze n’ibyishimo, Umufaransa Ousmane Dembele ukinira PSG yatwaye Ballon D’Or 2025

22 Sep 2025
Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

Tariki ya 1 Ukwakira: Umunsi wahinduye amateka y’Abanyarwanda “Beatrice Uwera”

01 Oct 2024
Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

Harya ngo “Abanyarwanda bishimye ku gahato”? Igikundiro nticyingingwa Mureke kuba Indashima

28 Jun 2024
Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

Kapiteni w’Amavubi Bizimana Djihad n’ikipe ye ya Kryvbas Kryvi Rih FC yo muri Ukraine babonye itike yo gukina Europa League

16 May 2024
Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

Ni iki cyiza cyava kuri Jean Paul Turayishimye wanywanye na bene Bagosora? 

11 Apr 2024
Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

Amafoto – Ivory Coast yatsinze Nigeria 2-1 yegukana igikombe cy’Afurika 2023

12 Feb 2024
Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

Ibiganiro Leta ya Kongo-Kinshasa nikomeza kubigarama izota umuriro wa M 23 kandi uduce twa Kivu twihaze k’umutekano

20 Nov 2023

KWAMAMAZA

Kandaho

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

KWAMAMAZA

Rushyashya
Rushyashya ni Ikinyamakuru cya Sosiyete Ebenezer Media Group ltd, cyatangiye gukora mu mwaka w'2000. Kugeza ubu dukorera ku imigabane yose y'isi.

CONTACTS


P.O Box: 4305 Kigali-Rwanda
Call: +250 788 429 205
Whatsapp:+250 781 632 040
Emails: info@rushyashya.net , rushyashyanewsofficial@gmail.com

- Abo Turibo
- Twandikire
- Kwamamaza

Iyandikishe ujye ubona Amakuru

DUKURIKIRE

© Copyright 2019, All Rights Reserved
Rushyashya - Amakuru